• Latest
Bugesera:Abana bibukijwe ko bagomba kugira uruhare mu gukumira Ihohoterwa ribakorewa

Bugesera:Abana bibukijwe ko bagomba kugira uruhare mu gukumira Ihohoterwa ribakorewa

February 26, 2025
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026
Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

September 9, 2026
5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

September 9, 2026
Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

September 9, 2026
Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

September 9, 2026
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Bugesera:Abana bibukijwe ko bagomba kugira uruhare mu gukumira Ihohoterwa ribakorewa

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
February 26, 2025
in Amakuru
0
Bugesera:Abana bibukijwe ko bagomba kugira uruhare mu gukumira Ihohoterwa ribakorewa
0
SHARES
82
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Babitewemo Inkunga na Plan International Rwanda, Umuryango w’Urubyiruko YOMADO wita ku burenganzira bw’Umwana, kuri uyu wa 26 Gashyantare 2025 wagiranye ibiganiro nyunguranabitekerezo n’abana bo mu mirenge ya Ngeruka na Kamabuye, bibutswa ko bagomba kwirinda ko hagira uwabahohotera akababuza ubuzima bwabo bw’ejo hazaza, abana nabo bagaragaza zimwe mu ngorane bakunda guhura nazo ziganisha kwihohoterwa.

Ni ibiganiro byahuje abana bagera kuri 50 bahagarariye abandi bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye, umuto muribo akaba yari afite imyaka icyenda mu gihe umukuru yari afite imyaka 18.

 Hari kandi n’abahagarariye Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, Abashinzwe imibereho myiza, Abarezi, ababyeyi, Inzego z’Umutekano RIB na Polisi n’abandi. 

Umuyobozi  Mukuru  wa YOMADO Philbert Seminega

Umuyobozi  Mukuru  wa YOMADO Philbert Seminega, avuga ko mu bikorwa bitandukanye bya buri musi  Umuryango wabo ukora harimo no kurengera umwana, ari nayo mpamvu inama batumiwemo yari igamije ahanini kubaha umwanya uhagije bagatanga ibitekerezo babona ko byabafasha kubaho badahohoterwa, bakabona uburenganzira bwose bagenerwa n’Itegeko n’Umuco birimo Kurerwa neza n’ababyeyi babo, kwiga, kuvuzwa, kurya, kwambara, gusenga, kurindwa ihohoterwa n’ibindi.

Agira ati “abana bacu baganirijwe barisanzura, babwira n’ababyeyi n’abayobozi bari bitabiriye inama bimwe mu bibazo abana bagenzi babo bakunda guhura nabyo, nko gukurwa mu ishuri kugira ngo bafashe ababyeyi imirimo, gufatwa ku ngufu harimo n’abantu bakuze, kubura ubushobozi bwo kwiga n’ibindi.”

Avuga ko Abayobozi bari b’ahari ndetse n’abahagarariye inzego z’umutekano RIB na Polisi baganirije abana neza babibutsa uburenganzira bwabo. Babibukije ko kizira kikaziririzwa guhemukira umwana no kumubuza ubureganzira ku ubuzima bwe, babasaba kujya batungira agatoki inzego zibishinzwe hakiri kare k’uwo babona cyangwa bakeka ko yaba akora ibikorwa bigendanye n’ihohoterwa ry’umwana.

Ku urundi ruhande avuga ko Inama Nyunguranabitekerezo yabahuje n’abana n’ababyeyi, abarezi n’izindi nzego zitandukanye, yatanze umusaruro uhagije cyane ko abana bavuze bakinigura, bakavuga ibibazo byose bafitiye inyota yo gusobanukirwa ku bigendanye n’uburenganzira bw’umwana, bakaba bahawe ibisubizo n’abo bireba, bityo agahamya adashidikanya ko bazakomeza gukora ibishoboka byose kugira ngo umwana abeho yisanzuye atagira ibimutega.

Uhagarariye abandi ku Urwego rw’Akarere ka Bugesera Providence Niwemahoro

Umwe mu bana uhagarariye abandi ku Urwego rw’Akarere ka Bugesera Providence Niwemahoro, avuga ko yungukiye byinshi munama yateguwe na YUMODO, yishimira cyane ko babagira inama kenshi mu uburyo bagomba kwirinda ko bakorerwa ihohoterwa iryari ryo ryose.

Agiraa ti “ ni kenshi duhura n’ibidushuka bishobora kutwicira ubuzima nko kudusambanya ku ngufu. Twishimiye ko abayobozi batubwiye ko itegeko rihana ryihanukiriye uwahohoteye mwana kandi badusabye kutajya duhishira abo tuzi ko barangwa no guhohotera abana.

Uwari uhagarariye Ubuyobozi bw’Akarere Gasana John akaba n’Umuyobozi uhagarariye Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera DJAF, avuga ko mu Karere ka Bugesera ikibazo cy’abahohotera abana cyavugutiwe umuti ku uburyo kigenda kigabanuka bitewe n’ubukangurambaga buhoraho bihaye kuva mu Isibo n’Umudugudu kugeza mu nzego zose z’Akarere

Uwari uhagarariye Ubuyobozi bw’Akarere Gasana John akaba n’Umuyobozi uhagarariye Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera DJAF

Agira ati “ dushishikariza kenshi ababyeyi kwita ku burere bw’abana babo kugira ngo bazakure barangwa n’ubuzima bwiza. Ni muri urwo rwego dusaba kandi ababyeyi kureka ya mico yo kutavuga ngo atiteranya akiha guhishira uwahohoteye umwana ngo bariyunga. Ibyo ntibyemewe na gato, uwasambanyije umwana agomba guhanwa nkuko amategeko abiteganya”

Avuga ko mu urwego rwo gufasha abana, hagiye hashyirwaho ibigo byabo bihuguriramo, hubakwa ibibuga by’imikino n’ibindi byose bishobora gutuma abana batabaho mu bwigunge, ahubwo bagahurira hamwe, baramuka banafashijwe n’imiryango nka YOMADO ibagira inama bikaba akarusho.

Inama nyungurana bitekerezo yahuje abana , ababyeyi, abarezi n’Inzego zitandukanye z’Akarere, yateguwe n’Umuryango YOMADO uharanira uburenganzira bw’umwana ku nkunga ya Plan International Ishami ry’u Rwanda.

Umuryango YOMADA washinzwe muri 2015. Ni Umuryango w’Urubyiruko ukora ibikorwa bitandukanye bigamije ahanini guharanira imibereho myiza y’umwana, bakaba bafatanya n’Ibigo by’amashuri, Inzego zitandukanye zikorera mu Karere, bakaba no mu Ihuriro ry’Imiryango iharanira Ireme ry’Uburezi bw’Abana REFAC mu Rwanda, bakaba bishimira muri rusange  ibyo bamaze kugeraho.

 Abana bitabiriye Inama nabo  bahamya ko YOMADO ibafasha byinshi birimo kubongerera ubumenyi, kubakorera ubuvugizi mu Iterambere n’ibindi.

E.Niyonkuru

Previous Post

HATEGEKIMANA Richard agiye kumurika igitabo cy’ubudasa kivuga ku matora y’u Rwanda

Next Post

Ababikira b’Aba SMALDONES bibarutse bagenzi babo batatu amasezerano yabo yakirwa na Antoine Cardinal Kambanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ababikira b’Aba SMALDONES  bibarutse bagenzi babo batatu  amasezerano yabo yakirwa  na Antoine Cardinal Kambanda

Ababikira b’Aba SMALDONES bibarutse bagenzi babo batatu amasezerano yabo yakirwa na Antoine Cardinal Kambanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA