• Latest
Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

July 31, 2024
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

May 31, 2025
Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

May 27, 2025
Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

May 23, 2025
Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

May 23, 2025
Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

May 21, 2025
Inkomoko Ranked Among Africa’s Fastest-Growing Firms by Financial Times

Inkomoko Ranked Among Africa’s Fastest-Growing Firms by Financial Times

May 19, 2025
Gutangaza Ingingo z’Ingenzi z’Impamvu yo gusaba guhindura Amazina ya UMUTONI Amina

Gutangaza Ingingo z’Ingenzi z’Impamvu yo gusaba guhindura Amazina ya UMUTONI Amina

May 19, 2025
Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

May 19, 2025
Kaminuza ya ULK bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Prof. Rwigamba BALINDA aha urubyiruko ruharererwa ubutumwa

Kaminuza ya ULK bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Prof. Rwigamba BALINDA aha urubyiruko ruharererwa ubutumwa

May 17, 2025
Ibigo byubahiriza ihame ry’uburinganire bigiye guhabwa ikirango cy’ubuziranenge

Ibigo byubahiriza ihame ry’uburinganire bigiye guhabwa ikirango cy’ubuziranenge

May 17, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
July 31, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Ikoranabuhanga, Imibereho ya buri munsi, Ubukungu
0
Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya
0
SHARES
157
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Imurikagurisha Mpuzamahanga ryafunguwe ku umugaragaro kuri uyu wa 30 Nyakanga,  Rwiyemezamirimo Sina Gerard Nyirangarama avuga ko yazaniye abanyarwanda n’abanyamahanga udushya twinshi, bityo yizeza abazitabira bose kutazagira icyo babura mu bikorerwa kuri Nyirangarama.

Ni igikorwa cyatangijwe na Nyakubahwa Minisitiri w’ubucuruzi n’Inganda Jean Chrysostome Ngabitsinze, kikaba kandi cyari kitabiriwe n’abandi bayobozi bo mu nzego bwite za Leta, abo mu nzego z’ibanze, abashinzwe umutekano n’abikorera bo mu ngeri zitandukanye baba abo mu Rwanda n’abo mu mahanga.

Mu ijambo rye Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda, ashima cyane Ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera PSF, akazi gakomeye baba bakoze kugira ngo imurika mpuzamahanga ritegurwe neza kandi rizasoze rigeze ku nshingano baba bihaye.

Minisitiri Ngabitsinze Chrysostome n’Umuyobozi mukuru wa PSF, Jeanne Francoise MUBILIGI, baganira n’Itangazamakuru

Aboneraho gushimira abitabiriye kuzana ibicuruzwa n’ibihangano byabo, baba abanyarwanda ndetse n’abaturutse mu bindi bihugu bitandukanye.

Agira ati “Ni iby’agaciro kenshi. Kubona abanyamahanga bigomwa amatike yabo bakaza gushyigikira imurika mpuzamahanga ry’abagenzi babo bo mu Rwanda kugira ngo bungurane ubumenyi nabo ni ibyo gushimirwa cyane. Birakwiye ko tubakira neza rero, tukabacungira umutekano uko bikwiriye kuko ni ubucuruzi baba bajemo bagamije ahanini kubona inyungu n’umusaruro w’ibyo bazanye.”

Muri Expo harimo udushya twinshi

Avuga kandi  ko byagaragaye ko uko umwaka ugenda ushira hakaza undi, abitabira imurikagurisha nabo niko bagenda banoza ibicuruzwa n’ibihangano byabo, bikaragazwa ahanini n’udushya dutandukanye bagaragarijwe ubwo bagendaga basura aho abitabiriye imurika bacururiza ibintu byabo ‘ku ma Stands’.

Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda PSF Jeanne Francoise MUBILIGI, avuga ko imurika gurisha ry’uyu mwaka ririmo udushya twinshi cyane cyane nk’ibigendanye n’ibikomoka ku umusaruro w’ubuhinzi n’ibikorerwa mu nganda zikora ibiribwa n’ibinyobwa hakiyongeraho n’ikoranabuhanga byinshi muri byo bikoreye.

Agira ati “Iri ni murikagurisha twizeyemo umusaruro uhagije cyane ko ryateguwe neza, rikitabirwa n’abantu benshi kandi bafite ibicuruzwa n’ibihangano bitunganyijwe no mu buryo bugezweho kandi bunogeye ababigura.”

Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda Madamu Jeanne Francoise MUBILIGI avuga ko iri murikagurisha ryitezweho umusaruro uhagije

Avuga ko bateganya ko buri munsi hazajya hinjira byibura abantu ibihumbi bitanu (5,000) abo bose bakazajya bakirwa neza nta muvundo kuko umutekano uhari mu buryo buhagije, inzego zishizwe kuwubungabunga zikaba zirikubibafashamo neza kuva Expo yatangira  kuzageza isoje.

Asaba abantu kuzitabira ari benshi, cyane ko n’ubwo muri rusange imurikagurisha  mpuzamahanga ryafunguwe ku mugaragaro kuri uyu wa 30 Nyakanga, muri rusange ngo ryatangiye kuwa 25 Nyakanga 2024, rikaba rizasozwa kuwa 15 Kanama 2024.

Ku bigendanye no kwagura aho Expo izajya ibera ikimukira i Gahanga, avuga ko inyigo yabyo yarangiye, ku buryo mu minsi mike ibikorwa byo kubaka bizatangira, leta y’u Rwanda ikaba ibifitemo ubushake bwinshi bitewe n’uko ahari kubera Expo muri kino gihe, byagaragaye ko ari hatoya, mu gihe abitabira baza ari benshi ku buryo hari nabo bahakanira.

Umwe mu bitabiriye Imurikagurisha nk’uko asanzwe abigenza buri mwaka ni Sina Gerard Nyirangarama.

Sina Gerard yitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera i Gikondo ku nshuro ya 27

Avuga ko uruganda ahagarariye rwazanye ibintu by’ubwoko butandukanye uyu mwaka, akarusho kakaba ‘Ice cream’  ikoranwe ikoranabuhanga ry’ uruvange rw’imizabibu na Divanyi nyarwanda ikozwe muri iyo mizabibu n’ubundi.

Agra ati “Ni byinshi twazaniye abakunzi bacu badukunda, kandi ni mugihe, ibyo kuri Nyirangarama bihora ari bishya nk’uko abantu bose bamaze kubimenyera. Turashima leta y’u Rwanda ikomeje gufasha abikorera kugira ngo tubashe gutera imbere no kugaragariza isi yose ibyo dukora. Ni kenshi twitabira n’andi mamurikagurisha mpuzamahanga yo hanze tukahakura ubumenyi butandukanye, ari nabwo budufasha kunoza ibyo dukora, tukaba tubizeza kandi ko ariko bizahora igihe cyose.

Avuga ko ubushakashatsi n’ubuhanga bakomeje kugaragaza mu bikorwa byabo bya buri munsi,  bahisemo kujya babisangiza n’abanyeshuri barererwa muri Fondasiyo Sina Gerard kuri Nyirangarama, kugira ngo ahanini nk’abantu bazabasimbura mu bihe biri imbere, bazakure bafite ubumenyi buhagije, ari nabwo buzabafasha guhimba no gutunganya imirimo yabo izabafasha mu buzima bwabo buri imbere.

Ministiri w’ubucuruzi yeretswe ibikorwa bya Ets Sina Gerard/Urwibutso Nyirangarama

Ku bigendanye n’umutekano wo  muri Expo, Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu ACP Boniface Rutikanga avuga ko nta mpungenge na nkeya ku bigendanye n’umutekano kuko Abapolisi bashyizwemo ari benshi, bakaba bafite inshingano zo gucunga umuteano w’abitabiriye imurikagurisha n’ibintu byabo.

Agira ati “Umutekano ni wose muri Expo. Abapolisi bashinzwe umutekano umunsi wose kugeza bukeye barahari, cyane ko niyo bene kumurika ibicuruzwa byabo batashye, n’ijoro ibintu byabo dukomeza kubicungira umutekano kugeza ubwo izasorezwa. Ikindi ni uko hari n’imodoka ishinzwe kuzimya aharamuka havutse inkongi muri Expo.”

ACP Boniface Rutikanga umuvugizi wa Polisi y’Igihugu arikumwe na mugenzi we wa RIB Dr Murangira B. Thierry

Avuga ko ku bigendanye n’abashobora kurangwaho n’ubujura cyangwa urugomo, inzego z’ubugenzacyaha RIB  zirahari kugira ngo bafatanye n’urwego rwa Polisi gufatira ibihano abantu nkabo.

Imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera i Gikondo, ni kunshuro yaryo ya 27 ribaye.

Uyu mwaka wa 2024, ryitabiriwe n’ibihugu 17 n’u Rwanda rurimo. Abitabitiye kumurika no gucuruza ibintu byabo bose hamwe ni 448 barimo abanyarwanda 329 n’abanyamahanga 119.

Abashyitsi bakomeye baba baje gusura Stand ya Nyirangarama
Abayobozi mu nzego zitandukanye bari bitabiye itangizwa rya Expo
Uyu ni umurima w’imbuto zo kuri Nyirangarama wimukiye muri Expo
Previous Post

Menya uburyo Dr Nsabi na Killerman bagiye kwamamaza ibikorwa bya Yego Manufacturers

Next Post

Nyirahabineza Gereturde wahoze ayobora abavuzi gakondo akomeje gutinya kuburana

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post

Nyirahabineza Gereturde wahoze ayobora abavuzi gakondo akomeje gutinya kuburana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

0
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

May 31, 2025
Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

May 27, 2025

Recent News

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

May 31, 2025
Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

May 27, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

May 31, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA