• Latest
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 5, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

August 28, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

EDOUARD NIYONKURU by EDOUARD NIYONKURU
September 5, 2026
in Amakuru, Uburezi
0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026
0
SHARES
8
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yigihe kitari gito hategurwa amarushanwa yo gusoma neza no kwandika ibitabo, igikorwa gitegurwa n’Ishyirahamwe ry’Uruganda rw’igitabo mu Rwanda n’Ishyirahamwe ry’abanditsi mu Rwanda, Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, niyo yagize Umunyeshuri wegukanye umwanya wa mbere agize amanota 90%.

Ni mu birori byo guhemba Indashyirwa zitwaye neza mu marushanwa yo gusoma no kwandika neza ibitabo byabereye i Kigali kuri uyu wa 05 Nzeri 2026, hagamijwe ahanini gushimira abatsinze ayo marushanwa banasabwe gukomeza Intego batangiye badasubira inyuma, kugira ngo n’ubwo abenshi bakiri  batoya, ariko ko byanze bikunze bagomba gutera intambwe, kugira ngo bagera ikirenge mu cya bakuru babo  b’Abanditsi b’abanyarwanda babatanze muri uwo mwuga  harimo ndetse n’abagize Urugaga rw’abanditsi mu Rwanda bateguye igikorwa.

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Uruganda rw’igitabo mu Rwanda “RWABIA”icyarimwe akaba n’umuyobozi w’Urugaga rw’abanditsi mu Rwanda RWF, Bwana Richard Hategekimana, avuga ko yishimira ko akazi bamazemo igihe ko gutoranya no gukoresha imyitozo ihagije abafite inyota yo kuzaba Abanditsi ko kagenze neza.

 Asaba abatsinze bose gusigasira iyo ntsinzi bakomeza ubushakashatsi bwabo bwo kwandika, kugira ngo u Rwanda rukomeze kurangwa no kugira urubyiruko ruzi gutegura no kwandika igitabo bya gihanga, ibyamuritswe bikaba byiganjemo amateka, ibidukikije, ubuzima rusange n’ibindi.

Agira ati “ ntibyari byoroshye kuzenguruka igihugu cyose hakoreshwa amarushanwa mu mashuri abanza, Ayisumbuye, TVET na kaminuza zitandukanye. Turashimira Imana ko byasojwe neza tukaba tugeze ku umunsi twari dutegerezanyije amatsiko turi benshi, aho abarushanyijwe bagaragaje ubuhanga umurava no gukunda ibyo bandika.”

Bwana Richard Hategekimana, Umuyobozi w’Urugaga rw’abanditsi mu Rwanda RWF

Avuga ko ashimira cyane Abayobozi bo mu bigo by’amashuri abanza, ayisumbuye , TVET na za Kaminuza bashyigikiye abana babo, bakabafasha gukunda ibyo bari barimo ndetse by’umwihariko bakaba banabaherekeje kuza gufata ibihembo byabo kuri iyi tariki.

Ashima kandi Uturere twafashije ibigo by’amashuri bahagarariye, uburyo bafashije amashuri kwitegura neza no gusoza ipiganwa abana bari barimo, Uturere 12 nitwo ashima tukaba aritwo twitabiriye irushanwa duhwanye na 40%, mu gihe aboneraho no kugaya utundi 18 duhwanye na 60% batabashije gufasha ibigo byabo, abasaba kuzikubita agashyi ubutaha.

Umuyobozi w’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda rwanateye inkunga iki gikorwa Bwana Twagirumukiza Francois avuga ko ntako bisa kubona abanyeshuri mu kazi kabo katoroshye ko gukurikira amasomo biga, banabasha kwandika ibitabo ndetse bigaragaramo ubuhanga. Bityo asaba abatsinze, gukomeza gusigasira iyo mpano yo kwandika, kugira ngo u Rwanda ruzarusheho kugira abahanga bandika amateka cyangwa ibikorerwa mu Rwanda hatabayeho kwiyambaza abanyamahanga nk’uko mu bihe byashize byakorwaga.

Agira ati “Urugaga rw’abikorera mu Rwanda ruzakomeza gushyigikira no gutera inkunga iki gikorwa  cy’Ingirakamaro, igikorwa kigamije gufasha abanyeshuri kumenya gusoma neza no kwandika ibitabo. Turizera tudashidikanya ko igihe cyose iki gikorwa cyakomeza guterwa inkunga, urubyiruko rwacu rukitabira kwandika ibitabo, nta kabuza bizafasha benshi baba ababyandika, ibigo na Kaminuza bigamo n’abanyarwanda muri rusange.”

Bwana Twagirumukiza Francois uyobora PSF avuga ko bishimishije kubona abanyeshuri bandika ibitabo

Ni amarushanwa nk’uko byavuzwe yari amaze igihe ategurwa mu gihugu hose, akaba yasojwe Uwitwa Nshimiyimana Divine wo muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK yegukanye Intsinzi agize amanota 90% ahembwa ibihembo bitandukanye birimo na Mudasobwa.

Abatsinze bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye na TVET nabo bakaba batahanye ibihembo bishimishije birimo Mudasobwa n’imyenda ya siporo,

Nshimiyimana Divine avuga ko yabayeho atazi umubyeyi we, kuko yitabye Imana akiri muto arerwa na Nyirakuru wakundaga gusoma cyane, bityo arabimukundisha akura akunda gusoma no kwadika, akaba ashima Imana yamushoboje akaba aje ari uwa mbere mu gihugu cyose.

Agira ati “ Ngiye kujya mu mwaka wa nyuma muri Kaminuza Ishami ry’uburezi. Ibi byo gukunda gusoma nabitojwe na Nyogukuru wakundaga gusoma ibitabo. N’ubwo bwose ashaje kuko ari mu myaka 90 nzahora mwibuka ko ariwe wantoje gusoma, cyane  yakundaga gusoma ibitabo mwigiraho gutyo kubikunda, none ibyo nanditse bihembewe ku urwego rw’igihugu ni ibyo kwishimira.”

Nshimiyimana Divine wiga muri ULK wahize abandi ari kumwe n’umuyobozi mukuru w’icyubahiro wa ULK

Avuga ko ashishikariza n’abandi banyeshuri bagenzi babo batitabiriye amarushanwa, gukunda gusoma no kwandika ibitabo ari benshi, cyane ko bifungura umutwe n’imitekerereze, bigatuma bakora ubushakashatsi buzasomwa n’abantu batandukanye, ibyo bikabafasha gutuma  baba ibirangirire mu gihugu no hanze yacyo.

Avuga ko igitabo cye agituye Nyirakuru wamureze akamutoza gusoma, ndetse n’Ubuyobozi bukuru bwa ULK bubakurikirana kenshi bukabafasha mu myandikire yabo, babagira inama kenshi ari nako banabafasha gukosora amakosa yaba ari mu bitabo bandika .

Yishimira intsinzi ya Kaminuza abereye Umuyobozi w’Icyubahiro, Umuyobozi Mukuru akaba n’uwashinze Kaminuza yigenga ya Kigali ULK Prof. Rwigamba Balinda, avuga ko ari ihame nk’abarezi, gufasha abana babo bakabatoza gukunda gusoma no kwandika ibitabo cyane ko kwandika bifasha kuzigama no kubika ubwenge mu gitabo, kugira ngo abazagisoma bazunguke byinshi biba bikubiye mu bushakashatsi nyiri ukucyandika aba yarahereyeho.

Agira ati “ turishimye kuba abana bacu baje mu myanya ya mbere. Uretse hano i Kigali no mu shami rya Rubavu bitwaye neza, ku buryo ibihembo byaje ari byinshi. Ibanga dukoresha kugira ngo abana bakomeze gutsinda nkuko no mu bindi bihe byashize twagiye twitwara neza, nta kindi ni ukwita ku banyeshuri dushinzwe, icyo bakeneye cyose bifuza tukabafasha kukibona, ubundi bakagirwa inama aho babyifuje hose bagafashwa.”

Prof. Rwigamba Balinda washinze ULK akaba n’umuyobozi mukuru w’icyubahiro

Ashimira cyane kandi ishyirahamwe ry’uruganda rw’igitabo mu Rwanda, n’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda,  uburyo baba bateguye amarushanwa neza,  bagafasha abahatana gukorana ubwenge n’umuhate mwinshi.

 Bityo akizera adashidikanya ko nibikomeza bityo, nta kabuza ko u Rwanda ruzakomeza kugira abanditsi bashoboye bazajya basobanura amateka y’u Rwanda uko ari, ndetse bakanamenyekanisha ibyiza bitatse u Rwanda binyuze mu bitabo byabo byiza bazaba bakoreye ubushakashatsi bwimbitse.

Uwari uhagariye Minisieri y’Uburezi, ashima cyane uburyo amarushanwa yateguwe neza akagera ku umusozo hahembwa abahatanye kurusha abandi.

Agira ati “nka Ministeri y’uburezi dushyigikiye abanditsi bacu, kuko kwandika ari ukubika kabiri ubumenyi umuntu afite akabusangiza abandi bakabuhererekanya uko ibihe bigenda bisimburana.”

Asaba amashuri yose yaba amato,ayisumbuye na Kaminuza gukomeza kugira iki gikorwa icya bo kugira ngo mu bihe bitaha abahanga mu kwandika babe benshi kurushaho, akizera adashidikanya ko buri wese nabishyiramo ubushake, urubyiruko rw’u Rwanda rugakomeza gukangurirwa icyo gikorwa abahanga bazakomeza kwiyongera u Rwanda rukomeze kuba bandebereho nk’uko rubisanganywe mu bikorwa bindi rukomeza kuza mu myanya y’imbere rugashimwa na benshi.

Igikorwa cyo gutegura amarushanwa yo gusoma no kwankika ibitabo, gitegurwa n’ishyirahamwe ry’uruganda rw’ibitabo mu Rwanda n’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda ku ubufatanye bwa Panafrican Mouvement Ishami ry’u Rwanda yanatanze bimwe mu bihembo byinshi byagenewe abatsinze ndetse n’abandi bafatanyabikorwa b’imena nka PSF,  GISANDE Traiding Ltd, ULK n’abandi.

AMAFOTO

Bwana Ignace Niyigaba (Ibumoso) Umuyobozi wa GISANE Trading Ltd
Previous Post

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

EDOUARD NIYONKURU

EDOUARD NIYONKURU

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 5, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 5, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 5, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA