• Latest
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026
Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

September 9, 2026
5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

September 9, 2026
Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

September 9, 2026
Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

September 9, 2026
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

EDOUARD NIYONKURU by EDOUARD NIYONKURU
September 16, 2026
in Amakuru
0
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yo guhabwa Impamyabumenyi na Polisi y’igihugu zibemerera gucunga Umutekano w’abikorera bya kinyamwuga, kuri uyu wa 15 Nzeri 2026, abagera kuri 71 bo muri Kampani yigenga icunga umutekano w’abigenga ya HIGHSEC, barimo abasore 45 n’abakobwa 26 bose hamwe,  barahiriye kuzakora bya kinyamwuga akazi bagiyemo kugira ngo basoze  neza izo nshingano bahawe.

Aya ni mahugurwa yari amaze amezi atatu, abasore n’inkumi bakarishywa mu by’ubwenge no kumenya kwicungira umutekano ubwabo n’uwabandi, bikaba bigaragazwa n’imyitozo n’imyiyereko inogeye ijisho beretse Abayobozi, abashyitsi, Ababyeyi, inshuti n’abavandimwe.

Abitabiriye igikorwa cyo gusoza amahugurwa nabo, bashimiye cyane HIGHSEC iri gufasha urubyiruko kubona akazi mu buryo bwiza, by’umwihariko bakaba banatozwa kumenya gucunga umutekno bya Kinyamwuga.

Umuyobozi w’Inama y’ubutegetsi ya HIGHSEC Evode Nzitunga, ashimira cyane Polisi y’igihugu ibafasha kenshi mu kubahugurira urubyiruko rwinjiye mu kazi ko gucunga umutekano w’abigenga, asaba abahuguwe kuzaba Abambasaderi beza aho bagiye gukorera, kugira go bakore bahesha ishema ikigo cyabo, ari nako barushaho kurangwa n’umurava n’ikinyabupura muri byose.

Agira ati “kuri uyu munsi turashimira Polisi y’igihugu, tugashimira abafatanyabikorwa bose dukorana muri byinshi, abo bose turabizeza ko tuzakomeza gukorana neza, turushaho kubagezaho abakozi bashoboye kandi b’abanyamwuga. Turashimira kandi by’umwihariko Polisi y’igihugu nk’urwego rw’igihugu rudushinzwe. Turabizeza ko umusanzu wanyu muduha tuzakomeza kuwubyaza umusaruro, turera abakozi bashinzwe umutekano w’abikorera bakora kinyamwuga kandi  babihuguriwe bihagije”

Evode Nzitunga ,Perezida w’inama y’Ubutegetsi wa Highsec Company

Umuyobozi Mukuru wa HIGHSEC, CIP RTD Francois Xavier Twagirumukiza, avuga ko abasoje bakurikiranye amasomo yabo neza, cyane ko bahawe imyitozo myinshi kugira ngo bazajye mu kazi bafite imbaraga n’ubuhanga mu byo bakora.

Agira ati “ Abasoje bize amasomo agera kuri 13  nk’uko bigenwa n’itegeko rishyiraho ibigo byigenga bicunga umutekano w’abigenga harimo, imyitozo y’Akarasisi, Imyitozo ijyanye na Serivise z’umutekano zitangwa n’abikorera, kwitegereza na tekiniki zo gusaka, gukumira no kurwanya inkongi y’umuriro, Imitangire ya Serivise inoze, kumenya intwaro n’ibikoresha biturika, Ubutabazi bw’ibanze, gukora raporo y’icyabaye, kwirwanaho, gukunda igihugu n’imyitwarire myiza n’indangagaciro.”

Avuga kandi ko hari  n’amategeko agenga imyitwarire y’utanga Serivise z’umutekano zitangwa nabikorera, iby’ibanze mu mategeko ahana, isuku n’isukura hakaba  Kurwanya Iterabwoba(Counter-Terrorism), uburere mboneragihugu ndetse no kugira ubumenyi ku ndege zitagira Abapilote zikoreshwa mu guhungabanya Umutekano (Drone Threat awareness).

Umuyobozi Mukuru wa HIGHSEC, CIP RTD Francois Xavier Twagirumukiza

Ku urundi ruhande avuga ko icyiciro gisoje ari icya 5 kuva aho batangiye kugendera ku mabwiriza ya Leta agenga ibigo byigenga bicunga umutekano w’abikorera.

Ikindi avuga ni  ko HIGHSEC imaze kuba ubukombe ku uburyo ntaho utayisanga mu gihugu hose ku bigo by’abikorera bitandukanye kandi bose bakaba bahabwa Serivise iboneye uko babyifuza.

Abasoje amasomo biteguye kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

 Abasoje amasomo hafi ya bose bahamya ko yabacengeye uko yakabaye , bakaba bashimishijwe no kuyasoza, bityo bakaba bagiye kuyashyira mu bikorwa.

Mutuyimana Delphine ni umukobwa wabaye uwa mbere, avuga ko yaje muri HIGHSEC abishaka akeneye akazi ariyo mpamvu yize ashyizeho umwete akabasoje abaye uwa mbere.

Agira ati “Ndashimira Imana inshoboje gusoza masomo ndi uwa mbere. Naje muri HIGHSEC mbishaka ngira ngo mbone akazi none ndakabonye. Nzagakora neza uko nigishishijwe mparanira  gutanga umusaruro mubyo nkora.”

 Avuga ko ashimira abayobozi ba HighSec n’abarimu babo kuko bamufashije mu byo bakeneraga byose.

Ashimira na none umubyeyi we wamwitabaga kenshi iyo yamwiyambazaga, akaba agiye gukora akazi neza atuje kubera  ko nta kibazo na kimwe yumva afite.

Ku urundi ruhande ahamagarira urubyiruko rw’abakobwa bagenzi be kuza gushaka akazi muri HIGSEC kuko gahari, bakaba ngo bafata   neza abakozi , ubwe akaba ari umuhamya wabyo akurikije uburyo bafashwe neza mu mu gihe cy’amasomo basoje.

Ibyo Mutuyimana avuga  yunganirwa na mugenzi we w’umuhungu Irabazi Jean uvuga ko yari asanzwe akora atarahugurwa akaba yishimiye ko yabashije kubona inyigisho nyinshi atari yarigeze abona, yishimira cyane ko agiye gukora neza kurushaho kuko azaba akora ibyo azi bitandukanye na mbere.

Irabazi Jean wabaye uwa mbere avuga ko yiteguye gushyira mu bikorerwa ibyo yize

Uwari uhagarariye Polisi y’igihugu SSP Sinzi Alphonse, ashima HIGHSEC ikomeje kwinjiza urubyiruko mu kazi babanje guhabwa amahugurwa y’ibanze abafasha kumenya gucunga umutekano w’abigenga bya kinyamwuga nk’uko biteganywa n’itegeko, abizeza kandi ko Polisi izakomeza kubaba hafi nk’urwego rushinzwe ibigo bicunga umutekano w’abikorera.

Agira ati “ turashimira ibyakozwe byose, abasoje amahugurwa tukizera ko bazakora kinyamwuga bashyira mu bikorwa neza ibyo bize. Polisi rero izakomeza kuba hafi ibigo by’abikorera, kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo ukomeze kurindwa koko n’abantu babihuguriwe kandi babifitiye ubushobozi.

Agaruka ku basoje, abasaba gukora kinyamwuga birinda kurya ruswa, bakarushaho gukora bashyira mu bikorwa ibyo bize, ari nako birinda kugira uwo bahutaza bakarangazwa n’ikinyabupfura n’imico myiza.

SSP Sinzi Alphonse, uri ibumoso wari uhagarariye Polisi y’igihugu ashima HIGHSEC

Ikigo cya HIGHSEC, ni ikigo gicunga umutekano w’abikorera kimaze kuba ubukombe nk’uko ubuyobozi bwacyo bubivuga, bikagaragazwa n’uburyo bafite amasoko atandukanye mu gihugu hose.

Ubuyobozi bwa HIGHSEC bukaba buhamagarira abifuza akazi, ko babagana ari benshi, kugira ngo nabo amahirwe yo kujya mu kazi ubanje gukora amahugurwa y’umwuga atabacika.

Asaba kandi n’abifuza kuba abafatanyabikorwa kuza ari benshi kugira ngo bahabwe Serivise nziza uko babyifuza.

Bamenye uburyo bwo kwirwanaho nta ntwaro bagahashya abajura

Abasore n’inkumi basoje kuri uyu wa 15 nzeri ni 71 barimo abahungu 45 bangana na 63% mu gihe abakobwa ari 26 bangana 37%.

ANDI MAFOTO

Edouard Niyonkuru

Previous Post

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

EDOUARD NIYONKURU

EDOUARD NIYONKURU

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA