• Latest
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

admin by admin
December 14, 2020
in Ubumenyi(Science)
0
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda
0
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nkuko tubikesha imbuga nkoranyambaga zitandukanye ndetse na bamwe mu bakurikiranira hafi uburezi bwo mu Rwanda bemeza ko mu bigo by’amashuri byitwara neza mu gutanga uburezi bufite ireme usangamo cyane cyane ibigo byigenga,ibyinshi bikaba biherereye mu mujyi wa Kigali ndetse ku babyeyi bishoboye akaba ariho bajyana abana babo kuko niho baba bizeye ko babaha ubumenyi bukwiriye.

Ikinyamakuru Igisabonews tumaze igihe twitegereza uburyo ibigo by’amashuri byitwara yaba mu gutsindisha,imibereho myiza,isuku,guteza imbere ikoranabuhanga no guhanga udushya maze tubakorera urutonde rw’ibigo by’amashuri byigenga bigaragara ko bihiga ibindi muri Kigali ndetse no mu Rwanda.

Uru rutonde twarukoze tutitaye uko ibigo bikurikirana ariko nawe nusoma ino nkuru uraza kugira uko ubibona.

Kigali international community school: iki kigo giherereye mu karere ka gasabo,ahazwi nk’igacuriro ni ikigo gikomeye mu buryo ababyeyi batari bacye baba bahirimbanira kujyanayo abana babo kubera uburyo abanyeshuri baho batsinda neza amasomo kandi n’ubabonye ugasanga bikwije ku bumenyi kuko n’indimi z’amahanga baba bazididibuza badategwa,byakarusho muri kino kigo bigisha porogaramu zo mu Rwanda ndetse niyo hanze(mu bwongereza) izwi nka camblidge.hakaba higa abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga.

Kigali international community school: ni ikigo kibereye ijisho kandi cyigwamo n’ingeri zose

Wellspring Academy: iki kigo kizwiho gitsindisha cyane ku rwego rwo hejuru cyubatse mu karere ka gasabo I Nyarutarama kikaba cyigisha muri porogaramu yo mu Rwanda ndetse niyo mu bwongereza(camblidge),uretse kuba ari ikigo gisa neza n’abanyeshuri baho baba ari indyoza mu ndimi ndetse na science kuko umwana atozwa n’abarimu binzobere kuva agitangira amashuri y’incuke,tukaba tutakwirengagiza uburyo ababyeyi benshi baba bifuza kujyanayo abana babo rimwe na rimwe imyanya ikababana micyeya.iki kigo kandi kimwe n’ibindi bikomeye hano mu Rwanda kigwaho n’abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga.

Abana biga Wellsping Academy baba ari abahanga muri Science
Wellsping ni ikigo Mpuzamahanga ababyeyi benshi baba bifuza kujyanayo abana babo

St Ignatius School Rwanda: iki kigo cyimakaza indangagaciro za gikristu ni kimwe mu bigo byo muri Kigali bitanga ubumenyi bukwiye ku buryo abanyeshuri bahiga baba bafite ubushobozi bwo gutsinda ibizamini bose,giherereye muri Gasabo,umurenge wa Kimironko mu kagali ka Kibagabaga ku muhanda neza wa kaburimbo,gifite umwihariko wo kugira ibyiciro byose by’amashuri guhera muy’incuke kugeza muyisumbuye,iki rero kikaba ari ikigo kigaragara kuri runo rutonde rwibigo byahize ibindi mu byigenga hano mu Rwanda.

St Ignatius school ni ikigo gifite inyubako zigezweho abana bigiramo bikabafasha kwisanzura
Abana ba St Ignatius School baba bacyeye mu buryo bwose,nabyo biri mu bituma ababyeyi bifuza kujyanayo abana babo

Kigali Christian School: iki nacyo ni ikigo cy’amashuri kigaragara kuri runo rutonde rwacu,nacyo giherereye Gasabo mu murenge wa Kimironko I Kibagabaga,iki kigo gifite umwihariko wo kuba gitanga amasomo ku buryo umunyeshuri wese wahize ahava afite impamba y’ubuzima ariko by’akarusho hari n’irerero ry’umukino wa Basketball rifasha abana kuruhuka neza no kuzamura impano zabo nabyo bikaba byabagirira akamaro.iki kigo kandi cyimakaza indangagaciro za gikristu ari nabyo bifasha abana bahiga kugira uburere bwiza.kimwe n’ibindi bikomeye kikaba cyakira abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga.

Kigali Christian School ifite amashuri ahagije kuburyo nta shuri rirenza abana 25 mu ishuri,bifasha abarimu kubitaho neza bakabakarishya
Kigali Christian School ifite akarusho ko kugira irerero ry’umukino wa Basketball abana bazamuriramo impano zabo,bikabafasha no kuruhura mu mutwe

Green Hills Academy: ni ikigo kimaze kuba ubukombe kubera ubushobozi bwacyo mu kwigisha dore ko kiri mu byatangiye mbere bifite gahunda ya Cambridge,iki kigo kikaba cyarakunze kwigwaho n’abana bava mu miryango ikomeye cyane cyane abana b’abayobozi batandukanye bakomeye mu gihugu cya,kino kigo kigaragara ku rutonde rw’ibigo byishyura agatubutse ariko bitewe n’ubumenyi umwana ahakura usanga ababyeyi benshi bahateye amatako bahashaka imyanya rimwe na rimwe ikanabashirana,kino kigo kandi kizwiho gutanga amakuru mpamo abana biga ibyo bareba(field work).kikaba kiri mu bigo byakira abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga.

Green Hills Academy ni ikigo cyizobereshye mu gutanga ubumenyi bugezweho yaba ku banyarwanda ndetse n’abanyamahanga

World Mission TVET Secondary School: iki kigo kiri mu karere ka gasabo,muri kagugu hafi y’umurenge wa Kinyinya, nacyo ni kimwe mu bigo by’ubukombe mu byigenga byo mu Rwanda,iki kigo gifite umwihariko kuko bigisha amasomo agezweho ku isoko ry’umurimo,aha twavuga nka Accounting,Computer Science,Computer Application na Networking,ibi bituma ababyeyi benshi bahashakira ishuri ry’umwana kuko baba bizeye ko ubumenyi azahakura buzamufasha kwihangira umurimo ndetse akaba yanawutanga aho guhora awushaka.iki kigo cyaje kuri runo rutonde kubera uburyo abanyeshuri bahize barangiza ari abahanga mu ikoranabuhanga.

World Mission TVET School ni ikigo gitanga ubumenyi bugezweho ku isoko ry’umurimo
World Mission TVET School ifite inyubako zihagije kugirango abana bige neza bisanzuye

Glory Secondary School: iri shuri ryubatse mu karere ka Gasabo umurenge wa Kacyiru naryo ni rimwe mu mashuri yigenga kandi yubashywe hano mu Rwanda,iri shuri rimaze kuba ubukombe kubera uburyo riteza imbere amasomo ya science ibyo bituma ababyeyi benshi bifuza kujyanayo abana babo kugirango bazamure ubumenyi bwabo bitewe n’abarimu b’inzobere bafite bigisha amasomo ya siyansi(science).by’akarusho kandi iki kigo abanyeshuri bahiga bakaba barangiza bafite ubushobozi bwo gutsinda neza ikizamini cya leta.

Abanyeshuri ba Glory Secondary School biga bakora n’ubushakashatsi
Muri Glory Secondary School ikoranabuhanga niryo ribafasha gutyaza ubwenge

White dove girls school: iri ni ishuri naryo rigaragara ku rutonde rw’amashuri yigenga afite izina rikomeye ku buryo iyo umubyeyi abonyemo umwanya aba yumva atekanye kubera ubumenyi n’uburere bwiza umwana ahakura,iri shuri ryashinzwe mu 2013 ritangijwe na Jake ndetse na Beth Chaya,ariko mu myaka rimaze ababyeyi benshi buri mwaka baba bahifuza kugirango barebe ko babonamo umwanya w’abana babo kubera ibigwi bafite mu gutsindisha ndetse no gukurikirana umwana neza.iri shuri rikaba ryubatse mu karere ka Gasabo umurenge wa Kacyiru.bakaba bakira abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga kandi by’akarusho nabo bafite porogaramu ya cambridge.

Abanyeshuri ba muri White Dove Girls School nabo ku ikoranabuhanga ntibacitswe
Abanyeshuri biga muri kino kigo baba bifitiye ikizere bafite n’akanyamuneza

Riviera High School: iri shuri rizwiho kuba higa abana bava mu miryango yishoboye ariko kikaba cyimaze kuba ikigo cyamamaye kubera uburyo abana babo batsinda ibizamini kandi kikaba gifite n’ubushobozi bwo gukurikirana buri munyeshuri kuko babasha no kubacumbikira bose,iki kigo cyubatse I kabuga mu mujyi wa Kigali kikaba cyigisha muri gahunda yo mu Rwanda ndetse niy’abongereza izwi nka Cambridge ibyo bituma abifuza gutegura abana neza bahitamo kubajyana kwiga muri Riviera High School.bakaba bakira abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga kuko bafite abarimu babifitiye ubushobozi.

Abanyeshuri ba Riviera High School biga bakora n’ubushakashatsi
Iki kigo ni ubukombe mugutanga amasomo mpuzamahanga ndetse nayo mu Rwanda

Mother Mary International School Complex: iri ni ishuri riherereye mu karere ka Gasabo umurenge wa kimironko akagali ka Kibagabaga rikaba ari rimwe mu mashuri akomeye hano mu Rwanda,rikaba ryigwaho n’abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga kubera ko rifite abarimu mpuzamahanga,sibyo gusa ahubwo ababyeyi batandukanye barikundira ko ryimakaza indangagaciro za gikristo bituma umwana wahize agira uburere bwiza,byakarusho kandi iri shuri rizwiho gutsindisha neza ibyo bigatuma ababyeyi batari bacye bifuza kujyanayo abana babo.

Muri Mother Mary International School Complex higa abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga
IKI KIGO GIFITE INYUBAKO ZIHAGIJE KANDI ZIGEZWEHO ZIFASHA ABANA KWIGA BISANZUYE

Ano ni amwe mu mashuri twakozeho ubushakashatsi dusanga imyigire n’imyigishirize,isuku,ikoranabuha n’ibindi byose byafasha umwana kugira ubumenyi bwuzuye babyujuje bitewe kandi n’amakuru twahawe na bamwe mu babyeyi barerera muri bino bigo,nawe ushobora kuduha igitekerezo cy’ikigo uzi kigenga kandi ubona cyujuje ibisabwa byose tukazacyongera ku rutonde rwacu rw’ubutaha.

Mwaduha ibitekerezo mu nyuze ku muga zose z’igisabo.rw cg mu kanyandikira kuri:

 Email: ndayisabaeric501@gmail.com

Contact: 0782511443

Previous Post

AHF Rwanda yatanze udukingirizo 7840 kubitabiriye umunsi wa mbere wa Expo 2020

Next Post

Baillifs warned to stop backlong

admin

admin

Next Post
Baillifs warned to stop backlong

Baillifs warned to stop backlong

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA