Byari ibyishimo ku basore n’inkumi 1298 basoje amasomo muri Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK]
Nyuma yo guha impamyabushobozi abanyeshuri 1280 mu mwaka ushize wa 2023, mu muhango wabaye kuri uyu kuwa 13 Ukuboza 2024 Kaminuza yigenga ya Kigali yashyize ku isoko ry’umurimo abandi bagera…
Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe
Ni ibimwe mu biganiro byagarutsweho mu munsi Mpuzamahanga w'Uburenganzira bwa muntu byahuje abasore n'inkumi bari mu byiciro bivugwa ko bititabwaho cyane, bagamije ahanini kwibutswa uburenganzira bwabo ko ari nk'ubwabandi bose…
Icyiciro cya 5 cy’Abakozi bashya ba Guardsmark basoje amasomo bizeje ubuyobozi ko bazakora batikoresheje akazi bahawe
Ni abasore n’inkumi bagera kuri 80 basoje amahugurwa agendanye no gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo mu kigo kigenga gicunga umutekano cya Guardsmark Security Company, kuri uyu wa 04 Ukuboza 2024. Intego…
Umudugudu wa Nyabyunyu-Kanombe: Igisobanuro cy’Iterambere n’Ubufatanye
Mu Mudugudu wa Nyabyunyu wo mu Kagari ka Karama, mu Murenge wa Kanombe, mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali, habaye igitaramo cy’imihigo aho abaturage bashimiwe ku bikorwa by’iterambere…
Umurenge wa Muhima wifatanyije n’aba JOC gukora Umuganda rusange
Kimwe n'ahandi mu gihugu hose Umurenge wa Muhima wakoreye umuganda mu bice bitandukanye biwugize, aho ku rwunge rw'amashuri rwa Ste Famille bifatanyije n'urubyiruko rwibumbiye mu muryango JOC bakaba bakuye ibihuru…
Karongi: Ibyo wamenya kuri ROS imaze guteza imbere abahinzi b’icyayi cya RUGABANO
Abaturage bo mu Mirenge igizwe n’igice bise mu RUGABANO ho mu Karere ka Karongi, barishimira ko mu myaka irindwi bamaze bakorana na Kampani ya ROS yabafashije kugira ubumenyi buhagije bwo…
Uburezi: Umuryango REFAC urifuza ko ikoranabuhanga rikomeza gushinga imizi mu mashuri abanza n’ayisumbuye
Ihuriro ry’imiryango iharanira guteza imbere uburezi buhamye mu Rwanda (REFAC), rivuga ko ari byiza gukomeza gushyigikira ikoranabuhanga mu masomo yose atangwa mu mashuri abanza n’ayisumbuye, bityo hagakomeza no guharanirwa ko…
Gisagara: Umuturage yari amaze imyaka irenga 15 ahabwa ibigenerwa Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 batishoboye atabigenewe
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 bo mu murenge wa Ndora Akagari ka Mukande, Umudugudu wa Nyarunyinya na Bugarama, bavuga ko bamaze igihe bageza kubuyobozi ikibazo cy’uwitwa Nkuriyumwami Jonas,…
Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye
Tariki ya 17 Ugushyingo 2024, Inteko rusange y'umuryango wa Rayon Sports yatoreye Bwana Thadee Twagirayezu kuyobora Rayon Sports; aho mu ntego nyamukuru avuga ko afitiye ikipe ari ugutwara ibikombe byose…
Musenyeri Nzakamwita agira inama Abibumbiye mu miryango y’Agisiyo Gatulika gufatira urugero kuri Kristu Umwami wababereye urumuri
Mu gitambo cya Misa cyatuwe na Nyiricyubahiro Seriveliyani Nzakamwita ku munsi mukuru wa Kristu Umwami, yasabye urubyiruko rwibumbiye mu miryango itandukanye ya Agisiyo Gatulika kurangwa n’ibikorwa by’Ubukiristu buri munsi, bagendeye…