Abapolisi b’u Rwanda 320 bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique, bambitswe imidari y’ishimwe, mu muhango wayobowe n’Umuyobozwi …
March 2024
-
-
AmakuruKwisi hose(world)Uncategorized
Afurika y’epfo: 45 baguye mu mpanuka bagiye kwizihiza Pasika
by adminby adminMuri Afurika y’Epfo, bisi yakoze impanuka ihanuka hejuru y’ikiraro nyuma ihita ifatwa n’inkongi, mu Majyaruguru y’Intara ya Limpopo yica abantu 45, harokoka …
-
AmakuruUbuzima
Mu myaka 4 kongera umubare w’abakora mu buzima bizatwara arenga Miliyari 500
by adminby adminMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko iteganya gukoresha arenga miliyoni 395,2 z’Amadolari (agera kuri miliyari 508,1 Frw) mu kugera kuri gahunda yo kongera abakora …
-
AmakuruUburezi
Mu myaka 30 abasaga ibihumbi 122 bamaze gusohoka muri Kaminuza y’u Rwanda
by adminby adminUbuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda buvuga ko bugiye gushyira imbaraga mu gukorana n’inzego z’abikorera kugira ngo iyi kaminuza irusheho gutanga amasomo akenewe …
-
AmakuruUbukunguUncategorized
Kicukiro hagaragaye Sitoki y’Inzoga za Amstel Bock zinjira mu buryo bwa Forode na Magendu
by adminby adminAmakuru aturuka mu murenge wa Niboyi, Akagari ka Niboyi, Umudugudu wa Tare, Akarere ka Kicukiro munsi gato y’ahahoze hagurishirizwa imodoka n’icyahoze cyitwa …
-
AmakuruKwisi hose(world)
Gen Muhoozi yatangiye inshingano z’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda
by adminby adminGen Willson Mbasu Mbadi wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yahererekanyije ububasha na Gen Muhoozi Kainerugaba, uherutse kumusimbura. Ku wa 21 …
-
Ibiro bishinzwe itumanaho muri Guverinoma ya Gaza iyobowe na Hamas, byatangaje ko Abanya-Palestine 18 bapfuye ubwo barimo bagerageza kujya gufata imfashanyo zamanuwe …
-
AmakuruImikino n'Imyidagaduro
Amavubi avuye muri Madagascar, yageze i Kigali yemye (Amafoto)
by adminby adminNi urugendo rwayagejeje i Kigali saa sita n’iminota 45, rusoza imikino Amavubi yari yagiye gukina mu rwego rw’amatariki agenwa n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru …
-
AmakuruPOLITIKE
Menya ibikubiye mu butumwa Perezida Kagame yahaye Bassirou Diomaye Faye watorewe kuyobora Sénégal
by adminby adminPerezida Paul Kagame yashimye Bassirou Diomaye Faye watorewe kuyobora Sénégal ndetse n’abaturage b’iki gihugu, kubera uko bitwaye kugira ngo habeho amatora akozwe …
-
Ubuyobozi bwa BPR Bank Plc bwatangaje ko mu mwaka wa 2023 binjije inyungu ingana na miliyari 37.9 Frw mbere yo gukuramo imisoro, …