• Latest
Icyiciro cya 5 cy’Abakozi bashya ba Guardsmark basoje amasomo bizeje ubuyobozi ko bazakora batikoresheje akazi bahawe

Icyiciro cya 5 cy’Abakozi bashya ba Guardsmark basoje amasomo bizeje ubuyobozi ko bazakora batikoresheje akazi bahawe

December 5, 2024
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

May 9, 2025
NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

May 1, 2025
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

April 29, 2025
Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

April 25, 2025
Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

April 25, 2025
Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

April 25, 2025
Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

April 25, 2025
Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

April 25, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Icyiciro cya 5 cy’Abakozi bashya ba Guardsmark basoje amasomo bizeje ubuyobozi ko bazakora batikoresheje akazi bahawe

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
December 5, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi
0
Icyiciro cya 5 cy’Abakozi bashya ba Guardsmark basoje amasomo bizeje ubuyobozi ko bazakora batikoresheje akazi bahawe
0
SHARES
108
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni abasore n’inkumi bagera kuri 80 basoje amahugurwa agendanye no gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo mu kigo kigenga gicunga umutekano cya Guardsmark Security Company, kuri uyu wa 04 Ukuboza 2024. Intego yabo ikaba ariyo gukora neza bashyira mu bikorwa ibyo bize byose mu mezi atatu y’amasomo basoje.

Mu byishimo byinshi, abasoje amahugurwa bavuga ko bize kandi bunguka ubumenyi buhagije mu bigendanye no gucunga umutekano bya kinyamwuga, bityo bagasezeranya ubuyobozi, kuzakora neza uko bikwirye akazi bagiyemo, bakurikiza inama n’impanuro bagiye bahabwa, zirimo kurangwa n’ikinyabupfura n’ubunyangamugayo.

Umuyobozi Mukuru wa Guardsmark, ikigo kigenga gishinzwe gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo Lt Col. RTD Lanuel KAYUMBA, avuga ko bimaze kuba umuco ku kigo cyabo wo gutoza urubyiruko rw’abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu kazi ko gucunga umutekano mu kigo abereye umuyobozi, asaba abasoje kuzakora neza bubahiriza amategeko n’ambwiriza abagenga, nk’uko babitojwe kandi bakiyemeza kuzabishyira mu bikorwa, bakazabigeraho bakora akazi uko bikwiriye.

Umuyobozi Mukuru wa Guardsmark Security Company Ltd Lt Col RTD Lanuel KAYUMBA

Agira ati “Mugiye mukazi mugende mukore neza kandi mube intangarugero, cyane ko mwigishijwe mu buryo buhagije ibigomba kuranga ushinzwe umutekano mu buryo bwa kinyamwuga.”

Ashimira cyane ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu,  bubafasha kenshi mu kubagira inama y’uburyo ibigo byigenga bicunga umutekao bigomba kwitwaramo, kugira ngo birusheho gutanga serivise zinogeye abo bakorana n’abakozi babo.

Anashimira Polisi kandi kuba baza kubafasha kenshi gusoza amasomo y’abanyeshuri no kubatangira inyemezabumenyi.

Umuyobozi w’ikigo cy’imyitozo n’inyigisho cya Guardsmark CIP (Rtd) Vasco BUTERA, avuga ko ari ku nshuro ya 5 basoje icyiciro cy’abanyeshuri bateguwe mu buryo buhagije, ku bigendanye no gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo bya kinyamwuga.

Umuyobozi w’Ikigo cy’amahugurwa n’imyitozo CIP (Rtd) Vasco BUTERA

Avuga ko bahawe amasomo menshi agendanye n’umwuga kandi bayatsinda neza, ku buryo bizeye badashikanya ko abakiliya babo, n’abandi baza babagana babasaba abakozi, kuko babazaniye abahanga nk’uko babisanzwe babibakorera igihe cyose.

Agira ati “Aba ni abasore n’inkumi batojwe ku buryo buhagije ibigendanye no gucunga umutekano bya kinyamwuga koko. Bize uburyo bwo gusaka bugezweho, biga uburyo wo kwirinda no guhangana n’Abajura gukoresheje ibikoresho bigezweho byabugenewe bazakoresha mu kazi. Bize kumenya kwirinda bakoresheje umubiri nta ntwaro, bakora imyitozo ihagije ngororamubiri n’ibindi byinshi birimo uburere mboneragihugu nko kurangwa n’imico myiza no kumvira mu kazi kabo ka buri munsi.”

Avuga ko hari hatangiye abagera kuri 91 muri bo 11 bakaba batarabashije gusoza ku mpamvu zitandukanye, abasoje bakaba ari 80 barimo ab’igitsinagabo 54 na 26 b’igitsinagore, bose bakaba baragaragaje ubuhanga munyigisho no mu myitozo bahawe, bakaba babategerejeho umusaruro uhagije.

Ku rundi ruhande, avuga ko iyo bari mu masomo babafata neza, bakagenerwa mafunguro ahagije, kugira ngo bige bafite imbaraga ndetse bakanabacumbikira nk’uko amabwiriza agenga ibigo byigenga byigisha abacunga umutekano abiteganya.

Kimwe n’Umuyobozi Mukuru wa GuardsMark, nawe asaba abasoje kuzaba intangarugero mu kazi bagiyemo.

Abasaba kuzabanira neza abo basanze mu kazi,  bumvira kandi bakurikiza mategeko agenga ikigo, ikindi bazakorana neza n’abakiliya kugira ngo baheshe ishema ikigo kiba cyabatumye.

ABASOJE AMAHUGURWA NTIBAZATATIRA IGIHANGO BIBAHO

Mu mihigo y’ibanze abasoje amahugurwa bafite,  harimo gukora akazi batikoresheje, bagendeye ahanini ku nyigisho z’ingirakamaro bahawe, bizera badashidikanya ko zizabafasha mu buzima bwabo n’aho bazashaka akazi ahariho hose.

IKOMEZINDENGERE Diane, ni umukobwa wasoje ari uwa mbere muri bagenzi be bose.

IKOMEZINDENGERE Diane wahize abandi akaba uwa mbere

Avuga ko byamusabye imbaraga n’umuhate wo gukurikira ibyo yiga byose muri iki gihe cy’amezi atatu bamaze.

Agira ati “Ndishimye cyane umwanya wanjye kuba narawukoresheje uko bikwiriye, nicyo kimpesheje kuba uwa mbere.  Ndashimira abatwigishije bose n’ubuyobozi bwatubaye hafi, bityo nanjye nkabizeza kuzakora akazi ntikoreshje.”

Avuga ko kwinjira mu kazi ko gucunga umutekano bitamutunguye, cyane ko kuva na cyera yabikundaga, bityo akangurira abakobwa bagenzi be, kutitinya nabo bagafata iya mbere mu gukunda uwo mwuga.

Kimwe na mugenzi we YANGIRIYENEZA Penina, avuga ko yiteguye gushyira mu bikorwa ibyo bize barushaho gutanga urugero rwiza, bakazarangwa n’ikinyabupfura. 

YANGIRIYENEZA Penina yishimira ko abonye akazi muri Guardsmark

Avuga ko akazi ko gucunga umutekano akajemo agashaka ntawabimuhatiye cyane ko kuva agisoza amashuri y’isumbuye yahise yumva ya kwinjira muri ako kazi akunda, bityo agatura umubyeyi  wamwibarutse ngo niyo nshuti ye akunda ya mbere.

HABIMANA Wilson, ni umusore nawe waje mu myanya itatu ya mbere, aho yabyitwayemo neza kurusha abandi, akaba yarabayoboye anababanira neza.

Kimwe n’abandi, avuga ko bagiye gukora by’intangarugero, bakazereka bagenzi babo ko bahuguwe mu buryo buhagije koko.

HABIMANA Wilson yitwaye neza anabanira neza bagenzi be

Uhagarariye Polisi akaba n’Umushyitsi Mukuru SSP Alphonse SINZI, ashimira cyane Ubuyobozi bukuru bwa Guardsmark Security Company, bukomeje gushyira mu bikorwa itegeko rigenga ibigo byigenga bicunga umutekano, bagamije ahanini gutunga no gukoresha abakozi b’abanyamwuga babihuguriwe mu buryo buhagije.

SSP Alphonse SINZI, Umushyitsi mukuru wari uhagarariye Polisi y’igihugu

Agira ati “Turashimira abasoje amasomo, umuhate n’inyota bigaragara ko bagize yo gukunda ibyo bize bakaba babisoje neza. Turashimira kandi n’ibigo byigenga bishinzwe umutekano, bikomeje kugaragaza umuhate wo guhugura abakozi babyo,  barimo by’umwiariko Guardsmark imaze gushyira abakozi bashya mu kazi nyuma y’amahugurwa. Nka Polisi y’igihugu, tubijeje kuzakomeza kubaba hafi, cyane ko biteganywa n’itegeko, rivuga ko ariyo ishinzwe by’umwihariko imikorere y’ibi bigo.”

Avuga ko ibigo byigenga bicunga umutekano, bishyirwaho n’itegeko 16/2020 rivuga ko abinjira mu kazi gashinzwe umutekano w’abantu n’ibyabo, bagomba guhugurwa amezi atatu bagahabwa ibyangombwa byose biteganyirizwa umukozi w’umunyamwuga.

Ikindi ni uko iryo tegeko riha ububasha Polisi y’igihugu bwo gusoza amasomo y’iyo myitozo ikanatanga inyemezabumenyi ku basoje amasomo.

Guardsmarks Security Company Ltd, yashyize abakozi bashya 80 ku isoko, nimwe mu bigo byigenga bikora akazi ku mutekano byemewe mu gihugu.

Guardsmarket yashyize ku isoko abasaga 80

Ni ikigo gishimirwa gutanga serivise nziza, haba ku bakozi no ku bakiliya bacyo. Abakozi bacyo bavuga ko bahabwa ibyo bagenerwa n’amategeko byose, ari nayo mpamvu bakora akazi bishimye.

Abasoje amasomo muri iki cyiciro cya 5 cy’amahugurwa ni 80, barimo abahungu 54  bangana na 67,5% n’abakobwa 26 bangana na 32,5%.

Abasoje baje biyongera kuri 99 bari basoje muri Kamena 2024 bari barimo abahungu 65 bahwanye na 65,6% n’abakobwa 34 bari bahwanye na 34,4%.

Abayobozi bakuru nafashe ifoto y’urwibutso
Bakora imyitozo yo kwirwanaho

Igisabo.rw

Previous Post

Umudugudu wa Nyabyunyu-Kanombe: Igisobanuro cy’Iterambere n’Ubufatanye

Next Post

Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk'Umuntu nkawe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA