Nyuma y’amatora yari ashyushye mu ikipe ya Kiyovu Sport agasiga Mvukiyehe Juvenal atorewe kuba perezida w’urucaca,kugeza ubu ubumwe ni bwose hagati ya …
September 2020
-
-
Uncategorized
Umuryango AIMPO (African Initiative for Mankind Progress Organisation) wafashije imiryango isaga 60 kunoza imirire n’isuku
by adminby adminUmuryango uharanira uburenganzira bw’abatishoboye n’abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma, AIMPO, wafashije imiryango itishoboye 60 yo mu karere ka Musanze kurushaho kunoza …
-
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Murekatete Juliet, avuga ko amashuri azatangira ibyumba by’amashuri byose byaruzuye ku buryo abana batazabura …
-
Uncategorized
IBIKORWA BIRIVUGIRA, MVUKIYEHE Juvenal YATORWEWE KUYOBORA KIYOVU SPORT KU MAJWI 100%
by adminby adminKuri iki cyumweru nibwo hari hateganyijwe amatora y’ubuyobozi bushya bw’ikipe ya kiyovu sport,ni amatora yabaye nyuma y’impaka nyinshi zari zishingiye ku mategeko …
-
Perezeda w’abafana ba kiyovu sport yagaragaje uruhande aherereyeho ku muyobozi mushya uzayobora ikipe ya Kiyovu Sport,nkuko Hemedi uhagarariye abafana b’ino kipe yabitangaje …
-
Uncategorized
Komisiyo y’amatora muri Kiyovu, yagishije inama RGB ku matora ateganyijwe
by adminby adminUmuyobozi wa komisiyo iri gutegura amatora mu muryango wa Kiyovu S.A, Me Jean Claude Mutabazi Abayo, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), arugisha …
-
Uncategorized
Akarere ka Bugesera kashyizeho amabwiriza yihariye ajyanye no kwirinda COVID-19 ndetse n’ibihano
by adminby adminGuhera tariki 9 Nzeri 2020, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera, ishingiye ku itegeko nshinga rya Republika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe …
-
Uncategorized
Gatsibo:umuturage yagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye ahita yitaba imana
by adminby adminUmugabo w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo yaraye agwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye yubakishwa, ariko bimenyekana ko ari …
-
Akarere ka Nyagatare kahagurukiye gutunganya imihanda izoroshya imigenderanire hagati y’imirenge ikagize,nyuma y’ibikorwa remezo bikomeje kwiyongera muri kano karere ubu imihanda myiza iri …
-
Mukasekuru Gratia wo mu Mudugudu wa Kabirizi mu Kagari ka Mbare, mu Murenge wa Karangazi aravugwaho kuruma igitsina cy’umugabo ndetse n’ibindi bice …