Mu muhango wo kwimika Umushumba mushya wa Diyosezi ya Byumba Papias Musengamana, no gusezera kuri Musenyeri Nzakamwita Sereviliyani wari uhamaze imyaka 26, …
May 2022
-
-
Mu bihugu bigize Umuhora wa Ruguru( Northern Corridor) byitabiriye Inama yabereye i Kigali yigaga ku bibazo biri mu buhahirane bwabyo n’ingamba zafatwa …
-
AmakuruPOLITIKE
Min. Gatabazi yasabye ababaga mu mashyamba ya Congo kwirinda ko baba impamvu y’umutekano muke
by adminby adminMuri abo abenshi muri bo ni Abanyarwanda, mu gihe harimo n’umubare muto w’abatagera kuri 20 baturutse mu bihugu bituranye n’u Rwanda. Umuhango …
-
Kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 i Doha muri Qatar, aho …
-
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Miss Iradukunda Elsa arekurwa agakurikiranwa adafunzwe. Akekwaho ibyaha birimo guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano. …
-
AmakuruKwisi hose(world)POLITIKEUbukungu
Tugomba guhora twiteguye nk’aho hazabaho ikindi cyorezo-Perezida Kagame
by adminby adminPerezida Paul Kagame witabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu (World Economic Forum, WEF) kuri uyu wa Kabiri yaganiriye n’abayobozi batandukanye ku bufatanye …
-
Uncategorized
Ishuri Mother Mary International School Complex rikomeje kwakira abanyeshuri bashya
by adminby adminMu gihe hari ababyeyi bajya bibaza aho babona ibigo bitanga amasomo yategurira abana babo kugira ubumenyi mpuzamahanga bikabagora, abahisemo kurereshereza muri Mother …
-
Amakuru
Hari byinshi mu byifuzo by’Ishyaka rya Green Party bigenda bibonerwa ibisubizo
by adminby adminMu nteko rusange y’Abarwanashyaka b’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Green Party yateraniye I Kigali kuri uyu wa gatandatu Tariki …
-
Amakuru
Umuvuzi gakondo yakirijwe inkuru y’uko Umuyobozi wabo atagifunze asesa Urumeza
by adminby adminNi Umuvuzi gakondo Kanshangirwe Richard ukorera imirimo ye yo kuvura bya Gakondo, mu murenge wa Masaka Akarere ka Kicukiro, wamenyeye i Gatuna, …
-
Mu bufatanye Ikigo cy’Itumanaho cya Airtel gisanzwe gifitanye n’abakora umurimo wo gutwara abantu kuri za Moto kuva kuwa mbere Tariki ya 16 …