Biciye mu Bunyamabanga Bukuru bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, umutoza mukuru wa AS Kigali Women Football Club, Ntagisanimana Saida, yafatiwe ibihano kubera …
April 2024
-
-
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zubuye imirwano n’umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru …
-
AmakuruUbukungu
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yitabiriye inama ya Banki y’Isi yiga ku iterambere rya Afurika
by adminby adminMu ijambo yagejeje kubitabiriye inama y’Ikigega Mpuzamahanga cya Banki y’Isi Gitsura Amajyambere Minisitiri w’intebe Dr Ngirente Edouard wari uhagarariye Perezida wa Repubulika …
-
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere, kiramenyesha ko mu gice cya mbere cy’ukwezi kwa Gicurasi 2024, hateganyijwe imvura nyinshi iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’iyari …
-
AmakuruImibereho ya buri munsi
Perezida Kagame yavuze ko Isi ikwiye kwamagana uburyarya
by adminby adminPerezida Paul Kagame yagaragaje ko ku Isi hakigaragara imyitwarire y’uburyarya ituma bimwe mu bihugu by’Isi bisigara inyuma muri gahunda zitandukanye, ibintu byabyaye …
-
AmakuruPOLITIKE
Bidasubirwa ho Ishyaka PDI rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu
by adminby adminIshyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI ryatangaje ko rizashyigikira Umukandida Paul Kagame watanzwe n’Umuryango RPF Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganijwe …
-
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko yishimira kuba Inteko y’u Bwongereza yashimangiye ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, nta gikwiye kuyikoma mu …
-
AmakuruPOLITIKE
Abadepite b’Ubwongereza batangiye kwemeza Gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
by adminby adminAbagize icyiciro cya mbere cy’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza batoye bwa nyuma gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, bagaragaza ko nta gikwiye …
-
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko yanyuzwe n’intsinzi ishimishije Ikipe ya Arsenal FC yihebeye yakuye kuri Chelsea FC nyuma yo kuyinyagira ibitego 5-0 …
-
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga yagiriye uruzinduko muri Jordan, yakirwa na mgenzi we ukuriye Ingabo z’iki Gihugu, Major General …