Umusore utuye ku Ryanyuma mu Murenge wa Nyamirambo, Akarere ka Nyarugenge yafatiwe mu cyuho amaze kwiba umuntu telefone ayimukuye mu mufuka yireguza …
January 2021
-
-
Amakuru
Gasabo-Kimironko: Abaturage b’umurenge wa Kimironko barashima ubuyobozi bwiza
by adminby adminIcyumweru kirashize umujyi wa Kigali ushyizwe muri gahunda ya guma mu rugo mu rwego rwo guhangana n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Covid 19, nyuma …
-
POLITIKE
Abanya Ethiopia barenga 1500 bari bafungiye muri Tanzaniya bagiriwe imbabazi na perezida Magufuli
by adminby adminPerezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, yababariye Abanya-Ethiopia 1 789 bari bafungiye muri iki gihugu kubera kuhinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko. The …
-
Uncategorized
Nyirashumbusho Asia yiyemeje kubarinda indwara zitandukanye zabazengereje
by adminby adminMuri bino bihe icyorezo cya covid 19 gikomeje guhitana imbaga cyane cyane abageze mu zabukuru ndetse n’abafite ubundi burwayi bwabajahaje, iki nicyo …
-
Ubumenyi(Science)
Huye : Regina Pacis School of Tumba mu isura nshya yo kwimakaza uburezi buzira kujorwa
by adminby adminRegina Pacis School of Tumba ni ishuri riherereye mu Karere ka Huye,umurenge wa Tumba kikaba cyigisha abana mu byiciro bitandukanye,ni ukuvuga icyiciro …
-
Mu mvugo y’ubu gushyira hanze indirimbo nshya babyita ‘gukubita hanze cyangwa hasi umuzigo’, Yvan Holla na N Tzyo bakaba bashyize hanze indirimbo …
-
Ubukungu
Bugesera-Gashora : Gukorera mu mucyo no Gukorera hamwe niyo nkingi ifasha umurenge wa Gashora mu kwesa imihigo.
by adminby adminNtawabuza ushaka kuvuga,icyangombwa ni ugukora neza inshingano wahawe’’ni amagambo atangazwa na Kadafi Aimable umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gashora,avuga ko yatangajwe cyane n’ibyavuzwe …
-
POLITIKE
USA: Perezida Joe Biden yahise ahindura zimwe mu ngingo zari zarashyizweho na Donald Trump
by adminby adminAmaze amasaha makeya gusa arahiriye kuyobora USA, umukuru w’igihugu mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yahise yihutira guhindura ingingo …
-
POLITIKE
Umuhanzi Lil Wayner yababariwe na Perezida Trump ubura amasaha macye afatanga ifunguzo za White House
by adminby adminMu gihe habura amasaha make ngo Joe Biden na Kamala Harris barahirire kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump ugiye …
-
Amakuru
Kigali-Kimironko: Ingamba zo guhangana n’icyorezo cya Covid19 zirimo na guma mu rugo mu mujyi wa Kigali zikomeje kubahirizwa
by adminby adminKuri uyu wa 18/01/2021 nibwo inama y’abaminisitiri yangeye guterana mu buryo bw’ikorana buhanga iyoborwa na nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame,muri ino …