Ni ibitangazwa na Bwana Theoneste Ntagengerwa Umuvugizi w’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda PSF, uvuga ko Imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera I Gikondo ku nshuro …
July 2022
-
-
Mu gihe abikorera n’abanyarwanda muri rusange bakangurirwa gushora imari mu bigendanye n’ama Hotel n’Ubukerarugendo, ari nabyo bifasha kenshi bikanunganira abasura u Rwanda …
-
Uncategorized
Amabwiriza ya RICA aje guca akajagari n’ubujura bw’ibikoresho by’amashanyarazi n’iby’ikoranabuhanga
by adminby adminIkigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) ku bufatanye n’izindi nzego bakorana nka REG, RIB na Polisi …
-
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika kuva 2017 kugeza 2021, yaciye amarenga ko ashobora kongera kwiyamamariza umwanya w’umukuru …
-
Uncategorized
15 bamaze gupfa mu mvururu zo muri Congo, MONUSCO irahakana kwica abigaragambya
by adminby adminAbasivile 12, abapolisi babiri n’umusirikare umwe ba MONUSCO ni bo bamaze gupfira mu mvururu zirimo imyigaragambyo n’ubusahuzi byo kwamagana izi ngabo za …
-
Uncategorized
Asaga miliyari 11 Frw niyo amaze kunyerezwa muri koperative zo mu Rwanda
by adminby adminMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayobozi mu nzego z’ibanze kwinjira mu miyoborere y’amakoperative bakagenzura ibitagenda neza, aho kureberera abayayobora …
-
Abantu benshi babonetse mu myigaragambyo mu mujyi wa Goma bamagana ingabo za ONU ziri muri DR Congo abandi banaboneka bangiza kandi basahura …
-
Umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa M23 avuga ko witeguye kwirwanaho mu gihe waba ugabweho igitero n’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya …
-
AmakuruIkoranabuhanga
Abarangije imyuga muri Samuduha Integrated College bijeje abanyarwanda umurimo unoze
by adminby adminNi mu muhango wo gosoza amashuri yisumbuye aho abanyeshuri 595 bigaga amashami y’Ubukanishi(Mechanics), Amashanyarazi (Industrial Electricity), Ubwubatsi(Construction), Ikoranabuhanga (Networking) n’Ubukerarugendo(Tourism) bishimiraga ko …
-
Imikino n'ImyidagaduroSiporo
Ikipe ya AS KIGALI yamenye itsinda iherereyemo muri CAF Women Champions League
by adminby adminTombola y’uko amakipe azahura muri Champions League y’abagore izakinwa hahereye mu ma zones yerekanye amatsinda amakipe arimo na AS Kigali aherereyemo. Kuri …