Mu butumwa yageneye abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza I Karongi mu burengerazuba. Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’umukuru …
June 2024
-
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImiyoborerePOLITIKE
Dr Frank Habineza yijeje ab’i Huye ko nibamutora pansiyo izatangira gutangirwa ku myaka 55
by adminby adminUbwo yiyamamarizaga mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza yijeje abaturage …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiImiyoborere
Umukandida Dr Frank Habineza akomeje kwigwizaho abarwanashyaka benshi-AMAFOTO
by adminby adminKuri uyu wa gatandatu tariki 29 Kamena 2024, umukandida w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ‘Democratic Green Party’ Dr Frank Habineza yakomereje …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImiyoborere
Umukandida Paul Kagame yabwiye abaturage ba Nyamasheke ko u Rwanda ayoboye atazigera yemera ko ruterwa
by adminby adminUmukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’umukuru w’igihugu, Paul Kagame ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Nyamasheke yabwiye abaturage ba Nyamasheke ko u …
-
AmakuruAmakuru y'ingenzi
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yemereye abiyamamaza gukoresha ibibuga by’amashuri
by adminby adminKomisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko abakandida biyamamaza kuba bakoresha ibibuga by’imikino biri mu bigo by’amashuri mu gihe abanyeshuri batari kwiga. Komisiyo y’igihugu …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImiyoborere
Gikondo: Sendika ‘ACPLRWA’ yatangije igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi-AMAFOTO
by adminby adminKuri uyu wa gatanu tariki 28 Kamena 2024, Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi babarizwa muri Sendika y’abashoferi batwara imodoka nini zambukiranya imipaka n’izikorera …
-
AmakuruUburezi
Abasoje amasomo muri Mother Mary International School Complex bose babonye amanota abemerera gukomereza muri Kaminuza ku si hose nta nkomyi
by adminby adminUbwo basozaga amasomo yo mu cyiciro cy’imyaka 9 n’abo mu cyiciro cy’imyaka 12, abanyeshuri bo muri Mother Mary International School Complex, ubuyobozi …
-
Perezida w’Amerika Joe Biden na Donald Trump wahoze ari perezida mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bahuriye mu kiganiro- mpaka cyaranzwe …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImiyoborerePOLITIKE
Umukandida Dr Frank Habineza yakiranywe urugwiro mu Karere ka Gisagara na Ruhango
by adminby adminKuri uyu wa Gatanu, Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party, ryakomereje ibikorwa byayo byo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya …
-
AmakuruAmakuru y'ingenzi
Ku bw’umutekano wacu ntawe ufite aho yamenera rwose- Kagame Paul
by adminby adminUmukandida wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kamena 2024, ubwo yiyamarizaga mu karere ka Rusizi yabijeje ko …