Mu gihe hari amwe mu ma Paruwasi ategereza imyaka n’imyaka ngo abashe kubona Umupadiri uyavukamo, Paruwasi Rusasa yo muri Arikidiyosezi ya kigali …
July 2023
-
-
Abaturage 31 bahoze basengera mu Itorero ry’Abadivantisite b’Umunsi wa Karindwi bakaza kuryiyomoraho bagashinga iryabo, batawe muri yombi mu Karere ka Kayonza bashinjwa …
-
AmakuruUncategorized
Agasozi ko mu murenge wa Shangi gakomeje gushya nta wagatwitse
by adminby adminMu Murenge wa Shangi mu Karere ka Nyamasheke, hari umusozi ukomeje kuvamo umuriro ntawawucanye nta n’igishirira cyahaguye, ku buryo byashyize mu rujijo …
-
Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Ethiopia bizihije ku nshuro ya 29 Umunsi Mukuru wo Kwibohora mu gikorwa cyabereye muri Sheraton Hotel Addis …
-
AmakuruUbukungu
U Rwanda na EU byasinyanye amasezerano y’inkunga ya miliyari 25Frw
by adminby adminGuverinoma y’u Rwanda yongeye gusaba ibihugu by’i Burayi koherereza ubutabera bw’u Rwanda abakurikiranyweho ibyaha bitandukanye babihungiyemo, bitaba ibyo inkiko z’ibyo bihugu zikababuranisha …
-
Kuri uyu wa Mbere, abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bahagurutse mu Rwanda berekeza mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho bagiye gusimbura …
-
AmakuruImikino n'Imyidagaduro
Hagaragajwe igisabwa ngo ibikorerwa muri Afurika byizerwe
by adminby adminIteka umuntu iyo agiye kugura ikintu cyangwa serivisi hagaruka ijambo ubuziranenge ndetse ni kenshi twumva ibikorerwa ahanana mu gihugu runaka ntibyizewe ngo …
-
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima kigaragaza ko 68% y’abana bakivuka kugera kubafite imyaka 7 y’amavuko ari bo bamaze gukingirwa imbasa muri gahunda y’ikingira rusange …
-
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023, Perezida Paul Kagame yagiranye inama n’inzego z’umutekano z’u Rwanda. Perezida Kagame yagiranye inama n’abagize …
-
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Belén Calvo Uyarra, yagaragaje ko ibihugu binyamuryango ahagarariye i Kigali bishyigikiye inzira y’ibiganiro bidaheza impande zose zirebwa …