Muhadjiri yanenze abafana ba APR nyuma yo gutsindwa na Police FC
Hakizimana Muhadjiri yanenze abafana ba APR FC abashinja kutamuha icyubahiro akwiye nk’umukinnyi witangiye ikipe yabo uko yari ashoboye kose. Ibi...
Hakizimana Muhadjiri yanenze abafana ba APR FC abashinja kutamuha icyubahiro akwiye nk’umukinnyi witangiye ikipe yabo uko yari ashoboye kose. Ibi...
Zari Hassan n’umugabo we, Shakib Cham bari mu bibazo mu rugo rwabo, biturutse ku muhanzi Diamond Platnumz wahoze abana n’uyu...
Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere mu birori bidasanzwe. Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa bigamije gushimangira umuhate mu kwagura umubano...
Ubwo hatangizwaga ku mugaragaro icyumweru cyahariwe konsa mu Karere ka Nyabihu kuri uyu wa 07 Kanama 2024, Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu...
Nyuma y’uko Umukandida w’Umuryango wa FPR Inkotanyi Paul Kagame atsinze Amatora yo kuwa 15 Nyakanga 2024 ku majwi hafi 100%...
Muri iki gitondo, amakuru agera ku kinyamakuru Igisabo.rw aravuga ko mu cyanya cy’inganda cya Kigali giherereye i Masoro kitwa Kigali...
Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icuruzwa ry'abantu uba kuwa 30 Nyakanga, ku ubufatanye n'umuryango CRD na Never...
Kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024 ku rukiko rw'ibanze rwa Nyamata mu karere ka Bugesera, hari hateganyijwe urubanza ruregwamo uwahoze...
Imurikagurisha Mpuzamahanga ryafunguwe ku umugaragaro kuri uyu wa 30 Nyakanga, Rwiyemezamirimo Sina Gerard Nyirangarama avuga ko yazaniye abanyarwanda n’abanyamahanga udushya...
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA
© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA









