• Latest
Abantu 10 bashobora kwinjira muri Guverinoma nshya izajyaho mu minsi ya vuba

Abantu 10 bashobora kwinjira muri Guverinoma nshya izajyaho mu minsi ya vuba

August 6, 2024
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

August 22, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Abantu 10 bashobora kwinjira muri Guverinoma nshya izajyaho mu minsi ya vuba

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
August 6, 2024
in izindi nkuru
0
Abantu 10 bashobora kwinjira muri Guverinoma nshya izajyaho mu minsi ya vuba
0
SHARES
1.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko Umukandida w’Umuryango wa FPR Inkotanyi Paul Kagame atsinze Amatora yo kuwa 15 Nyakanga 2024 ku majwi hafi 100% nk’uko abaturage bari babimusezeranyije, akaba agomba kurahira kuwa 11 Kanama 2024; benshi bakomeje kwibaza no kuganira ku buryo  Guverinoma nshya izashyirwaho uko yazaba  imeze, kugira ngo ikomereze aho  icyuye  igihe  yari igereje muri rusange.

Ikinyamkuru Igisabo kimaze iminsi kiganira n’abantu bo mu ngeri zitandukanye, kikaba cyari kigamije ahanini gukusanya ibitekerezo ku bigendanye na Guverinoma nshya igiye kujyaho mu minsi ya vuba, nyuma y’aho Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame azaba yamaze kurahira.

Abemeye gutanga amakuru, bose bashimira  Guverinoma icyuye igihe yari iyobowe na Dr Edouard Ngirente, uburyo yabungabunze ibigendanye n’ubukungu bw’igihugu, ibikorwa remezo bikaba byariyongerye ku gipimo cyo hejuru, imibereho y’abaturage, ubuzima, uburezi, ikarwana na Covid-19 yari yabaye icyorezo mpuzamahanga igatsindwa , n’ibindi byinshi byakozwe byari bigamije iterambere ry’igihugu n’imibereho y’abaturage muri rusange.

Muri ibyo bitekerezo binyuranye  abaturage batanze, bashimira by’umwihariko Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, uburyo iyo ari guhitamo abagomba kumufasha, yibanda cyane  ku bunararibonye bwa buri muntu, ndetse no ku bushobozi, agamije ahanini guharanira ko umuturage w’u Rwanda yahagararirwa n’ufite ubushobozi bwo  kuzakurikirana  ibimukorerwa, ari nako kandi abimutunganyiriza mu buryo bukwiriye. 

Mu byo basaba Umukuru w’igihugu byakagombye cyane kuzaranga Guverinoma igiye kujyaho, harimo kuba nyuma y’imyaka 30 ishize, nta Ministiri w’Intebe w’umugore urajyaho.

Bavuga ko mu by’ukuri igihe cyari kigeze, ngo Guverinoma izayoborwe n’umugore nyuma ya Nyakwigendera Agatha Uwiringiyimana, waranzwe n’ubutwari bukomeye  buri mugore yafataho  icyitegererezo.

Ikindi bene gutanga amakuru bavuga, ni uburyo abagore bakomeje kutitinya bakagaragaza ko bashoboye muri byose, bikagaragazwa n’uburyo Inteko ishinga amategeko nshya izajyaho, igizwe na 63,75% by’abayigize, ari nabyo bibaha amahirwe yo  kuba banahagararirwa na  Ministiri w’Intebe w’umugore.

Nyuma yo gukusanya ibyo bitekerezo byatanzwe kandi mu buryo burambuye, hari amwe mu mazina yagarutsweho na benshi babifuriza kujya muri Guverinoma nshya.

  1. Ministiri w’Intebe: Madame Louise Mushikiwabo

Uyu  mutegarugori benshi bamushimira ubunararibonye akomeje kugira muri Politike y’u Rwanda.

Bavuga ko nyuma yo kuyobora Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’iy’Itangazamakuru byose akabisoza neza, akaba anamaze  igihe ari ku isonga y’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa “Francophonie” nabyo ayoboye neza, bizera badashidikanya ko bahereye kuri ubwo bunararibonye, Mushikiwabo yaba Ministiri w’Intebe mwiza wazafasha Umukuru w’igihugu muri iyi Manda.

Benshi mu bo twaganiriye basanga Madame Louise Mushikiwabo yaba Minisitiri w’intebe.

2. MINUBUMWE: Dr Bizimana Jean Damascene

Izina ry’uyu muyobozi ryahurijweho na benshi, bitewe ahani n’uburyo mu gihe cyose amaze ayoboye iyi Minisiteri inafite mu nshingano yayo kunywanisha abanyarwanda, yaragaragaje bidasubirwaho gukunda akazi ke no kwita ku bibazo by’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batishoboye.

Bamushimira kandi  uburyo yagaragaje ko ari inzobere mu mateka yaranze u Rwanda, ibikomeje gufasha abanyarwanda kumenya neza aho u Rwanda rwavuye n’aho rugeze, hagamijwe ahanini kubaka Ubumwe n’Ubwiyunge mu Banyarwanda.

Dr Bizimana Jean Damascene

3. Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango: Madame Donatilla Mukabalisa.

Uyu Nyakubahwa umaze igihe ayoboye Inteko ishigamategeko icyuye igihe Umutwe w’Abadepite, benshi bamushimiye uburyo yayiyoboye neza, bakanashingira  ko ari Umuyobozi wicisha bugufi w’umuhanga, bityo kuba yashingwa Ministeri ifite Umuryango mu nshingano zayo, byaba ari amahitamo meza ku Mukuru w’igihugu.

Honorable Mukabalisa Donatille

4. Minisiteri y’Ubutabera: Me Evode Uwizeyimana

Uyu munyamategeko w’inararibonye yagarutsweho n’abantu benshi bamusabiye kuba Minisitiri w’Ubutabera, bitewe ahanini n’ubuhanga mu by’amategeko yagaragaje mu ishyirwaho ry’ari gukoreshwa muri kino gihe  kuva muri 2018  akaba yaranagize uruhare mu ivugururwa ry’Itegeko Nshinga.

Abatanze amakuru, bakavuga ko  Bwana Evode Uwizeyimana n’ubwo bwose hari intege nke yagaragaweho ubwo yari Umunyamabanga wa Leta, hari ibimenyetso byinshi bigaragaza ko akunda igihugu kandi ko akirwanira ishyaka, bikagaragazwa n’uburyo ahanganye muri kino gihe n’abashaka kuvangira  Leta y’u Rwanda barangwa n’ivangura n’ingengabitekerezo ya Jenoside; Evode akaba akunze kubakebura ababwira ko ibitekerezo by’ubuhezanguni ntacyo byabafasha imbere ya Leta y’Ubumwe bw’abanyarwanda.

Honorable Evode Uwizeyimana

5. Minisiteri y’Ibidukikije: Dr Frank Habineza

Uyu muyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, akaba yari n’Umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika akaza gutsindwa n’uwo bari bahanganye Paul Kagame, benshi bifuje ko yashingwa iyi Minisiteri igendanye n’Intego y’Ishyaka ryabo yo kurengera Ibidukikije.

Abatanga amakuru bashingira mu kwiyamamaza kwe,  yagiye agaragaza byinshi yakorera abaturage ku bigendanye no kwita ku butaka no kurengera ibidukikije, bityo bakizera badashidikanya ko igihe cyose Umukuru w’igihugu yamugirira icyizere agashingwa iriya Minisiteri ko yamubera Umujyanama mwiza washobora kubyaza umusaruro ibishanga n’ibindi byinshi bigendanye n’ubutaka n’ibidukikije.

Dr Frank Habineza

6. Ministiri w’Ingabo z’igihugu: Gen.( Rtd) James Kabarebe

N’ubwo bwose ari mu kiruhuko cy’izabukuru, amajwi menshi yagarutse kuri Gen.( Rtd) James Kabarebe, bamusabira kuba Ministiri w’ingabo, kugira ngo nk’umuntu wayoboye iyo Minisiteri mu bihe byashize, akaba Umujyanama w’Umukuru w’igihugu mu bya gisirikari, akaba kandi azi birambuye n’ibibazo bya Congo, akaba inshuti y’urubyiruko; ko igihe cyari kigeze ngo asubizwe muri uyu mwanya,  kugira ngo akomeze afashe Umukuru w’igihugu gufasha no kunganira RDC gusohoka mu bibazo imazemo igihe by’intambara zidashira z’Abenegihugu bo mu Burasirazuba bwayo, cyane abo  muri AFC/M23 bakomeje guharanira ko bagira uburengenganzira ku gihugu cyabo, nyamara bagakomeza   kubyangirwa n’Ubutegetsi buriho.

Gen.( Rtd) James Kabarebe

7. Minisitiri w’Ubuzima : Dr Sabin Nsanzimana

Uyu ni Umuganga usanzwe akuriye iyi Minisiteri, amajwi menshi akaba yaramuhurijweho asaba ko yakomeza kugirirwa icyizere cyo kuyobora MINISANTE, bitewe ahanini n’ubuhanga akorana imirimo ye akakira neza abamugana bose.

Dr Sabin bamushimira  uburyo yafatanyije n’abandi kurwanya icyorezo cya Covid-19 kugeza ubwo kibaye umugani mu Rwanda ; bityo bagahamya badashidikanya ko kwinjirana n’Umukuru w’igihugu muri Guverinoma nshya, nta kabuza ko azakora byinshi bigendanye n’ubuzima bw’abaturage nk’uko abisanganywe.

Dr Sabin Nsanzimana

8. Minisiteri y’Umutekano: Juvenal Marizamunda

Uyu yari asanzwe ari Ministiri w’Ingabo z’igihugu; aho benshi bamushimiye uburyo yayoboye iriya Minisiteri ifatwa  nk’Umutima w’igihugu, bagahamya ko igihe  yashingwa na Ministeri y’Umutekano, yayiyobora neza nk’umusirikari w’umuhanga kandi ufite uburambe n’ubunararibonye mu bya gisirikari n’Umutekano w’igihugu muri rusange.

Juvenal Marizamunda

9. MINALOC: Pudence Rubingisa

Uyu muyobozi usanzwe ayoboye Intara y’Iburasirazuba nyuma y’aho yanayoboye n’Umujyi wa Kigali, bene gutanga amakuru bamushimiye ko ari umuntu umaze igihe akurikiranira hafi ibibazo by’abaturage n’imiyoborere yabo myiza, aho yayoboye hose akaba yarakomeje gushimwa n’abaturage ashinzwe.

Ikindi  bakamushimira ko azi kwakira neza abamugana no kubatega matwi, bikaba mu bigendanye n’inshingano za MINALOC ifite inshingano zo gushyira umuturage ku isonga agahabwa imiyoborere myiza.

Kubera izo mpamvu zose n’imikorere inoze bamuziho, bakizeza Umukuru w’igihugu ko igihe cyose yamugirira icyizere yayobora neza nk’uko asanzwe abigenza mu kazi ke kaburi munsi.

Pudence Rubingisa

10. Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda: Gasamagera Benjamin

Uyu Rwiyemezamirimo akaba Umunyenganda ariko kandi w’umuhanga mu by’ubukungu uvuga indimi zigera muri eshanu zikoreshwa na benshi ku Isi zirimo n’Igishinwa, yashimwe na benshi bifuje ko yayobora Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda inafite inshingano mu kugenzura amakoperative.

Bene kwifuza ko Bwana Gasamagera yayobora MINICOM, babishingira ko ari umuntu uzi kuyobora no gufata ibyemezo, akaba yarabigaragaje  ubwo yayoboraga Urugaga rw’abikorera mu Rwanda PSF mu bihe bishize.

Ikindi bashingiraho bamusabira kuyobora iriya Minisiteri, ni ukuba ari Umunyenganda urangwa no guhanga udushya dukenewe ku isoko, akaba asobanukiwe n’iby’Amakoperative, akaba  yaba Umuyobozi wafasha Umukuru w’igihugu muri gahunda zo guteza imbere no kuzamura abikorera barimo Abanyenganda, Abacuruzi, Abibumbiye mu makoperative, Abashoramari n’abandi bagira uruhare mu iterambere ry’igihugu.

Gasamagera Benjamin

Ni amazina menshi  yagejejwe ku kinyamakuru Igisabo n’abakunzi bacyo, bifuza ko Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame,  yazahitamo abazamufasha muri Guverinoma nshya agiye gushyiraho namara kurahira kuwa 11 Kanama 2024, nk’uko itangazo ryavuye mu Biro by’Umukuru w’igihugu mu minsi ishize ribivuga.

Ibyo ari byose, Umukuru w’igihugu azwiho kumenya  gushishoza kandi agira abajyanama babishoboye.

 Abaturage bifuza ko abo yazahitamo bose, bazamufasha muri iyi manda nshya, ko bazibanda cyane ku iterambere ry’umuturage rirambye, Umutekano, Kurwanya ubukene, Gukemura ibibazo by’abaturage birimo n’akarengane, ibibazo byo kwimura abaturage nta ngurane, ibibazo by’amakimbirane mu ngo n’ibindi.

Previous Post

Muri Kigali Economic Zone Haravugwa Inkongi y’umuriro

Next Post

Nta kintu na kimwe gishobora gusimbura konsa umwana “Ingabire Assoumpta NCDA”

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Nta kintu na kimwe gishobora gusimbura konsa umwana “Ingabire Assoumpta NCDA”

Nta kintu na kimwe gishobora gusimbura konsa umwana “Ingabire Assoumpta NCDA”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA