• Latest
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

EDOUARD NIYONKURU by EDOUARD NIYONKURU
July 27, 2026
in Amakuru, Imikino n'Imyidagaduro
0
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY
0
SHARES
32
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa gatandatu,tariki ya 25 Nyakanga 2026 ku Uruganda Ingufu Gin Ltd ruherereye mu murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi hatangirijwe ku umugaragaro isiganwa ry’Amagare INGUFU N’IGARE RACE, rizajya riba buri mwaka rikaba ryaratangiriye ahitwa ku Ruyenzi ku Uruganda risorezwa mu Mujyi wa Kayonza, aho basiganwe ibirometero 96 na metero 300.

Ni isiganwa ryaranzwe n’Ishyaka rikomeye, Ubuyobozi bwa Ingufu Gin Ltd, bukavuga ko iryo rushanwa rigamije gukomeza gushyigikira Umukino w’Amagare mu Rwanda, umaze gutera imbere mu buryo bugaragara, ari nako banashishikariza Abanyarwanda kwirinda kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge, bagahitamo kunywa izujuje ibisabwa ziba zakorewe ubugenzuzi n’ibigo bibishinzwe nka Rwanda FDA, kugira ngo barusheho kugira ubuzima buzira umuze.

Umuyobozi wa Ingufu Gin Ltd uruganda rwateguye aya marushanwa, rukanatanga ibihembo ku batsinze, Ntihanabayo Samuel, avuga ko basanzwe ari abafanyabikorwa bahoraho ba Federasiyo y’Umukino w’amagare mu Rwanda, bakaba rero mu rwego rwo gukomeza ubwo bufatanye, barahisemo gutangiza isiganwa ryiswe INGUFU N’IGARE RACE, akizera adashidikanya ko rizajya riryohera abakunzi b’uyu mukino nk’uko byagaragaye ku umunsi wa mbere, aho imihanda yari yuzuye abantu benshi baje gushyigikira uwo mukino.

Agira ati “ iki ni igikorwa kizajya kiba buri mwaka. Twabitekerejeho ku buryo bwitondewe, tumaze kugisha inama abo bireba bose. ku bw’izo mpamvu, tukaba dushimira  Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda yakiriye neza iki gitekerezo, cyane ko dusanzwe dufashanya muri byinshi, tugashimira Minisiteri ya Siporo nayo yadushyigikiye ku buryo bugaragara, Tugashimira Polisi y’igihugu yadufashije cyane mu buryo bw’umutekano, tukanashimira Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza n’abaturage batwakiriye neza, tugashimira n’abakinnyi bitabiriye irushanwa ku nshuro ya mbere bakaza ari benshi. Bityo tukizera tudashidikanya ko ubutaha ibi byose bizikuba kabiri ugereranyije n’uko byagenze uyu munsi.”

Avuga ko ubusanzwe umukino w’amagare ari umukino usaba uwukora kuba afite ubuzima bwiza, ari nayo mpamvu asaba abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kwirinda kunywa inzoga z’inkorano zitujuje ibisabwa, cyane ko  mu urwego rwo gukemura ibyo bibazo babashyiriyeho Uruganda Ingufu Gin Ltd, uruganda rwenga amoko y’inzoga 10 yose kandi yuzuje  ubuziranenge, buri wese akaba agomba kwihitiramo ikinyobwa kimunogeye.

Bwana Samuel Ntihanabayo Samuel Umuyobozi wa Ingufu Gin Ltd

Ku urundi ruhande Bwana Samuel Ntihanabayo avuga ko bazakomeza gukorana neza na Ferwacy mu marushanwa atandukanye, yaba ayo mu Rwanda na Mpuzamahanga, Isiganwa INGUFU N’IGARE akishimira ko naryo ryamaze kongerwa mu masiganwa ya Ferwacy.

Aboneraho gushimira abaturage bo mu Karere ka Kayonza, uburyo baje kwakira isiganwa ryabo ari benshi, abizeza ko n’ubutaha ariho bazarisoreza.

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza w’agateganyo Fred Hategekimana ashimira uruganda Ingufu Gin Ltd rwabahaye ibyishimo babazanira umukino w’amagare mu karere kabo, na cyane ko Intara y’iburasirazuba isanzwe ari intangarugero mu kugira Amakipe menshi n’urubyiruko rwihebeye uwo mukino.

Agira ati “muri aka kanya dushimiye Uruganda Ingufu Gin Ltd yatuzaniye ibi birori by’igare mu karere kacu, tugashimira Ubuyobozi bwa Ferwacy na Minisiteri ya siporo, bo bashyigikiye Uruganda Ingufu Ltd muri ibi birori by’igare bisorejwe hano iwacu. Tuboneyeho gusaba abaturage kwirinda kunywa inzoga zidafite ubuziranenge, bakajya bayoboka ibinyobwa byizewe nk’ibikorwa na Ingufu Gin Ltd yatuzaniye igare I Kayonza bakadususurutsa.

Hagati uwambaye Ingofero y’umukara Fred Hategekimana Umuyobozi w’Akarerere ka Kayonza by’Agateganyo uri kumwe n’Umuyobozi wa Ingufu Gin Ltd

Kimwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Umuyobozi w’ishyirahmwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Nkurayija Jean Hubert, ashimima ubufatanye buri hagati y’ishyirahamwe ayoboye na Ingufu Gin Ltd, ashimira cyane igitekerezo bagize cyo gutegura iryo rushanwa rikaba ryagenze neza kandi ari ku umunsi wa mbere. bityo ashimira buri wese wabigizemo uruhare kugira ngo ritangire kandi risozwe neza.

Umuyobozi wa Ferwacy Jean Hubert Nkurayija Ari kumwe n’Umuyobozi wa Ingufu Ltd

                   Uko Irushanwa ryagenze muri make

Nk’uko byavuzwe haruguru, iri ni irushanwa ryateguwe n’uruganda INGUFU GIN Ltd  ku ubufatanye n’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy, rikaba ari ku nshuro ya mbere ribaye, rikazajya riba buri mwaka, rikaba ryaratangiye mu masaha ya saa saba ritangiriye ku Ruyenzi, risorezwa mu Mujyi wa Kayonza uwitwa Muhoza Eric ukinira Ikipe ya Amani mu bagabo na Nyirarukundo Claudette ukinira iyi kipe mu bagore, begukanye iryo siganwa  ryiswe “Ingufu n’Igare Race 2026”

Abangavu batarengeje imyaka 19 bakinnye intera y’ibilometero 50 byatangiriye i Rugende mu Karere ka gasabo, ni mu gihe abandi bakinnyi bari bahagurukiye ku Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi, ahakorera uru ruganda, bityo bo basasoza bakoresheje  ibilometero 96,3

Ubwo abakinnyi bahagurukaga kuri Ingufu Gin Ltd

Ubwo bahagarukaga, uwitwa Mugisha Moise yahise acika abo bari kumwe bazamuka ahazwi nka Norvege, ndetse kugeza ku kilometer cya 18 yari yasize umunota umwe n’igice Nsengiyumva Shemu, Niyonkuru Samuel, Muhoza Eric na Byukusenge Patrick bari bamukurikiye.

Ku kilometero cya 45 ni bwo Mugisha Moïse yafashwe n’itsinda ryarimo Nshutiraguma Kevin, Tuyizere Etienne, Niyonkuru Samuel, Muhoza Eric na Ruhumuriza Aimé.

Nyuma yo kwegera imbere ibindi bilometero bitanu, Mugisha Moïse, Tuyizere Etienne, Niyonkuru Samuel na Muhoza Eric basize abo bari kumwe, bagenda imbere bonyine, ariko bageze imbere Muhoza Eric abarusha imbaraga agenda wenyine kugeza  ubwo yari yitwaye mu bilometero 30 bya nyuma.

Muhoza yatsinze Isiganwa akoresheje amasaha abiri, iminota 44 n’amasegonda 24 anegukana ibihumbi 500 Frw, akurikirwa na Tuyizere Etienne ukinira Java Innovotec yarushije umunota umwe n’amasegonda 37, we wahawe ibihumbi 200 Frw mu gihe Nshutiraguma Kevin ukinira Mamba Devo yabaye uwa gatatu arushwa n’uwa mbere iminota itatu n’amasegonda icyenda ahabwa ibihumbi 100 Frw.

Nshutiraguma ni na we witwaye neza mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 23, ahembwa ibihumbi 200 Frw.

Mu bagore isiganwa ryegukanywe na Nyirarukundo Claudette ukinira Ikipe ya Amani akoresheje amasaha atatu, iminota icyenda n’amasegonda 44, ahabwa ibihumbi 300 Frw.

Yakurikiwe na Nirere Xaveline na we bakinana, wegukanye ibihumbi 150 Frw, amurushije isegonda rimwe mu gihe ku mwanya wa gatatu haje Ingabire Diane ukinira ikipe ya Benediction warushijwe iminota 11 n’amasegonda ane n’uwa mbere akegukana ibihumbi 100 Frw.

Mu bakobwa bari munsi y’imyaka 19, Masengesho Yvonne ukinira Black Mamba Devo yegukanye isiganwa anahembwa ibihumbi 100 Frw, akurikirwa na Akimana Donatha ukinira Java Innovetec wahembwe ibihumbi 80 Frw naho Kanyange Zawadi ukinira Bugesera Cycling aba uwa gatatu yegukana ibihumbi 50 Frw.

Mu ngimbi, Ishimwe Bryan ukinira Black Mamba Devo ni we wabaye uwa mbere ahembwa ibihumbi 200 Frw, akurikirwa na Byusa Pacifique ukinira Les Amis wahembwe ibihumbi 150 Frw naho Mugabo Jules ukinira Les Amis aba uwa gatatu ahembwa ibihumbi 100 Frw.

Muhoza Eric ukinira Ikipe ya Amani wegukanye iri siganwa mu bagabo
Nyirarukundo Claudette nawe ukinira Amani yegukanye iri siganwa mu bagore

Hakinwe kandi icyiciro cy’abatarabigize umwuga, umwanya wa mbere wegukanwa na Nkurunziza Yves wahoze akina nk’uwabigize umwuga, aho ibilometero 50 basiganwe yabisoje akoresheje isaha imwe, iminota 31 n’amasegonda 25, akurikirwa na Roman Meszaros bagereye ku murongo rimwe mu gihe kandi banahagereye rimwe na Niyonshuti Asuman wabaye uwa gatatu.

Isiganwa INGUFU N’Igare. ni irushanwa ngarukamwaka ryabaye ku nshuro ya mbere kuri uyu wa 25 Nyakanga 2026  ryari ryitabiriwe n’Abakinnyi 22 hasoza 21.  Abariteguye n’abaryitabiriye bishimira uburyo  ryagenze  neza, bityo bagashimangira ko ubutaha bizarushaho.

Umuhanzi Senderi yasusurukije abitabiriye kureba Isiganwa
Abakozi n’Uruganda INGUFU GIN Ltd bari babukereye

AMAFOTO

Nkurunziza Yves yegukanye isiganwa ry’abatarabigize umwuga

E. Niyonkuru

Previous Post

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Next Post

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

EDOUARD NIYONKURU

EDOUARD NIYONKURU

Next Post
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA