• Latest
Isoko ry’Umurimo ryo mu Rwanda ryungutse amaboko mashya y’abarangije muri EAST AFRICA UNIVERSITY RWANDA

Isoko ry’Umurimo ryo mu Rwanda ryungutse amaboko mashya y’abarangije muri EAST AFRICA UNIVERSITY RWANDA

May 31, 2024
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Isoko ry’Umurimo ryo mu Rwanda ryungutse amaboko mashya y’abarangije muri EAST AFRICA UNIVERSITY RWANDA

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 31, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi
0
Isoko ry’Umurimo ryo mu Rwanda ryungutse amaboko mashya y’abarangije muri EAST AFRICA UNIVERSITY RWANDA
0
SHARES
362
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abagera kuri 377 nibo basoje neza  amasomo yabo muri EAST AFRICAN UNIVERSTY Rwanda, kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024, mu mpanuro nyinshi bahawe, bakaba basabwe kuzaba aba Ambasaderi beza mu mirimo yose bazashingwa igamije kubaka igihugu.

Umuyobozi Mukuru wa EAST Africa University Rwanda Prof. KABERA Callixte, yishimira ko abo bareze bose basoje muri Kaminuza abereye umuyobozi bari mu mirimo itandukanye, uburyo babaye abagabo n’abagore bafite ibikorwa biri gutuma bizamura bo ubwabo n’igihugu cyabo muri rusange.

Prof. Kabera Callixte uri hagati asobanura uburyo abasoje amasomo bitwaye neza

Agira ati “Kano kanya tumaze gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri bacu bagera kuri 377 bagize icyiciro cya 5 cy’abagiye basoza hano. Kimwe n’abandi bose, aba nabo twabahaye ubutumwa bwo kugenda bakatubera aba Amasaderi beza mu mirimo yose bazakora, ibyo bikazafasha n’abandi bose bifuza kuza kwiga hano kubabonamo icyitegerezo n’urugero rwiza.”

Muri East Africa University Rwanda, dushimishwa cyane no kubona ko abo tureze barangiza neza, benshi muri bo  bakaba bakomeje kugaragaza uburyo bwo guteza imbere aho bakorera hose. Mu by’ukuri ni shema rikomeye kuri twe tuba twarabareze, ari nayo mpamvu naba ngaba bamaze gusoza twabasabye kugera ikirenge mu cy’abagenzi babo. Twabasabye kandi kuzakora  batikoresheje kugira ngo bazabashe kwiteza imbere, banateze imbere igihugu  cyabo muri rusange.

Prof KABERA, avuga ko benshi barangiza, bagaruka kubashimira bababwira ko bakoze neza kubagira inama, ari nazo ngo ziri kubafasha kenshi mu kazi kabo ka buri munsi.

Abanyeshuri barenga 300 basoje amaso yabo muri EAST AFRICAN UNIVERSTY Rwanda

Ku rundi ruhande, avuga ko ikigamijwe muri rusange, ari uko iyo barera abanyeshuri babo, babaha amasomo y’ingenzi agezweho kandi agendanye n’isoko ry’umurimo.

Avuga ko bigisha amasomo y’imyuga atuma buri wese urangije, yabasha kwihangira umurimo no guhangana ku isoko ryawo, bityo akizera adashidikanya ko abasore n’inkumi basoje kandi  bize byinshi bishoboka, bazakirwa neza ku isoko ry’umurimo ryo mu Rwanda cyane ko ribonye abakozi babishoboye bize neza kandi byinshi.

ABASOJE AMASO BAVUGA KO BAGIYE KUBYAZA UMUSARURO IBYO BIZE

Bamwe mu basoje amasomo yabo, bavuga ko bashimira cyane Ubuyobozi bwa Kaminuza yabo, uburyo bababereye abarezi, ababyeyi n’abajyanama beza mu byo bize, bagahamya badashidikanya ko bagiye kubibyaza umusaruro.  

Twiringiyimana Juvenal, asoje mu ishami ry’Uburezi bw’imibare na Physic

Twiringiyimana Juvenal, asoje mu ishami ry’Uburezi bw’imibare na Physic avuga ko n’ubwo bakurikiranye amasomo mu bihe bitari byoroshye kubera icyorezo cya Covid, byongeye ubuzima bwa kino gihe ngo bukaba bukomeje kugorana, ku buryo kubona amafaranga y’ishuri bitari bimworoheye, ngo yabashije kwiga  kandi atsinda neza ku kigero cyo hejuru, bityo akaba yiteguye kujya gukomeza akazi ke ku burezi mu cyiciro cy’amashuri y’isumbuye kuko yigisha mu mashuri abanza.

Agira ati “Turashimira Kaminuza yacu. Ni Kaminuza ntangarugero  mu kwigisha. Twize byinshi, dutozwa byinshi, tugirwa n’inama y’uburyo  umuntu yihangira umurimo akawubyaza umusaruro.”

Avuga ko agendeye ku byo yize, yizera ko azigisha neza abanyeshuri, akazabasangiza kuri ubwo bumenyi yahawe kugira ngo nabo bazasobanukirwe kurushaho.

Agira inama abagenzi be basozanyije amasomo,  kuzazirikana cyane inama bahawe zo guhanga umurimo bagendeye ku masomo meza bahawe. 

Ni muri urwo rwego n’abasigaye bari kwiga nabo, abaha ubutumwa bwo gukunda kwiga no gutsinda amasomo yose, kugira ngo bazasoze babasha gusangiza ubumenyi bafite,  kubo bazasanga  mu buzima bwo hanze y’ishuri.

Kimwe na Twiringiyimana Juvenal, Uwayezu Esther wasoje mu ishami ry’ibigendanye n’Imari (Financial), avuga ko asoje amasomo ye neza akaba agiye gukorana umwete akazi ke kandi Kinyamwuga mu byo yize.

Esther asoroje amasomo ye muri EAST AFRICA UNIVERSITY RWANDA

Agira ati “Iri shami ndangijemo ni ishami ritanga akazi mu buryo bwiza bikaba byanakorohera umuntu kwikorera. Birumvikana ko nshobora gushaka akazi kugira ngo nshyire mu bikorwa ibyo nize ahangaha, bitanavuze ko  ntashobora no kwikorera kandi nkabasha kugera ku urwego rushimishije.”

Ku bigendanye n’inama aha bagenzi be  b’igitsinagore muri rusange, avuga ko bagomba gutinyuka bakiga Kaminuza ari benshi, cyane ko  isi ya none, bisaba isaba  ngo kuba warize cyane, by’umwihariko igitsina gore.

Ashimira cyane ubuyobozi bukuru bwa East African University Rwanda, uburyo ari Kaminuza yahisemo amashami meza aberanye n’isoko ry’umurimo, afasha abantu kubona akazi bitabagoye,  batanakabona bakakihangira. 

Cyakora asaba Kaminuza yabo,  kurushaho kongera ubushakashatsi bukorwa n’abanyeshuri,  bakajya basura za Kaminuza zababanjirije, bagamije ahanini kwiyungura ubumenyi, hakasurwa n’izo mu bihugu byo hanze,  bifite ubushobozi n’ubunararibonye mu masomo agendanye nayo biga muri EAST AFRICA UNIVERSTY RWANDA.

Umuyobozi w’Intara y’I Burasirazuba Pudence Rubingisa, ashima ibikorwa bya  East Africa University Rwanda n’uburyo ikomeje kuzamura ireme ry’uburezi mu Ntara y’iburasirazuba muri rusange.

Pudence Rubingisa Guverineri w’Intara y’i Burasirazuba

Ashima by’umwihariko n’ababyeyi bahisemo kuharereshereza kuko bigaragaza ko baba babonye ko nta shiti, ari Kaminuza bitezeho umusaruro nyawo ku bana babo baharereshereza.

Agira ati “turashimira n’ababyeyi barereshereza muri East African University Rwanda, uwo ni umuganda ukomeye baba bateye Kaminuza, cyane ko buri wese ubonye urubyiruko nk’uru ruberewe gutya, rwize neza kandi rugatsinda, nawe ubwe yifuza kuharereshereza, ariyo mpamvu tubona ko abagana iyi Kaminuza bahora biyongera umunsi ku wundi.”

Intumwa ya Ministeri y’Uburezi akaba n’umushyitsi Mukuru Pascal Gatabazi, ushinzwe ishami rya Tekinike muri iyo Minisiteri, avuga ko Leta y’u Rwanda ishimira cyane abikorera bashyize imbaraga mu gushinga za Kaminuza, bagamije ahanini kunganira Leta mu guha abanyeshuri ireme ry’uburezi.

Bwana Gatabazi Pascal Intumwa ya Ministeri y’Uburezi

Agira ati “twaje gushyigikira Kaminuza ya East African University Rwanda, muri iki gikorwa  cyo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri  basoje amasomo. Ni umuganda ukomeye Kaminuza iba ihaye igihugu kuko abantu 377, baba baje biyongera ku bandi bari ku isoko ry’umurimo, bakaza bazanye ubumenyi butandukanye mu byo bize, ni ibyo kwishimrwa na buri wese.”

Ashimira cyane abayobozi b’iyi Kaminuza muri aka gace ka Afurika y’iburasirazuba, bagize igitekerezo cyo kuzana ishami ryayo mu Rwanda kandi abayirangizamo bakaba bakomeje gutanga umusaruro mu gihugu cy’u Rwanda no hanze yacyo.

Avuga ko Leta izakomeza gushyira imbaraga mu gutera inkunga amashuri yigenga, kugira ngo nayo  abashe gukomeza gusoza intego baba biyemeje yo guteza imbere uburezi.

East Africa Universty Rwanda,  ni imwe muri Kaminuza zigenga zikorera mu Rwanda, ifite Icyicaro mu Karere ka Nyagatere no Mujyi wa Kigali.

Ni Kaminuza yatangiye ibikorwa byayo muri 2015 mu mujyi wa Nyagatare, itangiranye abanyeshuri 150 muri kino gihe  ikaba ibarizwamo abasaga ibihumbi  bitatu(3,000) biga mu bigo byayo byombi mu mashami 6 ariyo: Business Administration and Management Studies, Education, Film Making & Film Production, Industrial Art & Design, Leisure, Tourism, and Hotel Management Mass Communication and 8 Various Short Courses.

E. Niyonkuru

Previous Post

Diane Rwigara yizeye ko Kandidatire ye izakirwa bitandukanye no mu mwaka 2017

Next Post

Cinefemmes Rwanda ishyize imbaraga mu iterambere ry’Umugore ukina akanayobora filime

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Cinefemmes Rwanda ishyize imbaraga mu iterambere ry’Umugore ukina akanayobora filime

Cinefemmes Rwanda ishyize imbaraga mu iterambere ry’Umugore ukina akanayobora filime

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA