• Latest
Abasaga 1200 batangiranye ingamba nshya umwaka wa 2022-2023 muri Mother Mary Intenational Complex

Abasaga 1200 batangiranye ingamba nshya umwaka wa 2022-2023 muri Mother Mary Intenational Complex

September 13, 2022
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abasaga 1200 batangiranye ingamba nshya umwaka wa 2022-2023 muri Mother Mary Intenational Complex

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 13, 2022
in Amakuru, Uburezi
0
Abasaga 1200 batangiranye ingamba nshya umwaka wa 2022-2023 muri Mother Mary Intenational Complex
0
SHARES
442
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma  y’uko basoje neza ibiruhuko, abanyeshuri n’abarezi  bo mu shuri Mother Mary International School Complex,  riherereye i Kibagabaga, Umurenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali,  basubukuye amasomo  kuri uyu wa 12 Nzeri 2022. Abasaga 200 bashya bakaba aribo bakiriwe mu muryango mugari w’iryo shuri.

Saa  kumi n’ebyiri za mugitondo zo kuri uyu wa mbere Tariki ya 12 Nzeri 2022, abanyeshuri ba mbere n’ababyeyi babo,  bari bamaze gusesekara kuri iryo shuri ry’icyitegererezo,  benshi bahamya ko ari irya mbere mu Rwanda mu gutanga uburezi buhamye.

Byari ibyishimo, ku uburyo urukumbuzi abana bari bafitanye rugaragazwa n’uburyo bahoberanaga m ’ubwuzu bwinshi.

Madame  DIANA Nawati Nsobya, Umuyobozi wa Mother International School Complex,  atanga ikaze ku banyeshuri bashya n’abasanzwe bahiga, abasaba gukomeza kurangwa n’indangagaciro ziranga ishuri bigaho,  arizo UBUREZI BUZIRA INENGE”, bityo abasaba gutangirana umwaka mushya,   ishyaka ryo  gutsinda amasomo, ari nako  baharanira kuzahesha ishema ababyeyi babo babahitiyemo ikigo cyiza kizabafasha kuba abahanga mu ngeri z’amasomo yose biga.

Agira ati “ banyeshuri dukunda,  ari abashya n’abasanzwe   kuri kino kigo,  tubahaye ikaze muri uyu mwaka mushya w’amashuri 2022-2023, tukaba tubasaba gukomeza kurangwa n’umurava no gukora cyane ku basanzwe  hano.  Abashya namwe tubahaye  ikaze,  tubasaba kumenya indangagaciro ziranga abarererwa kuri Mother  Mary International School Complex.  Ndasaba abarezi nabo gukomeza umwete n’umurava basanganywe wo kwigisha  neza abo barera,  kugira ngo abana bazakure umusaruro n’impamba bihagije hano iwacu, mu gihe cyose  bazaba basoje bagakomeza muri za Kaminuza zitandukanye  ku isi.

Madame  DIANA Nawati Nsobya, Umuyobozi wa Mother International School Complex,  atanga ikaze ku banyeshuri bashya n’abasanzwe bahiga

Umuyobozi ushinzwe amasomo muri  Jean Damascene Baziruwihoreye, avuga ko bishimiye cyane kuba batangiye umwaka mushya,  bakaba bariteguye bihagije haba gukomeza gushaka no kongera abarimu bafite ubumenyi n’ubuhanga bugendanye n’ubwifuzwa kenshi ku kigo cyabo.

Agira ati “dutangiranye abana bashya barenga 200,  mu kiburamwaka , amashuri abanza n’ay’isumbuye, bose bakaba baje basanga bakuru babo  basaga 1000 basanzwe biga hano.

Umuyobozi ushinzwe amasomo muri  Jean Damascene Baziruwihoreye, avuga ko bishimiye cyane kuba batangiye umwaka mushya

 Abana bose turabakiriye,  kandi twiteguye kubaha ubumenyi buhagije tubikesheje Intiti z’abarimu dusanganywe n’abandi bashya twazanye. Turasaba ababyeyi  gukomeza gukurikiranira hafi abana babo, babafasha gusubiramo ibyo bize , natwe tukaba tubijeje kubarerera uko bikwiriye twisunze Indangagaciro  ziranga iki igo cyacu.

Avuga ko  Mother Mary International School Complex,  ari Mpuzamahanga,  bakaba bigisha bakurikije gahunda y’Abongereza  “CAMBRIDGE n’Abafaransa  “FRANCOPHONIE, abo bose bakaba ari abahanga,  ku uburyo barangiza bari hejuru ya 80%, intego ikaba iyo kujya hejuru ya 85%.

 Avuga ko basaba abarimu kwigisha umunyeshuri aho kwigisha abanyeshuri. Bishatse kuvuga ko bita kuri buri munyeshuri  ku kigero cy’ubumenyi afite,  ugenda gake akazamurwa kugeza ubwo agera ku rwego rwa bagenzi be bazi byinshi kumurusha.

A.SAMUEL,  umwe mubarimu bigisha kuri icyo kigo,  avuga ko atewe ishema no kuba yigisha ku kigo gifite Ubuyobozi bwiza, kandi gifata neza abakozi bacyo,  by’umwihariko kikanagira abana b’abahanga, ibituma  kubigisha byorohera umurezi,  bikanamwungura mu bumenyi afite.

Agira ati “ Iki ni ikigo cyo kwishimirwa na buriwe se.  Abana tubafasha kwiga cyane no gusobanuza aho batumva neza.

Tubashyira mu matsinda atandukanye,  abafite ubumenyi basobanurira bagenzi babo ku buryo mu gihe gito,  bose baba bamaze kuba abahanga ariyo mpamvu  kigo cyacu gikomeje kuza ku isonga mu bigo bifite abana batsinda neza.”

A.SAMUEL,  umwe mubarimu bigisha kuri icyo kigo

Danny MUZIMA ,yiga muri   Stage 7. Avuga ko yiteguye kwiga  no gutsinda neza uko abisanganywe,  kandi yiteguye kuzaba umu Dogiteri uvura abantu  akazajya akora  akazi ke uko bikwiriye.

Danny MUZIMA yifuza kuzaba Dogiteri

Asaba ababyeyi kuzana abana babo ku ishuri yigaho ari benshi,  kugira ngo nabo  bahasorome ubumenyi n’ubuhanga,  cyane ko ari yo ntego y’abana bahiga n’Ubuyobozi bw’ikigo.

IRAKOZE SHIMWA Ariella Ziwa,  ni Umwana w’umukobwa wifuza kuzaba Umupolisi igihe cyose yazaba asoje Kaminuza,  kugira ngo afatanye n’abandi kubungabunga Umutekano w’igihugu cye.

IRAKOZE SHIMWA Ariella Ziwa we ngo azaba umupolisi

Kimwe na mugenzi we, avuga ko kwiga muri Mother Mary International School Complex,  ari ishema , na  cyane ko ari ikigo kirera abana b’abahanga,  basoza,  bakanakomeza  kuba aba mbere muri za Kaminuza izo ari zo zose.

Bwana JMV Uwizeye,  ni umwe mubabyeyi barereshereza kuri Mother Mary akaba atuye mu Karere ka Kicukiro.

 Avuga ko nyuma yo kubaririza neza aho yarereshereza umwana we haberanye n’igihe,  yabwiwe ko Mother Mary International ko ariryo rirera abana neza,  ku buryo nk’abana bato bagenerwa aho baruhukira nyuma y’amasomo bategereje ababyeyi babo.

Agira ati ‘ biragaragara ko Leta ifite abafatanyabikorwa  b’ingenzi mu kurerera igihugu nk’iri ishuri.  Iyo urebye uburyo abana baho bakereye gutangira ari benshi ku munsi wa mbere, ukabona uburyo bakeye, birakwereka ko  u Rwanda ruri kujya heza,  benshi bakaba bakagombye gufatira urugero kuri iri ishuri.

Bwana JMV Uwizeye ashima iki kigo kubera uburezi gitanga

Uyu mubyeyi wishimiye kubona  umwanya  w’umwana we mu ishuri rirangwa n’abahanga,  ari ishema kuri we n’umuryango we, bityo abana  bose ngo akaba ariho agiye kubazana bose.

Munyaribanje Didas, ni Umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n’imari,  avuga ko umunsi w’itangira ry’amasomo  bamaze igihe bawitegura neza  ku uburyo buhagije, haba mu kwegeranya ibikenewe byose, birimo imyenda y’ishuri , ibitabo n’amakayi bafatira ku kigo,  gusana inyubako,  kwakira abarimu bashya  bujuje ibisabwa,  kwandika abanyeshuri bashya n’ibindi.

Agira ati “ kugira ngo uyu munsi witangira ry’umwaka mushya w’amashuri  ubashe kugenda neza twawuteguye neza. Ibisabwa byose byarabonetse, tukaba twiteguye kwigisha neza abana uko bisanzwe, ariyo mpamvu duhamagara ababyeyi bacikanwe, kuza kwandikisha abana bitarenze  kuwa gatanu Tari 16 Nzeri 2022,  kugira ngo abandi batabasiga muri gahunda z’amasomo.

Munyaribanje Didas, ni Umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n’imari,  avuga ko umunsi w’itangira ry’amasomo  bamaze igihe bawitegura neza

Bwana Didas,  avuga ko ababyeyi bo mu gace ka Kicukiro,  bashonje bahishiwe  bitarenze mu kwa 11 amashuri yaho  akazaba yatangiye, ibyo byose ngo  bikazaborohera kurushaho nk’uko babyifuje kenshi.  Abana bo muri ibyo bice bakaba bari kwigana n’abandi ku kicaro gikuru  nk’uko bisanzwe.

Ishuri Mother Mary International School ni ishuri Mpuzamahanga ry’ikitegererezo  ryatangije amasomo y’umwaka wa 2022- 2023, rishimwa kandi rikunzwe n’ababyeyi bo mu ngeri zitandukanye.

Ni ishuri rihereye  i Kibagabaga mu murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali

Ubwo yaganiraga na IGISABO mu minsi ishize hasozwa umwaka wa 2021-2022, Umuyobozi Mukuru waryo RWABIGWI Cyprien avuga ko mu minsi mike iri imbere,  hifuzwa ko MOTHER MARY INTERNATIONAL SCHOOL COMPLEX, yaba ari ishuri riri ku uwego rw’ayo mu Burayi,  kandi ko  imyiteguro yabyo igeze kure.

Umuyobozi Mukuru waryo RWABIGWI Cyprien avuga ko mu minsi mike iri imbere,  hifuzwa ko MOTHER MARY INTERNATIONAL SCHOOL COMPLEX, yaba iri ku rwego rw’amashuri y’I Burayi

Andi mafoto

Previous Post

Ahafatwaga nk’ikigega cy’ibirayi naho birarya umugabo bigasiba undi

Next Post

Minisiteri y’Uburezi yashyizeho amafaranga ntarengwa ku burezi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Minisiteri y’Uburezi yashyizeho amafaranga ntarengwa ku burezi

Minisiteri y’Uburezi yashyizeho amafaranga ntarengwa ku burezi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA