• Latest
Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023

Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023

May 11, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Imibereho ya buri munsi

Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 11, 2022
in Imibereho ya buri munsi, Ubuzima
0
Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023
0
SHARES
385
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni umuhango wayobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Rubingisa Pudence, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize Rugemanshuro Regis,  bitangirizwa mu Murenge wa Rusororo,  AKarere ka Gasabo, hagamijwe ahanini no gukangurira abaturage kwitabira gutangira gutanga ubwisungane mu kwivuza, mu mwaka wa 2022-2023  hakiri kare.

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Rubingisa Pudence, avuga ko umwaka ushize mu Mujyi wa Kigali  hagaragayemo intege nke ku bigendanye n’ubwitabire bwo gutanga Ubwisungane bwo kwivuza (mituel de santé), cyakora muri  uyu mwaka wa 2022-2023, intego ihari  ikaba  iyo kuva kuri icyo gipimo cyo hasi  bakagera ku ijana ku ijana.

Avuga ko ubusanzwe igituma imibare y’abatanga ubwisungane mu kwivuza mu mujyi wa Kigali igenda ijya hasi,  biterwa ahanini n’imiterere y’Umujyi n’abawutuye, ku buryo uwari utuye mu gace runaka bitewe n’ibyo ahakora, ahamara iminsi mike akagenda atavuze, bityo agakomeza nawe kubarwa mu mibare y’abagomba kuba barishyuye ubwisungane.

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Rubingisa Pudence atangiza igikorwa

Nubwo bimeze bityo ariko, Bwana Rubingisa Pudence ashima cyane ubwitange n’ubufatanye bukomeje kuranga  abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze, hagamijwe guharanira ko abatuye Umujyi wa Kigali barangwa n’ubuzima bwiza, ari nayo mpamvu buri wese bireba  agomba kugira intego yo kugira Ubwisungane mu kwivuza, kugira ngo bajye boroherwa mu gihe byaba  ngombwa ko bajya kwivuza.

Agira ati “Birakwiye ko buri wese muri twe,  ko yaba ijisho rya mugenzi we kugira ngo hamenyekane neza ko hariya iwacu mu Isibo, mu Mudugudu no mu Kagari ko nta muntu waba  utarabashije kubona ubushobozi bwo gutanga “Mituelle”. Birumvikana ko abadashobora kubona ubwo bushobozi, hagomba kubaho no kubaremera cyangwa bagashakirwa icyo bakora cyajya kibunganira buri munsi.

Bwana Rubingisa, avuga ko bamaze kugeza ku bayobozi bo mu nzego  z’ibanze amakayi yo kwandikamo abaturage bose bafite mu midugudu yabo badafite ubwishingizi na bumwe barimo, Ubutangwa n’ibigo bitandukanye mu Rwanda,  kugira ngo bategurwe, banashishikarizwe gutanga “Mituelle” hakiri kare, ku buryo buri munsi hagomba kumenyekana abamaze kwishyura, abasigaye, bityo ku itariki ya 30 Kamena 2022, abaturage benshi bakaba bakagombye kuba igikorwa baramaze kukigira icyabo.

Aboneraho gushimira Akarere  ka  Gasabo kari ku isonga muri kino gihe ku bigendanye no gutanga umusanzu wa “Ejo heza”. Bityo akizera ko uwo murava n’umuhate bafite, uzakomeza kubaranga  bakazaza ku isonga mu kwishyura Ubwisungane bwo kwivuza muri uyu mwaka wa 2022-2023.

Asoza  yizeza ko Uturere mu Mujyi wa Kigali, tuzakomeza gukorana  n’abafatanyabikorwa  basanzwe bakorana neza,  barimo Abahiyimana Abahagarariye amadini, Abikorera n’imiryango ishingiye kuri Leta, kugira ngo bafatanyirize  hamwe, ku buryo nta muturage n’umwe wakagombye gusigara atabonye ubwishingizi kandi izo mbaraga zose zihari.

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’Ubwiteganyirize RSSB Rugemanshuro Regis aganira n’Itangazamakuru

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’Ubwiteganyirize RSSB Rugemanshuro Regis avuga ko ikigo ahagarariye, gifite inshingano y’ibanze yo guharanira ko umuturage wese arangwa no kugira ubuzima bwiza, ari na yo mpamvu babashishikariza buri gihe kugira Ubwisungane mu kwivuza no kwiteganyiriza mu za bukuru.

Kimwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Rugemanshuro Regis ashimira abayobozi mu nzego zitandukanye,  umuhate bakomeje kugaragaza bakangurira abaturage babo gutanga Ubwisungane hakiri kare, kugira ngo buri muntu yicare atekanye kandi yizeye ko igihe cyose byaba ngombwa ko arwaza uwo mu muryango cyangwa ku giti cye,  yazakirwa neza ku ivuriro ryose yagenda agana agiye kwivuza .

Agira ati “Uyu munsi mu Mujyi wa Kigali,  hatangijwe ku mugaragaro umwaka mushya wo gutanga Ubwisungane mu kwivuza. Turi mu Karere ka Gasabo ariko no muri Nyarugenge na Kicukiro icyo gikorwa kirahari,

Hatanzwe Amakaye yo kwandikamo abishyuye n’abatarishyura Ubwisungane mu kwivuza

Muri rusange twishimira ko hamaze gutangwa mu gihugu hose ubwisungane buri ku kigero cya 31% muri gahunda y’umwaka mushya,  muri  iyi Gasabo nabo baracyari ku kigero cyo  ku 10%, ariko tukizera ko  ubu bukangurambaga ubwo butangijwe,  iyo mibare nayo ko igiye kwiyongera kurushaho, tukizera  ko umwaka mushya ugendanye n’ingengo y’imari mu kwezi kwa 7, tuzaba turi  ku gipimo cya 70% by’abazaba bamaze gutanga ubwisungane.

Avuga ko kandi ko ikigamijwe muri rusange, ari ugushyira umuturage ku isonga, kugira ngo ashake  ibyamuteza imbere,  ariko kandi anarangwa  n’ubuzima bwiza.

Ku bigendanye n’ibyiciro bishya by’Ubudehe bimaze igihe bikozwe bikaba bitubahirizwa, uyu muyobozi avuga ko muri kino gihe hari gukurikizwa ibyiciro bisanzweho, ibishya bikazatangira gukurikizwa Ministeri ibishinzwe imaze kubinoza no kubishyira ku murongo neza.

 Avuga ko muri ibi byiciro bisanzwe,  Leta ikomeje gahunda yo gushyira umuturage ku isonga, ariyo mpamvu  yiyemeje kwishyurira abari mu kiciro cya mbere batishoboye,  ubwisungane bwa 3000 F ku umwaka, abo mu kiciro cya 2 n’icya 3, bakoroherezwa kwiyishyurira 3000 F naho abo mu kiciro cya 4 bakiyishyurira 7000 F yonyine mu mwaka.

Abayobozi bahawe ibitabo bikubiyemo Amabwiriza n’Imfashanyigisho

Mu rwego  rwo gufasha kandi umuturage kurangwa n’ubuzima bwiza, Rugemanshuro avuga ko umuturage yoroherejwe nabwo, hakurwaho imbogamizi zatumaga arindira iminsi 30 ataravurwa kandi yarishyuye, muri kino gihe byaravuguruwe, umuryango wishyuye ukaba ugomba guhita utangira kuvurwa ako kanya, bamaze kwishyura   byibura 75% yayo bagomba kwishyura, asigaye akaba yatangwa kuri 31 Ukuboza 2022.

Asoza avuga ko hari byinshi byakozwe  kugira ngo umuturage akomeze yoroherezwe.

 Muri byo ikiza kikaba ko  umuntu wese wakira umurwayi, afite n’ubushobozi bwo gukoresha ikoranabuhanga, bityo bakamenya ko uwivuza yishyuye ubwisungane atiriwe ajya ku murongo, ibyo bikaba bituma bagera ku bakozi ba  RSSB  Serivisi zose  zarangiye.

Umuhango witabiriwe n’Ingeri zitandukanye z’abaturage bo mu Karere ka Gasabo

Uwitwa Ndayisaba Joseph, ushinzwe Amajyambere n’Iterambere mu mudugudu wa Runyonza, wari witabiriye igikorwa cyo gutangiza umwaka mushya w’ubwisungane mu kwivuza, avuga ko agendeye ku mpanuro bahawe n’Abayobozi babo, bagiye gukangurira abaturage gutanga umusanzu w’ubwisungane hakiri kare kugira ngo abaturage be,  bakomeze ibyo bakora ariko banizera ko igihe byaba ngombwa ko hari uwahura n’uburwayi bwa bwisungane bwe yatanze bukaba bwamugoboka bidatinze.

Akarere ka Gasabo katangirijwemo umwaka mushya w’ubwisungane mu mukwivuza mu Murenge wa Rusororo,  ni kamwe mu turere dutatu tugize umujyi wa Kigali.

 Ni Akarere gashimirwa ko kagaragaje ubwitabire buri hejuru mu gutanga imisanzu mu kigega Ejo heza. Abaturage bagize aka Karere, bakaba basabwa gukoresha uwo muhate bagize,  bakazaza ku isonga no mugutanga ubwisungane mu kwivuza muri uyu mwaka mushya wa 2022-2023.

E.Niyonkuru

Previous Post

Nyakabanda: Itariki ya 8 n’iya 9 Gicurasi 1994 ntizizibagirana mu mateka y’Abatutsi bari batuye muri uwo Murenge

Next Post

Byamenyekanye ko Protais Mpiranya yapfuye ubutabera ntibwabimenya

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Byamenyekanye ko Protais Mpiranya yapfuye ubutabera ntibwabimenya

Byamenyekanye ko Protais Mpiranya yapfuye ubutabera ntibwabimenya

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA