• Latest
Nyakabanda: Itariki ya 8 n’iya 9 Gicurasi 1994 ntizizibagirana mu mateka y’Abatutsi bari batuye muri uwo Murenge

Nyakabanda: Itariki ya 8 n’iya 9 Gicurasi 1994 ntizizibagirana mu mateka y’Abatutsi bari batuye muri uwo Murenge

May 10, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyakabanda: Itariki ya 8 n’iya 9 Gicurasi 1994 ntizizibagirana mu mateka y’Abatutsi bari batuye muri uwo Murenge

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 10, 2022
in Amakuru
0
Nyakabanda: Itariki ya 8 n’iya 9 Gicurasi 1994 ntizizibagirana mu mateka y’Abatutsi bari batuye muri uwo Murenge
0
SHARES
313
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ibyagarutsweho na bamwe mu barokotse bigoranye bo mu Murenge wa Nyakabanda, AKarere ka Nyarugenge. Nk’uko byavugiwe mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku nshuro ya 28 muri uyu murenge. Ni Umuhango wabaye kuri uyu wa mbere Tariki ya 09 Gicurasi 2022, abiciwe bakaba bababazwa n’uko hari imibiri myinshi y’ababo itigeze iboneka ngo ishyingurwe mu cyubahiro.  

Nshimiyumuremyi Daniel watanze ubuhamya bw’inzira ndende yaciyemo kugira ngo abashe kurokoka abamuhigaga, avuga ko Interahamwe zo mu cyahoze ari Segiteri ya Nyakabanda n’ahandi habakikije, bari bararahiriye kutagira ikitwa umututsi n’umwe kihasigara, cyane ko bavugaga ko aribo byitso by’inyenzi-nkotanyi zashakaga kubambura ubutegetsi.

Avuga ko itariki ya 8 n’iya 9 Gicurasi 1994 yari amarira n’imiborogo muri Nyakabanda, kubera ko aribwo Abatutsi baho hafi ya bose bishwe   bagashira.

Agira ati “Kuba umurenge wacu wari uri hagati y’indi nka Nyamirambo, Rwezamenyo, Gitega na Kimisagara, ntitwashoboraga kubona aho twinyagamburira, bikaba byaratumye Interahamwe n’impuzamugambi boroherwa no kutugoteramo rwagati zitwica zihereye ruhande, uwabashije kubacika nawe akagwa ku mabariyeri yari yuzuye Umujyi wose,   ariyo mpamvu kugeza  n’uyu munsi,   hari benshi mu bacu bataramenya imipfire yabo naho bajugunywe.”

Nshimiyumuremyi Daniel watanze ubuhamya bw’inzira ndende yaciyemo

Asoza iby’urugendo rwe rwo guhigwa kugeza ubwo arokowe n’izari Ingabo za FPR Inkotanyi muri Ste Famille, akomeza avuga ko abikesha uwitwa Appollinaire utarahigwaga wamutemeragaho ibihuru akamutwikiriza ibyatsi, mu gihe abandi bahutu babaga bashishikajwe no kubimaraho byose, bareba ko nta mututsi n’umwe waba wihishemo.

Uyu wamuhishe igihe kirekire, ari nako amumenyera ifunguro yaje kumenya ko byamenyekanye ko yamuhishe kandi ko nawe yagombaga kwicwa, amufasha guhungira kuri Ste Famille, aho Inkotanyi zamurokoreye hamwe n’abandi, bityo nawe agahita ajya gufatanya nazo ku rugamba.

Usanase Uwera Yvonne, uhagarariye IBUKA mu murenge wa Nyakabanda, yashimiye Ingabo zari iza FPR Inkotanyi, kubera ubutwari zagaragaje zikarokora abari basigajwe n’Interahamwe batishwe. Avuga ko iyo batinda gato bari gusanga nta n’uwo kubara inkuru ukiharangwa.

Usanase Uwera Yvonne, uhagarariye IBUKA mu murenge wa Nyakabanda

Agira ati” Kimwe n’ahandi mu gihugu, uyu murenge wacu wabayemo Jenoside y’ubugome bukabije. Uwari Konseye Gregoire Nyirimanzi yabeshye abari bahungiye kuri Segiteri, kuri Croix rouge no mu bindi bice bitandukanye ko agahenge katanzwe.

Yashutse abahigwaga ko bashobora kwigira mu ngo zabo nta kibazo, nyamara byari amayeri yo kugira ngo bikusanye bose, kugira ngo babone uko babica ntawe usigaye.

Icyagaragaye ni uko nyuma yo kubeshya Abatutsi ihumure bakava aho bihishe, Interahamwe zahise zibica umusubirizo, zirunda imirambo yabo mu byobo rusange, abandi nabo zikabata muri Mpazi no ku mihanda…”

Madame Usanase Uwera Yvonne, yavuze ko n’ubwo byabaye bityo bwose, bishimira kuba batarapfiriye gushira.

Yungamo avuga ko benshi muri bo barokotse babashije kwiga barangiza Kaminuza, bakaba ndetse bari mu mirimo itandukanye igamije kuzamura igihugu.

Kimwe na bagenzi be ariko, akifuza ko hakorwa ibishoboka byose imibiri y’ababo itaraboneka yashakirwa amakuru yaho iherereye bityo  nayo igashyingurwa mu cyubahiro.

 Kugeza ubu abamaze kumenyekana abagera kuri 300 biciwe muri Nyakabanda, abona ari nk’igitonyanga mu Nyanja.

Akaba afite ikifuzo ko bakubakirwa ikimenyetso cy’urwibutso (Monument) cyanditseho amazina yabo muri Nyakabanda, ku buryo bajya babasha kubibukira hafi yaho bari batuye, cyane ko ubusanzwe kwibuka byabasabaga kujya gushyira indabo ku rwibuso rwa Gisozi, urwa Gitega n’urwa Nyamirambo kubera ko hose hashyinguwemo ababo.

Uwatanze ikiganiro kigendanye n’Amateka y’u Rwanda Bwana Nyirishema Celestin

Uwatanze ikiganiro kigendanye n’Amateka y’u Rwanda Bwana Nyirishema Celestin, avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, yahuriranye n’Isabukuru y’imyaka 100 yari ishize abagize uruhare mu gutanya no gusenya ubumwe bw’Abanyarwanda aribo Abakoloni bageze mu Rwanda.

Avuga ko Umukoloni wa mbere yageze mu Rwanda mu 1894, abandi bose baboneraho kuza ari benshi, ariko bose bakaba nta cyiza na kimwe Abanyarwanda babibukiraho, uretse   kubashora mu nzangano n’amacakubiri yakuruye Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’imyaka 100 barwinjiye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabanda Madame Ntakontagize Florence yagarutse ku mazina y’interahamwe zari ku isonga mu kurimbura umubare munini w’Abatutsi, bari batuye muri Nyakabanda barimo Gregoire Nyirimanzi wari Konseye, uyu yabeshye Abatutsi ngo nibahunguke nta kibazo, nyamara agamije kubarimbura burundu.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabanda Madame Ntakontagize Florence

Ubusanzwe uyu Nyirimanzi Gregoire ngo siwe wayoboraga Nyakabanda, gusa yaje aje atumwe kunoza umugambi mubisha wo kumaraho Abatutsi bose, nyuma y’uko uwari waratowe n’abaturage Kandekwe Eugene yari amaze kwicwa azizwa ko ari Umitutsi utarashoboraga gutiza umurindi abo bicanyi.

Agira ati “Ku itariki ya 9 Gicurasi umunsi nk’uyu mu 1994, Nyakabanda yari mu Icuraburindi, cyane ko aribwo Abatutsi baho bishwe umusubirizo n’abicanyi  bakabura  kirengera.

Mu by’ukuri, ubwicanyi bwahereye ahitwaga ku Gasoko, baricwa ku Ntaraga, Interahamwe zaho zikaba zari ziyobowe n’uwitwaga Bitusha n’abahungu be barimo uwitwa Fideli, Sukari, Mitera, uwitwa Coloneye, Mamba, Kamuzu, Abdou n’abandi benshi.”

Avuga ko amayeri yakoreshejwe na Konseye Gregoire, yari avanze n’ubugome bukabije bwo kubashuka ko ihumure ryatanzwe, bikaba byaratumye abicanyi babona abari bakiriho bose, babatsemba ntawe bashigaje, ku buryo n’abashatse guhungira kwa Gisimba babiciraga mu nzira bataragerayo, abahungiye mu bafurere mu kigo cya St Joseph, nabo barishwe ntawasigaye.

Cyakora ashima cyane Ingabo zari iza FPR Inkotanyi, uburyo zarokoye abari basigaye bataricwa, igihugu kikaba cyubakiye k’Ubumwe n’Ubwiyunge, abantu bakaba babanye mu mahoro.

Asoza avuga ko n’ubwo muri rusange abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, hari byinshi bakorewe bigamije kubateza imbere, nko kwiga no kubonerwa amacumbi, nubwo hari bamwe batayafite n’abayafite ariko akeneye gusanwa, akavuga ko Leta igerageza gushakira umuti n’ibisubizo by’ibyo bibazo bikazakemuka nta kabuza mu minsi ya vuba.

Ikindi yagarutseho mu gusoza, ni ikigendanye n’imitungo yangijwe n’abakoze Jenoside. Bamwe mu barokotse, avuga ko batarabasha kwishyurwa ibyabo nk’uko byategetswe n’imyanzuro y’Inkiko Gacaca, bitewe ahanini n’uko hari abangije imitungo yabo baburirwa imyirondoro, ndetse bamwe muri abo ugasanga batanafite ubwishyu, ibyo nabyo ngo bikaba biri mu nzitizi zituma abashinzwe gushyira mu bikorwa imyanzuro y’Inkiko Gacaca batoroherwa.

Umunyamabanga Nshigwabikorwa Wungirije w’Akarere ka Nyarugenge Madame Nshutiraguma Esperance

Umunyamabanga Nshigwabikorwa Wungirije w’Akarere ka Nyarugenge Madame Nshutiraguma Esperance, yavuze ko kuba hari hashize imyaka ibiri icyorezo cya Covid 19, kidatuma habaho guterana ngo abantu bahurire hamwe bibuke ababo, ari intambwe itewe uyu munsi kugira ngo abacitse ku icumu, babashe kwibuka ababo babunamire, banabahe icyubahiro bakwiye.

 Agaya cyane Umukonseye mubi wayoboye Nyakabanda, Nyirimanzi Gregoire wabaye ikigwari, aho kugira ngo arengere abo ashinzwe agahitamo kubamara.

Yongera kugaya kandi bamwe mu bagore bari mu buyobozi bateshutswe kuba ababyeyi bagahinduka abicanyi Ruharwa nk’uwitwaga Karushara na Angelina.

Agaruka ku muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 28, yavuze ko ari igikorwa kiri kuba mu gihugu gifite Ikerekezo cya 2050, hakaba hakiri n’indi imyaka 28 imbere nayo igamije gukomeza iterambere no gushimangira ibyagezweho.

Ashima Leta y’Ubumwe, Leta ishyira imbere gahunda ya Ndi Umunyarwanda, ashima kandi Umuryango wa FPR Inkotanyi, kubera ko izahoze ari Ingabo zatanze amaraso yabo kugira ngo barokore abicwaga.

Ashimira by’umwihariko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, wahaye igihugu umurongo w’Ubumwe n’Ubwiyunge ku buryo nta ntambara y’amasasu izongera kuba mu Rwanda, bitewe n’uko inzego z’Umutekano n’abaturage bahora maso.

Yungamo avuga ko ubu intambara isigaye ari iy’abahakana Jenoside n’ingengabitekerezo yayo, bakaba bagomba kurwanwa na buri wese, cyane cyane urubyiruko rwo mizero y’ejo hazaza.

Ashimira Umurinzi w’igihango, Gisimba Damas kuba hari abo yabashije kurokora bamuhungiyeho, muri bo hakaba harimo abashinzwe umutekano, Abaganga, Abarimu, Abapasitoro, Abihayimana n’abandi.

Avuga ko nk’Akarere kandi bagiye gukora ibishoboka byose, kugira ngo ikimenyetso cy’amazina y’abazize Jenoside cyasabwe n’abarokokeye muri Nyakabanda kibashe kubakwa vuba.

Visi Perezida wa mbere w’Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda Edda Mukabagwiza

Visi Perezida wa mbere w’Inteko ishingamategeko y’u Rwanda Edda Mukabagwiza, yavuze ko mu gihe cy’ukwezi hatangijwe igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatusi, bagiye basanga hari bamwe mu bacitse ku icumu bagifite imibereho ibagoye, birimo kutagira amacumbi n’abagomba gusanirwa ayo bafite.

Akomeza avuga ko yizera adashidikanya ko muri iki gihe cy’iminsi ijana yahariwe Kwibuka ku nshuro ya 28, bimwe muri ibyo bibazo bizagenda bibonerwa umuti, ibitazakemuka bikazarushaho gukurikiranirwa hafi no mu bihe bizakurikira.

Umurenge wa nyakabanda ni umwe mu mirenge igize akarere ka Nyarugenge.

Ni Umurenge wabayemo Jenoside yakorewe Abatutsi mu buryo bw’Indengakamere nk’uko abaharokokeye babivuga.

Mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 28 muri uwo murenge, Ubuyobozi na bamwe mu baturage babanje kunamira no ngushyira indabo ku mibiri y’abashyinguwe mu rwibutso rwa Kigali ku Gisozi, ahashyinguwe Abatutsi  bagera ku 259,000 biciwe mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo mu 1994.

Previous Post

Musenyeri Nzakamwita asigiye
Umushumba umusimbuye Diyosezi ya
Byumba itengamaye

Next Post

Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023

Umujyi wa Kigali watangije umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza 2022-2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA