• Latest
Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho

Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho

October 25, 2021
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

July 20, 2026
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

July 11, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

July 13, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

    Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

    ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 25, 2021
in Amakuru, POLITIKE, Ubukungu
0
Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho
0
SHARES
396
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni Umuhango wo gusezeranaho ku Abayobozi b’Uturere twose bacyuye igihe wabaye nyuma y’inteko rusange y’Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali  RALGA, yabahuje kuri iki cyumweru Tariki ya 24 Ukwakira 2021 yari igamije kubagezaho ibyakozwe hagendewe ku ngengo y’imari y’umwaka ushize, ibiteganyijwe muri uyu mwaka wa2021-2022 no kwizihiza imyaka 25 ishyirahamwe rimaze rishinzwe.

Atangiza ibikorwa by’Inteko rusange  Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu Nyirarukundo Ignacienne yashimiye abo yise abagize ishyirahamwe ry’ubutegetsi bw’igihugu, aribo bayobozi b’inzego z’ibanze,  kuva ku Urwego rw’Umudugudu kugera ku Ntara. 

Avuga ko mu by’ukuri Abayobozi b’Inzego z’ibanze, aribo muri rusange ubutegetsi bwose bushingiyeho muri rusange, aboneraho gusaba abasoje imirimo yabo m’Ubuyobozi bw’uturere kuzakomeza kuba hafi abaturage babo kuko inama n’ibitekerezo byabo bakibibakeneyeho mu buryo bwose nk’abantu b’inararibonye mu miyoborere.

Agira ati “ Tubashimira kenshi uruhare mugira mugukorera umuturage mugamije kumushakira icyamuteza imbere mu mibereho yabo ya buri munsi mubashishikariza gutanga ubwisungane mu kwivuza by’umwihariko inzego z’ibanze mukaba mushimirwa uburyo mufatanyije n’abaturage mwarwanya kandi mukumira ubwandu bw’icyorezo cya Covid 19.”

Yasabye kandi buri wese bireba kwisuzuma akareba ibyo yakoze mu gihe amaze ayobora, aho yagaragaje intege nke akazahokosora kugira ngo abazamusimbura bazagire aho bahera mu gukomeza gukora ibikorwa by’ubaka igihugu hashingiwe ariko no kubyifuzo by’abaturage bahagarariye.

Asobanura ibyakozwe mu Ishyirahamwe ry’Uturere n’umujyi wa Kigali muri rusange, Umunyamabanga Mukuru waryo Ngendahimana Ladisras avuga ko n’ubwo mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2020-2021, bitari byoroshye kubera ahanini icyorezo cya Covid 19, ibyakozwe ngo ni byinshi byo kwishimirwa kubera ko inzego z’ibanze bitaziciye intege bakaba barakomeje gukora neza baharanira inyungu z’umuturage n’igihugu muri rusange.

Ku bigendanye n’ingaruka cyangwa imbogamizi  zatewe n’icyorezo cya Covid19,  avuga ko nko muri Serivise 193 zitangwa mu nzego z’ibanze 32 arizo zonyine zabashije gutangwa hifashishijwe ikoranabuhanga, ingengo z’imari z’uturere zaragabanutse uretse Akarere ka Rusizi ngo yiyongereyeho 8%na Musanze 6%.

Ikindi avuga Bwana Ngendahimana ni uko nk’inguzanyo muri Sacco ngo zagabanutseho 28,9%, Inka za Girinka zigabanukaho 11%, imisoro igabanukaho11% hakaba n’inama nyinshi zagiye zikoreshwa n’abayobozi b’inzego z’ibanze ntibabashe kugeza raporo y’ibyazivugiwemo ku babakuriye.

Muri iyo nama benshi mu bayobozi bahawe umwanya wo kugeza kuri bagenzi babo ibyakozwe muri manda yo kuva muri 2016 hamwe n’ibyo batabashije kugeraho ndetse n’umusanzu basigiye abazabasimbura kugira ngo bazahereho  nibinashoboka bazakore ibirenzeho kurusha.

Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Bwana Gasana Richard n’uwa Rulindo Kayiranga Emmanuel, bahuriza kubigendanye n’uko iyi manda basoje bishimira ko yaranzwe n’ibintu byinshi byo kwishimirwa birimo nk’amatora ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika n’Abadepite, imihanda, amavuriro n’amashuri byose ngo byakozwe neza m’Uturere twabo muri rusange n’ubwo icyorezo cyaje ngo ari kirogoya,  ariko bafatanyije ngo n’abaturage bakaba barayirwanyije ikumirwa mu buryo bugaragara ku buryo abamaze guhabwa inkingo imibare yabo  igenda yiyongera ubwandu bwo bukaba ngo buri hafi ya ntabwo.

Bimwe mu byemezo byafashwe n ‘Inteko rusange ya Ralga  birimo iby’uko ikigo cy’ishoramari cyahataniraga gukora amasoko amwe namwe LGC “Local Government Consultancy, bikaza gusangwa ko gikorera mu gihombo aho kubyarira inyungu Ralga, hafashwe icyemezo cyo kugisezsa.

Umunyamabanga Mukuru wa Ralga Ladisras Ngendahimana avuga kuri cyo kigo 

Agira ati” twaje gusanga kuva muri 2015 nta musaruro na muke cyatanze kuko hagaragaye ko hari nk’aho kinjije miliyoni 90,  nyamara amfaranga cyakoreshe yasohotse aza kugera kuri miliyoni 150, bimwe mu bigaragaza ko nta musaruro na muke cyari kigitezweho uretse kugihagarika burundu.”

Umunyamabanga Mukuru wa RALGA Ladislas Ngendahimana ageza ku nteko rusange raporo ku ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro y’Inama y’Inteko Rusange 25 ya RALGA yo kuwa 10 Nzeri 2020.

Asoza inteko rusange yavugiwemo ibintu byinshi bigendanye n’ibyakozwe n’ibiteganyije gukorwa ndetse n’ingaruka zatewe n’icyorezo cya Covud 19,  ku bigendanye n’imiyoborere myiza muri rusange, Ministiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, ashimira cyane Nyakubahwa Perezida wa Repubulika uburyo ashima akanashyigikira imikorere y’inzego z’ibanze, n’ikimenyimenyi akaba arizo yakuyemo Umuyobozi wa Ministeri ifite inshingano zikomeye mu gihugu ariyo  y’Ubutegetsi bw’igihugu”

Agira ati “ kuba Nyakubahwa Perezida wa Repubulika areba, maze umuntu wayoboraga Intara akamushinga Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu ni ikimenyetso cy’uko zikora neza zikaba zigomba gushyigikirwa buri gihe kugira ngo zibashe gusoza neza gahunda y’ikorwa ziba zihaye kugeraho”

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Jean Marie Vianney

Ashimira cyane Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe umurava n’ubushake bagaragaje  mu gihe cyose bamaze bari ku isonga ry’Uturere twabo, abasaba kuzaba hafi y’abazabasimbura kugira ngo bajye babungura ibitekerezo bakurikije ubunararibonye bamaze kugira.

Avuga ko inzego z’ibanze zifite inshingano nyinshi zigamije kurengera no kuzamura umuturage, ariyo mpamvu hariho gahunda yo kuzongerera ubushobozi haherewe ku Urwego rw’Akagari kugira ngo umuturage akomeze kubonera Serivise hafi ye hamwegereye.

Avuga ko abayobozi bacyuye gihe bagize uruhare rugaragara mu bukungu bw’igihugu akabashimira ko n’ubwo haje icyorezo cya Covid 19, mu mwaka ushize, habashije kubakwa ibyumba by’amashuri bisaga ibihumbi 22 babigizemo uruhare,  hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi bw’abana b’u Rwanda.

Inteko rusange ya Ralga itumirwamo Abayobozi b’Intara n’Umujyi wa Kigali,  Abayobozi ba Njyanama z’Uturere, Abagize Komite z’uturere, Abanyamabanga nshingwabikorwa b’Uturere, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge  uhagarariye bagenzi be muri buri Karere, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari uhagarariye bagenzi be muri buri Karere n’uhagarariye Umudugudu muri buri Karere. Inteko rusange ikaba yarabaye n’umwanya w’uko Abayobozi basoje Manda bari baratorewe mu kwezi kwa kabiri 2016, basezeranaho n’ubwo bivugwa ko abenshi muri bo bagifite igihe cyo kuba bakomeze kuyobora igihe cyose bakongera kugirirwa ikizere kuko bagifite Manda imwe imbere yabo.

Previous Post

Ruhango : Perezida wa Njyanama usoje ikivi aratanga inama ku bayobozi bashya

Next Post

Minisitiri w’Intebe wa Sudani yatawe muri yombi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Minisitiri w’Intebe wa Sudani yatawe muri yombi

Minisitiri w'Intebe wa Sudani yatawe muri yombi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

0
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026

Recent News

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA