• Latest
Ruhango : Perezida wa Njyanama usoje ikivi aratanga inama ku bayobozi  bashya

Ruhango : Perezida wa Njyanama usoje ikivi aratanga inama ku bayobozi bashya

October 23, 2021
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

July 11, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

July 13, 2026
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Ruhango : Perezida wa Njyanama usoje ikivi aratanga inama ku bayobozi bashya

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 23, 2021
in izindi nkuru
0
Ruhango : Perezida wa Njyanama usoje ikivi aratanga inama ku bayobozi  bashya
0
SHARES
383
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi wa Njyanama y’Akarere ka Ruhango uri gusoza Manda ye y’imyaka itanu yari amaze ari Umujyanama uhagarariye bagenzi be, Bwana  Rutagengwa Gasasira Jerome, avuga ko n’ubwo muri Manda yabo yo kuva mu 2016, hivanzemo icyorezo cya Covid 19 cyabaye nk’igisubiza  ibintu bimwe na bimwe inyuma,  ko ibyo bagezeho muri Ruhango  ari byinshi byo kwishimirwa,  bityo agasaba abagiye kubasimbura kuzasoza ibitarabashije kurangira, ibyarangiye bigasigasirwa, bakarangwa no gukunda abaturage bahagarariye baharanira ko buri wese yarangwa n’ubuzima buzira umuze ibihe byose.

Bwana Rutagengwa Gasasira Jerome, avuga ko kuba Umuyobozi ari akazi gasaba kwitanga,  ukagira bimwe wigomwa kugira ngo ubashe guhagararira abaguhaye ikicaro wicayemo uko bikwiriye,  ariyo mpamvu muri Manda y’imyaka itanu ishize bahagarariye abaturage bo mu Karere ka Ruhango,  ibyinshi mubyo bari  babasezeranyije  bakaba ngo barabigezeho n’ubwo haje kwivangamo birumvikana kidobya y’icyorezo cya covid 19, bagahangana na cyo,  ari nako hakorwa ibishoboka byose kugira ngo ibyagombaga gukorwa birimo guharanira iterambere ry’abaturage no kubafasha kugera ku buzima bwiza bikomeze,  bikaba byarabashije kugerwaho ku bufatanye bwa buri wese bireba,  bityo agasaba abagiye kubasimbura uhereye mu Isibo kugera kuiri Komite Nyobozi y’Akarere na Njyanama,  gukomereza aho bari bageze ndetse  bakanarenzaho kurushaho.

Agira ati “Turishimira ko dusoje Manda yacu neza tukaba tugiye gukorerwa mu ngata n’abandi. Icyo mbifuriza ni uko bakorana umuvuduko kurushaho,  cyane ko iterambere riharanirwa kino gihe bisaba gukora utikoresheje ari nayo mpamvu abantu benshi,  bagaragaje muri ino  minsi  ko byaba byiza,  mu maraso mashya ategerejwe mu matora y’inzego z’ibanze yatangiye muri uku kwezi kwa 10,  hakagombye kubamo ubwiganze bw’urubyiruko n’abategarugori,  kubera ko byagaragaye neza ko abo bantu baba bafite imbaraga zihagije haba mu bitekerezo no mu bikorwa byabo bya buri munsi.”

Avuga ko mu bikorwa byari biteganyijwe muri Manda yabo , nko kubigendanye no kugeza amazi meza ku baturage, uduce twinshi ngo twabashije kuyagezwaho,  hubakwa imiyoboro minini  hagamijwe kongera amavomo yegereye abaturage.

Avuga ko ubusanzwe nta muturage wakagombye kurenza Metero 500 ajya gushakisha amazi meza,  ariyo mpamvu ngo mu karere ka Ruhango kwegereza amazi meza abaturage ndetse n’ingufu z’amashanyarazi,  biri mu byashyizwemo imbaraga n’Ubuyobozi bw’Akarere,  cyane ko ari gahunda ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,  ko abantu bose bagomba kugerwaho n’amashanyarazi n’amazi  mu mwaka wa 2024 kugira ngo buri muturage arusheho gutura heza amurikiwe n’amashanyarazi kandi abona n’amazi asukuye.

Bwana Rutagengwa Gasasira Jerome Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Ruhango

Ku bigendanye n’ubuhinzi muri Ruhango, Bwana Rutagengwa, avuga  ko igihingwa cy’ikawa cyatejwe imbere kurushaho cyane cyane mu gace ka Mayaga,  ahabarurwa umubare w’ibiti bisaga Miliyoni imwe na 200 , mu gihe umuturage ashobora gusarura ibiro 5 kugera ku 10 kandi ikiro cy’ibitumbwe kikaba cyarazamuriwe agaciro  ku buryo kigeze ku mafaranga 500.

Uretse Igihingwa cy’ikawa avuga ko n’icy’imyumbati kimaze gutezwa imbere ku buryo uruganda rwayo rwubatse mu murenge wa Kinazi rwongerewe agaciro bituma umusaruro w’ifu  batunganya inakunzwe na benshi kino gihe,  isigaye igera  henshi mu gihugu hashoboka.

Ku bigendanye n’ibindi bihingwa nabyo  avuga ko  byatejwe imbere kurushaho,  harimo  ibigori n’ibishyimbo n’umuceri  byongerewe  agaciro n’umusarururo mu bice byeramo by’umwihariko,  kandi abaturage nabo  bashishikarizwa gukoresha ifumbire mva  no kororera mu biraro  kugira ngo haboneke ifumbie yo kwifashishwa mu buhinzi bwabo yunganiwe n’imvaruganda.

Bimwe mu bikorwa byashyizwemo imbaraga nk’uko abivuga ari nako  anasaba Komite nshya na Njyanama kuzakomeza igikorwa cyo kubyihutisha,  harimo nko Gutunganya imihanda y’ibanze muri Ruhango  haharanirwa ko yajyamo Kaburimbo mu bihe bya vuba.

 Urugero rwa hafi n’urw’umuhanda uhuza Ruhango n’Akarere ka Karongi,  umuhanda uva Kirengere , Byimana , Buhanda Kaduha(Nyamagabe),  bityo  umushinga  wiswe Kaduha Coordor ukarushaho kugera ku musozo wayo neza.

Hari kandi umuhanda uva Ku Karere no mu mujyi wa Ruhango werekeza I Gitwe uwo muhanda ukaba ufitiye abaturage akamaro,  nawo ukaba uri mubizihutishwa mu bihe bya vuba.

Bwana Rutagengwa avuga ko abazatorwa bose  bagomba kumenya ko ibanga rya mbere ribategereje,  ari ugukorera umuturage, agahabwa Serivisi nziza uko abyifuza, hagaharanirwa ko ahora atekanye kandi afite ubuzima buzira umuze.

Hari kandi guharanira iterambere ry’uburezi, hongerwa kurushaho ibyumba by’amashuri ku buryo nta mwana  n’umwe ugomba kuvutswa amahirwe yo kwiga  n’ibindi.

Ni muri urwo rwego kandi, abagiye gutorerwa kubasimbura abamenera ibanga ry’uko bagomba kuzakorera hamwe nka Ekipe, aho bakeneye imbaraga zindi,  bakagisha inama  kugira ngo akazi gakomeze  kagende neza, bityo nabo bazabashe  kurangize inshingano bazaba batumwe nta zindi mbogamizi zindi  bahuye nazo.

Ababuza cyane  kuzayobora bashingiye ku duce tw’Akarere  cyangwa imirenge bakomokamo  banatuyemo, kwirinda ibishingiye ku bwoko n’ivangura, itonesha n’ikenewabo, ahubwo buri wese mu kazi ke,  agaharanira ngo icyateza umuturage ashinzwe  imbere, Akarere ke n’igihugu muri rusange.

Bwana Rutagengwa Gasasira Jerome, asoza avuga ko n’ubwo asoje ikivi cye, asoje neza bikaba bitamukuye kuzaguma ku ntego yo guhoza Akarere ka Ruhango yari abereye umuyobozi wa Njyanama ku mutima, ariyo mpamvu ngo yaba Abayobozi bazatorwa n’abaturage muri rusange azabahora iruhande.  Bityo abazamukeneraho inama,  ibitekerezo n’ubundi bufatanye bugamije gukomeza kugira Ruhango ikeye,  akazaba ari kumwe nabo  ndetse  akabizeza gukomeza kubaba hafi  igihe cyose no muri byose.

Igihingwa cy’imyumbati cyatejwe imbere mu Karere ka Ruhango
Umusaruro w’ikawa wariyongereye mu Karere ka Ruhango
Ibiro by’Akarere ka Ruhango
Previous Post

Abamotari bahawe umwambaro mushya na Airtel Rwanda

Next Post

Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho

Abayobozi b’Uturere bacyuye igihe basezeranyeho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA