• Latest
Kicukiro : Alpha Community Academy ishuri  rikomeje gushimangira ireme ry’uburezi mu Rwanda

Kicukiro : Alpha Community Academy ishuri rikomeje gushimangira ireme ry’uburezi mu Rwanda

March 30, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Kicukiro : Alpha Community Academy ishuri rikomeje gushimangira ireme ry’uburezi mu Rwanda

admin by admin
March 30, 2021
in izindi nkuru
0
Kicukiro : Alpha Community Academy ishuri  rikomeje gushimangira ireme ry’uburezi mu Rwanda
0
SHARES
405
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Alpha Community Academy ni ikigo cy’amashuri giherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyarugunga, mu Kagali ka Nonko, iri shuri rikaba rifite amashuri y’incuke ndetse n’amashuri abanza, rikaba rizwiho gutsindisha ku kigero cyo hejuru aribyo bituma ababyeyi batari bacye bifuza kurerera muri kino kigo.

Ikinyamakuru Igisabo.rw Gisanzwe gikora inkuru z’uburezi cyasuye ikigo cya Alpha Community Academy mu rwego rwo kumenya uko imyigire n’imyigishirize ihagaze, ndetse no kumenya ingamba kino kigo cyakoresheje kugirango kibashe gufasha abana gusubira ku rwego rwiza bari bariho mbere y’icyorezo cya Covid 19.

Alpha Community Academy ni ikigo cy’amashuri gifite ubwiza imbere n’inyuma

Rosemary Adhiambo umuyobozi wa Alpha Community Academy aganira n’ ikinyamakuru Igisabo.rw yagize ati’’iki ni ikigo cyiza kikaba cyaratangiye mu 2004,kugeza ubu iki kigo kikaba gifite abanyeshuri bagera ku  1070 bakaba bitabwaho n’abarimu babifitiye ubushobozi aho buri mwalimu afite umwunganira.

Kumba Madamu Rosemary umuyobozi wa Alpha Community Academy ku bijyanye n’ireme ry’uburezi agira ati’’iri ni ishuri ryashinzwe nyuma y’amateka mabi ya Jenoside, aho abana ndetse n’ababyeyi bari bafite intimba ndetse n’ihungabana, bivuze ko umuryango nyarwanda wari ukeneye guhumurizwa ndetse no kwitabwaho.

Uyu muyobozi kandi yakomeje agira ati’’ iri shuri rishyira imbere uburere bwiza ndetse no kwita ku mwana ukiri muto kugirango akurane imico myiza ndetse n’urukundo kuko Alpha Community Academy ni umuryango, umwana aba agomba kuboneramo uburezi ndetse n’uburere, aho tugomba kumenya ibyo umwana ashoboye n’ibyo adashoboye kugirango tumukurikirane tumufashe gukura neza afite ubwenge ndetse n’ikinyabupfura.

Adhiambo kandi atangaza ko ku bijyanye n’ubumenyi abana baba bafite ubushobozi butandukanye, hari umwana wumva vuba, hari umwana wumva bitinze hari n’uba ari hasi agomba kwitabwaho byihariye, niyo mpamvu twebwe nk’abarezi dukoresha ubuhanga dufite kugirango tumenye urwego rwa buri mwana kugirango buri wese tubashe kumufasha bijyanye n’ubushobozi bwe.

Rosemary Adhiambo umuyobozi wa Alpha Community Academy yemeza ko bakora ibishoboka byose ngo umwana akurane uburezi n’uburere

Nk’abarezi tugomba kumenya wa mwana ufite intege nke kugirango tumwongerere igihe cyo kumwitaho kugirango bimufashe kugendera ku rwego rumwe na bagenzi be,ni ngombwa kandi kumenya niba umwana afite ubushobozi bwo kumva vuba nawe agomba kwitabwaho cyane kugirango adasubira inyuma, ikindi kandi igihe ufite abanyeshuri batandukanye mu bushobozi ni byiza kubashyira mu matsinda kugirango ukiri hasi yigire kuri mugenzi we bimufashe gutsinda neza.

Rosemary kandi atangaza ko ubu muri Alpha Community Academy bafite gahunda yo gukurikirana abana bumva vuba kugirango babiteho byihariye ndetse babafashe kubona ibikoresho bakenera , kugirango ubumenyi bafite bakomeze kubafasha gutera imbere no kwiyongera mu bushobozi, ibyo nabo bikabafasha gufasha bagenzi babo.

Uyu muyobozi kandi ashimangira ko muri Alpha Community Academy umunyeshuri ahabwa umwanya wo kugaragaza impano yifitemo, ibi bikaba bigendana na porogaramu y’uburezi, muri kino kigo kandi abana bahabwa umwanya wo guhanga udushya no kugaragaza impano bifitemo kuko nazo zishobora kugufasha mu buzima busanzwe ndetse no kwiga neza andi masomo.

Muri Alpha Community Abana bahabwa umwanya wo kugaragaza impano zabo

Rosemary agira ati’’iki kigo gishingiye ku ndangagaciro za Gikristu, niyo mpamvu abana biga hano batozwa umuco wo kubabarirana, gukundana ndetse no kubaha, ibi bikaba aribyo bifasha abanyeshuri biga muri Alpha Community Academy kubasha gutsinda neza kuko umwana ufite ikinyabupfura no kumva amasomo yiga biramworohera.

Madamu Rosemary kandi yemeza ko umwana akwiye gutozwa umuco w’isuku hakirikare, ibi bikaba biri mu byabafashije guhangana n’icyorezo cy Covid 19, kuko abana bigisha batigeze babangamirwa no gukaraba intoki cyangwa kubahiriza andi mabwiriza kuko bari basanzwe batozwa umuco w’isuku.

Muri Alpha Community School Abana batozwa umuco w’isuku ndetse no kubahiriza amabwiriza yo kurwanya Covid 19

Umuco w’isuku kandi abana biga muri Alpha Community Academy bawutozwa bakiri bato, yaba ari ku mibiri yabo ndetse n’ikigo cyose muri rusange, kuko umwana agomba kumenya aho ashyira imyanda ndetse no kumenya kwiyitaho. Ibi byose bikaba bikorwa ku bufatanye bw’ishuri ndetse n’ababyeyi.

Alpha Community Academy nk’umuryango  bagerageza ku menya ibibazo byihariye umwana ashobora kugira mu rugo kugirango babashe kumufasha kugira ibyishimo ndetse no kunezezwa n’ubuzima bw’ishuri.

Mu rwego rwo gukomeza gushimangira ireme ry’uburezi dukorana bya bugufi n’ababyeyi ndetse n’abarimu cyane cyane duha umwana imikoro imufasha gusubiramo neza amasomo ye ndetse n’abarimu bagakomeza gukurikirana umwana yaba ari ku ishuri ndetse n’igihe ari mu rugo bibaye ngombwa.

Rosemary aboneraho gusaba ababyeyi gukomeza kubaba hafi, bagafatanya kurera abana babo neza ndetse bakabafasha gukomeza gukangurira abana gukomeza kwitwararika ku mabwiriza yo guhangana na Covid 19 ndetse no gufasha abana gukomeza kubakundisha ishuri.

Uyu muyobozi kandi aboneraho kwizeza ababyeyi ko ikigo cya Alpha Community Academy cyakoze ibishoboka byose kugirango amasomo umwana yagombaga kubona ayabone kandi bakaba biteguye kuzakomeza kwita ku bana kugirango umwaka uzarangire ibyo bagombaga kwiga barabyize, ibi bakaba bazabikora bifashishije amasaha ya mugitondo, aya nimugoroba, ayo kuwa gatandatu ndetse bakazakomeza no gufasha abana mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Nkuko umuyobozi wa Alpha Community Academy Rosemary abitangaza, isuku igomba kugaragara hose

Leonard Munyembibi umwe mu barimu bamaze imyaka igera kuri 3 bigisha muri Alpha Community Academy akaba yigisha Imibare ndetse na science yagize ati’’kubijyanye n’amasomo  abana bariga neza nta kibazo, abana baratsinda ndetse n’umwaka washize abanyeshuri bose bari batsinze mu bizamini bya leta, ubu tukaba turi gushyiramo imbaraga kugirango amateka azongere yisubiremo.

Leonard akomeza agira ati’’ abayobozi bahora batwibutsa intego y’ikigo, kandi abarimu twese tuzi icyo tugomba gukora kugirango abana twigisha babashe gutsinda neza, ikindi kandi ikigo cyacu cyubakiye ku muco wa gikristu aho abana bazinduka mu gitondo bakabanza bagasenga, bakibutswa indangagaciro ndetse na Nyuma ya saa sita turongera tugasenga kuko ishuri ryacu ryubakiye ku muco wa gikristu bituma abana bacu bagira ikinyabupfura, ari nayo nzira nziza yo gutuma umwana yumva neza ibyo bamwigisha. Ibi kandi byiyongeraho kuba buri gihe nyuma y’amasomo bagira umwihariko wo kwita ku bana bigaragara ko bakiri inyuma kugirango babashe gushyikira bagenzi babo.

Leonard Munyembibi umwarimu muri Alpha Community Academy nawe yemeza bakora ibishoboka byose ngo abanyeshuri babo ngo babashe gutsinda neza

Muri Alpha Community Academy mu gihe cya guma mu rugo ntabwo batereranye abana kuko bagerageje kubaba hafi nkuko bitangazwa na Mwalimu Munyembibi Leonard, iki kigo cyagerageje kwigisha abana mu buryo bw’ikoranabuhanga, ariko mu rwego rwo gufasha abana batabonye uburyo nabo tugerageza kubakurikirana byihariye.

Muri Alpha Community Academy mu rwego rwo kubasha kurangiza gahunda n’amasomo aba yarateganyijwe na leta, ubu biyemeje gushakisha uburyo amasaha yakwiyongera aho bahisemo gukoresha amasaha yo kuwa gatandatu, ndetse naho bishoboka ku cyumweru nabwo bariga, by’akarusho kandi mu rwego rwo gukuraho icyuho cyatewe na Covid 19, abana biga muri Alpha Community Academy bagenerwa amasomo mu buryo bw’ikoranabuhanga igihe bageze mu rugo iwabo.

Mwalimu Leonard kandi atangaza ko mu buryo bwo gufasha abitegura gukora ibizamini, bagerageza kumenya intege za buri munyeshuri maze abo bigaragara ko bari hasi bakaba bakwitabwaho byihariye kuko muri kino kigo bamenyereye gutsinda 100%, ni muri urwo rwego bamwe mu bana byagaragaraga ko bari hasi abarimu barabiyegereje ku mikoranire myiza n’ababyeyi, kugeza ubu bakaba bamaze kugera ku rwego rwiza ku buryo bizeye ko nabo bazatsinda nta kibazo.

Abana biga muri Alpha Community School, Ikigo cyabo bagifata nk’umuryango, baba bafite ibyishimo iyo bari mu kigo

Ku mibereho ya Mwalimu muri Alpha Community Academy Leonard aboneraho gushimira ubuyobozi bw’ikigo kuko bwababaye hafi mu gihe cya guma mu rugo , bakaba batarishwe n’inzara mugihe ku bindi bigo babaga bataka inzara, ashimira kandi kuba ikigo gikora ibishoboka byose kugirango mwarimu abashe kubona ibyo akenera byose kugirango akazi ke kagende neza. leonard kandi aboneraho gusaba ababyeyi gukomeza kubaba hafi kugirango bakomeze gufasha abana kwiga neza.

David Umwe mu banyeshuri biga   muri Alpha Community Academy mu mwaka wa Gatanu nawe aganira n’ikinyamakuru Igisabo yadutangarije ko anezezwa no kuba yiga muri kino kigo kuko ari ikigo cyiza kandi abarimu babo bagerageza kubitaho uko bashoboye,uyu mwana kandi waganiraga n’itangazamakuru mu cyongereza akaba yagaragaje ubushobozi bwa kino kigo mugutanga ireme ry’uburezi ryuzuye, dore ko uretse kuba avuga neza indimi z’amahanga bitamubuza no kuba azi ikinyarwanda neza.

Kuri David kandi ngo biteguye kuzatsinda neza n’ubwo Covid 19 yatumye basubira inyuma ariko ubu bakaba bari kwigana imbaraga kugirango bazasoze igihembwe bafite amanota meza. Uyu munyeshuri kandi aboneraho gusaba bagenzi be bageze mu mwaka wa gatandatu , gushyiramo imbaraga kugirango bazabashe kurangiza bafite amanota meza nkuko basanzwe batsinda.

Umunyeshuri wo muri Alpha Community Academy abasha kuganira n’itangazamakuru mu buryo bwa gihanga (social sistance respected)

Alpha Community Academy ni ikigo cy’amashuri gisanzwe kizwiho gutsindisha byo ku rwego wo hejuru , ababyeyi benshi bakaba bagikundira ko gitoza umwana umuco wa gikristu bigatuma umwana akurana ikinyabupfura. muri b ino bihe byo gusoza igihembwe tukaba dukomeza kubagezaho amakuru ajyanye nuko ibigo by’amashuri byitwaye mu gufasha abana gusubira ku kigero bari bariho, imbogamizi bahuye nazo ndetse n’ingamba bafite mu gukomeza gushyigikira ireme ry’uburezi .

Mbere ya Covid 19 abana bagiraga ibihe byo kwidagadura
abana bo kuri Alpha bagira igihe cya gutembera igihugu bakigishwa amateka n’umuco nyarwanda
abanyeshuri batemberezwa kandi bagasura ibice Nyaburanga by’igihugu bisigasiye amateka

Inkuru yatawe kandi itunganywa na:

N. Eric

N. Edouard

Previous Post

Equity Bank shareholders starved of dividend for second year

Next Post

KICUKIRO: Alpha Community Academy synonymous with excellence

admin

admin

Next Post
KICUKIRO:  Alpha Community Academy synonymous with excellence

KICUKIRO: Alpha Community Academy synonymous with excellence

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA