• Latest
Byari ibyishimo ku basore n’inkumi 1298 basoje amasomo muri Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK]

Byari ibyishimo ku basore n’inkumi 1298 basoje amasomo muri Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK]

December 15, 2024
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Byari ibyishimo ku basore n’inkumi 1298 basoje amasomo muri Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK]

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
December 15, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi
0
Byari ibyishimo ku basore n’inkumi 1298 basoje amasomo muri Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK]
0
SHARES
316
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yo guha impamyabushobozi abanyeshuri 1280 mu mwaka ushize wa 2023, mu muhango wabaye kuri uyu kuwa 13 Ukuboza 2024 Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK] yashyize ku isoko ry’umurimo abandi bagera ku 1298 mu byiciro bitandukanye by’amasomo ahatangirwa.

Ni abanyeshuri basaga 1290 bamaze gusoza amasomo muri Kaminuza yigenga ya Kigali [ULK] barimo 248 bahawe Impamyabushobozi y’Icyiciro cya gatatu Masters na 707 basoje icyiciro cya 2 “UNDERGRADUATE COMBINED, bose bakaba bahawe ubutumwa bwo kujya gushyira mu bikorwa ibyo bize, bakabikorana umwete n’umurava bya kinyamwuga, ari nako barangwa n’imico myiza igihe cyose kugira ngo ahanini bakomeze guhesha ishyema Kaminuza ya ULK bizeho.

Umuyobozi wa Kaminuza yigenga ya Kgali “Vice Chancerie” Doctor Sikubwabo Cyprien avuga ko bakoranye imbaraga nyinshi bakaba basoje amasomo neza uko bikwiriye, akaba ashimira abasoje uburyo bakurikiye kandi bagasoza amasomo uko bikwiriye, bityo abasa kugenda bagashyira mu bikorwa ibyo bize, bagakorana umurava ndetse n’ubunyangamugayo.

Dr Sikubwabo Cyprien, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza yigenga ya Kigali ULK

Ashimira kandi abarimu uburyo bitanze mu buryo bugaragara kugira ngo amasomo agende neza kandi asorezwe ku gihe.

Abasababa gukomeza uwo mwete n’umuraqva basanganwe kugira ngo ULK ikomeze kuba ku isonga ari nako itsindisha abanyeshuri bose bayigana igahora irangwa no kugira abakozi batunganya neza ibyo bashinzwe mu kazi kabo.

Agira ati “Tumaze gutanga Impamyabumenyi ku banyeshuri bacu. Mu by’ukuri hakozwe byinshi byo kwishimira, birimo gutegura no gukora ubushakashatsi bwimbitse, cyane ko igice kinini cy’amasomo ya Kaminua ari icy’ubushakashatsi. Turishimira ko amasomo asojwe neza hakaba hatanzwe Impambyabushobozi zo ku rwego rw’Icyiciro cya gatatu n’icya kabiri. Abagiye ku isoko ry’umurimo turabashimye kandi turizera ko bazatanga umusaruro uhagije turabizeye.”

Avuga ko Kaminuza ya ULK igizwe n’ibice bibiri by’ingenzi ari byo ULK Polytechnic harimo abarangije mu by’amashanyarazi, Civil Engenioring na Electronic.

Hari kandi na ULK y’Ubumenyi rusange, nayo igizwe n’ibyiciro bibiri aribyo, icya Masters bo mu cyiciro cya 3, ndetse n’abasoza icyiciro cya kabiri mu masomo rusange.

Ku rundi ruhande, Umuyobozi akavuga ko Kaminuza yabo imaze kuba ubukombe, cyane ko yaje ariyo ya gatatu mu Rwanda nyuma ya Kaminuza nkuru y’u Rwanda yashinzwe mu 1963 na Kaminuza yitwaga Mudende yaje guhinduka AUCA yashinzwe mu 1983, ni mu gihe ULK yaje izigwa mu ntege yashinzwe mu 1996.

Umuyobozi w’icyubahiro akaba n’uwashinze Kaminuza ya ULK, Prof. Rwigamba BALINDA avuga ko bakomeje kwishimira umusaruro ugaragara w’abanyeshuri bagenda barangiza buri mwaka, bikaba ari ikimenyetso cy’uko Kaminuza ikora ibishoboka byose kugira ngo Ireme ry’Uburezi mu Rwanda rikomeze rishinge imizi.

Prof. Rwigamba Balinda, Umuyobozi Mukuru w’Icyubahiro akaba n’uwashinze Kaminuza ya ULK

Avuga ko Imyaka imaze kuba 28 bashinze Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, Kaminuza yashinzwe mu bihe bitari byoroshye ariko imbuto ngo ikomeje kwera kuva icyo gihe kugeza uyu munsi zikaba ari izo kwishimirwa.

Umuyobozi Mukuru wa Komisiyo y’igihugu ishinzwe amashuri makuru na Kaminuza, Rose Mukankomeje ashimira cyane za kaminuza zigenga n’amashuri makuru, umusanzu ukomeye bakomeje gutera Leta y’u Rwanda kubigendanye n’ireme ry’uburezi, urugero rwa hafi rukaba urwa ULK, imaze imyaka irenga 20 irerera u Rwanda.

Agira ati “Mu by’ukuri mu maze imyaka irenga 20 muri gufatanya na Leta mu rugamba rwo guharanira ireme ry’uburezi. Birumvikana ko umusanzu wanyu wageze ku musaruro ugaragara, bikaragazwa n’uburyo Kaminuza yanyu iri kwakira n’abanyamahanga benshi bifuza kuyigamo,  bikaba byanagaragaye ko hari umubare munini wabasoje amasomo. Mwaguye ibikorwaremezo kugira ngo mushobore kwigishiriza ahisanzuye, mukomereze aho kandi Leta izakomeza gushyikira Kaminuza zigenga n’amashuri makuru mu bishoboka byose.”

Mrs Rose Mukankomeje Umuyobozi mukuru wa HEC

Umwe mu banyeshuri basoje amasomo mu cyiciro cya gatatu “Masters” akaba yaranabaye indashyikirwa mu bahize abandi mu bigendanye n’amategeko mpuzamahanga mu bukungu n’ubucuruzi, akaba ari nawe wafashe impamyabushobozi ya mbere muri icyo cyiciro Uwayezu Félicien, avuga ko yishimiye cyane Kaminuza asorejemo amasomo ya ULK kubera ahanini uburyo ifite abarimu b’abahanga b’inararibonye muri byinshi, ndetse n’Ubuyobozi bukaba bubafasha cyane mu bigendanye n’Ubushakashatsi bakora, kugira ngo babashe gusoza amasomo uko bikwiriye.

Agira ati ”Dusoje neza amasomo kandi twiteguye kujya gushyira mu bikorwa. Ibyo twize cyane ko ubushobozi dukuye muri iyi kaminuza ni Impamba ikomeye izadufasha gukora twiteza imbere tuzamura igihugu cyacu.”

Uwayezu Félicien usoje icyociro cya 3 cya Kaminuza mu mtegeko mpuzamahanga n’ibigendanye n’ubucuruzi

Ibyo Uwayezu avuga abihurizaho na mugenzi we Ingabire Marie Yvette usoje mu cyiciro cya 3 mu bigendanye n’Icungamutungo.

Avuga ko ubumenyi akuye muri ULK agiye kububyaza umusaruro kugira ngo akomeze kwiteza imbere kurushaho nk’uko yari yaranabitangiye akiri ku ntebe y’ishuri.

Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, yashyize abasaga 1200 ku Isoko ry’umurimo mu Rwanda no hanze yarwo, ni imwe muri Kaminuza zikomeje kwerekana ubudasa mu Rwada bitewe ahanini n’ubunararibonye yakomeje kugaragaza kuva yashingwa kugeza ubu.

Ni Kaminuza yashinzwe mu 1996 iza ari iya gatatu muri Kaminuza zari ziri mu Rwanda.

Abanyeshuri basoje kuri uyu wa 13 Ukuboza ni 1298 barimo 248 bo mu cyiciro cya gatatu, 234 bo muri Kaminuza Polytechnic bagize icyiciro cya 8  hakaba na 707 basoje icyiciro cya 2 mu masomo rusange.

ULK yashyize ku isoko Abanyeshuri barenga igihumbi

Ni Kaminuza kandi ifite ishami ryayo mu Karere ka Rubavu. Mu myaka 28 Kaminuza ya ULK imaze ishinzwe, hamaze kurangizamo abagera kuri 41,415 i Kigali n’i Rubavu, barimo abagabo 18,419 bangana na 44,4% mu gihe igitsinagore ari 22,995 bangana na 55,6%. 

Kaminuza yigenga ya Kigali ULK imaze kuba ubukombe

Igisabo.rw 

Previous Post

Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

Next Post

Mine Action Fellows in Supporting Victims of Landmines: A Contribution to the Mine Ban Treaty

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Mine Action Fellows in Supporting Victims of Landmines: A Contribution to the Mine Ban Treaty

Mine Action Fellows in Supporting Victims of Landmines: A Contribution to the Mine Ban Treaty

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA