• Latest
Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

July 20, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340

EDOUARD NIYONKURU by EDOUARD NIYONKURU
July 20, 2026
in Amakuru
0
Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze hakomezwa abagera kuri 340
0
SHARES
40
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu birori bya Yubile y’Impurirane byabereye muri Paruwasi ya Rilima, Arkidiyoseze ya Kigali, hatanzwe Isakaramentu rya Batisimu ’Ukarisitiya,no Gukomezwa, Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda akaba yahaye abagera kuri 340 Isakaramentu ry’Ugukomezwa, bahise bahabwa Ubutumwa bukomeye bwo gukomeza kuba Abahamya ba Kristu wazutse bamubera Abahamya mu bantu.

Ni Ibirori binogeye ijisho byahuje Abakiristu ba Paruwasi ya Rilima n’inshuti zayo kuri uyu wa 19 Nyakanga 2026, ahizihirijwe Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze ariyo Batisimu, Ukarisitiya n’Ugukomezwa.

 By’umwihariko Abakiristu bamaze imyaka 50 na 25 babatirijwe muri iyo Paruwasi, bakaba nabo babihererwa Impamyabumenyi z’ishimwe ko bakomeje kuba Intangarugero mu bakiristu bagenzi babo, byose bikaba byayobowe n’Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali Antoine Cardinal Kambanda.

Mu nyigisho ze,  Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali Antoine Cardinal Kambanda, ashimira Abakiristu ba Paruwasi ya Rilima, uburyo bitwaye neza muri ibi bihe bya Yubile z’Impurirane, haba kubigendanye na Yubile y’Imyaka 125 Kiliziya Gatolika imaze igeze mu Rwanda, Yubile y’Ubusaseridoti, Yubile y’Ubukiristu mu Rwanda, Yubile y’Imyaka 50 ya Arkidiyosezi ya Kigali no kuri iyi tariki ya 19 Nyakanga akaba bari kwizihiza Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze bakaba bakomeje kubikora uko bikwiriye.

Agira ati “ Muri byose byakozwe, Abakiristu ba Paruwasi ya Rilima barashimirwa uburyo bagiye bitwara  kugira ngo ahanini barusheho gushimangira Ubukiristu bwabo,  bahabwa Amasakaramentu kenshi, ari nako barushaho kwitabira ibikorwa byose bya Kiliziya.”

Akomeza agira ati “Kuri uyu munsi, abahawe Isakaramentu ryo gukomezwa  ndetse n’abahwe Batisimu n’Ukarisitiya bose ubutumwa ni bumwe,  gukomeza kubera umugabo mu bantu, Kiristu wazutse akaducungura. Isakaramentu ry’Ugukomezwa ni Ikimenyetso gikomeye cyongerera imbaraga uwarihawe zo kuvuga no guhamya Kristu mu bantu yemye, nk’uko Intumwa n’Abakristu bambere ubwo boherezwaga Roho Mutagatifu bakumvikana bavuga mu ndimi nyinshi, bakajya bazumva bakanasobanukirwa  nkaho bazize. “ Ibyakozwe n’Intumwa Umutwe wa 2, uhereye ku Umurongo wa 1.”

Antoine Cardinal Kambanda Umushumba w’Arkidiyosezi ya Kigali

Avuga ko Isakaramentu ryo gukomezwa nyiri ukurihabwa, afite kandi inshingano zikomeye zo kubera bagenzi be itara rimurika, akaba agomba kurangwa n’ingero nziza muri byose. Bityo aboneraho gusaba ababyeyi babo kubaguma hafi,  babafasha gukuza Ubukiristu bwabo bashishikarizwa kujya mu miryango y’Agisiyo Gatolika, imiryango ibafasha gukomeza gukura mu bukiristu, ikanabafasha kandi guca  ukubiri no gushaka kujya mu yandi madini n’amatorero kandi ntacyo babuze.

Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rilima Samuel Mukasa, ashimira cyane Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda Umushumba wabo, uburyo abahora hafi yigomwe byinshi mu nshingano afite akaza kwifatanya n’Abakiristu ba Rilima kandi akabikora kenshi.

Agira ati “ Abakiristu ba Paruwasi ya Rilima babashima kenshi  ko muza kwifatanya nabo kenshi mu bikorwa by’iyogezabutumwa biba byateguwe na Liturujiya iba yateguwe, ibyo bikaba biri mu bibaha imbaraga zo gukomeza gukorera Kiliziya Gatolika bahisemo bumva ko bashyigikiwe.”

Akomeza agira ati “Kuri uyu munsi wa Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze ndetse no muri uru rugendo rw’imyaka ibiri tumaze,hatanzwe  Amasakaramentu  atandukanye mu buryo bwinshi,  Abakirisitu  bagaragaje urukundo bafitiye Kiliziya n’abayobozi bayo, by’umwihariko kandi uretse kandi aba 340 bamaze gukomezwa, mu gitambo cya Misa cyabanje hatanzwe Isakaramentu rya Batisimu n’iry’Ukarisitiya tukizera tudashidikanya ko inyigisho bahawe zizabafasha mu buzima bwabo aho bazaba bari hose.”

Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rilima Samuel Mukasa

Padiri Mukuru Mukasa, yizeza Umushumba wabo muri rusange ko Abakiristu ahagarariye, bazakomeza nta shiti gushyira mu bikorwa inyigisho n’impanuro abagenera kenshi.

Ku birebana n’ingorane bafite, avuga ko mu ma Santarari 6 agize Paruwasi, abiri muriyo, ariyo akora yonyine andi akaba afunze.

Ku urundi ruhande bakaba bafite kandi n’ikibazo cy’uko kubera kwagura ibikorwaremezo  bya Leta, Abakirstu benshi ndetse na Paruwasi, bagiye kuzimurwa bikaba ari ikibazo giteye impungenge ku bakiristu batazi aho bazimukira.

Uhagarariye Abakiristu muri Paruwasi ya Rilima, avuga ko Abakiristu ba Paruwasi yabo, ubusanzwe barangwa no kwitabira gahunda za Kiliziya n’ibikorwa bya Liturujiya birimo Amasengesho,  guhabwa Amasakaramentu, ituro rya Kiliziya n’ibindi bigamije ahanini uguteza imbere Paruwasi.

Avuga ko  bashima ubuyobozi bwa Paruwasi n’umushumba wabo Antoine Cardinal Kambanda uboherereza kenshi Abapadiri bazi kubana neza n’Abakirisitu bahasanze.

Kimwe na Padiri mukuru, uyu Mukiristu uhagarariye abandi, avuga ko ari ikibazo kibakomereye kuba bagiye kwimurwa ndetse na Paruwasi yabo n’ibindi bikorwaremezo bihari nk’amashuri n’ ibitaro n’amavuriro.

Abakristu bari bitabiriye ari benshi

Cyakora kuri iki kibazo cyo kwimura Paruwasi ya Rilima, Umushumba w’Arkidiyosezi ya Kigali Antoine Cardinal Kambanda, avuga ko, iyo ibikorwa by’inyungu rusange bije, ari ngombwa kubyubahiriza. Bityo abizeza ko bafatanyije n’izindi nzego, ikibazo kirigukurikiranirwa hafi ndetse aho Paruwasi izimukira, hakaba haramaze kuboneka muri Santarari ya Kamabuye.

Gusa avuga ko ikibazo gihari, ari uko iyo Santarari iri muzifunze, akizera adashidikanya ko ababishinzwe bazabibafashamo. Aboneraho gusaba Abakiristu gukomeza gusenga, kugira ngo ibiteganyijwe bizakorwe neza uko bikwiriye.

Umwe mu bakirisitu uri mu bizihije Yubile y’imyaka 50 bamaze babatirijwe muri Paruwasi ya Rilima  Valens Sinayobye,  avuga ko yishimiye kuba abashije kwizihiza imyaka 50 abatirijwe muri paruwasi ye.

 Ashimira ababyeyi be b’umubiri na ba Batisimu bamubaye hafi. Agashimira kandi na Paruwasi yabo ya Rilima yakomeje kubatoza kuba Abakiristu nyabo. bityo asaba bagenzi be ba b’Akirisitu gukomeza gukomera ku kwemera bahisemo,  bagakomera ku isezererano bahawe nta gahato ryo gukorera Kiliziya Gatolika bahisemo.

Agira ati” Rwari urugendo rutoroshye muri iyi myaka 50 maze mbatirijwe muri iyi Paruwasi. Ndashimira Imana cyane cyane yo yamfashije muri uru rugendo rw’imyaka 50 mbatijwe, nkaba mbashije kwifatanya n’abandi bakristu muri Yubile. Ndashimira imana kandi ko iyi myaka yose nyimaze nkiri Umukristu Gatolika cyane ko  atari benshi babasha kubigeraho, aboneraho gusaba Abakristu bagenzi be gukomeza gutera imbere bishingikirije Ijambo ry’Imana ari naryo rizabafasha  kuba Abakristu nyabo, kandi ngo Yubile yagize akayitura ababyeyi be babashije kumubatirisha akiri umwana, ababyeyi ba Batisimu, umufasha n’abana be bakomeje kumuherekeza muri urwo rugendo rw’ubukiristu.

Umwe mu bakristu bizihije Yubile y’imyaka 50 babatirijwe muri Paruwasi ya Rilima Valens Sinayobye

Paruwasi ya Rilima yizihije Yubile y’Amasakaramentu y’ibanze, ibirori byayobowe na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, ni imwe mu maparuwasi 44 agize Arkidiyosezi ya Kigali,  ihereye mu Karere ka Bugesera.

Abamaze imyaka 50 na 25 babatirijwe muri Paruwasi ya Rilima babishimiwe

 Ni Paruwasi igizwe n’Abakiristu basaga ibihumbi 20, ikaba yarabyaye izindi zayishibutseho arizo, Paruwasi ya Nkanga n’iya Rushubi.

ANDI MAFOTO

Previous Post

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Next Post

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

EDOUARD NIYONKURU

EDOUARD NIYONKURU

Next Post
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA