• Latest
“Ntabwo umuceri w’u Rwanda wigeze ubura abaguzi ahubwo hinjizwa mwinshi uva muri Tanzania”; Umwe mu bafite Inganda z’umuceri i Huye

“Ntabwo umuceri w’u Rwanda wigeze ubura abaguzi ahubwo hinjizwa mwinshi uva muri Tanzania”; Umwe mu bafite Inganda z’umuceri i Huye

November 25, 2024
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

Umugore wagwingiye aba afite ibyago byo kubyara umwana ugwingiye

June 23, 2025
Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

Massamba Intore ntacyitabiriye ‘Rwanda Convention USA’

June 23, 2025
Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

Nsengiyumva Richard yatorewe kuyobora Musanze FC

June 23, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

June 22, 2025
Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

June 21, 2025
Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

June 17, 2025
Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

June 3, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Icyo Iran itangaza nyuma yo guterwa bikomeye na Amerika

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Trump mu rungabangabo rw’abamusaba n’abandi bamubuza kugaba ibitero kuri Iran

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

“Ntabwo umuceri w’u Rwanda wigeze ubura abaguzi ahubwo hinjizwa mwinshi uva muri Tanzania”; Umwe mu bafite Inganda z’umuceri i Huye

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
November 25, 2024
in Amakuru, Ubukungu
0
“Ntabwo umuceri w’u Rwanda wigeze ubura abaguzi ahubwo hinjizwa mwinshi uva muri Tanzania”; Umwe mu bafite Inganda z’umuceri i Huye
0
SHARES
106
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ikibazo cy’umuceri kimaze iminsi cyaraburiwe igisubizo, aho bene kuwuhinga bavuga ko waburiwe isoko, umwe mubafite inganda z’Umuceri wo mu Mujyi wa Huye, akanyomoza abafite iyo mvugo avuga ko icyabahombeje cyatumye umuceri wabo utagurwa, ari abacuruzi bakomeje guhabwa ibyangombwa byo kwinjiza umuceri w’umu Tanzaniya ari benshi, abo bakaba bawugurisha ku giciro gito ugereranyije n’uwo mu Rwanda, bityo abagura bakaba ariwo bayoboka uwo mu Rwanda ugakomeza kwangirikira muri za sitoki.

Ibi ni ibigarukwaho na Bwana Munyaneza Theoneste, Umuyobozi mukuru w’Uruganda rw’umuceri CROSS Ltd rukorera mu Mujyi wa Huye, uvuga ko abakomeje kuvuga ko umuceri wo mu Rwanda wabaye mwinshi ubura isoko, ko atari byo na gato agashimangira ko bivugwa uko bitari, ahubwo ko igihangayikishije abahinzi b’umuceri n’abanyenganda zawo  bo mu Rwanda, ari uburyo umuceri ukomeje kwinjizwa uva mu gihugu cya Tanzaniya, ukagera mu Rwanda n’ubundi uri ku giciro gito ugereranyije n’icy’uwera mu Rwanda, ibyo bigatuma abaguzi ariwo bayoboka, bikanatuma uweze mu Rwanda ukomeza guhera mu mahunikiro.

Bwana Munyaneza, avuga ko hatanzwe ibyangombwa byinshi ku bacuruzi batumiza bakanagurisha umuceri wo muri Tanzaniya nomero ya kabiri, ibyo ngo byatumye winjira ari mwinshi ku buryo n’abafite imodoka ntoya zizwi nk’Amafuso, nabo ngo basigaye  bajya kuwutunda uko bashatse, ibyo bikaba ngo bibangamiye umuceri wo mu Rwanda; bityo agasaba inzego bireba gukurikiza inama bagiriwe n’Abadepite mu nteko rusange yabo baherutse gusabamo ko mu gihe kitarenze ukwezi ikibazo cy’umuceri waburiwe isoko, cyagombye kuba cyabonewe igisubizo gihamye.

Avuga ko hatabaye izindi nyigo zindi, umuti ari ukumvira Intumwa za Rubanda bakaba bahagarika ibyo byemezo bitanga uburenganzira bwo kwinjiza umuceri mwinshi wo mu mahanga, mu gihe uwo mu Rwanda uhari mu buryo buhagije ukaba ukomeje kuborera mu ma Sitoki.

Umuyobozi mukuru w’Uruganda rw’umuceri CROSS Ltd rukorera mu Mujyi wa Huye, Munyaneza Theogene.

Agira ati : “Abantu bagombye kumenya ukuri. Ukuri turakubabwiye umuceri wo mu Rwanda ntabwo wabaye mwinshi na gato byatuma ubura abaguzi ngo uhere mu mahunikiro. Icyo twababwira ni uko abafite inganda z’umuceri n’abahinzi duha ibyangombwa byose ngo babashe kuwuhinga, tubangamiwe cyane n’umuceri ukomeje kwinjira ari mwinshi uva muri Tanzaniya ukaza usa n’uwacu nyamara uri ku giciro gito. Ministeri y’Ubucuruzi nihagarike ibyo byangombwa byahawe abakomeje kuwinjiza, maze barebe ko ikibazo kidakemuka. Igituma baza bakanyuranya n’igiciro cy’umuceri wo mu Rwanda, ni ukubera ko hanze bawufatira make ukagera mu Rwanda uhagaze ku 18,000Frw agafuka k’ibiro 25, mu gihe nyamara uwo mu Rwanda nka Kigori aba ari 22,000 Frw, umuremure ari 23,000 Frw kandi uyu ntaho uba utaniye n’uwo baba bakuye Tanzaniya.’’

Avuga ko icyo abacuruzi bari bumvikanyeho na Leta ndetse n’abanyenganda zitunganya umuceri ari uko mu rwego rw’ubuhahirane, hajya hatumizwa umuceri wo muri Tanzaniya Nomero ya mbere gusa kuko ariwo uhenze unakundwa cyane, gusa bakaba baratunguwe no kubona hasigaye hinjira Nomero ya gatatu n’iya kabiri, imiceri imeze neza nk’ihingwa mu Rwanda, noneho kuko baba bayifatiye make bitewe n’uburyo muri Tanzaniya bafite imirima myinshi kandi idasaba amafumbire nko mu Rwanda, ibyo bigatuma ba nyir’inganda zo mu Rwanda bitewe n’amafumbire n’imbuto baba bahaye abahinzi, igiciro batangiraho umuceri kijya hejuru y’uwo wo muri Tanzaniya, abaguzi ntibaze ibihombo bikavuka bityo.

Amakamyo akomeje gutunda umuceri uva muri Tanzaniya ku giciro gito, uwo mu Rwanda ugahera mu bubiko!

HAKWIRIYE GUFATWA INGAMBA ZIGAMIJE KURENGERA ABAHINZI N’ABANYENGANDA Z’IMICERI

Bwana Munyaneza Theoneste avuga ko hatagize igikorwa nk’uko abanyenganda n’abahinzi b’umuceri bakomeje kubitaka hagakomeza kwinjizwa umuceri mva mahanga utagize aho utaniye n’uhingwa mu Rwanda, ngo nta kabuza abahinzi ntibazabasha kuwuhinga ukundi, kuko ba nyiri inganda nibo babahaga amafumbire, imbuto n’ibindi byose bikenewe birimo no kubafasha kubona inguzanyo byose bikishyurwa umusaruro weze; none sezo eshatu ( 3 seasons) zose ngo zishize nta kintu bagurisha kuko abaguzi bahitamo kugura uwa Tanzaniya nk’uko byavuzwe haruguru.

Ikinyamakuru Igisabo nticyabashije kuvugana n’uruhande rwa Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda ikomeje gutungwa agatoki ko ariyo yatanze impushya zinjiza umuceri mwinshi wo muri Tanzania hadahawe agaciro kanini uwera mu Rwanda, cyakora Umuvugizi w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda PSF, Rubegasa Walter Hunde avuga ko ikibazo cy’umuceri bivugwa ko waburiwe isoko cyafatiwe ingamba ihamye, ku buryo bizera ko mu minsi mike nta miceri izaba igitinda mu bubiko  cyane ko abatumiza hanze imiceri bakanayicururiza mu gihugu basabwe no kujya barangurira n’inganda zo mu Rwanda.

Agira ati : “Umurongo waratanzwe abarangura umuceri wo hanze basabwe no kujya barangura n’uwo mu Rwanda kugira ngo buri munyarwanda mu bice byose by’igihugu umugereho mu buryo bworoheje.”

Imashini z’uruganda zirakora buri munsi ariko Umuceri ntugurwa.

Ku rundi ruhande avuga ko ubucuruzi ari ipiganwa nk’irindi, agahamya ko hari n’igihe amwe mu makoperatibe atumvikana ku giciro neza n’inganda begeranye mu karere runaka, bigatuma bajya gushakisha isoko ahandi bityo agahamya ko kuba hari inganda zaba zihunitse umuceri mwinshi byanaterwa n’imikoramire hagati yabo n’amakoperative bakorana, agashimangira ko isoko ryo mu Karere rifunguye, bityo kuba hari imiceri iva Tanzania ngo bitakagombye gutera ikibazo.

Abajijwe niba abona nta kibazo gihari kuba umuceri wa Tanzania winjizwa ukagurishwa make ugereranyije n’uwo mu Rwanda, Bwana Rubegasa ntacyo yabisubijeho, gusa akavuga ko igishobora kuba gitera umuceri wo mu Rwanda guhenda harimo n’uko mu isoko ryabo hazamo n’Abakomisiyoneri.

Cyakora n’ubwo uyu muvugizi avuga ko ikibazo cy”umuceri cyafatiwe ingamba, Bwana Munyaneza avuga ko kuva muri muri Sezo B y’umwaka wa 2023 kugeza muri Sezo A na B by’umwaka wa 2024, za Sitoke ziruzuye kandi icyo kibazo bakaba bagisangiye bose uko ari batandatu bafite inganda 6 zikorera mu Karere ka Huye.

Bwana RUBEGASA Walter HUNDE Umuvugizi wa PSF Rwanda.

Ku rundi ruhande akavuga ko bakomeza kwirya bakimara bakagenera umuhinzi ibyo akenera byose mu buhinzi bw’umuceri kugira ngo badacika intege

Avuga ko ikigo cyashyizweho ngo gikusanye umuceri mu bice bitandukanye waburiwe isoko wamaze kugira mwinshi, abikorera bajyaga baza kubagurira nabo uwo bagemurira ibigo by’amashuri ngo ntiboneka, kuko icyo kigo ngo cyafashe isoko ryose kikaba gitanga amafaranga 1200 ku kiro ku miceri batanga mu mashuri igiciro ngo kiri hejuru cyane, mu gihe ba nyiri inganda babura n’ubahya byibura 800 Frw ku kiro.

Ikibazo cy’umuceri uhingwa mu Rwanda ukabura abaguzi ba nyir’inganda bakavuga ko amahunikiro yabo yuzuye, gikomeje kuba imbogamizi zibangamiye abahinzi n’abatunganya umusaruro wawo mu nganda.

Ubwo havugwaga icyo kibazo mu karere ka Rusizi, Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame yasabye inzego bireba zirimo MINICOM na MINAGRI kugishakira igisubizo kirambye.

Abafite inganda zitunganya umuceri zikanawucuruza bakavuga ko icyo gihe byavugwaga mu Karere kamwe, none byafashe igihugu cyose bitewe no kwinjiza mwinshi uva Tanzania ; ni mu gihe abagize Inteko ishinga amategeko nabo mu minsi ishize bahaye inzego bireba iminsi 30 yo kuba bakemuye ikibazo cy’umuceri ubura isoko, abanyenganda zawo bakavuga ko umuti nta wundi uretse guhagarika umuceri Nomero ya 2 n’iya gatatu bitumizwa muri Tanzaniya kandi ntacyo birusha uwera mu Rwanda.

Imashini z’uruganda zirakora buri munsi ariko Umuceri ntugurwa.
Uruganda rw’umuceri CROSS Ltd rukorera mu Mujyi wa Huye.

Previous Post

Menya Uburyo Motel Mont Huye yabyaye Hotel Mont Huye yo mu mujyi wa Huye

Next Post

Musenyeri Nzakamwita agira inama Abibumbiye mu miryango y’Agisiyo Gatulika gufatira urugero kuri Kristu Umwami wababereye urumuri

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Musenyeri Nzakamwita agira inama Abibumbiye mu miryango y’Agisiyo Gatulika gufatira urugero kuri Kristu Umwami wababereye urumuri

Musenyeri Nzakamwita agira inama Abibumbiye mu miryango y’Agisiyo Gatulika gufatira urugero kuri Kristu Umwami wababereye urumuri

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

0
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA