• Latest
Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe  rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu  by’amahanga

Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu by’amahanga

April 10, 2025
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026
RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

September 5, 2026
Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

September 1, 2026
Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

Amahirwe menshi ku babyeyi bifuza kurerera muri Crèche « Fleur du Carmel » iherereye i Kagugu

August 28, 2026
NAEB irahemba ikawa zahize izindi

NAEB irahemba ikawa zahize izindi

August 28, 2026
Ibitaro bya Masaka byatashywe

Ibitaro bya Masaka byatashywe

August 28, 2026
Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

August 28, 2026
Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

August 28, 2026
Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

August 28, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    RIB yeretse Itangazamakuru abakekwaho gukopeza ibizamini bya Leta

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu by’amahanga

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 10, 2025
in izindi nkuru
0
Kwibuka 31: Urubyiruko rwa Kanombe  rwasabwe kwamagana abagoreka amateka bihishe mu bihugu  by’amahanga
0
SHARES
69
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni mu gikorwa cyabanjirijwe n’Urugendo rugamije Kwibuka no Kuzirikana Inzira y’Umusaraba itoroshye abajyaga kwicwa banyuzwagamo n’abishi babo, urugendo rwahereye ku Giporoso rwerekeza ku murenge wa Kanombe,  mu biganiro byakurikiyeho hakaba hibanzwe cyane ku mateka yaranze u Rwanda, basba urubyiruko kuyakurikirana bagasobanukirwa kurushaho ibyaranze amateka ya kera n’ay’ubu,  by’umwihariko bakamenya amakuru y’abatifuriza ineza u Rwanda. Bityo bagafata iya mbere mukwamagana abayipfobya bagafatirwa ibihano bikakaye.

Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu murenge wa Kanombe, Urubyiruko rwahawe umukoro wo gufata iya mbere bakamagana abanzi b’u Rwanda birirwa batukana ku mbuga nkoranyambaga, bagamije ahanini gutesha agaciro Ibyagezweho n’abanyarwanda.

Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa kanombe Idrissa NKURUNZIZA, avuga ko Umurenge wa Kanombe wihariye amateka yawubayemo muri Jenoside yakorewe Abatusi, cyane ko wari ukikijwe n’abasirikari benshi babaga mu kigo cya Camp Kanombe, Interahamwe n’Impuzamugambi nyinshi,  ku buryo byaboroheye kugota abatutsi bose barabica hasigara mbarwa.

Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa kanombe Idrissa NKURUNZIZA,

Agira ati “ Abatutsi bo muri Kanombe batangiye kwicwa cyera  kubera ko twari hagati y’ikigo cy’abasirikari cya Kanombe ndetse no hafi y’abajepe barindaga Perezida Habyarimana kugeza ubwo Jenoside itangiye mu 1994 bakica abatutsi bakabamaraho, abenshi bakaba barajugunywe mu cyobo cyatabwagamo inka zapfuye cya Isar, hano mu Rubirizi , ku buryo hatsindagiwemo umubare utabarika w’abatutsi harimo n’abahungaga bavuye mu mirenge ikikije Kanombe ndetse n’abo mu Karere ka Bugesera.”

Avuga ko imyaka 31 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 isize abanyarwanda bamaze kugera kuri byinshi byo kwishimirwa ku buryo abari bizeye ko Abatutsi bazazima babonye ko bibeshyaga cyane.

Avuga ko Amateka y’u Rwanda agomba kwigwa by’umwihariko urubyiruko rugafata iya mbere mu kwamagana abayagoreka bifashishije imbuga nkoranyambuga kandi abarangwa n’ingengabitekerezo ya Jenoside bakamaganirwa kure.

Agaruka ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu murenge wa Kanombe, avuga ko bafatanyije n’abafatanyabikorwa n’inzego za Leta zibishinzwe,  benshi muri bo bubakiwe abandi basanirwa mazu yari ashaje, agahamya adashidikanya ko abataragerwaho mu minsi mike bazafashwa.

Yishimira ko Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 benshi bamaze kwiteza imbere mu buryo bugaragara, bityo abasaba gukomeza iyo ntego batangiye.

 Ku kiganiro kijyanye n’amateka yaranze u Rwanda, cyane cyane agendanye na Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, abagitanze mu buryo bw’ikiganiro rusange, bavuga ko Abatutsi batotejwe  kuva cyera ku ngoma ya Kayibanda, Perezida utarigeze yishimira izina umututsi na gato cyane ko ku ngoma ye, bishwe bagatwikirwa bagahinduka impunzi mu bihugu byose by’amahanga, abasigaye mu gihugu bakabuzwa uburenganzira mu mashuri no mu kazi.

Bavuga ko ubwo butegetssi bubi bwegeranyije abo batutsi bari basigaye, kugeza ubwo Perezida Habyarimana n’ubutegetsi bwe buje bukabamarira ku icumu muri jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

Uharagarariye Ibuka mu murenge wa Kanombe Madame Utetiwabo Christine, avuga ko muri iyi myaka 31 ishize hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi,  ari umwanya mwiza wo gusubiza amaso inyuma kugirango hashimirwe uwatumye abicwaga bazira uko bavutse Icumu ryunamurwa, abari Ingabo za RPF Inkotanyi zaje zikabahumuriza zikabasubiza ubuzima bwiza barimo muri kino gihe.

Agira ati “ Turibuka twiyubaka. Imyaka 31 irashize Ingabo za RPF Inkotanyi ziturokoye mu maboko y’abicanyi. Icyo dukomeje guharanira, ni ukubaho mu iterambere rizamura igihugu cyacu, tukaba twarabigezeho kuko abana barize, abandi nabo mu bice bitandukanye by’igihugu bashishikajwe n’ibikorwa bibateza imbere, tukaba dushimira Leta  y’ubumwe ikomeje kutuba hafi kandi itugira inama muri byinshi.”

Uharagarariye Ibuka mu murenge wa Kanombe Madame Utetiwabo Christine

Uwatanze ubuhanya bugendanye n’uburyo yarokotse Abicanyi muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 Madame  Mukarwego Valentine, avuga ko kimwe n’abandi benshi bahungiye muri Eto ya Kicukiro babicamo benshi cyane, asigara mubagombaga kujya kwicirwa I Nyanza yamenwagamo imyanda

Agira ati “ Badushoreye bagiye kutwicira I Nyanza, tugezeyo baradutema barararika, batera amagrenade, baducoca n’amahiri. Cyakora kuko bari bantemaguye cyane, bibeshye ko napfuye ngaruye ubwenge ndakururka mpura n’abantu barampisha mu minsi mike Inkortanyi ziba ziraje zijya kunyitaho ziramvuza ndabashima cyane kuba ndiho nibo.”

Uwatanze ubuhamya bugendanye n’uburyo yarokotse Abicanyi muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 Madame  Mukarwego Valentine

Avuga ko nta bundi buryo  yumva yashimaramo Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yabatsindiye Ababisha ikimakaza ubumwe n’ubwiyunde mu banyarwanda.

Umushyitsi mukuru Uwonkunda Milliam, avuga ko igihe kigeze kugira ngo ababyeyi baganirizwe ku mateka y’u Rwanda n’agendanye na Jenoside yakorewe Abatutsi.

Avuga ko ababyeyi bagomba gutoza abana gukunda igihugu, bakabatoza kuba barwanya uwashaka kuvogera igihugu, maze asaba urubyiruko kwima amatwi abashaka guharabika u Rwanda bagambiriye kuruhesha isura mbi mu ruhando rw’amahanga.

 Ni muri urwo rwego  abasaba gufata iya mbere mu kuvuguruza ibyo baruvugaho bibi, ahubwo bakerekana isura nziza yarwo igendanye n’Iterambere rigerwaho kandi rishimwa na bose.

Umushyitsi mukuru Uwonkunda Milliam

Umurenge wa Kanombe wibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatusi 1994, ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Kicukiro.

Ni Umurenge wabereyemo ubwicanyi ndengakamere mu gihe cya Jenosie yakorewe Abatusi 1994 aho abicanyi bavanze amagufwa y’inka n’ay’abicwaga, kugeza uyu munsi bikaba byaragoranye kubakuramo, bitewe ahanini n’ubugome byakoranywe,  cyane ko babanzaga kubica, bamara kubanagamo bakamenaho imiti ituma bashenguka burundu.

Noel MPOREBUKE

Previous Post

Mu murenge wa Kicukiro bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abayirokotse bavuga Inzira y’Umusaraba banyuzemo

Next Post

Nyarugunga: Guturana na Perezida ikibuga cy’indege Colonel Bagosora na Camp Kanombe byatumye bicwa cyane

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Nyarugunga: Guturana na Perezida ikibuga cy’indege Colonel Bagosora na Camp Kanombe byatumye bicwa cyane

Nyarugunga: Guturana na Perezida ikibuga cy'indege Colonel Bagosora na Camp Kanombe byatumye bicwa cyane

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

0
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

Perezida Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman

September 5, 2026
Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

September 5, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

Urukiko rwanze ubusabe bwa Mugesera

September 5, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA