• Latest
Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

March 21, 2025
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

May 9, 2025
NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

May 1, 2025
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

April 29, 2025
Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

April 25, 2025
Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

April 25, 2025
Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

April 25, 2025
Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

April 25, 2025
Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

April 25, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 21, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi, Ubuzima
0
Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe
0
SHARES
62
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Benshi mu bakristo bakunze amasengesho yaberaga ku Itorero Inkuru Nziza mu mujyi wa Kigali mu bihe bishize bakaba bamaze igihe batabasha kuyakurikirana, Ubuyobozi bukuru bw’iri torero mu Rwanda, buvuga ko umushinga wo kunoza ibigendanye n’inyubako nshya y’urusengero yamaze gukorwa, bityo mu gihe kitarambiranye ibikorwa byo kubaka bikazatangira maze abari baranyuzwe n’amasengesho yahaberaga cyane cyane mu kiruhuko cya saa Sita bakazongera gutaramira ‘Umwami Yesu’ bishimye kandi bari ahantu hagari hisanzuye.

Ni ibigarukwaho na Pasiteri Ngendahayo Juvenal Umuvugizi w’Itorero Inkuru Nziza mu Rwanda, uvuga ko muri rusange ibikorwa bya Leta byo gusaba ivugururwa ry’inyubako z’insengero n’amadini ari igikorwa kiza kuko bizafasha abakristu kujya bateranira ahantu hafite isuku, ubwisanzure, n’umutekano uhagije.

Avuga ko ku birebana n’Itorero Inkuru Nziza ahagarariye, nabo bafite insengero zasabwe kuvugururwa, bakaba bari gukora ibishoboka byose kugira ngo ibisabwa byose biboneke, maze abakristu babashe guteranira hafi y’aho batuye mu buryo buboroheye.

Pasiteri NGENDAHAYO Juvenal, Umuvugizi Mukuru w’Itorero Inkuru Nziza mu Rwanda

Agira ati “Muri izo nsengero  zisabwa kuvugururwa, harimo n’urusengero rwo ku kicaro gikuru mu Mujyi wa Kigali. Muri kino gihe tukaba twararangije gukora inyigo yayo ku buryo abagomba kubidufashamo nabo babonetse, muri iyi minsi mike iri imbere dufite inama yo kubinoza izaba ihuje abafatanyabikorwa bo mu ngeri zitandukanye, izaba igamije ahanini kunoza umushinga w’inyubako, ku buryo twizera tudashidikanya ko mu gihe gito imirimo yo kubaka izatangira, hanyuma no mu gihe kitarambiranye tukizeza abakorera mu Mujyi wa Kigali imirimo itandukanye bakundaga kuza mu masengesho ku Nkuru Nziza yo mu gihe cy’ikiruhuko cya Saa sita, tukizera ko bazaba basubijwe cyane ko hanahuzaga abakristu baturutse mu bice bitandukanye by’Umujyi kandi bo mu madini n’amatorero atandukanye.”

Avuga ko hagiye kubakwa urusengero rugezweho rununini rw’amagorofa menshi ruzaba rukikijwe n’andi mazu yo gukoreramo ndetse n’agamije ibikorwa by’iterambere bigamije guteza imbere itorero muri rusange. 

Itorero inkuru nziza rinafite ibikorwa bigendanye n’imibereho myiza y’abaturage, iterambere n’uburezi

Agaruka ku bikorwa bitandukananye by’Itorero Inkuru Nziza, Pasiteri Juvenal Ngendahayo, avuga ko ubusanzwe Itorero Inkuru Nziza, rigamije ahanini kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Kristo no gukora ibikorwa by’iterambere n’imibereho y‘abaturage.

Ku bigendanye n’imibereho myiza y’abaturage, avuga ko bafite ibitaro by’icyitegererezo bivura amagufwa n’ingingo biherereye mu murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, bikaba biri ku rwego rw’igihugu ku buryo byakira neza ababigana, cyane ko bifite abaganga b’inzobere bakira neza ababagana.

Ku birebana n’ibikorwa by’iterambere, avuga ko bafite amashuri yo mu byiciro bitandukanye bashinze bagamije gushyigikira gahunda ya Leta y’uburezi kuri buri wese.

Agira ati “Ku birebana n’iterambere mu burezi, dufite ibigo by’amashuri yisumbuye, amashuri abanza, amashuri y’inshuke, amashuri y’imyuga n’amashuri yigisha gusoma no kwandika. Ibyo byose ni ibigamije gufasha abantu bose kugira ngo nyuma yo gusenga hanaboneke uburyo bwo kwiga kandi neza. Tubikora kandi tugamije gutoza abantu gukora ibikorwa bibaganisha ku iterambere n’imibereho myiza kugira ngo nk’uko bivugwa  Roho nzima ibashe gutura mu mubiri muzima.”

Itorero Inkuru nziza rifite ibitaro bivura indwara z’amagufwa n’ingingo ry’icyitegererezo”

Mu bikorwa by’Itorero Inkuru nziza bigendanye n’Imibereho myiza y’abaturage harimo n’Ibitaro by’Icyitegererezo bivura indwara z’amagufwa, bikaba biherereye mu Murenge wa Gikondo.

Umuyobozi wabyo Dr Jean Bosco Mpatswenumugabo, avuga ko ari ibitaro byashinzwe mu 1997 bigamije ahanini gufasha abari bafite ibikomere bikomeye basigiwe na Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 cyane ko habonekagaga umubare w’abantu benshi bacitse amaguru, amaboko n’ibindi bikomere by’umubiri bisabwa kwitabwaho n’abaganga b’abahanga kugira ngo baramire ubuzima bw’abo bantu.

Dr Jean Bosco Mpatswenumugabo, Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro by’Inkuru Nziza

Avuga ko mu by’ukuri batangiye kuvura mubihe byari bigoye, cyakora uko imyaka yagiye yicuma, abagana ibitaro niko umubare wabo wagiye wiyongera n’ibikorwa by’inyubako z’ibitaro ziraguka, ku buryo ibitaro by’inkuru Nziza biri mu bitaro bitatu mu gihugu bikomeye bitanga serivise zigendanye n’uburwayi bw’Amagufwa n’ingingo, muri kino gihe bakaba bakira abarwayi baturutse mu gihugu hose.

Agira ati “Buhoro buhoro ibitaro byarakomeje birakura, ababigana baba benshi, tukaba twakira akenshi abafite Transiferi zibazana zitangwa n’ibitaro bibifitiye ububasha cyane cyane abafite mituwele cyangwa ubundi bwishingizi cyakora n’abaje ku giti cyabo nabo barakirwa nta kibazo.”

Ku birebana n’Indwara zivurirwa mu bitaro by’Inkuru nziza, Dr Jean Bosco Mpatswenumugabo, avuga ko bavura indwara zikurikira:

  1. Imvune z’ubwoko bwose
  2. ⁠corrective orthopedic surgery: (Gukosora ubumuga bw’ingingo)
  3. Joint replacement surgery => Hips and knees (Gusimbuza ingingo zarwaye => Amatako n’amavi
  4. ⁠Sport injuries corrections (Imvune zo muri siporo)
  5. ⁠Gutanga insimburangingo n’Inyinganirangingo (Prosthesis and Orthotic)
  6. ⁠Rehabilitation/Physiotherapy
  7. ⁠Dentistry (Kuvura amenyo)
  8. ⁠Ophthalmology (Kuvura amaso)
Mu bitaro by’Inkuru Nziza biri i Gikondo bavura indwara z’amagufwa n’ingingo

Avuga kandi ko kubera gutanga serivise nziza no kugira abaganga b’abahanga mu byo bakora, byatumye umubare w’abagana ibitaro uba mwinshi, ku buryo nk’ibyumba byakira abantu  bafite 32 bikaba cyakora bitakigendanye n’abaza bose babagana, ariyo mpamvu ubuyobozi bw’Itorero Inkuru Nziza bufatanyije na Leta n’abafatanyabikorwa, hari gutegurwa uko byakwagurwa hitawe cyane cyane ku ndwara zihavurirwa, abagana ibitaro nabo bakaba bamaze kurenga ubushobozi bwo kwakirwa.

Ku rundi ruhande, avuga ko hifuzwa ko hakubakwa ibitaro binini kandi bigari n’ubwo bwose bisaba ubushobozi bwinshi atanahamya ko Itorero Inkuru Nziza, cyangwa se Leta ko babibonera ubushobozi vuba, ariko umushinga ngo urahari wo kwagura ibitaro ku buryo byashobora kugira ibyumba byibura 150 bya kwakira abajya mu bitaro n’ibindi byumba byinshi byo gukoreramo serivise zitandukanye z’ibitaro birumvikana.

Ku birebana n’ingorane ibitaro byaba bihura nazo, birimo n’uko inyubako zitakibasha kwakira ababagana kuko ari benshi, Pasiteri Juvenal Ngendahayo, Umuvugizi w’Itorero Inkuru Nziza mu Rwanda ari naryo ribihagarariye, avuga ko mbere na mbere bashimira Leta y’u Rwanda uburyo yabafashije muri byinshi kuva byashingwa mu 1997 kugeza ubu.

Hano Umuvugizi w’Itorero Inkuru nziza mu Rwanda uwa kabiri ibumoso we n’intumwa yarayobowe basobanurirwaga imikorere y’ibitaro

Bityo akavuga ko bizeye badashidikanya bakizera  ko n’Umushinga bafite wo kubyagura bazafatanya, kugira ngo abarwayi bagana ibitaro ari benshi  bazakomeze kugerwaho na serivise zose bifuza bisanzuye.

Pasitoro Juvenal Ngendahayo, avuga ko ari byinshi bashimira Leta birimo n’ivugururwa riri gukorwa mu madini n’amatorero bizatuma abigisha n’abayobozi bazaba barangwa no kugira ubushobozi buhagije bwo gukorera abakristo bashinzwe neza, ndetse hakabaho n’insengero na kiliziya zirangwa n’umutekano no gukorera mu mucyo.

Ku bigendanye na zimwe mu nsengero zabo zitarabasha gukora, avuga ko abakristo bari gukorana umuhate kugira ngo zibashe kuzuza ibisabwa.

Asaba abatarabigeraho, kujya bifatanya n’amatorero y’abavandimwe baturanye, abatabishoboye bagasengera mu ngo no mu mutima cyane ko ahantu hose Imana iba iri kumwe nabo.

Itorero Inkuru Nziza rimaze kugera ku bikorwa byinshi mu Rwanda bigamije kwamamaza ubutumwa bwiza no gukora ibikorwa bigamije guteza imbere imibereho myiza n’iterambere, ryageze mu Rwanda rizanywe n’abavugabutumwa b’abanyamerika mu 1962.

Mu 1984 Itorero ryaje kugaba amashami mu gihugu hose. Kugeza ubu harabarurwa amatorero 156. Mu Ntara ya Kigali, Iburasirazuba, Amajyepfo, Amajyaruguru n’i Burengerazuba.

Ishuri ry’isumbuye ry’Inkuru Nziza riherereye i Gihogwe mu Karere ka Gasabo ryabaye Intangarugero mu gutanga Ireme ry’Uburezi buhamye
Abakristo b’Itorero Inkuru Nziza bitabira amasengesho buri gihe
Igishushanyo mbonera cy’Urusengero rushya rw’Itorero Inkuru Nziza

ANDI MAFOTO:

E.Niyonkuru

Previous Post

Ruhango: Big Mining Company Ltd irashimangira uburyo u Rwanda rufite umusaruro w’amabuye y’agaciro ahagije

Next Post

Gisagara: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baramagana imyanzuro y’Urukiko rwa Ndora rwafunguye uwabiciye ababo akanahabwa ibyangombwa bya FARG

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Gisagara: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baramagana imyanzuro y’Urukiko rwa Ndora rwafunguye uwabiciye ababo akanahabwa ibyangombwa bya FARG

Gisagara: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baramagana imyanzuro y’Urukiko rwa Ndora rwafunguye uwabiciye ababo akanahabwa ibyangombwa bya FARG

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA