• Latest
Kigali : Hamaze gutangazwa igitabo bise “ KAGAME PAUL IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA”

Kigali : Hamaze gutangazwa igitabo bise “ KAGAME PAUL IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA”

April 5, 2024
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Kigali : Hamaze gutangazwa igitabo bise “ KAGAME PAUL IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA”

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 5, 2024
in Amakuru
0
Kigali : Hamaze gutangazwa igitabo bise “ KAGAME PAUL IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA”
0
SHARES
638
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni igitabo cyanditswe kandi gitunganywa n’Umwanditsi w’ibitabo akaba n’umuyobozi w’ uruganda rw’Ibitabo mu Rwanda(Rwanda Books Industry Association) Hategikimana Richard, uvuga ko yacyanditse agendeye ku byiza yakorewe na Perezida Paul Kagame ku giti ke, ariko cyane cyane ibyo yagejeje ku Rwanda n’Abanyarwanda muri rusange.

Umwanditsi w’ibitabo akaba n’umuyobozi w’ Uruganda rw’Ibitabo mu Rwanda(Rwanda Books Industry Association) Hategikimana Richard,

Bwana Hategikimana watangaje iki gitabo cy’amapaji asaga 500 kuri uyu wa kane tariki ya 04 Mata 2024, avuga ko atabona icyo yakwitura Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ku byiza ntagereranywa agejeje ku Rwanda mu gihe cy’imyaka 30, ibintu ngo byari byarananiye benshi bayoboye u Rwanda barangwaga n’amacakubiri no kudaha agaciro abaturage, kugeza ubwo bateguye bakanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyamara ikaza guhagarikwa na FPR Inkotanyi yari irangajwe imbere n’uwo atuye iki gitabo “Kagame Paul Imbarutso y’ubudasa bw’u Rwanda”.

Agira ati “Hategekimana Richard mvuka mu cyaro,  ariko iyo ndebye iterambere rimaze kuhagera, nkareba ibyo maze kugeraho mbikesha kuba mu gihugu cyiza kiyobowe na Perezida Paul Kagame,  nkaba narize Kaminuza nkarangiza ibyiciro bitatu ku nkunga ye,  nkuko nari nabimusabye ubwo yazaga gushyira  ibuye ry’ifatizo ku Ishuri rya Rusumo Ghigh School,  nkabona uburyo yateje imbere uburezi mu gihugu hose, amavuriro, inganda, imihanda, amashanyarazi, byose ukaba ntaho utabisanga mu gihugu, bituma nkomeza gushimangira ubudasa bwe, mvuga ko ntawe bahwanye n’umwe mu Rwanda ndetse ntanibeshye no muri Afurika ntaho wasanga Umunyabigwi nk’ibye.”

Mu gikorwa cyo gutangaza iki gitabo “KAGAME PAUL IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA”, byahuriranye no guhemba bamwe mu banyeshuri biga muri za Kaminuza, batsinze amarushanwa yo kwandika no gusoma, bakaba baragaragaje impano zitandukanye zitanga icyizere cy’uko u Rwanda rw’ejo hazaza, ruzaba rufite abahanga bo muri icyo cyiciro cy’abanditsi.

Mutoni Cleria wiga muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK wagize amanota 84,2%

 Uwahize abandi yabaye Mutoni Cleria wiga muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK wagize amanota 84,2% , wishimiye cyane umwanya yabonye akavuga ko agiye gushyiraho umwete kugira ngo mu bihe biri imbere azabe ari ku urwego nk’urwa Hategekimana Richard.

Abitabiriye igikorwa bashimiye ,Bwana Hategekimana Richard, ubuhanga yandikanye igitabo gikubiyemo amateka y’u Rwanda na ya Perezida  Paul Kagame,  agamije kwerekana ibikorwa by’Indashyikirwa amaze kugeza ku banyarwanda.

Dr Ignace NIYIGABA,  Ni umwanditsi w’ibitabo akaba n’Umuyobozi  wungirije w’Uruganda rw’ibitabo mu Rwanda, Rwiyemezamirimo, akagira n’ikigo cy’amashuri yisumbuye.

Dr Ignace NIYIGABA,  Ni umwanditsi w’ibitabo akaba n’Umuyobozi  wungirije w’Uruganda rw’Ibitabo mu Rwanda, Rwiyemezamirimo, akagira n’ikigo cy’amashuri yisumbuye.

Avuga ko ashimishijwe cyane n’igitabo cyatangajwe n’Umwanditsi w’umuhanga Hategekimana Richard mugenzi we.

Agira ati “ Birashimishije. Iki ni igitabo cyiza cyane kigaragaza mu buryo burambuye ibikorwa byaranze Nyakubahwa Perezida wacu n’ibindi byinshi akomeza  kutugezaho. Ni ngombwa ko abanditsi dufata umwanya,  tukagaragaza u Rwanda rwacu uko rumeze, uko ruyobowe, uko abenegihugu bakomeza kwiteza imbere kandi mu mahoro  asesuye. Ibyo byose nta wundi tubikesha utari Nyakubahwa Paul Kagame nk’uko umwanditsi mugenzi wacu amaze kubitangaza mu gitabo cyashimwe na bose.

Avuga ko amateka y’u Rwanda agomba gutangazwa akamenyekana, bityo akagera kuri bose,  biciye cyane mu banditsi n’abanyamateka.

 Ni muri urwo rwego akangurira urubyiruko rwiga muri Kaminuza no mu mashuri yisumbuye,  gukunda gusoma no kwandika, kugira ngo mu bihe biri imbere bazabe intangarugero mu kwandika ibitabo byinshi bivuga ku u Rwanda n’abanyarwanda.

Prof. KABERA Callixte, ni Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya EAST AFRICA UNIVERSITY OF RWANDA ikorera mu mujyi wa Kigali no mu Karere ka Nyagatare, Intara y’I Burasirazuba.

Prof. KABERA Callixte, ni Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya EAST AFRICA UNIVERSTY OF RWANDA

Kimwe n’abagenzi be ashimira cyane Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard ku gitabo cyiza amaze gutangaza, by’umwihariko akaba yaragituye Umukuru w’Igihugu Paul Kagame.

Agira ati “ iki gitabo twarakishimiye, cyane ko gikubiyemo amateka agaragaza ibikorwa by’Indashyikirwa by’Intore izirusha Intambwe. Abanditsi baba bafite ubuhanga buhishe kandi bujimije. Iyo rero babushyize ku mugaragaro bakadutangariza igitabo nk’iki, biba ari ibintu by’agaciro, ari nayo mpamvu dutoza kenshi abo turera nabo,  kugira umuco wo kwandika, gushakashaka no kwandika, cyane ko ibyanditswe bitajya bisaza, bikaba bihora ari bishyashya ku basomyi.”

Dr Sina Gerard  Nyirangarama, umaze  nawe kwandika ibitabo byinshi  bikangurira abantu kwihangira imirimo no gukora kurushaho kugira ngo bakomeze gutera imbere, nawe ni umwe mu bitabiriye itangazwa ry’igitabo KAGAME PAUL IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA.

Dr Sina Gerard  Nyirangarama

Avuga ko yashimishijwe n’ubuhanga  Hategekimana Richard yagaragaje mu kwandika igitabo kivuga ubutwari bwa Nyakubahwa  Paul Kagame, ibigaragara ko yacyanditse akitondeye kugira ngo hatagira na kimwe yibagirwa mu byiza n’ibikorwa bikomeje kugaragazwa n’uwo yagituye.

Agira ati “muri kino gihe birakwiye ko uwakoze ashimirwa. Nyakubahwa Paul Kagame yadutoje gukunda umurimo adutera inkunga tubasha kwiteza imbere kandi duteza imbere n’abaturage b’aho dukorera. Urugero ni uko iwacu kuri Nyirangarama, dufite abakozi barenga ibihumbi bibiri bakora mu mirimo itandukanye, bakaba bahembwa neza  bakabasha kwita ku miryango yabo uko bikwiriye. Ibyo byose tubigeraho tubikesheje kuba mu gihugu kirangwamo ituze n’amahoro twazaniwe na Nyakubahwa Paul Kagame. Ni uwo gushimirwa nk’uko byanagaragajwe muri iki gitabo tumaze kumurikirwa.

Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi UTUMATWISHIMA Jean Nepo Abdallah wari umushyitsi mukuru, ashimira  Hategekimana Richard,  mu gitabo ke cyiza yatuye umukuru w’igihugu Paul Kagame.

Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi UTUMATWISHIMA Jean Nepo Abdallah wari umushyitsi mukuru

Agira ati “ u Rwanda rwaciye mu mateka menshi ashaririye mu bihe byashize. Ni byiza iyo Umwanditsi w’umuhanga nk’uyu,  agaragaje birambuye ayo mateka,  maze akerekana ibyiza biri gukorwa n’ubigiramo uruhare kugira ngo birusheho kugendera ku umurongo mwiza,  ariwe Nyakubahwa Umukuru w’igihugu Paul Kagame nk’uko byagarutsweho.”

Ashimira cyane abagize uruhare mu itegurwa ry’umunsi wo gutangaza iki gitabo barimo abayobozi ba za kaminuza zitandukanye, abikorera, Abashakashatsi, Abanditsi n’abandi.

Asaba urubyiruko cyane cyane abari muri za Kaminuza,  gukomeza gushyira umuhate mu bushakashatsi no kwandika ku mateka y’u Rwanda,  kugira ngo mu myaka 30  iri imbere,  amateka azakomeze asigasirwe kandi hakomeze kumenyekana no gushimira abagira uruhare mu gutuma aba meza, akanakomeza  kunogera abanyarwanda.

Hategekimana Richard washyize ahagaragara igitabo kivuga Ibigwi by’Umukuru w’Igihugu “ KAGAME IMBARUTSO Y’UBUDASA BW’U RWANDA, unashimira cyane abamushigikiye barimo Rwanda Panafricanisme Mouvement, Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Prof. Rwigamba Balinda, Sina Gerard n’abandi benshi,  ni umwanditsi   w’ibitabo wabigize umwuga, akaba Impuguke mu mateka akesha Impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza yakuye muri Kaminuza y’uburezi ya KIE n’amahugurwa menshi yagiye akorera mu Rwanda no mu mahanga, akagira n’icyiciro cya gatatu “Masters” mu miyoborere, Business na Adiministration.

Yagiye kandi anashingwa imirimo itandukanye,  ashinga ibigo bigamije guteza imbere urubyiruko n’abanyarwanda muri rusange.

 Muri kino gihe akaba ariwe uyoboye Ishyirahamwe ry’Uruganda rw’ibitabo mu Rwanda(Rwanda Books Industry Association).

https://www.youtube.com/watch?v=GUTsVyTrb9Q&pp=ygUSaWdpc2FibyB0ZWxldmlzaW9u
Previous Post

Kigali : Batatu biyita abavuzi Gakondo batawe muri yombi

Next Post

Abamenye kwizigamira mu kigega RNT Iterambere Fund barasabwa kubishishikariza abandi

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Abamenye kwizigamira mu kigega RNT Iterambere Fund barasabwa kubishishikariza abandi

Abamenye kwizigamira mu kigega RNT Iterambere Fund barasabwa kubishishikariza abandi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA