• Latest
Kimironko : Madame Abazarama Dancilla arasaba ko Uyobora Umudugudu w’I Buhoro Karima Cyrille yakwirukanwa ku buyobozi nta nteguza

Gasabo : Abazarama Dancilla akomeje gutotezwa n’umuturanyi we Emmanuel afatanyije n’Umukuru w’Umudugudu Karima SILIRO azizwa igisigara

April 4, 2023
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru y'ingenzi

Gasabo : Abazarama Dancilla akomeje gutotezwa n’umuturanyi we Emmanuel afatanyije n’Umukuru w’Umudugudu Karima SILIRO azizwa igisigara

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 4, 2023
in Amakuru y'ingenzi
0
Kimironko : Madame Abazarama Dancilla arasaba ko Uyobora Umudugudu w’I Buhoro Karima Cyrille yakwirukanwa ku buyobozi nta nteguza
0
SHARES
230
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Uwitwa  Abazarama Dancilla wo m’Umurenge wa Kimironko, Akagari ka Nyagatovu, Umudugudu wa Buhoro  biravugwa ko agiye kumara amezi abiri afungishijwe  n’umuturanyi we Emmanuel Nizeyimana baburana,  afatayije n’umukuru w’Umudugudu w’i Buhoro Siliro Karima, bamuhora agace cy’igisigara kometse ku urugo rwe ngo bifuje gutwara kenshi,  kugeza n’ubwo bamusenyeye igipagu kigasigara hejuru y’umukingo, batanyuzwe ngo bamuhimbira ibyaha bifashishije Umutekamutwe witwa Ananias,  amezi abiri agiye kuyamara muri Kasho.

Abazarama Dancilla

Kuri uyu wa mbere Tariki ya 03 Mata 2023, mu rukiko rw’ibanze rwa Gasabo habereye urubanza rw’amayobera uyu Abazarama Dancilla aregwamo  icyaha ngo cyo Gushaka kwica umuntu yifashishije amarozi.

Ni ibyaha bivugwa ko byahimbwe n’uwitwa Emmanuel washatse ngo kumutwara agace cy’igisigara gafatanye n’igipangu cye, yakwiyambaza Ubuyobozi  bugategeka ko uhaturiye ariwe Abazarama,  azajya ahakorera amasuku,  nyamara bikomeza gukururana kugeza ubwo Umukuru w’umudugudu Karima Siliro ahigaruriye ku ngufu.

Ikigaragara ni uko yaje kuharitura  ngo ashaka kuhashyira imicanga yubakisha, kugira ngo rero abazarama aceceke bahitamo gucura umugambi mubisha wo kumufungisha.

UKO IKIBAZO GITEYE

Ubushinjacyaha buvuga ko Abazarama yahuye n’umuntu, amubwira ko yamubonera umuti wakwica umuntu bafitanye urubanza arabyemera. ibimenyetsso byatanzwe ngo bikaba ari ibiganiro bagiranye byafashwe amajwi kuri telefoni ndetse  Abazarama ngo akaba yarahaye uwo muntu  witwa Ananias ibihumbi 30 bya Tike, nyuma yaho ngo akazamuha Miliyoni n’igice,  ibyazamuye amarangamutima y’abari mu rukiko bamagana icyo kirego bavuga ko nta marozi yemewe mu mategeko y’U Rwanda ku buryo byazanwa mu rukiko .

Abazarama ahawe ijambo yahakanye ibyo aregwa, avuga ko yahuriye n’umuntu ku kiriyo hafi yo murugo.

Uko igipangu cya Abazarama cyari giteye gifatanye n’igisigara bamuziza

Avuga ko abantu bari benshi   baganira byinshi, bagera no ku by’amarozi n’uburyo ngo abantu bica imanza ntizibe.

Avuga ko  ariho  yabajije uwo muntu uko bigenda, amubwira ko nawe afite urubanza maze  amwemerera ko yamubonera umuti muri Tanzaniya  akazarutsinda, amubwira ko bazifashisha  inoti y ‘Amashiringi ishaje bakayitwika akisiga ivu ryayo.

Abazarama agira ati «  ntabwo nari nzi ko ari umutekamutwe yahise anyaka ibihumbi 30 bya Tike, muha sheki kuko numvaga ko ari umuti koko. Natangajwe n’uburyo yakomeje kujya ampamagara nyuma  ngo nimwongere andi ariko ndamwihorera,  aribwo yahisemo kwifashisha uwo twaburanga bakajya bumviriza ibyo tuvuga, nyuma mpamagarwa ku bugenzacyaha ngo nari ngiye kwica umuntu. »

Abazarama avuga ko mu buzima bwe atazi uburozi ibyo aribyo ko yumvise gusa ngo hari imiti  bisiga yica urubanza abibwiwe n’uwo mutekamutwe atigeze amenya na gato  ngo bahuye ntiyanamumenya. Bityo asaba gufungurwa ngo aburane ari hanze cyane ko  abana ngo  bari bonyine mu rugo.

Abunganira Abazarama, bamaganiye kure ibyo umukiliya wabo aregwa, bavuga ko n’ubwo iby’amarozi bitemewe mu mategeko y’U Rwanda ko n’ibimenyetso ubushinjacyaha bushingiraho ari ibihuha byacuzwe n’umutekamutwe(Escro) wohejwe n’abo Abazarama afitanye nabo ikibazo. bityo kuba ngo nta rubanza rushingirwa ku bihuha rubaho, basaba ko Abazarama yafungurwa akaburana ari hanze kuko afite aho atuye hazwi akaba atatoroka ubutabera.

Mudugudu Siliro yaraje amusenyeraho igipangu

Ikindi Abunganizi babwiye Inteko iburanisha,  ni uburyo uwo bunganira ngo afunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bakavuga ko yafunzwe kuwa 21 Gashyantare 2023, akabazwa n’Ubushinjacyaha kuwa 28  z’uko kwezi, amaze icyumweru afunze, mu gihe  atagombaga kurenza iminsi 5 nk’uko amategeko abiteganya.

 Ikindi  Abunganizi bavuga, ni uburyo batigeze babona Dosiye y’Ubugenzacyaha bakibaza impamvu yahishwe ntigaragare.

 Umushinjacyaha nawe yemera ko habayeho kubazwa amatariki yarenze, asaba urukiko kuzakurikiza icyo amategeko abivugaho.

Umucamanza akaba yarashyize isomwa ry’Urubanza kuwa 06/04/2023 i Saa cyenda.

ABARI MU RUKIKO BARUMIWE

Benshi mu bakurikiranye ikirego Abazarama ashinjwa n’uwitwa Emmanuel ngo cyo gushaka kumwica, bavuze ko bitumvikana uburyo hatangwa ikirego gishingiye ku magambo no kubihuha kikemerwa, nyamara uwagize uruhare mu gutekera umutwe umuturage,  ntabe ariwe ufungwa  ngo abiryozwe.

Mudugudu Siliro ushinjwa gufatanya na Emmanuel kugambanira Abazarama

Umwe mubari aho agira ati « uru rubanza ni urucabana. Icyo tuzi ni uko rurimo akagambane kacuzwe n’uwitwa Emmmanuel afatanyije n’umukuru w’umudugudu witwa Karima Siliro,  bagamije ahanini kwambura Abazarama agace ku butaka kometse ku gipangu cye babeshya ko baguze kandi ari igisigara. Ni kenshi Ubuyobozi bwavuze ko ari igisigara, nyamara Mudugudu Siliro yarahigabije.  Barashaka rero gucecekesha Abazarama burundu nta kindi. »

Uyu muturage uvuga ko azi neza ibya Abazarama n’urwango yangwa n’abamufungishije, avuga ko ikibyemeza ko ari akagambane ngo ni uburyo Mudugudu Siliro yari yitabiriye iburanisha yicaye ku ntebe y’imbere kandi  atagobokeshejwe mu rubanza.

Mu gushaka kumenya icyo abashinjwa n’abaturage kugambanira umuturanyi wabo Abazarama, Bwana Karima SILIRO, avuga ko ntaho ahurye n’urubanza rwa Abazarama na Emmanuel n’ubwo ngo  yagiye kurukurikirana.

Mudugudu Siliro nawe yari ari ku rukiko

Abajijwe impamvu yihaye ubutaka bw’igisigara Abazarama yaburanye na Emmanuel gifashe ku gipangu cye kugeza ubwo ahatenguye, avuga ko aho hantu hagenewe umuhanda ngo iby’igisigara byaje nyuma.

Agira ati «  nta kagambane mfatanyije na Emmanuel nta n’ubwo duherukana.  Imanza zabo zararangiye jyewe nabizamo nte ? Aho nacishihije umuhanda ndabyemerewe niyo mpamvu nahawe ibyangombwa (Auto-batir). Buriya butaka kandi ni ubwa Emmanuel yabuguze na Gakondo.

Mudugudu Siliro akomeje ibikorwa byangiriza umuturanyi we Abazarama

Abajijwe niba ibyo Umuyobozi w’Umurenge yemeje ko ubutaka ari igisigara Abazarama azajya ahasohokera akanahakorera isuku, ibyo byo ntiyashatse kugira icyo abivugaho,  gusa akivuguruza avuga ko bahateye ubusitani bikozwe n’umuganda,  nyamara uretse indabo Abazarama yahateye uyu Mudugudu Siliro,  bikavugwa ko yazirimbuye ari kwiha bwo butaka ku ngufu,  nta kindi gikorwa kuri ubwo butaka bwa M10 kuri M3 barwanira, bukaba butumye Abazarama agambanirwa, amezi abiri  akaba agiye kuyamara afungiye ibyo atakoze.

Ikinyamakuru Igisabo nticyabashije kuvugana na Nizeyimana Emmanuel ushijwa kuba inyuma yifungwa rya Abazarama,  bivugwa ko yakomeje gutotezwa  kugeza ubwo bamufungishije.

Umuyobozi w’Umurenge wa Kimironko Madame Dr Rwabukumba UMUHOZA

Umuyobozi w’Umurenge wa Kimironko Madame Dr Rwabukumba UMUHOZA, ubwo twateguraga iyi inkuru yatubwiye ko ayoboye inama, bityo ntiyabasha kudusobanurira aho uwitwa Karima Siliro uyoboye Umudugudu w’IBUHORO, yaba akura ububasha bwo kwiha ubutaka bwari bwemejwe ko ari ubwa Leta,  ibyatumye asenyera umuturage,  ubu akaba anafunzwe bikekwa ko aribwo azira.

E.Niyonkuru

Previous Post

Ngororero: Bamwe mu bangavu babyaye nta bushobozi bwo gutegurira abana indyo yuzuye bafite

Next Post

Kwibuka29: MINUBUMWE irasabako hajya hafatwa amafoto n’amashusho ahabereye igikorwa cyo Kwibuka

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kwibuka29: MINUBUMWE irasabako hajya hafatwa amafoto n’amashusho ahabereye igikorwa cyo Kwibuka

Kwibuka29: MINUBUMWE irasabako hajya hafatwa amafoto n'amashusho ahabereye igikorwa cyo Kwibuka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

0
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026

Recent News

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA