• Latest
Abarinzi b’igihango 10 bashimiwe

Abarinzi b’igihango 10 bashimiwe

November 14, 2022
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abarinzi b’igihango 10 bashimiwe

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
November 14, 2022
in Amakuru, izindi nkuru
0
Abarinzi b’igihango 10 bashimiwe
0
SHARES
400
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

ikorwa by’ubutwari byaranze abantu 10 barimo Abanyarwanda bane, bagizwe Abarinzi b’Igihango mu 2022.

Umuhango wo gushimira abagizwe abarinzi b’Igihango mu 2022, wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Ugushyingo, mu Ihuriro rya 15 rya Unity Club Intwararumuri rifite insanganyamatsiko igira iti ‘Ndi Umunyarwanda, igitekerezo ngenga cy’Ukubaho kwacu’.

Gutoranya, gushimira no kumenyekanisha Abarinzi b’Igihango ni igikorwa ngarukamwaka kiri muri gahunda zunganira Ndi Umunyarwanda. Cyatangijwe mu 2015 na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge ku bufatanye n’Umuryango Unity Club Intwararumuri.

Kigamije kumenya, kumenyekanisha no guha agaciro ibikorwa ntangarugero byimakaza ubumwe n’ubudaheranwa byakozwe n’Abanyarwanda cyangwa abanyamahanga.

Abarinzi b’Igihango bashimiwe, ni Abanyarwanda bane barimo Musenyeri Joseph Sibomana na Prof Jean Gualbert Rumiya batakiriho ndetse na Sibomana Jean Nepomuscene na Mizero Irene.

Abanyamahanga barimo Padiri Stanislas de Jimblinne de Mieux, Padiri Reginald Greindl, Padiri Henri Bazot, Denis Gilles Vuilemin, Judith Vuillemin na Soueur Milgitha Paula Koiser.

Mu butumwa bwo kubashimira, Madamu Jeannette Kagame yavuze ko ibikorwa byabaranze Abanyarwanda bazakomeza kubyubakiraho kugira ngo benshi babyiruka biyemeza kurinda ubumwe n’ubudaheranwa.

Ati “Umutima, urukundo n’ibikorwa byanyu ntibyibagirana! Tuzakomeza kubyubakiraho, kugira ngo tugire benshi babyiruka biyemeza kurinda ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda.”

Iréné Mizero wavuze mu izina ry’abarinzi b’igihango yashimye Madamu Jeannette Kagame wagize igitekerezo cyo gutangiza Unity Club Intwararumuri, avuga ko ari urugero rw’uko ahora ahangayikiye gutoza Abanyarwanda ibyiza no kubaremamo umutima w’ubumuntu.

Ati “Abanyarwanda benshi mu gihugu bagezweho n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi, buri wese afite amateka n’ubuhamya yihariye bishobora kumuhungabanya mu buzima, mu mibereho ya buri munsi mu gihe atabonye ubufasha.”

Yakomeje agira ati “Dushingiye ku cyerekezo cya Unity Club, mwatweretse neza ko guhitamo ubudaheranwa ariko gukira. Uko mwakikije benshi ibikomere, natwe tuzaharanira gukiza abandi bityo umurage mwaturaze wo kudatatira igihango cy’Ubunyarwanda, natwe tuzawurage abadukomokaho.”

Mizero yavuze ko kuba we na bagenzi be bahembwe nk’abarinzi b’igihango by’umwihariko abakiriho bazakomeza kurinda icyo gihango bagiranye n’u Rwanda.

Ati “Uretse igihango cyo gukunda u Rwanda n’Abanyarwanda, guteza imbere ubumwe n’ubudaheranwa […] umugisha wa kibyeyi mukomeza kuduha mushyigikira ibikorwa byacu, ni ikindi gihango tudateze gutatira.”

Yakomeje agira ati “Kuri uyu munsi twagizwe abarinzi b’igihango, ni umwanya mwiza wo gutekereza ku ruhare rwacu n’inshingano zacu mu gufatanya na buri Munyarwanda wese kurushaho gusigasira ibyiza byagezweho mu gushimangira Ubunyarwanda, isano muzi dusangiye.”

Ibyo wamenya ku Barinzi b’Igihango bashimiwe mu 2022

Umurinzi w’Igihango ni Umunyarwanda cyangwa umunyamahanga waranzwe kandi agakomeza kurangwa no kurwanira ineza y’u Rwanda n’Abanyarwanda, gukunda u Rwanda no kurukundisha abandi, gushimangira no kurinda Ubumwe bw’Abanyarwanda kandi akarangwa n’indangagaciro zirimo kudatatira Umuco Nyarwanda.

Uyu muntu ashobora kuba akiriho cyangwa yaratabarutse. Ibikorwa bye ashobora kuba yarabikoze mu gihe cyashize cyangwa vuba akiri mu mibereho ye akaba atarigeze ahindura imyitwarire ngo atatire igihango yarinze.

-Jean Népomuscène Sibomana

Sibomana Jean Népomuscène, yavutse ku wa 27 Ugushyingo 1982. Umuryango we w’abantu batanu bose bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yararokotse wenyine.

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, Sibomana yagize uruhare mu guharanira amahoro n’ubudaheranwa mu gace avukamo i Rwankuba mu Murenge wa Murambi, Akarere ka Gatsibo.

Nyuma y’amashuri ye, Sibomana yifashishije isambu y’umuryango we yari imaze imyaka idakoreshwa, atangira umushinga wo kwihangira imirimo mbonezamubano, guteza imbere amahoro no kubaka umuryango.

We n’umugore we, Sabrina batangije Umuryango witwa Mustard Seed Instutite mu 2017, i Rwankuba. Ni umuryango ugamije ibikorwa bihuza abantu bose, gushingira ku bumenyi buhari kugira ngo babashe kubyongerera umusaruro.

Mu bakozi akoresha harimo abakoze Jenoside babihaniwe kandi babisabira imbabazi. Umwe muri bo ni we wishe nyirakuru ubyara se, harimo kandi n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

-Musenyeri Joseph Sibomana

Bimwe mu bikorwa byaranze Musenyeri Joseph Sibomana, harimo kuba yarabaye Uwihayimana wa mbere w’Umunyarwanda utarahigwaga watinyutse ku mugaragaro kuvuga ko Leta ya Gregoire Kayibanda yica Abatutsi, arwanya ivanguramoko n’amacakubiri byari byarimakajwe n’ubutegetsi bwa PARMEHUTU.

Yamaganye mu nyandiko ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi muri Byumba mu mwaka wa 1962, bugahitana abarenga ibihumbi bibiri. Mu mwaka wa 1963 yavuye mu Ruhengeri ajya kureba Perezida Kayibanda i Kigali amusaba guhagarika kwica Abatutsi.

Ku wa 5 Ukwakira 1968 yatangije Iseminari Nto ya Zaza mu rwego rwo kugira uburezi budaheza, maze yigamo abana b’Abanyarwanda babuze uko biga kubera politiki mbi y’iringaniza. Mu mvururu zo mu 1973 yaharaniye ko nta Mututsi wirukanwa mu mirimo no mu mashuri bya Diyosezi yari ayoboye, ahubwo yakira abanyeshuri birukanwaga mu yandi mashuri.

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Musenyeri Joseph Sibomana wari mu kiruhuko cy’izabukuru i Rwamagana, mu rugo rwe yakiriye Abatutsi bahigwaga akora ibishoboka byose arabarinda, akajya aha Interahamwe amafaranga ngo zitabica, kugeza ubwo ashiriwe akajya abaha amafaranga y’amahanga, ku bwamahirwe Inkotanyi zihagera abo bantu bataricwa.

Jean Gualbert Rumiya

Prof Jean Gualbert Rumiya witabye Imana tariki 04/05/1994. Yabaye Umwarimu muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, i Butare n’i Nyakinama, akaba no muri komite ya MRND ku rwego rw’Igihugu na perefegitura ya Butare.

Mu buzima bwe, Rumiya yaharaniye Ubumwe bw’Abanyarwanda ndetse anarwanya politiki mbi y’ivangura yaranze MRND n’abantu ku giti cyabo. Ibi yabigaragaje mu bikorwa, nk’aho tariki 14 Ugushyingo 1992, yandikiye Perezida Juvenal Habyarimana asezera mu Ishyaka rya MRND kubera irondakoko n’irondakarere byarangaga iryo shyaka.

Ubuhamya bumutangwaho ku mibereho ye, bwerekana ko Porofeseri Rumiya yari umuntu w’umunyakuri, ugira ubumuntu, wabanaga n’abantu bose nta vangura.

Yaje kwicwa hamwe n’abana be bakuru batatu tariki 04/05/1994.

Iréné Mizero

Iréné Mizero muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yari afite imyaka icyenda gusa. Yakuranye ipfunwe ry’uko ababyeyi be bombi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Bamwe mu rungano rwe bamufashije gukira icyo gikomere, maze na we yiyemeza gufasha urundi rubyiruko rugifite ibikomere, ashinga umuryango Mizero Care Organization mu 2013.

Ni umuryango ufite intego yo gufasha urubyiruko gukira ibikomere byatewe n’ingaruka z’amateka mabi ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse na nyuma yayo.

Kugeza ubu Mizero Care Organization, imaze gufasha urubyiruko rugera kuri 455 rukomoka mu turere ikoreramo, aho ruhurizwa ahantu hatekanye bagakorerwa icyitwa ‘group psychotherapy’ nk’uburyo bw’ubuvuzi bw’imitekerereze n’ibyiyumviro bya muntu.

Padiri Jamblinne De Meux

Padiri Jamblinne De Meux witabye Imana tariki 12/11/2021, yabarizwaga mu muryango w’Abapadiri bera.

Aho yabaye hose kuva akigera mu Rwanda akoherezwa kuba umuyobozi w’amashuri i Rwaza mu 1948, no mu zindi paruwasi yabayemo haba i Kansi, Cyanika, Kaduha, Rusumo, Rushaki, Runaba, na Nyagahanga, no mu nkambi y’impunzi z’Abanyarwanda i Muyinga mu Burundi mu 1994-1995, yaranzwe n’ibikorwa by’ubumuntu n’urukundo rudasanzwe, cyane cyane mu bihe by’ubwicanyi u Rwanda rwanyuzemo.

Padiri Jamblinne yitangiye gufasha impuzi z’Abanyarwanda hirya no hino aho zari zarahungiye mu mahanga, ndetse na nyuma y’ihagarikwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi, yakanguriye impunzi zari mu nkambi ya Muyinga i Burundi gutaha.

Ikindi ni uko Jenoside ikimara guhagarikwa, Leta y’Abatabazi yashishikarije abaturage guhunga Igihugu, ariko we yanga gusubira i Burayi nka benshi muri bagenzi be. Yavuye mu Rwanda mu mwaka 2015 kubera izabukuru.

Padiri Reginald Greindl

Padiri Reginald Greindl, uyu azwi cyane kuba yaritangiye uburezi bwo mu Rwanda, akaba yarayoboye koreji ya Mutagatifu Andereya i Nyamirambo igihe kirekire.

Nyuma y’ubwicanyi bwahitanye Abatutsi n’abari abayoboke bakomeye b’ishyaka UNAR mu Kuboza 1963, Greindl yafashije impfubyi n’abapfakazi basigaye, abubakira ku Mumena. Yakomeje kwita kuri abo bapfakazi n’impfubyi mu buryo bwose, harimo gukurikirana imyigire y’abana, kubategurira ibirori by’iminsi mikuru kugira ngo batigunga bakibuka ko ari impfubyi gufasha abarwaye, n’ibindi.

Ibyo bikorwa byaje gutuma yirukanwa mu Gihugu mu 1966, ashinjwa kubangamira umutekano w’Igihugu.

Henri Bazot

Henri Bazot na we yitabye Imana. Uyu na we yirukanywe mu Rwanda kubera amabaruwa atandukanye yagiye yandika atabaza avuga ko Leta ya PARMEHUTU ikora ubwicanyi bagafungira abantu ubusa.

Denis Gilles Vuillemin

Denis Gilles Vuillemin, ubutegetsi bwa Kayibanda bwafashe icyemezo cyo kumwirukana mu Rwanda, ageze iwabo akomeza kumenyekanisha amakuru y’ubwicanyi bwakorewe mu Rwanda, no gufasha abanyeshuri n’impfubyi yasize mu Rwanda kugira ngo babone imibereho harimo no kubashakira buruse kuko hari ababashije kujya kwiga mu Busuwisi bakarihirwa n’abagiraneza.

Judith Vuillemin

Judith Vuillemin yafatanyije n’umugabo we Denis Gilles gutabariza no gufasha impuzi z’Abatutsi zarokotse ubwicanyi bwakorewe muri Perefegitura ya Gikongoro, zikaba zari zarahungiye kuri Paruwasi ya Cyanika.

Soeur Milgitha Paula Koiser

Soeur Milgitha Paula Koiser, ni Umubikila ufite inkomoko mu Budage, wabarizwaga mu Muryango w’Ababikira b’aba Saint Clément de Munster.

Yageze mu Rwanda mu 1973 ku butumire bwa Musenyeri Jean Baptiste Gahamanyi washakaga ko amufasha guteza imbere ubuvuzi muri Diyosezi ya Butare cyane ko yari umuganga.

Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yakiriye impunzi zisaga 45,000 zahungaga ubwicanyi, abaha ibiryo n’igikoma yari afite, abonye bigiye kumushirana yitabaza Caritas ya Diyosezi ya Gikongoro ku bari bamukuriye, ariko bamutera utwatsi.

Inkuru bifitanye isano: Twahisemo kuba umwe kuko turi bene Kanyarwanda- Madamu Jeannette KagameMadamu Jeannette Kagame yitabiriye umuhago wo gushimira abarinzi b’igihangoMadamu Jeannette Kagame aramutsa abitabiriye uyu munsi mu Ngoro y’Inteko ishinga amategekoVisi Perezida wa mbere wa Unity Club Intwararumuri, Kayisire Marie Solange, yambitse umudari MizeroMizero ashyikirizwa icyemezo cy’uko ari umurinzi w’igihango

Previous Post

Abagenagaciro baratabaza kubera kubuzwa na Komite iyobowe na Annick Ndabirorere gukora igenagaciro ryabo “Expertise” rirenze inshuro eshatu

Next Post

Nyuma y’uko imirwano ihuje abarwayi ba M23 n’ingabo za Congo (FARDC) ifashe indi ntera Abanyekongo bari guhungira mu Rwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Nyuma y’uko imirwano ihuje abarwayi ba M23 n’ingabo za Congo (FARDC) ifashe indi ntera Abanyekongo bari guhungira mu Rwanda

Nyuma y’uko imirwano ihuje abarwayi ba M23 n’ingabo za Congo (FARDC) ifashe indi ntera Abanyekongo bari guhungira mu Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

0
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

Recent News

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA