• Latest
Abafatanyaga na Nyirahabineza gusenya Ihuriro ry’Abavuzi gakondo bashyize ahagaragara amanyanga ye yose

Abafatanyaga na Nyirahabineza gusenya Ihuriro ry’Abavuzi gakondo bashyize ahagaragara amanyanga ye yose

September 7, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Imibereho ya buri munsi Ubuzima

Abafatanyaga na Nyirahabineza gusenya Ihuriro ry’Abavuzi gakondo bashyize ahagaragara amanyanga ye yose

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
September 7, 2022
in Ubuzima
0
Abafatanyaga na Nyirahabineza gusenya Ihuriro ry’Abavuzi gakondo bashyize ahagaragara amanyanga ye yose
0
SHARES
198
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu bavuzi gakondo bakomeje kugendana na Nyirahabineza Gertrude umaze amezi atandatu yirukanwe ku buyobozi bw’Ihuriro ry’abavuzi gakondo mu Rwanda umunsi ku wundi, bamaze kumuvaho no gutangaza amanyanga yose bamusanganye kugira ngo abanyarwanda badakomeza kugwa mu mutego we.

Bamwe muri abo bavuzi gakondo bivugwa ko yari yarabagize imbata ze,  barimo uwitwa Ntawuhigumugabo Etienne yari yaragize  umwungiriza we (Visi Perezida) na Obed Ngirimbabazi yari yarashinze kuyobora Akarere ka Musanze mu urwego rw’abavuzi gakondo kandi yarirukanwe.

Bivugwa ko  Ibyo byose  yabikoraga mu buryo bunyuranyije n’amategeko agenga Ihuriro, cyane ko  yari  yarirukanywe n’Inteko rusange y’abanyamuryango yateranye kuwa 08 Werurwe 2022, nyuma yo kugaragarizwa amakosa atandukanye yakoraga,  aho kwikosora ngo agahitamo gucamo ibice abanyamuryango n’abagize Komite bose.

Mu kiganiro n’Itangazamakuru kuri iki cyumweru Tariki ya 04 Nzeri 2022,  Bwana Ntawuhigumugabo Etienne,  avuga ko batangajwe cyane n’ibyaha Nyirahabineza akomeje gukora nyamara ngo akaba akomeje kwidegembya atari kubikurikiranwaho ngo abiryozwe.

Bwana Ntawuhigumugabo Etienne

Agira ati “ubwo hategurwaga Umunsi nyafurika wahariwe Ubuvuzi gakondo, Nyirahabineza yasabye abavuzi,  ko buri karere kegeranya ibihumbi 500,  amafaranga arenga Miliyoni icyenda (9,000,000) yose aza kuboneka hiyongeraho na Miliyoni y’umuterankunga.

 Yatubwiraga ko muri ayo yose,   harimo agomba kugurwamo inka z’umuganura zizahabwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ahwanye na Miliyoni 4,8(4,800,000).

 Umunsi nyirizina yari yateguyeho uwo muganura kuwa 04 Kanama 2022, agira ngo anabihuze  n’umunsi Nyafurika w’ubuvuzi gakondo, nyamara usanzwe uba mu mpera za Kanama,  atubwira ko Perezida wa Repubulika adahari, ariyo mpamvu ataguze izo nka, nyamara  ntiyatubwira aho amafaranga yazo hamwe n’andi yose yayashyize.”

Bwana Ntawuhigumugabo Etienne, avuga ko uretse n’ayo ngayo yababeshyaga ko ari ay’inka z’umuganura bazaha Umukuru w’igihugu, hamwe n’andi yose bari bakusanyije ahwanye na Miliyoni 9, hiyongereyeho n’ayo bagenewe  n’umuterankunga nawe batabashije kumenya,   ayo yose yaburiwe irengero.

Cyakora ngo hari ayo yavuze ko yahaye kimwe mu bitangazamakuru bikorera mu Rwanda,  nabyo kandi  ntiyerekane inyemezabwishyu  “Facture”, ndetse ngo n’ayo yishyuye ahabereye iyo nama,  ibyo byose ngo ntibazi  na gato uko byakozwe cyane ko abikora wenyine kandi muibanga.

 Uyu mutangabuhamya,  avuga ko ibya Nyirahabineza kubivuga kubwe byakwiriza umunsi wose,  kubera ko hari n’ibihumbi 800(800,000) yabasabye ngo  gutanga agenewe  abagenzuzi b’imari ba MINISANTE, andi ibihumbi 700(700,000)  yo kuburanira Ihuriro yose ngo yarayariye ntawe uzi irengero ryayo.

Asoza avuga ko yicuza umwanya we yataye ubwo yifatanyaga na Nyirahabineza wari warirukanwe mu Ihuriro atabizi.

 Ibyo byose akaba ngo abisabira imbabazi,  ari nako yiteguye gukorana na Komite nshya iyoboye Ihuriro muri kino gihe kubera ko batowe n’abanyamuryango babifitiye ububasha.

Bwana Obed Ngirimbabazi wo mu Karere ka Musanze wari wagabiwe na Nyirahabineza ako Karere, avuga ko yazaga ababwira ko bakwima amatwi ibivugwa byose,  ko ariwe muyobozi  wemewe na MINISANTE, bityo abasaba kwegeranya no gusaba imisanzu yo gushyigikira Ihuriro.

 Kimwe na mugenzi we Obed Ngirimbabazi, aricuza igihe cye yataye ubwo yakurikiraga umuntu wamaze kwirukanwa na bagenzi be, ahubwo agasaba inzego zibishinzwe gukurikirana Nyirahabineza ku manyanga akomeje gukora,  nkaho yaba ari mu gihugu kitagira amategeko, akaba   akomeje ngo kwiyitirira icyo atari cyo,  no kuyobya abavuzi gakondo ataretse n’inzego bwite za Leta.

Uyu Nyirahabineza unengwa cyane n’abo yari yifashije ngo bamufashe gukomeza kwitwa umuyobozi kandi  yarirukanywe cyera, yatangarije Rwanda Trubunal ko ariwe Perezida wemewe  w’Ihuriro ry’abavuzi gakondo, akavuga ko ntawigeze amweguza ahubwo ngo afite n’ibirego yareze mu bugenzacyaha agitegereje ibisubizo byabyo.

Umuyobozi  w’agateganyo w’ihuriro ry’abavuzi gakondo mu Rwanda  Uwimana Beatha, avuga ko kugeza n’ubuatariyumvisha na gato  icyo Nyirahabineza agamije,  kuba akomeje kwiyitirira urwego yirukanywemo n’inteko rusange, ubwo  bamuregaga ibyaha byinshi birimo no kunyereza umutungo ibyo birego bye   bikaba biri muri RIB.

Umwe mubari bari kugaragaza amakosa ya Nyirahabineza   akomeje gukora,  Ntawuhigumugabo Etienne nk’uko byavuzwe haruguru,  agahamya ko iyo MINISANTE iza kubishaka, nta kabuza ikibazo kiba cyarakemutse, kubera ko ariyo akomeje kwitwaza avuga ko imushyigikiye kandi imwemera.

Dr Bahoza Joel, ushinjwa n’abavuzi gakondo gukingira ikibaba Nyirahabineza no kudakora ibikwiriye ngo ikibazo cy’Ihuriro ry’abavuzi gakondo  gikemuke.

Dr Bahoza Joel, ushinzwe ishami ry’Ubuvuzi gakondo muri MINISANTE, arashinjwa n’abavuzi gakondo gukingira ikibaba Nyirahabineza no kudakora ibikwiriye ngo ikibazo cy’Ihuriro ry’abavuzi gakondo  gikemuke.

Cyakora aganira na IGISABO, avuga ko MINISANTE idafite inshingani zo kwandika imiryango no kugenzura imiryango nka AGA Rwanda net work.

Avuga ko  hari ibindi bigo bibishinzwe bityo ngo akaba atabazwa na gato imicungire n’imigendekere y’iryo huriro.

Dr Coroneille Ntihabose umuyobozi w’Ishami ry’ubuvuzi n’ubuzima rusange, avuga ko muri Minisante ataribo bagena uko abavuzi bakora mu rugaga ngo bene urugaga nibo bigenzura bakamenya uko bagenda basimburana n’uko uwakosheje yafatirwa ibihano hagendewe ku mategeko.

Agira ati “ abagize ihuriro ry’abavuzi gakondo ni ishyirahamwe nk’abandi.  Nibakurikize amategeko agenga amashyirahamwe n’amakoperative,  Minisante ntabwo ariyo igomba gukemura ibibazo byabo ni bisunge inzego z’ubutabera.”

Icyagaragaye ni uko aba bayobozi bombi bahunga ikibazo kivugwa na AGA Rwanda Net work ko babatereranye,  bakaguma gushyigikira no gukorana na Nyirahabineza wirukanwe.

Ibyo bikaba bigaragazwa n’uko mu kiganiro n’Umunyamakuru, Dr Coroneille  yemera neza ko mu gutegura itegeko rizagenga abavuzi gakondo,  bifashishije n’ibitekerezo  bya Nyirahabineza na Gafaranga bose birukanwe n’abanyamuryango b’Ihuriro.

Uwitwa amukire Jean Damascene, ushinzwe guhosha amakimbirane muri AGA Rwanda Network,  avuga ko Minisante ibishatse yabakemurira ikibazo kandi ko bamaze kwegeranya ibirego bitabarika Nyirahabineza agomba kuregwa,  birimo n’ibyuko yihaye guhindura itariki y’umunsi washyizweho n’abayobozi ba Afurika uba kuwa 31 Kanama buri mwaka,  akawushyira kuri 04 Kanama, anabeshya ko  yatumiyemo abanyamahanga baturutse muri Uganda n’u Burundi nyamara ngo ni  abenegihugu baturuka muri ibyo bihugu,  yivaniye I Nyamirambo na Nyabugugogo.

Ikibazo cy’abavuzi gakondo gikomeje kuba agaterera nzamba, kikaba kitabonerwa igisubizo n’ababishinzwe.

 Abagize AGA Rwanda Network muri rusange,  bakavuga ko Leta yakagombye kubafasha gukemura iki kibazo kuko Nyirahabineza ngo yaba akomeje kubabuza kugena ejo hazaza h’Ihuriro ryabo, yitwaje imbaraga batarabasha kumenya no gusobanukirwa aho azikura. 

Previous Post

Menya Imigabo n’Imigambi Ishuri rya KIGALI GREATER HEIGHTS SCHOOL ritangiranye umwaka w’Amashuri 2022/2023

Next Post

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Niger

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Niger

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Niger

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA