• Latest
Ibizagenderwaho mu gusaranganya miliyoni $250 zongerewe mu Kigega Nzahurabukungu

Ibizagenderwaho mu gusaranganya miliyoni $250 zongerewe mu Kigega Nzahurabukungu

May 19, 2022
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Ibizagenderwaho mu gusaranganya miliyoni $250 zongerewe mu Kigega Nzahurabukungu

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 19, 2022
in izindi nkuru
0
Ibizagenderwaho mu gusaranganya miliyoni $250 zongerewe mu Kigega Nzahurabukungu
0
SHARES
117
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Guverinoma y’u Rwanda yatangije icyiciro cya kabiri cy’ikigega cyo kuzahura ubukungu, kuri iyi nshuro cyongerewemo miliyoni $250, zisanga miliyoni $100 zashyizwemo mu cyiciro cya mbere.

  • Ibigo bizahabwa amafaranga yo gukoresha no kuvugurura inguzanyo
  • Abazafashwa ni abagize igihombo cya 20%
  • Inyungu ku nguzanyo izaba ari 8%
  • Miliyoni 150$ zagenewe ishoramari rishya

Icyiciro cya mbere cy’iki kigega kizwi nka Economic Recovery Fund (ERF) cyarimo miliyari 105 Frw zakoreshejwe mu kuzahura ibyiciro bitandukanye byahungabanyijwe n’icyorezo cya COVID-19.

Harimo nka miliyari 73 Frw zakoreshejwe mu gufasha ibigo kuvugurura inguzanyo: amahoteli n’ibikorwa byo kwakira inama 151 byahawe miliyari 52.66 Frw, amashuri 69 yigenga ahabwa miliyari 12.6 Frw, mu gihe ibigo byo gutwara abantu bigera kuri 55 byahawe miliyari 7.7 Frw.

Mu bijyanye n’amafaranga yatanzwe yo gukoresha mu bucuruzi, asaga miliyari 11 Frw yakoreshejwe mu gufasha amasosiyete 157, ndetse hari n’ibigo bito bito 6,715 byahawe miliyari 6.7 Frw binyuze muri za Sacco.

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gicurasi 2022, yavuze ko iki kigega cyafashije benshi kandi mu byiciro byose, harimo amasosiyete manini, aciriritse, amato n’amato cyane.

Yakomeje ati “Hakomeje gushakishwa ubushobozi kugira ngo twongere imbaraga muri iki kigega, haboneka andi miliyoni $250, ariyo ari muri iki cyiciro cya kabiri.”Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, yasobanuye imiterere y’icyiciro gishya cy’ikigega cyo kuzahura ubukungu

Ibigo byose byongeye gutekerezwaho

Minisitiri Ndagijimana yavuze ko mu cyiciro cya mbere intego yari ukugoboka abantu bagize ibibazo kugira ngo badafunga imiryango, ariko mu cya kabiri hajemo amafaranga agenewe imishinga mishya.

Icyiciro cy’imishinga mishya yagenewe miliyoni $150, mu bikorwa byatoranyijwe bishobora kwihutisha ubukungu.

Hari n’ibyiciro byari bisanzwemo nko gufasha ibigo kubona amafaranga yo kwifashisha mu bikorwa bya buri munsi. Ibigo bito bito (microbusinesses) byagenewe agera kuri miliyoni $8, mu gihe amasosiyete aciriritse n’amanini yagenewe miliyoni $10.

Muri iki kigega kandi, Ikigega cy’Ingwate BDF cyongerewe ubushobozi kugira ngo kizabashe gutanga ingwate ku bigo by’ubucuruzi, kigenerwa miliyoni $30.

Kuri iyi nshuro kizafasha n’amasosiyete manini, mu gihe cyafashaga amato gusa. Hateganyijwemo kandi igice kizafasha amasosiyete afite imyenda ngo abashe kuvugurura inguzanyo, igice cyagenewe miliyoni $37.5.

Muri iki cyiciro cya kabiri cy’Ikigega Nzahurabukungu harimo n’amafaranga yagenewe kubaka ubushobozi bw’inzego z’imari cyane cyane izizashyira mu bikorwa iyi gahunda, zirimo Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) n’Ikigega cy’Ingwate, BDF, yagenewe miliyoni $12.

Buri cyiciro cyagenewe amahirwe yihariye

Nk’abafite ibikorwa bito cyane bicuruza amafaranga ari munsi ya miliyoni imwe (Microbusinesses) bafite umwihariko wo kuba bahabwa inguzanyo ku nyungu iri hasi cyane igera ku 8%, no kwemererwa kwishyura kugeza ku myaka itanu bitewe n’ubucuruzi.

Abo bashobora no guhabwa inguzanyo igera kuri miliyoni 5 Frw, ndetse bagahabwa ingwate iri hagati ya 50%-75%.

Mu cyiciro cy’ibigo bito (small) bicuruza kugera kuri miliyoni 500 Frw ku mwaka, byemerewe ko bishobora kubona inguzanyo igera kuri miliyoni 300 Frw, ku nyungu ya 8%.

Ni amafaranga ashobora kwishyurwa mu gihe kigera ku myaka itanu, kandi ibyo bigo bishobora guhabwa ingwate iri hagati ya 50%-75%.

Ni mu gihe ibigo biciriritse – ni ukuvuga bicuruza kuva kuri miliyoni 500 Frw kugera kuri miliyari 1 Frw ku mwaka, byemerewe kuguza kugeza kuri miliyoni 300 Frw ku nyungu ya 8%.

Minisitiri Ndagijimana yakomeje ati “Ariko yarenzaho, akeneye menshi, miliyoni 500 Frw cyangwa na miliyari 1 Frw, ya yandi arenzeho akayahabwa ku nyungu za banki, aho agujije.”

Nabyo bishobora guhabwa ingwate iri hagati ya 50%-75%.

Ni mu gihe ku bigo binini birengeje igicuruzo cya miliyari 1 Frw ku mwaka, byahawe uburyo bubiri: kubona inguzanyo igera kuri miliyoni 300 Frw ku nyungu ya 8%, arenzeho bakayabona ku nyungu za banki zisanzwe, bigahuzwa.

Byo bishobora kubona ingwate igera kuri 50%. Bishobora kandi kwishyura mu myaka itanu, ndetse bikaba byahabwa umwaka umwe wo kutishyura.

Hateganyijwe ibizagenderwaho

Minisitiri Ndagijimana yavuze ko nk’uko byagenze ku cyiciro cya mbere, hashyizweho igipimo kizagenderwaho mu kureba niba iyo sosiyete yaragizweho n’ingaruka za COVID-19 mu buryo buremereye.

Ati “Mu cyiciro cya mbere twagezaga ku gihombo cya 30% mu cyo umuntu yinjije tugereranyije mbere ya COVID-19 n’igihe cyayo. Ubu rero igihe kimaze gucamo, abenshi bamaze gufashwa, ubu icyo gipimo cyaramanuwe kijya kuri 20%, ugereranyije amezi 12 ya mbere ya COVID-19 n’amezi 12 aheruka.”

Hiyongeraho kandi kugaragaza ubucuruzi umuntu agiye gukora, n’ubushobozi bwo kwishyura.

Icyiciro cyagenewe ishoramari rishya

Kuri iyi nshuro kandi hateganyijwe icyiciro cy’ishoramari rishya, cyashyizwemo miliyoni $150. Zizafasha abashoramari bashaka gukora ibikorwa bishya, bishobora kuzamura ubukungu mu buryo bwihuse kandi bikabyara n’imirimo.

Dr Ndagijimana yavuze ko inzego zatoranyijwe muri iki cyiciro harimo inganda n’ibishamikiyeho. Harimo nko gutunganya umusaruro uva ku buhinzi, inganda zikora ibikoresho by’ubwubatsi n’ibindi.

Yakomeje ati “Ibi bigamije kuzamura byihuse umusaruro w’imbere mu gihugu, no kongera buhoro buhoro ubudahangarwa bw’ubukungu ku bibazo bituruka hirya no hino hanze y’igihugu.

Muri icyo cyiciro, nabwo hazagenderwa ku buryo ibigo bigenda birutana.

Nk’abafite ibikorwa bito bito cyane biri munsi ya miliyoni 500 Frw, na bo bashobora guhabwa inguzanyo ku 8%, ku buryo waba ari umushinga w’imyaka 15, harimo imyaka itatu yo kutishyura.

Bashobora kuguza amafaranga agera kuri miliyoni 500 Frw, ndetse bagahabwa ingwate iri hagati ya 50%-75%.

Mu bigo biciriritse byinjiza hagati ya miliyoni 500 Frw – miliyari 1 Frw, yo azakoresha uburyo bubiri. Igice kingana na 60% cy’inguzanyo bazakibona ku nyungu ya 8% ifashwa n’iki kigega, 40 % isigaye bayafate ku nyungu za banki, wabishyira hamwe ugasanga inyungu iri hasi.

Kuri iki cyiciro kandi hashobora gutangwa ingwate ya 50%.

Naho ku cyiciro cy’ibigo binini, nabyo bishobora guhabwa inguzanyo mu buryo bumwe n’ibigo biciriritse. Gusa amasosiyete aciriritse ntagomba kurenza inguzanyo ya miliyari 2 Frw, ariko amanini akagera kuri miliyari 5 Frw.

Nibura 60% by’amafaranga yose agenewe ishoramari yagenewe amasosiyete mato n’aciriritse, 40% agenerwa amanini.

Mu rwego rwo kuyacuruza no kuyegereza abayakeneye, biteganywa ko aya mafaranga 35% azanyuzwa muri BRD, naho 65% akanyuzwa mu yandi mabanki n’ibigo by’imari iciriritse. Iki kigega kizagera ku byiciro byose by’ubucuruzi

Previous Post

Impinja n’abana bato mu kangaratete muri Amerika: Amata y’ifu yabaye ingume hatangiye kwitabazwa amahanga

Next Post

Uyoboye Urugaga rw’abaganga gakondo mu Rwanda arashimira ubutabera bwanyomoje uwamuregaga ibinyoma

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Uyoboye Urugaga rw’abaganga gakondo mu Rwanda arashimira ubutabera bwanyomoje uwamuregaga ibinyoma

Uyoboye Urugaga rw'abaganga gakondo mu Rwanda arashimira ubutabera bwanyomoje uwamuregaga ibinyoma

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

0
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA