• Latest
Madame Nyirahabineza Geretrude yirukanywe ku buyobozi bw’Urugaga rw’Abavuzi Gakondo “AGA Rwanda Network”

Madame Nyirahabineza Geretrude yirukanywe ku buyobozi bw’Urugaga rw’Abavuzi Gakondo “AGA Rwanda Network”

March 9, 2022
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Madame Nyirahabineza Geretrude yirukanywe ku buyobozi bw’Urugaga rw’Abavuzi Gakondo “AGA Rwanda Network”

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
March 9, 2022
in izindi nkuru
0
Madame Nyirahabineza Geretrude yirukanywe ku buyobozi bw’Urugaga rw’Abavuzi Gakondo “AGA Rwanda Network”
0
SHARES
628
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu nteko rusange y’abagize urugaga rw’abavuzi gakondo Aga Rwanda Network yateraniye i Kigali kuri uyu wa 08 Werurwe 2022, yasoje yanzuye ko Madame Nyirahabineza Geretrude wari umuyobozi wabo yirukanywe burundu ku buyobozi bw’ihuriro nyuma y’amakosa menshi bamureze ngo ntiyikosore birimo kunyereza umutungo, kwirukana abo bayoborana uko yishakiye, guhindura ibirango by’ihuriro, iterabwoba ku banyamurango n’ibindi.

Ni Inteko rusange yahuje abaganga gakondo bahagarariye abandi mu turere twose tw’igihugu ingingo nyamukuru yayo ikaba yari  iririmo kwiga ku myitwrire idahwitse yakunze kuranga Umuyobozi wabo Nyirahabineza Geretrude, bavugaga ko mugihe cyose amaze atorewe kubayobora nta na kimwe yabafashije uretse kubasenyera urugaga arwiyitirira  akaruyobora ngo wenyine abanje kwirukana bagenzi be 13 bari bafatanyije kuyobora, aribo Komite Nyobozi, Komite Ngenzuzi, Njyanama na Komite ishinzwe imyitwarire, bose akaba ngo yari yarabahagaritse asigara akora wenyne, ariyo mpamvu batoye ku bwiganze ko yirukanwe burundu na cyane ko nta musaruro ngo na muke yaragitezweho mu rugaga.

Bwana Mukire Jean Damascene,  uyoboye Akanama nkempurampaka, ari nawe wandikiye Minisiteri y’ubuzima ayisaba kuza muri iyo nteko rusange agatumiza n’iyo nteko ku bubasha ngo ahabwa n’itegeko, avuga ko ntako batagize basaba uwari umuyobozi w’ihuriro ngo atumize inama bigire hamwe imigendekere n’imikorere y’urugaga rugeze aharindimuka ariko ngo abyima amatwi.

Bwana Mukire Jean Damascene,  uyoboye Akanama nkempurampaka

Agira ati “nk’abantu bafite inshingano z’imyitwarire no gukemura impaka zavuka mu rugaga, tumaze kubona amakosa menshi yagiye akora yitwaje ko ari Perezida w’ihuriro,  birimo kwirukana bagenzi be, baba abo ku urwego rw’igihugu no mu turere, imicungire mibi y’umutungo, kudakoresha inama abanyamuryango ku buryo kuva ngo batorwa ntawamenya umutungo w’urugaga.

Hari kandi kuba amaze igihe yinjiza abantu tutazi ngo baje kuyobora ihuriro mu turere, kuba yarabeshye abantu ngo hari intumwa z’umushinga w’irangamuntu zaje kubarura abanyamuryango kandi ari abo yitoraguriye munzira basanzwe, guhindura ibirango na Kashi n’ibindi byinshi, nibyo twahereyeho dutumiza iyi nteko rusange kugira ngo ifate umwanzuro.

Nyuma yo guhanahana ibitekerezo n’impaka zikomeye zirimo kugaya bagenzi be bayoboranaga kuba baragize uburangare ntibasabe ko yirukanwa cyera kugeza ubwo abamariye umutungo agatesha agaciro abanyamuryango.

Kuba ngo yarasigara yiyitirira urugaga abivanzemo n’iterabwoba, abagize ihuriro basanze ngo badakwiriye kuguma muri uwo mukino, ariyo mpamvu bafashe icyemezo cyo kumwirukana burundu agasimburwa by’agateganyo n’uwari umwungirije Madame Beattha Uwimana,  afatanyije na Komite yari iriho, Ngenzuzi, Njyanama na Nkemurampaka, baakaba bategereje imyanzuro ya MINISANTE kugira ngo habashe gutegurwa amatora yashyiraho ubuyobozi bushya bw’urugaga.

Bwana Jean Damascene Mukire, wari uyoboye Inteko rusange yishimiye cyane umwanzuro watowe n’abagize urugaga avuga ko n’ubwo Nyirahabineza yarwishe  ko bagiye gushishyiramo imbaraga basanganwe maze ngo basubize ku murongo urugaga rwabo, bityo  ngo banagarure abanyamuryango benshi bari baramaze kurusezeramo bahunga igitugu cya madame Geretrude.

Madame Beatha Uwimana watorewe kuyobora urugaga by’agateganyo yashimiye ikizere yagiriwe na bagenzi be,  avuga ko bagiye gukora ibishoboka byose bakagarura ubumwe bw’abanyamuryango mu rugaga bwari bwarahungabanyijwe n’umuntu umwe.

Avuga ko bagiye kwandikira inzego zose bireba,  bazisaba kutongera kwakira Nyirahabineza nk’umuyobozi w’urugaga cyane ko abanyamuryango benshi bari kwifuza ko yazaryozwa,ibyo ashinjwa byose birimo kunyereza umutungo n’ibindi, nkaho yagiye aha ibyangombwa abatari abavuzi gakondo.

Inama yanashyizeho abantu batatu bashinzwe kumenyekanisha amakuru y’urugaga umunsi ku wundi bayobowe na Bwana Aimable Sandro Abdou Tuyisenge.

Abanyamuryango bandi basanzwe  baturutse impande  zitandukanye z’igihugu baganiriye n’ikinyamakuru Igisabo nyuma y’Inteko Rusange, bishimiye  cyane iyirukanwa rya madame Nyirahabineza ngo wari umaze kubazanira akajagari mu ihuriro kugeza n’ubwo ngo yafashe urubyiruko rwize kaminuza arugira ngo abavuzi gakondo ku ngufu, atangira kubagira abayobozi ngo b’uturere kandi ibikorwa byose mu rugaga ngo bisanzwe bizwi ko byemezwa n’abanyamuryango ubwabo.

Ikinyamakuru Igisabo ntabwo cyabashije kubona Madame Nyirahabineza wirukanwe na badenzi be b’abavuzi gakondo kubuyozi ngo avuge uburyo yaba abyakiriye,  ndetse na Ministeri y’ubuzima ifite mu nshingano zayo mu gukurikiranira hafi urwo rugaga   ntitwabasha  kubona uwagira icyo abivugaho.

Abanyamuryango bitabiriye inama ari benshi

Abanyamuryango babanje kwipimisha Covid 19
Umwe mu banjyanama b’Urugaga atanga ibitekerezo

Urugaga rwabavuzi gakondo rugizwe n’abanyamuryango bagera ku bihumbi bine,  rwatangiye ibikorwa byarwo muri 2012 rutangijwe n’uwitwa Rekeraho, aza gusimburwa na Gafaranga nawe waje  ngo gusimburwa na Komite yari iyobowe na Nyirahabineza Geretrude mu kwezi kwa tatatu mu 2019.  

    Previous Post

    Perezida wa Guinea-Bissau Sissoco yagiriye uruzinduko mu Rwanda

    Next Post

    Itangazo rigenewe abanyamakuru ry’ihuriro ry’abavuzi gakondo mu Rwanda

    NIYONKURU Edouard

    NIYONKURU Edouard

    Next Post
    Madame Nyirahabineza Geretrude yirukanywe ku buyobozi bw’Urugaga rw’Abavuzi Gakondo “AGA Rwanda Network”

    Itangazo rigenewe abanyamakuru ry'ihuriro ry'abavuzi gakondo mu Rwanda

    Leave a Reply Cancel reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Stay Connected test

    • 99 Subscribers
    ADVERTISEMENT
    • Trending
    • Comments
    • Latest

    Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

    December 30, 2020
    Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

    Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

    September 19, 2020

    Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

    September 3, 2021
    Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

    Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

    December 14, 2020

    Hello world!

    1
    Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

    Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

    1

    Washington prepares for Donald Trump’s big moment

    0
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    0
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    August 10, 2026
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    August 10, 2026
    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    August 10, 2026
    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    August 10, 2026

    Recent News

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    August 10, 2026
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    August 10, 2026
    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    August 10, 2026
    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    August 10, 2026

    We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

    Follow Us

    Browse by Category

    Recent News

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    August 10, 2026
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    August 10, 2026
    • AHABANZA
    • AMAKURU
    • IKORANABUHANGA
    • IMYIDAGADURO
    • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • INCAMACYE

    © 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
      • Home – Layout 1
      • Home – Layout 2
      • Home – Layout 3
      • Home – Layout 4
      • Home – Layout 5
      • Home – Layout 6
    • AMAKURU
    • IKORANABUHANGA
    • IMYIDAGADURO
    • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • INCAMACYE

    © 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA