• Latest
Uyobora ihuriro “Union” ry’aba Motari  muri Gasabo arasobanura imikoranire yabo n’abo bahagarariye

Uyobora ihuriro “Union” ry’aba Motari muri Gasabo arasobanura imikoranire yabo n’abo bahagarariye

February 12, 2022
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Uyobora ihuriro “Union” ry’aba Motari muri Gasabo arasobanura imikoranire yabo n’abo bahagarariye

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
February 12, 2022
in izindi nkuru
0
Uyobora ihuriro “Union” ry’aba Motari  muri Gasabo arasobanura imikoranire yabo n’abo bahagarariye
0
SHARES
214
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe benshi bibazaga itandukaniro riri hagati y’impuzabakoperative n’ihuriro by’aba Motari, ubahagarariye mu Karere ka gasabo  arabisobanura  mu buryo burambuye, akavuga n’icyo bafasha abo bahagarariye

Ni mu kiganiro Umuyobozi w’Ihuriro ry’abatwara abagenzi kuri za Moto mu Karere ka Gasabo Niyibizi Come yagiranye n’ikinyamakuru Igisabo kuri uyu wa kane tariki ya 10 Gashyantare 2022,  uvuga ko Ihuriro ry’aba Motari ubusanzwe riba ribumbiyemo aba Motari bose bakorera mu Karere, Uturere twose tw’igihugu twahuzwa bikaba Impuza makoperative ariyo Federation ku urwego rw’igihugu.

Avuga ko mu Karere ka gasabo abereyemo Umuyobozi,  ihuriro ryabo ribumbiye hamwe abakoperative agera kuri 17, akaba ahuje abanyamuryango 11,100, ihuriro rikagira inshingano zo kubabera abavugizi n’abahuza ku ma Koperative bakoreramo no mu bindi bibazo bashobora guhura nabyo nko mu buyobozi bwite bwa Leta cyangwa ku bibazo bagirana n’undi muturage usanzwe.

Agira ati “Iri ni Ihuriro rimaze imyaka igera kuri 12 rikora cyane ko ryashinzwe muri 2010.  Muri rusange Ihuriro rifite intego yo gukorera ubuvugizi no gufasha aba Motari bakorera mu karere ka Gasabo kwiteza imbere,  kugira ngo akazi bakora buri munsi kababere umwuga  watunga nyirawo nk’indi myuga yose isanzwe.

Niyibizi Come,umuyobozi w’Ihuriro ry’abamotari mu karere ka Gasabo

Ihuriro ryacu rikaba ribumbiye hamwe amakoperative 17 tukagira abanyamuryango 11,100  kandi bose bari gukora neza,  abagaragaraho imbaraga nke nabo bagahwiturwa bityo imikoranire y’abanyamuryango, amakoperative n’ihuriro bikuzuzanya.”

Bwana Niyibizi,  avuga ko benshi badasobanukiwe imikorere y’Amahuriro y’Uturere ndetse  hakaba ngo hari n’aba Motari bumva ko kuba muri Koperative bibahagije, ariko ngo byagaragaye ko Ihuriro ribafitiye akamaro  kuko iyo bagize ikibazo muri Koperative yabo baryiyambaza rikabafashamo byananirana bikajyanwa hejuru  cyangwa mu bundi buyobozi bwite bwa Leta.

Gusa avuga ko muri rusange  Ihuriro ngo ryunganira Aba motari muri byinshi ndetse n’amakimbirane avutse mu ma Koperative bakaba aribo bafata iya mbere mukuyahosha.

Niyibizi Avuga ko abagize Ubuyobozi bw’ihuriro batorwa mu ntumwa zihagarariye Komite z’ama Koperative yo mu Karere zihurira hamwe ku bufatanye n’Ubuyobozi bw’ihuriro  na RCA,  bakitoramo Komite imara igihe cy’imyaka 3 ishobora kongerwa inshuro imwe.

Abagize ihuriro ry’abamotari bari mu biganiro

Avuga ko uretse no gukorera ubuvugizi bw’ama Koperative n’aba Motari ngo banabafasha gukora no gutegura imishinga ibazamura.

Ikindi ni uko mu Ihuriro  batagendera gusa ngo  ku misanzu iva mu ma Koperative, hakaba  hari gushakwa ubundi   buryo amahuriro ngo yajya yitunga akanihaza,  n’ikimenyimenyi nk’ihuriro ngo ry’Akarere ka Gasabo bafite ubucuruzi bwa kimwe mu bigo by’ubwishingizi bikorera mu Rwanda,  inyungu ivuyemo ikaba ikoreshwa mu kazi ka buri munsi.

Ku bigendanye n’ikoreshwa rya Mubazi aba Motari batumva kimwe n’Ubuyobozi bwabo na Leta,  Bwana Niyibizi avuga ko Mubazi ari ingenzi mu kazi ka b’aMotari,  na cyane ko byagaragaye ko izajya ibafasha kumenya amafaranga binjiza maze bibafashe kwizigamira no kubasha kwaka inguzanyo muri Banki.

Akomeza avuga ko nk’Ihuriro, bafite inshingano zo gukomeza kuyisobanurira abanyamuryango no kuyibakundisha bityo igihe cyose hazaba hamaze kunozwa imikorere n’imikoreshereze yayo bakazashishikariza buri mu Motari n’abagenzi kuyikoresha.

Ku bigendanye no kuba hari aba motari benshi bafite umwambaro ushaje “Jury”, Niyibizi  avuga ko nabo basanga ari ikibazo kubera ko hari bamwe usanga abagenzi binubira kujya kuri Moto zabo.

Cyakora akavuga ko abayobozi babo  ku urwego rw’igihugu bababwiye ko hariho ibiganiro n’ikigo gishinzwe kuyabaha,  kugira ngo haboneke andi mashya,  uretse ko  hari ngo na gahunda y’uko mu bihe bitaha Amahuriro azajya yikoreshereza imyambaro nabyo ngo birashoboka.

Ku bigendanye n’uko aba Motari bavuga ko baririrwa umutungo, BwanaNiyibizi Come,  abamara impungenge, ari nako ababwira ko Koperative zabo zicunzwe neza kubera ko nk’ihuriro  ribikurikirana umunsi ku wundi kugira ngo hato Abayobozi babo batirara, bikavamo  gukoresha nabi umutungo w’abanyamuryango bawujyana mu nyungu zabo bwite.

Iyi ni nzu Ihuriro ry’ubakiye uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi

ku bigendanye n’akarusho Ihuriro ryo mu Karare ka Gasabo ryaba ryisangije kurusha abo mu tundi turere, Bwana Niyibizi avuga ko mu byukuri bagerageza gukora ibishoboka byose kugira ngo Amakoperative bahagarariye akore neza kandi atange umusaruro ku banyamuryango kurusha ahandi.

Avuga ko bafite intego y’uko buri Koperative yagira inzu yayo ikoreramo bwite itarinze gukodesha ari nayo mpamvu hari Amakoperative agera ku 10 amaze kuyabona, bakaba bizera ko n’abasigaye mu bihe bya vuba bazaba bayabonye, ndetse n’ihurio ubwaryo ngo rikaba rifite ikizere cy’uko mu bihe bya vuba rizaba ryiyujurije inzu yaryo, rishingiye ahanini ku bikorwa by’ubucuruzi bashoyemo imari.

Avuga ko uretse  no kuba hari ubucuruzi bari gukora bwa kimwe mu bigo by’Ubwishingizi mu Rwanda banateganya  gushinga ubucuruzi bwa Papeterie na Pieces de rechanges.

Akandi karusho avuga kari mu Ihuriro rya Gasabo, ni uko bafite abagore bagera kuri 3 bakora akazi ko gutwara Moto,  hakaba hari n’abandi bagera ku 100 bamaze kwishyira hamwe bo mu murenge wa Kimihurura, kugira ngo bazagurirwe  Moto, bityo nabo batere ikirenge mucya bagenzi babo, nabo  batware za Moto nk’abasaza babo.

Ku bigendanye na Gahunda za Leta, Bwana Niyibizi, avuga ko aba Motari ari abantu bumva kandi bubaha gahunda zose za Leta  ku buryo uretse icyorezo cya Covid 19 cyashubije ibintu inyuma, ngo bajyaga bitabira umuganda ku kigero cyo hejuru bagakora ibikorwa byinshi kandi bitandukanye.

Cyakora na none  n’ubwo igihugu ngo kimaze igihe gihanganye n’icyorezo cya Covid 19 n’ingaruka zacyo,  ku bwitange ngo bw’abanyamuryango bibumbiye mu ma Koperative atandukanye babashije  kubakira abacitse ku Icumu rya Jenoside 2 banatanga inka 3 igikorwa bateganya ko kizanakomeza uko ubushobozi buzagenda buboneka.

Mu gusoza Bwana Niyibizi Come avuga ko bazakomeza gukora mu nyungu z’abanyamuryango bahagarariye nk’ihuriro ryo mu Karere ka Gasabo,  asaba abanyamuryango gukomeza gukorana neza n’amakoperative barimo,  abatarayajyamo bagashishikarizwa kuyayoboka  cyane ko ariho bahuriza imbaraga n’ibitekerezo nabo bakaza babunganira  babafasha mu bibazo bahura nabyo, byaba ibyo bagira muri Koperative no hanze yayo, haba muri Leta no mu bundi buzima busanzwe.

Ihuriro ry’abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri za Moto bo mu Karere ka Gasabo ryatangiye ibikorwa byaryo muri 2010, rigizwe n’Amakoperative 17 yibumbiyemo abanyamuryango bagera kuri 11,100.

Intego Nyamukuru y’Ihuriro bikaba ari uguhuza abanyamuryango na Koperative bakomokamo ndetse n’inzego bwite za Leta hagamijwe cyane  ko bakora banafite umutekano mu kazi kabo ka buri munsi.

Uwubakiwe amurikirwa inzu ku mugaragaro
ihuriro ryoroje Uwacitse kun icumu rya jenoside yakorewew abatutsi

Previous Post

Nyagatare: 120 Bahuguwe ku kwirinda no kuzimya inkongi y’umuriro

Next Post

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Centre Afrique yagiriye uruzinduko mu Rwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Centre Afrique yagiriye uruzinduko mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Centre Afrique yagiriye uruzinduko mu Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA