• Latest
Ubufatanye bwa Hotel 2000 na Kiyovu Sports butangiranye Umusaruro uri gushimwa na benshi

Ubufatanye bwa Hotel 2000 na Kiyovu Sports butangiranye Umusaruro uri gushimwa na benshi

November 3, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Ubufatanye bwa Hotel 2000 na Kiyovu Sports butangiranye Umusaruro uri gushimwa na benshi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
November 3, 2021
in izindi nkuru
0
Ubufatanye bwa Hotel 2000 na Kiyovu Sports butangiranye Umusaruro uri gushimwa na benshi
0
SHARES
328
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko Hotel 2000 igaragaje bidasubirwaho gushyigikira umupira w’amaguru w’u Rwanda igirana ubufatanye n’ikipe y’ubukombe  Kiyovu Sports, Ubuyobozi bwa Hotel buvuga ko igikorwa batangiye kiri gutanga umusaruro ushimishije,  bakaba bahamagarira abashoramari n’abandi bakunda umupira w’u Rwanda babishoboye kuba bagera ikirenge mu cyabo mu cya Hotel 2000,  kugira ngo amakipe yo mu Rwanda akinane ishyaka yizera neza ko ashyigikiwe.

Ubwo ikinyamakuru Igasabo cyasuraga iyi Hotel y’ikitegererezo mu mujyi wa Kigali no mu Rwanda muri rusange, Umuyobozi wayo Uwambajimana Callixte avuga ko Hotel yabo ubusanzwe irangwa no gutanga Service nziza inogeye abayigana,  cyane ko iherereye ahantu habereye mu buryo bwose bw’abagenda mu gihugu cy’u Rwanda, baba abanyamahanga n’abanyarwanda muri rusange,  ari nayo mpamvu bahisemo  guteza imbere umupira w’amaguru w’u Rwanda bahereye ku ikipe ya Kiyovu Sports ifite abafana benshi mu gihugu ikaba inakunzwe kugira ngo bibaye ngombwa, n’abayikunda bose nyuma y’imikino bajye baza muri Hotel 2000  kwirebera ibyiza bihaboneka.

Agira ati “Hotel 2000 ni  Hotel y’ikitegerezo muri uru Rwanda, ikaba igabanyijemo ibice bibiri by’ingenzi aribyo Restaurant nini izwi ku izina rya Bambou restaurent. Icyo gice kinini kikaba cyaratangiye gukora mu kwezi kwa 5 ko mu mwaka wa 2013 mu gihe igice cya Hotel nayo nini cyatangiye gukoreshwa mu kwezi kwa 8 muri  2015.  Ibyo bice byombi iyo bihujwe bikaba bihinduka Bambou Restaurent and Hotel Ltd.

Mu byukuri Twatangiye turi ku urwego rwa  Hotel ntoya y’Inyenyeri 2, muri kino gihe tukaba tugeze mu rwego rw’inyenyeri 4, ibyo  byose tukaba twarabigezeho tubikesha Imikorere myiza ya Hotel irangwa na Service ishimwa na benshi, Hotel ikaba ifite ibyumba 105 byisanzuye kandi bigari mu buryo utasanga ahandi.”

Bwana Uwambajimana Callixte, avuga ko ku bigendanye n’igice cya Hotel,  bafitemo ibyumba 31 binini cyane bibonekamo ibitanda 2 kandi bihora bishashe binatunganyijwe neza, hakaba ibindi 64 bigenewe kuraramo umuntu umwe ariko bifite ibitanda binini ndetse n’ibindi byumba 10 by’abanyacyubahiro bigizwe n’icyumba cy’uruganiriro, ibiro byo guteguriramo inama cyangwa amasomo, aho gukarabira, Telefoni Filigo n’ibindi byinshi by’umwihariko.

Avuga ko Hoteli yabo yakira abanyamahanga benshi bava muri Aziya, mu Burayi, Amerika n’abanyafurika benshi barimo abanya Kenya na Nigeriya.  Abo bose ngo bakaba banyurwa n’ibiryo by’amoko menshi biboneka muri Bambou Restaurent ya Hotel 2000, biriimo nk’umuceri n’inyama zitekanwa umwihariko utaboneka ahandi ku mugabane w’Afurika.

Agira ati” kubirebana n’ibiribwa n’uburyamo  muri Hotel yacu turi aba mbere. Ikindi ni uko  ibintu byose bikenerwa  n’abakiliya baramutse bashatse kubihaha,  turi ahantu babibona byose uko babyifuza cyane ko isoko rigari ry’Umujyi riri hafi yacu,  Super Market ya 2000 nayo ikaba iri hafi y’abakiliya ba Hotel.

Umuyobozi wa Hotel 2000 Bwana Uwambajimana Callixte

 ikindi twababwira ni uko dufite internet ya Mango 4G yihuta cyane utagira indi Hotel uyisangamo ikaba iri mu cyumba kinini gifite ubwisanzure.

 ikindi twakongeraho cy’akarusho ni  uko iyo uri muri Hotel 2000,  uba ureba umujyi  wose wa Kigali  mu biganza byawe, uba kandi  witegeye imisozi ya Shyorongi, Mont Jali,  Gatsata, Mont Kigali n’ibindi bice bitandukanye bikikije umujyi wa Kigali,  ibifasha abantu bacu  kuruhuka neza bityo bakazataha bafite inyota yo kuzagaruka vuba.”

Ku bigendanye n’abakozi ba Hoteli, Bwana Callixte avuga ko Hotel 2000 irangwa no kugira abakozi b’abahanga kandi bafite isuku n’ubunararibonye.

 Abo bakozi bose kugira ngo barusheho gutanga Servise iboneye,   bakaba bakora mu byiciro,  kugira ngo bajye bakora banaruhutse bihagije bafite n’imbaraga, akarusho   bakaba ngo  banahabwa ibigenwa n’amategeko byose by’umukozi,  bakanahabwa amafunguro igihe cyose bari mu kazi.

Ku bigendanye n’ubufatanye bw’ikipe ya Kiyovu Sports na Hotele 2000 , avuga ko mu byukuri  barebye   Ekipe ifite izina n’amateka mu Rwanda maze  bahitamo Kiyovu Sports, Ekipe  ikunzwe na  benshi  bakaba bariyemeje kuyifasha no kuyishyigikira bayifasha kugaruka mu bihe yahozemo cyera.

Avuga kandi ko  akurikije ishyaka bayibonanye ari naryo itangiranye Shampiyona, bizera badashidikanya ko  nta kabuza  ibikombe izabitwara kandi byinshi.

Avuga ko ubusanzwe abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu bacumbikirwa iminsi ibiri mbere y’uko bakina n’ikipe runaka,  bagahabwa amafunguro n’ibindi byangombwa byose bikenrwa, nta mushahara ngo babagenera kubera ko ubuyobozi bw’ikipe yabo buba bwabibatunganyirije mu buryo bwiza.

Ikindi ni  uko bagiranye amasezerano ngo y’umwaka azagenda avugururwa igihe cyose, bakazakomeza kandi gukorana neza n’ikipe ya Kiyovu Sports.

Asoza asaba abantu  kugana Hotel 2000 ari benshi kugira ngo bahabwe Servise iboneye badashobora gusanga ahandi,  na cyane ko abanyarwanda bagana Hotel 2000,  bagabanyirizwa igiciro kugeza kuri 50%  ugereranyije n’abanyamahanga.

Ni muri urwo rwego kandi asaba n’abandi baterankunga babishoboye gushora imari yabo  mu gushyigikira umupira w’amaguru n’indi mikino mu Rwanda kugira go kugira ngo ibashe kuva ku rwego iriho ibashe kugera ku urwisumbuye kurushaho.

Ku bigendanye na Service nziza zitangirwa muri Hotel 2000 n’uburyo abakozi bayo bakora neza uko bikwiriye,  bisobanurwa na none na Cynthia Buramba ushinzwe kwakira no kuyobora abagana Hotel bose uvuga ko yishimiye cyane  kuba akora Muri Hotel y’ikitegererezo ishimwa na benshi bayigana,  bityo nawe akaba yizeza abantu bose kuzakomeza kubona Servise nziza,  cyane ko we na bagenzi be ari cyo bashinzwe.

Agira ati “maze igihe nkora muri iyi Hotel nkaba ari naho natangiriye imirimo yo gukora ibigendanye n’Amahotel, gusa kubera amahugurwa tugenerwa n’Ubuyobozi bwacu kandi kenshi,  maze kugira nanjye uburambe mu buryo bwose bumfasha  twakira abakiriya bose  batugana baba abavuye mu mahanga no mu gihugu cyacu bagataha bishimiye uburyo bwiza bakiriwemo.”

Cynthia Buramba,  avuga ko bishimira uburyo Hotel bakorera iborohereza mu kazi kabo ka buri munsi, aho babafasha gukorera mu byiciro,  ku buryo umuntu akora amasaha icyenda gusa  maze akajya kuruhuka, bityo akazagarukana imbaraga zihagije zo gukora akazi mu buryo butunganye.

Ikindi  Cynthia Buramba avuga,  ni kubirebana n’imikoranire myiza hagati yabo n’Ubuyobozi bwabo,  bakaba bishimira ko bagenerwa umushahara mwiza ugeretseho n’agahimbazamusyi hashingiwe ku buryo hotel yabo iba yungutse.

Asaba abakozi bagenzi be gukomeza kurangwa n’ikinyabupfura mu kazi batanga Service nziza uko bisanzwe bakumva ko umukiliya Umwami, bityo bagakora buri gihe bitanze baharanira ko Hotel bakorera ikomeza gutera imbere no kugera ku musaruro ushimishije bityo nabo bakabona umushahara utubutse uzabafasha kwiteza imbere mu bihe bya none nibizaza.

Cynthia Buramba Umukozi wa Hotel 2000

Hotel 2000 ni Hotel y’ikitegererezo kandi igendanye n’ibihe bigezwe nk’uko Abayoobzi n’abakozi bayo babisobanura.

Yatangiye ibikorwa byayo mu 2013, ikaba ihereye mu mujyi wa Kigali rwagati  ibintu bifasha  abayigana bose  kubona ibyo bakeneye byose mu buryo bworoshye.

 Kuba Hotel 2000 yaragiranye ubufatanye n’ikipe ikunzwe na benshi ya Kiyovu Sports, bikaba ngo biri kuyongerera agaciro no gukundwa na bose ariyo mpamvu ubuyobozi bwayo  busaba ababishoboye bose kujya baza gusohokera no kwiyakirira muri Hotel 2000 kugira ngo bahabwe Servise ibanogeye uko babyifuza.

bifuza ibindi bisobanuro bakaba bahamagara kuri 0787791631 maze mukakirwa neza.

Previous Post

Mu mwaka 2020 COPEDU Plc yungutse arenga miliyari imwe n’igice y’Amafaranga y’u Rwanda

Next Post

Ambasade y’u Bushinwa yahaye Imbuto Foundation miliyoni 30 Frw yo kwishyurira abanyeshuri batishoboye

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ambasade y’u Bushinwa yahaye Imbuto Foundation miliyoni 30 Frw yo kwishyurira abanyeshuri batishoboye

Ambasade y’u Bushinwa yahaye Imbuto Foundation miliyoni 30 Frw yo kwishyurira abanyeshuri batishoboye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA