• Latest
Kigali Leading TVT School  amahirwe menshi ku banyeshuri  bahiga  yo kujya kwimenyereza ibyo bize mu bihugu byo hanze

Kigali Leading TVT School amahirwe menshi ku banyeshuri bahiga yo kujya kwimenyereza ibyo bize mu bihugu byo hanze

October 22, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Kigali Leading TVT School amahirwe menshi ku banyeshuri bahiga yo kujya kwimenyereza ibyo bize mu bihugu byo hanze

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
October 22, 2021
in izindi nkuru
0
Kigali Leading TVT School  amahirwe menshi ku banyeshuri  bahiga  yo kujya kwimenyereza ibyo bize mu bihugu byo hanze
0
SHARES
837
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ishuli Kigali Leading TVT School, riherereye mu Karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. Uretse kuba ari ryo ryonyine  ritanga ubumenyi mu masomo y’imyuga n’ubumenyi bugezweho afasha abana baharangije guhita babona akazi bidatinze, abahiga nabwo bahabwa amahirwe asesuye yo kujya kwimenyereza umwuga w’ibyo bize mu mu bihugu byo hanze bifitanye umubano wihariye n’iryo shuri.

 Ni amagambo atangazwa na Bwana Maboyi Amrani, Umuyobozi Mukuru akaba na nyiri ishuri rya Kigali Leading Tvt School uvuga ko kuva icyo kigo cyashingwa muri 2003,  abahiga bose bakunze kurangwa no kugira ubwenge bwihariye.

 Avuga ko ibyo byose bituma abaharangiza bose mu masomo atandukanye usanga barwanirwa n’ibigo bibifuza,  kugira ngo babashe ahanini kunganira abakozi babo  mu bumenyi baba bakuye muri Kigali Leading Tvt School ndese n’aho baba barakoreye amahugurwa yo kwimenyereza umwuga mu bigo bikomeye byo   hanze nko mu birwa bya Maurce, mu minsi mike bakazajya banahugurirwa no mu gihugu  cy’Ubwami bw’Abahorandi.

Bwana Maboyi Amrani,  avuga ko ishuri ryabo ari ikitegererezo mu mujyi wa Kigali kandi ko rimaze  kugera kuri byinshi mu buryo bugaragara ahanini bitewe no gutanga ireme ry’uburezi ryiza,  bikaba bituma abana baharangije byibura 45% babona akazi mu ma Hoteli akomeye abandi nabo bagafashwa kwihangira imirimo n’ikigo cyabo.

Agira ati ” abana barangiza hano baba ari abahanga cyane ku buryo bahita banabona akazi mu mahoteri akomeye,  ahanini bitewe n’uko uretse n’amasomo ahagije bafatira hano banajya mu myimenyerezo mu bihugu dufitanye ubufatanye nk’Ibirwa bya Maurice mu minsi ishize tukaba twaroherejeyo abagera kuri 150, tukaba turi gushaka n’uburyo twazajya tubohereza no mu gihugu cy’Ubuhorandi na cyo dufitanye ubufatanye  ku buryo muri ino minsi , intumwa zabo zigiye kumara iminsi 20 hano ku ishuri  baganiriza abana,  babungura ubumenyi ku byo biga. Igikorwa bari gukora kikaba gishimishije kandi kigamije no kuzamura ireme ry’uburezi butangirwa hano.

Avuga ko mbere y’uko abo bana burira indege bagiye muri ayo mahugurwa,  babanza kubakoresha igisa n’ingando  imara iminsi 45 bagamije ahanini kubasobanurira neza akazi bagiyemo.

Muri izo mpanuro ngo ikigo kibabwira ko bagomba kumenya y’uko bagiye nk’intumwa zihagarariye u Rwanda, bakaba bagomba kuruhesha ishema biga neza ibyo bazahugurwamo,

Babasaba kandi kwirinda kurangazwa  n’ibyo basanze no kutiyandarika,  kugira ngo bazazane impamba ihagije y’amasomo y’ibyo bagomba gushyira mu bikorwa  igihe cyose bazaba batangiye gukora akazi, aho bazakenerwa mu gihugu hose ndetse no hanze yacyo.

Bwana Maboyi, yishimira ko Leta y’u Rwanda yakoze ibintu byiza ubwo yashyiragaho amashuri y’ubumenyi ngiro TVT zifasha abana kwiga imyuga izabafasha kuzibeshaho banihangira imirimo ku gira ngo babyaze umusaruro amasomo baba barahawe birumvikana.

Bwana Maboyi Amrani Umuyobozi Mukuru akaba nyiri Kigali Leading TVT School

Ku bigendanye n’ishuri rya Kigali Leading Tvt School, avuga ko ryashinzwe n’abagabo babiri  mu 2003, nawe aza gufatamo imigabane ariko nyuma aza kugura ya migabane yabo yose,  bityo ishuri aryegukana burundu na cyane ko ryakoreraga mu cyahoze cyitwa ETM Muhazi, ishuri ryari ryarashinzwe n’umubyeyi we Maboyi Haruna mu 1980 nyuma y’uko yambuwe na kimwe mu bigo by’ubwishingizi bya Leta agera ku bihumbi 80 mu igaraji yari ahafite, akaza kwiyemeza kwigira mu burezi igitekerezo ngo  yagize ubwo yari yagiye kuruhukira kuri Muhazi ari naho yavanye igitekerezo cyo kwita iryo shuri “Ecole Thnique  Muhazi.”ryaje gusimburwa na Kigali Leading Tvt School rigezweho kino gihe.

Avuga ko kuva yakwegukana Kigali Leading Tvt School,  buri gihe aharanira inyungu z’ishuri, muri rusange  abana bakaba babona ibikoresho byose bikenewe ndetse bagahabwa n’abarimu b’abahanga kandi b’inararibonye, kugira ngo batange uburezi bwiza bategerejweho bakahembwa neza uko bikwiriye kandi ku gihe.

Avuga ko imigambi afitiye ishuri ari ugukomeza gutanga ireme ryiza ry’uburezi, aho birinda  gufatanya iby’amasomo na Business ku buryo amafaranga y’ishuri agomba gukoreshwa mu burezi bwonyine ari nayo nama aha bagenzi be bafite ibigo by’amashuri yigenga, yo  kudashyira imbere inyungu zabo, ahubwo bagaharanira ko abana babo bahabwa uburezi buhamye buzabafasha kubaka igihugu mu bihe biri imbere.

Bwana Maboyi avuga ko n’ubwo ikigo cyabo muri rusange kigisha neza, ari nako  giharanira kugira abana b’abahanga kandi bagendanye n’isoko ry’umurimo riri hanze aha,   Icyorezo cya Covid 19 ngo cyabakoze mu nkokora,  ibyatumye mu mwaka wa mashuri ushize nta bana bakoze ikizamini cya Leta.

Cyakora mu mwaka wa 2018, abana bose ngo bari bakoze ikizamini cya Leta,  bakaba baratsinze  bose 100%,  ari ayo ntego batangiranye uyu mwaka wa mashuri wa 2021-2022.

Ikindi Bwana Maboyi avuga ni uko Kubera icyorezo cya Covid 19 hari amadeni ya Banki bafashe ubwo bari  bari mu gikorwa cyo kwagura amashuri, bakaba icyo gihe bari batarabasha kurangiza neza kwishyura, gusa bagashimira UNGUKA Bank bakorana,  ngo yabagendesheje gake gashoboka kubigendanye no kwishyura nguzanyo babahaye,  muri kino gihe bakaba  bamaze  kwishyuraho 20%

Asoza ashima Leta y’u Rwanda yabashyiriyeho amashyri ya TVT, agamije gutanga ubumenyi ngiro kubera ku banyeshuri, TVT ikaba iri gutanga  umusaruro ngo uhagije uri gufasha abana kubona akazi cyeza kandi bakabasha no kwihangira akabo.

Gusa asaba Leta kujya igerageza gufata amashuri yigenga kimwe n’ayayo , ku buryo nko mu gihe batanze ibitabo na Mudasobwa cyangwa se igihe nabwo bari gusana Amashuri,  nabo nk’abigenga bakaba ngo  basanirwa,   kubera ko  abo bana barera bose ari ab’igihugu   bakaba bashinga ayo mashuri  bagamije gutanga umusanzu  mu burezi bw’u Rwanda,  ku buryo Leta nayo  itakagombye kwirengagiza ubwo bushake  ngo ishidikanye  kubunganira mu bikorwa byabo bya buri munsi,  bigamije gushyigikira no kuzamura ireme ry’uburezi.

Ku bigendanye n’Ireme ry’uburezi riri hejuru ritangirwa muri Kigali Leading TVT School n’uburyo abana baharangiza hafi ya bose bashimirwa cyane n’ibigo bitandukanye bibakira,  bishimangirwa na none na Bwana Tuyizere Alphonse Umuyobozi w’Ishuli “Master”, uvuga ko kuva Kigali Leading Tvt School yashingwa,  yaranzwe ahanini no kugira abana b’abahanga kandi bakunzwe ku isoko ry’umurimo.

Tuyizere Alphonse Umuyobozi w’Ishuri

Agira ati “iri ni ishuri ryishimiwe n’abantu benshi,  kubera ahanini ibintu bine by’ingenzi bikurikira ; Kuba ishuri rifite abana b’abahanga, Kuba rifite abarimu b’abahanga bafite ubumenyi bwihariye n’ubunararibonye mu byo bigisha, kuba ari ishuri ryubatse mu murwa mukuru w’u Rwanda kandi ryegereye umuhanda mukuru.”

Avuga kandi ko ibindi bituma ababyeyi bari kuzana abana babo ku ishuri ari benshi muri kino gihe cy’itangira ry’amashuri,  babiterwa n’ubuhamya ubwabo bagenda babona bw’abaharangije bakaba bafite akazi mu ma Hoteri atandukanye kandi akomeye,  mu bigo  by’ubukerarugendo no mu ma Garage,  hakiyongeraho no kuba abana bajya kwihugurira mu bihugu byo hanze kugira ngo babashe gushimangira no kunoza ibyo baba bigiye mu Rwanda.

Kigali Leading TVT School, akavuga ko ifite amashami y’ikiciro  cy’amashuri y’isumbuye ariyo : Gukora mu ma Hoteli “Hoterelies”, Ubukerarugendo “Toursm”, Gukora no kumenya gahunda za Mudasobwa ” Computer Application and Software Development” n’ubukanishi bw’amamodoka Mecanique Automobile, hakaba hari n’abiga igihe gito cy’umwaka cyangwa amezi 6 Short Corse,  mu bigendanye n’ama Hoteri cyangwa ubukanishi bw’imodoka.

ikindi avuga ni uko uretse amasomo asanzwe  n’amahugurwa yo hanze bahabwa,  banafite abafatanyabikorwa mu byiciro by’amahoteri, ama garaji n’ibigo by’ubukeraruendo kugira ngo abana babashe kubona imyitozo ihagije mu byo biga.  Igishimishije nyuma y’ibyo , abana bakaba ngo bakunze guhabwa akazi n’ibyo bigo baba bihuguriyemo.

Avuga ko Kigali Leading Tvt School, bafite ibikoresho n’imfashanyigisho zihagije haba mu igaraji n’ ibya ICT bakanagira kandi n’isomero Library rifasha abana kwiyungura ubumenyi no gukora ubushakashatsi.

Ikindi avuga,  ni abarimu b’abahamga bafite ubunararibonye kandi bose bafite ibyiciro bya Kaminuza mu masomo bigisha,  ari nayo mpamvu ikigo cyabo kirangwa n’abana b’abanga batsinda neza kandi bakagaragaza umusaruro uhagije iyo bagiye mu kazi ahariho hose.

Umunyeshuri wa Kigali Leading TVET School

Ku bigendanye n’ishami ry’ubukerarugendo,  avuga ko bashyizeho mu kigo cyabo ibimenyetso by’ibirunga byo mu Rwanda, kugira ngo abahagenda bavuye hanze y’igihugu  bajye bahita babona ishusho y’ibirunga by’u Rwanda bityo babe babisura, ariko  babizi neza.

Avuga ko mu minsi mike,  mu kigo haraba hagaragara kandi n’amoko y’inyamaswa z’inkazi ziboneka muri za Parki zo mu Rwanda nk’intare inkura, ingagi,  ingwe n’ibindi byose bigamije kumenyekanisha ubwiza bw’u Rwanda, ibigendanye n’ishami ry’ubukerarugendo bafite.

Bwana Simpunga Juvenal,  Umwarimu akaba anashinzwe amasomo kuri Kigali Leading Tvt  Schhool unahamaze imyaka 8,  yishimira cyane kuba yarahisemo neza akigisha kuri iryo shuri rifite ibisabwa byose kugira ngo umwarimu atange amasomo neza uko abyifuza.

Avuga ko ibanga bakoresha kugira ngo abana batsinde neza amasomo ari imyitozo myinshi baha abana kandi bakabakundisha amasomo ari nako babatera amatsiko yo kuzaryoherwa n’akazi igihe cyose bazaba basoje amasomo yabo.

Asaba abanyeshuri gukomeza kwigana umwete no kurangwa n’ikinyabupfura igihe cyose,  kandi bakazajya barangwa n’ubunyamgamugayo igihe cyose bazaba barageze mu mirimo bazashingwa mu mpande zitandukanye z’igihugu.

Nyiramana Aline ni umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatanu ishami ry’ubukerarugendo.

 Avuga ko kuva yagera kuri Kigali Leading Tvt School yahagiriye ibihe byiza cyane.  Bitewe ahanini no kugira abarimu b’ababahanga n’Ubuyobozi bw’ikigo  bubaha ibikoresho byose bikenerwa bibafasha mu masomo yabo,  bityo bikabafasha gutsinda neza amasomo ku buryo ku giti cye atajya arenga umwanya wa kabiri, akaba yaranimutse afite amanota 85% yose.

Yishimira ko ikigo cyabo gifasha cyane  abana b’abahanga kubona Boursses  zibajyana kwiga hanze no mu Rwanda muri rusange n’abandi bagafashwa kubona akazi mu bigo bitandukanye cyangwa bagafashwa kwishyira hamwe bakanihangira imirimo.

Avuga ko yifuza gukomeza kwiga neza mu gihe yazasoza amaso ye akaba yifuza kuzaba umuntu utwara ba Mukerarugendo abasobanurira ibyiza by’u Rwanda,  nyuma yaho ngo namara kubona amikoro akazatangira kwikorera ku giti  ke

Asoza ashishikariza bagenzi be b’abanyeshuri, kwiga neza no gukomeza kurangwa n’imyifatire myiza kugira ngo umusaruro igihugu kibategerejeho uzabe mwinshi igihe cyose  bazaba baratangiye gushyira mu bikorwa ibyo bazaba barize.

Umwarimu akaba anashinzwe amasomo, Bwana Simpunga Juvenal

Kigali Leading TVT School nk’uko risobanurwa n’Ubuyobozi bukuru bwayo,  abarimu n’abaharererwa, ni Ikigo cy’ikitegererezo kigisha kikanatanga amasomo agendanye n’ibihe isi ya none ikeneye ariyo : Amahoteri, Ubukerarugendo, ibigendanye no gukora Porogaramu za Mudasobwa, n’ubukanishi bw’amamodoka, bakaba bigisha n’amasomo y’igihe cy’umwaka n’icy’amezi atandatu Short Corse kandi bagafasha abahiga kubona amahugurwa no kwimenyereza mu buryo bworoshye.

Kigali Leaning Tvt School, Ni kigo giherereye mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Gitega mu mujyi wa Kigali,  ahahoze ishuri rya ETM  hafi neza ya SKY Hotel.

 Abifuza kujyana yo abanyeshuri kubera ko imyanya igihari cyangwa no gusobanuza ibindi bakeneye, bashobora guterefona kuri 0788861775, 0785740449 maze  bakakirwa neza n’ababishinzwe.

Previous Post

Denise Nkurunziza Yagiye Kuyagira Janet Magufuli

Next Post

Abamotari bahawe umwambaro mushya na Airtel Rwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Abamotari bahawe umwambaro mushya na Airtel Rwanda

Abamotari bahawe umwambaro mushya na Airtel Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA