• Latest
Mugabo Nizeyimana Olivier yavuze imigabo n’imigambi afitiye FERWAFA ahatanira kuyobora (AMAFOTO)

Mugabo Nizeyimana Olivier yavuze imigabo n’imigambi afitiye FERWAFA ahatanira kuyobora (AMAFOTO)

June 20, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Mugabo Nizeyimana Olivier yavuze imigabo n’imigambi afitiye FERWAFA ahatanira kuyobora (AMAFOTO)

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 20, 2021
in izindi nkuru
0
Mugabo Nizeyimana Olivier yavuze imigabo n’imigambi afitiye FERWAFA ahatanira kuyobora (AMAFOTO)
0
SHARES
591
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko Komisiyo y’amatora mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA itangarije urutonde ntakuka rw’abakandida bahatanira kuyobora iryo shyirahamwe, Mugabo Nizeyimana Olivier, umwe mu bakandida bari kwiyamamaza, amaze gushyira ku mugaragaro imigabo n’imigambi ashyize imbere, we n’abagenzi be izabafasha guteza imbere kurushaho FERWAFA igihe baramuka bagiriwe ikizere bagatsinda amatora.

NGIYI IMIGABO  N’IMIGAMBI  YA MUGABO  NIZEYIMANA  Olivier N’ABO  BAZAFATANYA  MU KWIYAMAMARIZA  KUYOBORA FERWAFA:

Marcel HABYARIMANA, Visi Perezida

Kuva  umupira  w’amaguru  watangira  gukinwa  mu  Rwanda,  hagiye habaho gahunda zitandukanye zo kuwuteza imbere ariko kugeza n’uyu munsi bigaragara ko utaragera aho twifuza.

Ntabwo dushidikanya ko u Rwanda rufite impano nyinshi mu mupira w’amaguru,     ,gusa   bikaba   bisaba   imitegurire   myiza   kugirango   u Rwanda rube kimwe   mu bihugu bifite umupira mwiza kandi utanga umusaruro .

Dusubiye ku mateka, kuva mu w’1972 ubwo FERWAFA yemererwaga gutegura    amarushanwa, umupira    w’amaguru    wakomeje    kuba umukino ukunzwe kurusha iyindi ariko urwego rwawo rukomeza kuba hasi  cyane  aho  bakinnye  imyaka  myinshi  nkabatarabigize  umwuga (amateur)

Nyuma       ya       jenoside       yakorewe       abatutsi,leta       y’ubumwe bw’abanyarwanda  yubatse bundi bushya inzego zitandukanye zirimo n’umupira  w’amaguru  wavuye  kiu  rwego  rwabakina  nkabatarabigize umwuga ugera ku rwego rwababigize umwuga mu cyiciro cy’abagabo .

Gusa inzitizi ku iterambere ry’umupira w’amaguru ziracyari nyinshi:

•             Amategeko  n’amabwiriza  bitajyanye  n’imicungire  ndetse n’imiyoborere y’umupira w’amaguru mu buryo bugezweho.

•             Kutagira   gahunda   y’iterambere   y’umupira   w’amaguru irambye n’ubushobozi budahagije ku bawucunga.

•             Isura   y’urwego   rw’imiyoborere   y’umupira   w’amaguru idakunze       kugaragara       neza       ku       banyamuryango n’abafatanyabikorwa.

•     Ibikorwa remezo by’umupira w’amaguru bidahagije .

•             Ubushobozi bucye mu micungire n’imiyoborere y’umupira w’amaguru

Mu  gihe  twaba  tugiriwe  icyizere  n’abanyamuryango  ba  FERWAFA, tuzibanda kuri ibi bikurikira :

1.      IMIYOBORERE, AMATEGEKO N’UMUTEKANO

  1. A) IMIYOBORERE:
  • Gushyiraho  umuyoboro  unoze  wo  guhana  amakuru  hagati y’abanyamuryango na komite nyobozi
  • Kunoza no guhuza imiterere y’abanyamuryango ba Ferwafa (gukurikirana ku buryo bwa hafi kandi buhoraho imibereho n’amakimbirane mu makipe)
  • Gushyiraho   gahunda   inoze   y’imicumgire   y’abakozi   muri Ferwafa no kubishishikariza abanyamuryango.
  •    Kugerageza            kubyaza            umusaruro            gahunda z’abafatanyabikorwa    zihari    mu    iterambera    ry’umupira w’amaguru
  • Gukomeza   gutsura   umubano   mwiza   dufitanye   n’inzego z’umupira   w’amaguru   nka   CECAFA,   CAF,   FIFA   ndetse n’ubufatanye n’andi mashyirahamwe
  •   Gukomeza imikoranire ya Ferwafa n’ubuyobozi bw’amakipe hagamijwe gufatira ingamba ibibazo bibangamira iterambere ry’umupira,ibibazo by’amikoro n’imicungire myiza n’ibindi.
  •   Gushyiraho   urubuga   nyuguranabitekerezo   ku   iterambere ry’umupira w’amaguru .
  • Kunoza imicungire no guha umurongo w’imikorere amakipe y’igihugu
  1. B) AMATEGEKO:

Me UWANYIRIGIRA Delphine,  Komiseri ushinzwe Amategeko

–              Kuvugurura     amategeko     amwe     n’amwe     ya     Ferwafa atakijyanye n’igihe no kuziba ibyuho biyarimo hashyirwaho amashya aho biri ngombwa

–              Gushyiraho urwego rwigenga rwo gukemura amakimbirane rugaragaramo ibyiciro cyose

–              Kunoza   ishyirwamubikorwa   ryitangwa   ry’ibyangobwa   ku banyamuryango  ribemerera  Kwitabira  amarushanwa  (club licencing).

–              Gishyiraho      uburyo      n’umurongo      bw’imicungire      ya shampiyona.Ligues  mu  cyiciro  cya  mbere  n’icya  kabiri  ) bifasha amakipe kugira ubushobozi bwisumbuye .

  1. C)  UMUTEKANO N’IMYITWARIRE KUBIBUGA:

IP UMUTONI Claudette, Komiseri ushinzwe Umutekano

–     Kubugabunga umutekano ku bibuga biberaho imikino

–     Kubugabunga umutekano w’amakipe asura u Rwanda

–     Gusaba  buri  club  gushyiraho  ushinzwe  umutekano  nkuko Komiseri ushinzwe Amarushanwa

–              Gutegura  neza  no  kubahiriza  ingengabihe  y’amarushanwa y’imbere mu gihugu hitawe ku ngengabihe za CECAFA, CAF na FIFA.

–        Kumanura amarushanwa ku rwego rw’Intara mu bakiri bato.

–        Guhugura  abakozi  bashinzwe  gutegura  amarushanwa  mu makipe.

–        Kunoza  no  kwihutisha  uburyo  bwo  gutanga  ibyangombwa (licences) na transfert by’abakinnyi

–        Kwihutisha       itangwa       ry’ibyangombwa  by’abitabira amarushanwa  ya  FERWAFA  hifashishijwe  ikoranabuhanga (logiciel y’imicungire ya championnat).

–        Gukurikirana     imigendekere     y’amarushanwa     ategurwa na   Ferwafa   ku   buryo   bwa   hafi   hagamijwe   gukumira amakimbirane n’impaka bikunze kugaragara ku bibuga.

–        Gushyiraho         uburyo         bw’amarushanwa         y’ibyiciro bitandukanye ku batarabigize umwuga

–        Gutegura     andi     marushanwa     y’inyongera     kugirango hamenyekane izindi mpano mu gihugu

–        Gutangiza   igiciro   cya   3   no   gukurikirana   amarushanwa ategurwa n’izindi nzego .

2.      GUTEGURA AMARUSHWANWA

GASANA Richard Komiseri ushinzwe Amarushanwa

–              Gutegura  neza  no  kubahiriza  ingengabihe  y’amarushanwa y’imbere mu gihugu hitawe ku ngengabihe za CECAFA, CAF na FIFA.

–        Kumanura amarushanwa ku rwego rw’Intara mu bakiri bato.

–        Guhugura  abakozi  bashinzwe  gutegura  amarushanwa  mu makipe.

–        Kunoza  no  kwihutisha  uburyo  bwo  gutanga  ibyangombwa (licences) na transfert by’abakinnyi

–        Kwihutisha       itangwa       ry’ibyangombwa       by’abitabira amarushanwa  ya  FERWAFA  hifashishijwe  ikoranabuhanga (logiciel y’imicungire ya championnat).

–        Gukurikirana     imigendekere     y’amarushanwa     ategurwa na   Ferwafa   ku   buryo   bwa   hafi   hagamijwe   gukumira amakimbirane n’impaka bikunze kugaragara ku bibuga.

–        Gushyiraho         uburyo         bw’amarushanwa         y’ibyiciro bitandukanye ku batarabigize umwuga

–        Gutegura     andi     marushanwa     y’inyongera     kugirango hamenyekane izindi mpano mu gihugu

–        Gutangiza   igiciro   cya   3   no   gukurikirana   amarushanwa ategurwa n’izindi nzego .

3.      TEKINIKI N’ITERAMBERE RY’UMUPIRA W’AMAGURU

NKUSI Edmond Marie, Komiseri ushinzwe Tekiniki n’Iterambere ry’umupira

–              Gutegura no gushyira mu bikorwa gahunda y’igihe kirambye y’iterambere ry’umupira w’amaguru.

–              Gutegura  amarushanwa  ngarukamwaka  mu  byiciro  byose u-13, 15, 17, 20 & 23 mu bagore no mu bagabo;

–              Gushyigikira,  guhugura  no  guteza  imbere  amarerero  no kunoza imikorere yayo.

–              Kongerera    ubumenyi    n’ubushobozi    abatoza,    abasifuzi n’abaganga    b’amakipe    y’abana    n’abakuru    no    kongera umubare wabo mu byiciro bitandukanye.

–              Abatoza     ku     buryo     bw’umwihariko     bazashishikarizwa gutanga  umusanzu  wabo  kugirango  urwego  rw’umupira abanyarwanda  bifuza  kubona  mu  kibuga  rugerweho  kuko aribo barimu.

–              Gutegura ibikorwa ngarukamwaka bya Grassroots bikundisha umupira abana bakiri bato .

4.            UBUKUNGU      NO      KONGERERA      ABANYAMURYANGO UBUSHOBOZI:

 HABIYAKARE Chantal,  Komiseri ushinzwe Imari

–              Kunoza      imicungire      y’      umutungo           hakoreshejwe ikoranabuhanga rigezweho

–              Kubyaza  umusaruro  ibikorwa  remezo  by’urugaga  (Ibibuga, Hotel izuzuzwa muri iyi myaka ine iri imbere)

–        Kumurikira   abanyamuryango   imikoreshereze   y’umutungo

 –        Kongerera    abanyamuryango    ubushobozi    binyuze    mu mahugurwa   y’icungamutungo   n’ayo   gukorwa   inyandiko ngenderwaho zibafashishwa mu gushaka abaterankunga.

5.      ITERAMBERE RY’UMUPIRA W’ABAGORE:

TUMUTONESHE Diane Komiseri ushinzwe Iterambere ry’umupira w’abagore

–        Ubukangurambaga mu gushishikariza ababyeyi gukundisha abana b’abakobwa umupira w’amaguru

–        Kuzamura urwego rw’umupira w’abagore tuwutegura kuba uwabawugize umwuga

–        Gushakikira umupira w’amaguru w’abagore abaterankunga

–        Kongera   umubare   w’abatoza   n’abasifuzi   b’abagore   no kongerera ubushobozi abahari

6.            GUSHAKA     ABATERANKUNGA     NO     KUMENYEKANISHA IBIKORWA (MARKETING & SPONSORSHIP).

Arthur CYAMWESHI, Komiseri ushinzwe Imenyekanishabikorwa:

–        Gushyiraho ingamba n’amabwiriza y’imenyekanishabikorwa ry’umupira w’amaguru .

–        Gushaka   abaterankunga   b’icyiciro   cya   mbere   n’amakipe y’igihugu

–        Gushaka abaterankunga b’amakipe y’abagore n’icyiciro cya 2 cy’abagabo hifashishijwe gahunda za Leta zihari n’abandi bafatanyabikorwa;

 –             Kwegera  no  kuganira  n’abashoramari  mu  kumenyekanisha ibyo bakora binyuze mu mupira w’amaguru.

–        Kunoza uburyo bw’imyishyurize bwa e-ticketing ku bibuga

–        Kunoza  uburyo  bwo  guhererekanya  amakuru  hifashishijwe itumanaho  rigezweho  (Website  ikavururwa  kandi  igakora, twitter, facebook, youtube…)

7.      GUTEZA IMBERE UBUVUZI

Lt. Col Dr GATSINZI Herbert,  Komiseri ushinzwe Ubuvuzi

–              Guhangana  nikibazo  cy’ibyorezo  nka  Covid-19:  Guteganya uburyo   Amarushanwa   y’umupira   yazajya   akomeza   no mugihe cy’ibyorezo.

–              Guhagurukira    kurwanya    ibiyobyabwenge    mu    mukino w’umupira wamaguru mugihugu hose.

–     kongerera ubushobozi Rehabilitation centre ya FERWAFA

–     Gushyiraho uburyo bugabanya imvune mubakinnyi zikomoka ku myityozo, n’amahugurwa ku mirire iboneye ku bakinnyi .

–     Gushyiraho       no       gukurikirana       imikorere       y’ivuriro ry’icyitegererezo ryita ku buzima bw’abakinnyi ku bufatanye na CAF n’ibitaro binyuranye.

8.      GUTEZA IMBERE IMISIFURIRE Y’UMUPIRA W’AMAGURU

–              Gutegura    no    kongera    amahugurwa    ku    basifuzi    ,aba komiseri,abarimu (instructors)no kubashakira ibikoresho .

–              Gushyiraho    uburyo    bunoze    bw’isuzumabushobozi    ku basifuzi bubafasha kuzamura u rwego rwabo no kuzamura mu ntera .

–     Gushakisha amikoro hagamijwe kuzamura uduhimbazamutsi

Previous Post

“Ubumwe bw’abakristo niyo nshingano y’ibanze mu Itorero INKURU NZIZA mu Rwanda” Pastor Juvenal

Next Post

Alpha Community Academy welcomes all children in ‘Kids Summer Camp’

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Alpha Community Academy welcomes all children in ‘Kids Summer Camp’

Alpha Community Academy welcomes all children in 'Kids Summer Camp'

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA