• Latest
Abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru bigatuma ibikorwa byo mu turere bahagarariye bigera kuri benshi

Abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru bigatuma ibikorwa byo mu turere bahagarariye bigera kuri benshi

December 28, 2020
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru POLITIKE

Abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru bigatuma ibikorwa byo mu turere bahagarariye bigera kuri benshi

admin by admin
December 28, 2020
in POLITIKE
0
Abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru bigatuma ibikorwa byo mu turere bahagarariye bigera kuri benshi
0
SHARES
651
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Tumaze igihe kinini twitegereza uburyo abayobozi b’uturere dutandukanye hano mu Rwanda bakorana n’itangazamakuru mu rwego rwo kugaragaza ibyo bakorera abaturage ndetse no kumenyekanisha gahunda ziri mu Turere bayobora maze tubategurira abayobozi 10 b’uturere bagerageje gukorana n’itangazamakuru neza.

Bamwe mu bayobozi b’uturere bagiye banengwa gukorana nabi n’itangazamakuru,harimo gusuzugura umunyamakuru ubasabye amakuru,kwanga kwakira abanyamakuru mu turere bayobora,ndetse no kwica nkana uburenganzira bwo gutanga amakuru bitwaza ko ntacyo umunyamakuru yabatwara,ni muri urwo rwego ikinyamakuru igisabo twakoze ubugenzuzi n’ubusesenguzi maze tubona ko hari abayobozi b’uturere bamaze ku menya akamaro k’itangazamakuru maze bagerageza no gukorana naryo nk’ijwi rigera kure,rikumvwa na benshi kandi rikagirirwa ikizere na rubanda.

Uru rutonde twarukoze tudahereye kuwa mbere,kandi ntibivuze ko n’abandi bakoze nabi ahubwo aba ni bamwe mu bagerageje guha agaciro itangazamakuru mu buryo bugaragarira buri wese ,gutanga amakuru igihe cyose ayasabwe,ndetse no kwiyambaza itangazamakuru kugirango ibikorwa by’Akarere bigere ku baturage binyuze mu itangazamakuru, uru rutonde kandi rushingiye ku buryo Akarere kagiye gahindura imyitwarire ku gukorana n’itangazamakuru,ntabwo ruhuye cyane n’imihigo ariko hari aho usanga Akarere kitwaye neza mu mihigo y’uyu mwaka bifitanye isano no gukorana neza n’itangazamakuru.

Dore abayobozi bagaragaje ubudasa bwo gukorana neza n’itangazamakuru ku bucukumbuzi bwa igisabo.rw

Mutabazi Richard: uyu ni umuyobozi w’Akarere ka Bugesera,akaba yarazanye impinduka zidasanzwe nk’umuyobozi,aho yagaragaje gukorana n’itangazamakuru mu buryo bugaragarira buri wese,uretse kuba ari umuyobozi ukiri muto ugereranyije n’abandi,ikindi kuba akunda siporo ni bimwe mu bimufasha ku tikomeza cyangwa ngo agire uwo asuzugura,yagerageje gutanga amakuru igihe cyose ayasabwe ndetse niyo yabaga ahugiye mu bindi iyo yahugukaga yibukaga guhamagara uwamuhamagaye cyane cyane iyo wamubwiraga ko uri umunyamakuru,ibi rero bikaba bimushyira kuri runo rutonde rw’abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru.

Mutabazi richard umuyobozi w’Akarere ka Bugesera ashimirwa kuba akorana n’itangazamakuru neza

Mushabe David Claudian: uyu ni umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare,uyu muyobozi ashimwa n’ibitangazamakuru bitandukanye kubera uruhare yagaragaje mu mpinduka zo gukorana neza n’itangazamakuru,uyu muyobozi kandi yagiye ahwitura abo bakorana, n’izindi nzego abibutsa ko gutanga amakuru ari inyungu z’Akarere kugirango ibyo bakora bimenyekane kandi n’abaturage bamenye gahunda z’Akarere,uyu musanzu yatanze ndetse harimo no gutanga amakuru igihe cyose abisabwe akabikorana kubaha kandi ari umuyobozi nibyo twashingiyeho tumushyira kuri runo rutonde rw’abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru muri uno mwaka wa 2020

Mushabe David Claudian nawe yazanya impinduka mu Karere ka Nyagatare aho akangurira abandi bakozi guha agaciro itangazamakuru kandi bagatangira amakuru ku gihe(ifoto ya mbere ya covid 19)

Sebutege Ange: uyu ni umuyobozi w’akarere ka Huye,Uyu muyobozi wazanye impinduka ku mitunganyirizwe y’Akarere ka Huye no guteza imbere siporo cyane cyane guha icyerekezo ikipe ya Mukura VS nawe ni umwe mu bayobozi b’uturere batajya basuzugura itangazamakuru,ibikorwa byose by’akarere byagiye bimenyekana binyuze mu itangazamakuru, by’akarusho uyu muyobozi yashoboraga kwihamagarira umunyamakuru akamuha amakuru atiriwe ayamubaza,ibi kandi akabikorana ubunyamwuga bwo kubaha itangazamakuru,ibi tukaba twarabishingiyeho tumushyira kuri runo rutonde rw’abayobozi b’uturere bakoranye neza n’itangazamakuru muri uno mwaka wa 2020.

Sebutege Ange umuyobozi w’Akarere ka Huye nawe azi akamaro k’itangazamakuru(ifoto ya mbere ya covid 19)

Habitegeko Francois: uyu ni umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru,aka niko karere kahize utundi mu mihigo y’umwaka wa 2020,ibijya gushya birashyuha,uyu muyobozi uzi gusobanura neza ibikorwa by’akarere ayobora kandi akabitangariza itangazamakuru,ashimwa n’abanyamakuru batari bacye kubera umurava n’ubushishozi agira mu gutanga amakuru kandi akabikorana ikinyabupfura utapfa kubonana umuyobozi uwariwe wese,uretse kuba yaragaragaye mu bikorwa bitandukanye n’abanyamakuru,kimwe na bagenzi be bari muri runo rutonde nawe ntajya ahuga mugutanga amakuru nubwo byaba birimo amabanga yihariye agerageza kugusobanurira gihanga kandi ukanyurwa,ibi kimwe n’ibindi bigwi tutarondora nibyo bimushyira kuri runo rutonde rw’abakoranye neza n’itangazamakuru muri uno mwaka wa 2020.

Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru afata itangazamakuru nk’inkingi ya mwamba mu kumenyekanisha ibikorerwa mu Karere ayoboye(ifoto ya mbere ya covid 19)

Mbonyumuvunyi Radjab: uyu ni umuyobozi w’akarere ka Rwamagana,Akarere kigaragaje mu kwesa imihigo ya 2020,uyu mugabo utajya ugira gufifika,ibikorwa byose by’Akarere abishyira ku mugaragaro yifashishije itangazamakuru,ikindi azwiho ni ugukorera mu mucyo ari nabyo bituma aha agaciro itangazamakuru,uretse gutanga amakuru ku gihe ubu uyu muyobozi yamaze gutoza abayobozi b’imirenge kujya bagaragaza ibikorwa byabo kandi bagaha agaciro itangazamakuru igihe rikeneye amakuru ajyanye n’imirenge bayobora.ibi rero bikaba ari isura nziza uyu muyobozi akomeje gusiga Akarere ka Rwamagana,akaba ari nabyo twagendeye ho tumushyira kuri runo rutonde rw’abayobozi b’uturere bazi gukorana neza n’itangazamakuru muri ino mwaka wa 2020.

Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana Mbonyumuvunyi Radjab yatoje abo bakorana guha agaciro itangazamakuru ibyo bakora bikamenywa n’abaturage(ifoto ya mbere ya covid 19)

Rutaburingoga Jerome: umuyobozi w’Akarere ka Gisagara usanzwe uzwi mu gukunda imikino cyane cyane umukino w’intoki wa volleyball dore ko kano Karere gafite ikipe y’ubukombe muri uno mukino izwi nka Gisagara VC nawe ni umwe mu bayobozi b’uturere baha agaciro itangazamakuru igihe cyose hari amakuru akenewe ajyanye n’Akarere,Jerome kandi azwiho kwicisha bugufi no kugira ubushishozi mu myanzuro afata cyangwa igihe cyose ari kuganiriza itangazamakuru,uyu muyobozi ukunda kuganira afite ibanga rikomeye ryo gusobanura ku buryo amakuru atanze anyura uyahawe,uretse gutangira amakuru ku gihe nawe ashimirwa ko atameze nk’abayobozi bahora bavuga ko bari mu nama rimwe na rimwe banabeshya,kuri Jerome ibyo ntibipfa ku mubaho kuko niyo byabaye azirikana ko hari uwamukeneye maze nyuma akamuhamagara kandi akamuha amakuru yifuza,ibi rero nibyo byatumye nawe agaragara kuri runo rutonde rw’abayobozi b’uturere bazi gukorana neza n’itangazamakuru muri uno mwaka wa 2020.

Ibikorwa by’Akarere ka Gisagara bisigaye bizwi na bose bitewe n’umuyobozi uzi gukorana neza n’itangazamakuru(ifoto ya mbere ya covid 19)

Ntazinda Erasme: uyu ni umuyobozi w’akarere ka Nyanza,n’ubwo mu kwesa imihigo atabaye uwa mbere ariko yaje mu myanya myiza,gusa kubijyanye no gukorana n’itangazamakuru nawe ni bandebereho,uretse kuba yitaba terefoni igihe cyose,n’amakuru umunyamakuru yabaga akeneye yayatangaga atigononwa cyangwa ngo sindi kuboneka,oya umuco mubi wa bamwe mu bayobozi wo kudatanga amakuru uyu muyobozi wa Nyanza ntumurangwaho,ibi bikaba byatumye ubusesenguzi bwa igisabo.rw bumushyira ku rutonde rw’abayobozi b’uturere bagerageje gukorana neza n’itangazamakuru muri uno mwaka wa 2020.

Ntazinda umuyobozi w’Akarere ka Nyanza azwiho kwakira neza abanyamakuru akabaha amakuru bakeneye ku gihe(ifoto ya mbere ya covid 19)

Habyarimana Gilbert: uyu ni umuyobozi w’Akarere ka Rubavu,uyu mugabo uzwiho gukoresha ukuri gusesuye nawe ni umwe mu bayobozi batajya bagora abanyamakuru igihe hari amakuru akenewe ku Karere abereye umuyobozi,uyu mugabo usobanukiwe neza akamaro k’itangazamakuru ajya anaryihamagarira kugirango abatangarize ibikorwa bitandukanye by’akarere,uyu ni umuco mwiza abandi bakwiye kumwigiraho,ibi bikaba twarasanze nawe uru rutonde ataruburamo

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu bwana Habyarimana Gilbert uyu mwaka yakoranye neza n’itangazamakuru mu kumenyekanisha ibikorwa by’akarere no gufasha abaturage kumenya ibibakorerwa(ifoto ya mbere ya covid 19)

Nambajimana Aphrodise: uyu ni umyobozi w’Akarere ka Ngoma mu ntara y’iburasirazuba,Akarere kamwe mu twitwara neza mu mihigo y’uturere,isuku igira isoko uku kwitwara neza uwavuga ko n’itangazamakuru ribifitemo uruhare ntiyaba yibeshye,ariko by’akarusho bwana  Aphrodise azwiho gutangariza abanyamakuru ibikorwa byose akarere kaba gateganya ndetse nibyo kagezeho,abaturage ba kano Karere bazwiho kwisanzurana n’abanyamakuru iyo bagize amahirwe yo kubonana nabo,muri kano karere nta muturage urabangamirwa n’ubuyobozi kubera ko yatanze amakuru ,mu gihe tujya tubyumva ahandi,ubu budasa bw’uyu muyobozi butuma agaragara nk’umwe mubakoranye neza n’itangazamakuru muri uno mwaka wa 2020.

Nambajimana Aphrodise umuyobozi w’Akarere ka Ngoma ni umwe mubaha agaciro itangazamakuru igihe cyose(ifoto ya mbere ya covid 19)

Tuyizere Thaddee: uyu ni umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Kamonyi,ariko gukora neza ntibisaba kumara igihe kinini ku buyobozi,uyu muyobozi igihe gito amaze kuri uyu mwanya uretse ko yari asanzwe ari umuyobozi wungirije mbere yo kugirirwa iki kizere, yagaragaje kudasitasita mu mitangire y’amakuru n’ubwo yari mushyashya,Kamonyi ntiyigeze igira icyuho cyo gutangaza amakuru yose yo mu Karere n’ubwo umuyobozi wari usanzwe yari yazamuwe mu ntera yagizwe umuyobozi w’intara y’amagepfo,bwana Thaddee yageragezaga gusobanurira abanyamakuru buri kibazo cyose yabazwaga kandi bakagenda banyuzwe,uku kwisanzura no kubaha itangazamakuru kandi akariha umwanya byatumye nawe aza kuri runo rutonde rwa bamwe mu bayobozi b’uturere bagaragaje gukorana neza n’itangazamakuru.

Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Kamonyi ni umwe mu bazi gukorana neza n’itangazamakuru(ifoto ya mbere ya covid 19)

Birashoboka ko uru rutonde twasesenguyo ubona hari umuyobozi uburamo kandi umuziho gukorana neza n’itangazamakuru no gutanga serivise nziza,watwandikira ku bugororangingo n’ubwunganizi,twakira ibitekerezo by’abasomyi bacu.

Twandikire kuri email: ndayisabaeric501@gmail.com

Whatsapp+call : 0782511443

Twitter : NDAYERICUS

ubusesenguzi nkubu kandi turakomeza kubusesengura no ku zindi nzego twagiye duhura nazo mu kazi kacu k’itangazamakuru.ntimucikwe

Inkuru ya NDAYISABA Eric

pictures source: districts web

Previous Post

Ibiciro bihanitse by’amazi n’ingendo; umukoro ku Muyobozi mushya wa RURA

Next Post

Gisagara:Umuzimu usigaye utera ba gitifu b’imirenge bamwe na bamwe ava hehe? Uyu we yatawe muri yombi

admin

admin

Next Post
Gisagara:Umuzimu usigaye utera ba gitifu b’imirenge bamwe na bamwe ava hehe? Uyu we yatawe muri yombi

Gisagara:Umuzimu usigaye utera ba gitifu b’imirenge bamwe na bamwe ava hehe? Uyu we yatawe muri yombi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA