Ibigo byubahiriza ihame ry’uburinganire bigiye guhabwa ikirango cy’ubuziranenge
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (RSB), ku bufatanye n’Ibiro bishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’ihame ry’uburinganire (GMO) ndetse na UNDP, cyatangaje ko kigiye gutangira gutanga ikirango cy’ubuziranenge ku bigo byashyize imbere ihame ry’uburinganire…
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera
Hamaze igihe havugwa ikibazo cy’abavumvu n’abandi bavuga ko mu Rwanda ubuki bugenda buba bukeya, bitewe ahanini n’uburyo kugira ngo butunganywe bica mu nzira nyinshi, ababikoraga nabo bakaba bagenda basaza abandi…
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho
Mugihe abanyarwanda bamaze kumenya no gusobanukirwa akamaro ko kunywa Ikawa, abayitegura nabo bakaba biyongera umunsi ku wundi mu bice bitandukanye by’u Rwanda, IBTC yashinze ikigo kigisha kikanongerera ubumenyi abifuza kuba…
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda
Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), ryateraniye mu nama ya Bureau Politiki ibera mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, yitabirwa n’abarwanashyaka bahagarariye…
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Murenge wa Nyakabanda, bavuga ko Umurenge wabo wabereyemo ubwicanyi bukabije, kugeza ubwo abari babashije kwihisha, uwari Konseye Nyirimanzi Gregoire ababeshye ko hatanzwe…
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana
Ubuyobozi bw’Uruganda “Akahebuje” rwenga inzoga yitwa MPA NGUHE butangaza ko, iki ari ikinyobwa gikunzwe n’abantu benshi ku buryo gisohoka mu ruganda abaguzi n’abarangura bakirwanira bitewe ahanini n’uburyohe bw’imbonekarimwe kisangije utasanga…
NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi
Mu gihe hari abajya bibeshya ko u Rwanda rudafite amabuye y’agaciro ahagije, abatuye mu murenge wa Rukoma, mu karere ka ka kamonyi bashimira Kampani y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro NT Mining Company…
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security
Nyuma y’amezi atatu bahugurirwa gucunga umutekano bya kinyamwuga, Abasore n’inkumi bagera kuri 71 bo muri GUARDSMARK Security, bahawe ubutumwa na Polisi y’igihugu bubasaba kuzakora neza akazi bagiyemo barangwa n’ikinyabupfura, kuzarangwa…
Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda
Bitewe n’uko ibidukikije bifitiye akamaro kanini abatuye isi bose, umuryango w’abibumbye washyizweho umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije wizihizwa buri mwaka taliki ya 05 Kamena. Uyu munsi washyizweho mu mwaka w’1972, akaba ari…
Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata
Samuel Léopold Marie Gueulette ukinira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, ahataniye Igihembo cy’Umukinnyi Mwiza wa Mata 2025 mu ikipe ye ya RAAL La Louvière, iheruka kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere mu Bubiligi.…