Abasirikare b’u Rwanda 750 nibo bazoherezwa muri Centrafrique mu gihe kiri imbere, ariko hari 300 muri aba baherutse koherezwa yo. Bose hamwe …
Uncategorized
-
-
Perezida Paul Kagame yasabye mugenzi we wa Tanzania Samia Suluhu umusanzu w’abarimu b’Igiswahili, nk’ururimi rukoreshwa n’abantu benshi muri aka karere harimo n’Abanyarwanda. …
-
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 13 barimo umwana w’imyaka 14 wo mu Karere ka Ruhango, bahitanywe na Covid-19 naho abanduye bo biyongeraho …
-
Uncategorized
U Rwanda rwatanze Eurobonds za miliyoni $620 ngo ‘ruhangane n’ingaruka za Covid’
by adminby adminLeta y’u Rwanda yashyize ku isoko ry’i Burayi impampuro z’agaciro (Eurobonds) ziyihesha umwenda wa miliyoni $620, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’imari. Ni …
-
Uncategorized
RIB yataye muri yombi umugore ufite uruganda rw’inzoga rwaguyemo abagabo babiri
by adminby adminUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi umugore w’imyaka 49 wo mu Karere ka Bugesera ufite uruganda rw’inzoga rwa Dusangire Limited, rwaguyemo …
-
Uncategorized
Rwanda – Tanzania: ‘Twumvikanye guteza imbere imibanire ihari ya kivandimwe’ – Samia
by adminby adminPerezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania na Paul Kagame w’u Rwanda bavuze ko ibiganiro byabo byibanze ku gukomeza imibanire myiza y’ibihugu byabo, …
-
Uncategorized
Perezida Kagame yahaye imbabazi abagore 10 bari bafungiwe gukuramo inda
by adminby adminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahaye imbabazi abakobwa 10 bari barakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukuramo inda. Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u …
-
Guma mu rugo yari imaze iminsi yubahirizwa mu mujyi wa Kigali n’uturere umunani yasubitswe, ingendo hagati y’umujyi wa Kigali n’utundi turere ukuyemo …
-
Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB cyatanze amakuru nyayo kubivugwa ko habayeho gucunga nabi imyubakire y’ikibuga mpuzamahanga cya Golf kiri kubakwa bityo hakurwaho urujijo …
-
Uncategorized
Mu Rwanda habonetse virusi esheshatu za Covid-19 yihinduranyije zirimo n’itazwi
by adminby adminMinisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko mu Rwanda hamaze kugera ubwoko butandatu bwa virusi itera Covid-19, burimo iyihinduranya izwi nka ‘Delta’ ndetse n’indi kugeza …