Ibihuha n’amakuru ayobya ko inkingo za Covid-19 zitera ubugumba cyangwa gukuramo inda biracyakwirakwira kuri murandasi. Abaganga bitondera cyane ibyo babwira ababyeyi batwite …
Uncategorized
-
-
Uncategorized
Ethiopia: Minisitiri w’intebe Abiy Ahmed yasabye abasivile kujya mu ntambara yo muri Tigray
by adminby adminMinisitiri w’intebe wa Ethiopia yasabye abaturage b’abasivile kujya mu gisirikare bakagifasha kurwanya inyeshyamba zo mu karere ka Tigray. Abiy Ahmed yasabye “Abanya-Ethiopia …
-
Uncategorized
Mu mafoto: Irebere uburanga bwa Kigali Golf Course yatashywe ku mugaragaro
by adminby adminKuri uyu 8 Kanama 2021 hatashywe ku mugaragaro Ikibuga cya Golf cya Kigali (Kigali Golf Course) cyari kimaze igihe gikorwaho imirimo yo …
-
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 9 Kanama 2021, abantu umunani bishwe na COVID-19, bituma umubare w’abo imaze guhitana mu Rwanda …
-
Uncategorized
Ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda zafashe umujyi wa Mocímboa da Praia
by adminby adminIngabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zatangaje ko zifatanyije bafashe umujyi wo ku cyambu wa Mocímboa da Praia mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa …
-
Uncategorized
Bugesera – Rilima : Abaturage barishimira ifunguro baherewe muri Guma mu rugo
by adminby adminMu gihe abaturage b’imwe mu Mirenge igize Akarere ka Bugesera iri muri Guma mu rugo bitewe n’ubwandu bwa Covid 19 buri hejuru …
-
Uncategorized
Ikigo cy’imari cya RIM Ltd kifurije abanyarwanda Umunsi Mukuru mwiza w’Umuganura
by adminby adminMugihe abanyarwanda bari mu byishimo byo gufata ku muganura w’umusaruro babonye muri uyu mwaka wa 2021 bikorewe mu miryango yabo kugira ngo …
-
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 10 bahitanywe na Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 860 mu gihe …
-
Intare muri pariki ya Ngorongoro muri Tanzania zishe abana batatu bari bagiye gushaka inka z’iwabo zabuze. Polisi yo muri icyo gihugu yatangaje …
-
Uncategorized
U Rwanda na Centrafrique: Abakuru b’ibihugu byombi biyemeje gukomeza ubufatanye mu rugendo rw’iterambere
by adminby adminPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, bakurikiranye isinywa ry’amasezerano ane nk’igihamya cyo gushimangira umubano mwiza usanzwe …