• Latest
Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU

Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU

January 11, 2022
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026
Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

September 9, 2026
5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

September 9, 2026
Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

September 9, 2026
Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

September 9, 2026
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
January 11, 2022
in izindi nkuru
0
Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU
0
SHARES
326
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Aya ni amagambo atangazwa na Bwana Ngarambe Daniel,  uyoboye Impuzamahuriro y’abakora akazi ko gutwara abantu kuri  Moto mu Rwanda ”FERWACOTAMU”, avuga  ko Mubazi n’ubwo hari abatari kuyishimira,  kuri we abona ije gukemura ibibazo byinshi byavukaga muri uwo mwuga , bitewe ahanini na bamwe mu bawiyitiraga batujuje ibisabwa, ari nabo baca intege bagenzi babo bakayibangisha.  Abamotari ngo bakazabyungukiramo, kubera ko bazaba bafite n’ububasha bwo kubona inguzanyo muri Banki iyo ariyo yose bitewe n’uko Mubazi izaba yerekanye uburyo amafaranga yagiye ayicishwaho angana “Historique.”

Bwana Ngarambe Daniel,  avuga ko kuba Inzego z’igihugu zibishinzwe zaricaye kugira ngo zifashe abakora umwuga wo gutwara za Moto gukoresha ikoranabuhanga,  ari ikintu cyakagombye kwishimirwa na buri wese kubera ko abatwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange bo bamaze kubigeraho neza,  mu gihe nabo ubwo batangiraga hari bamwe batabyumva neza nk’uko no mu ba Motari ndetse n’abamwe mu bagenzi,  hariho benshi batari babyakira mu buryo bweruye.

Agira ati “buri gihe iyo ibintu bigitangira birumvikana ko hari abadahita babyumva, ariko mu minsi mike ndakubwiye aba Motari bacu bazishimira cyane iyi Mubazi kuko izabungura aho kubahombya nk’uko hari bamwe bagishidikanya.

Iki ni gikoresho kije guca akajagari katerwaga na bamwe biyitiriraga umwuga wacu nyamara kandi nta byangombwa byo kuwukora bagira, bazwi ku izina ry’Inyeshyamba.

Twese tuzi neza ko hari abajura bibaga za Moto bakazihindurira Moteri na Pulaki ndetse n’abandi ba Nyamanyanga benshi umuntu utarondora.

 Abo rero ntibazabasha kubona Mubazi nibaramuka bagaragaye bazafatwa, nyuma y’ibyo tukizera ko hazakora abazaba bujuje ibisabwa kandi bakora neza akazi kabo uko bikwiriye.

 Byaba bibabaje hari abantu biyibagije akajagari karangwaga mu modoka zitwara abantu mu bice bitandukanye by’umujyi,  ariko  kino gihe Tap &GO yabo,  ikaba yarabikemuye ku buryo n’uwabasaba ngo bihagarare abaturage ntibabimwemerera. Natwe rero, ndakubwiza ukuri ko mu minsi mike,  Mubazi izakundwa kandi na benshi maze aba Motari bakoroherezwa mu kazi kabo ka buri munsi.”

Bwana Ngarambe Daniel uyobora FERWACOTAMU

Ibi Bwana Ngarambe Daniel,  abitangaje nyuma y’uko ikigo gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro RURA,  yari iherutse gutangaza ko kuwa 07 Mutarama 2022, buri mu Motari wo m’umujyi wa Kigali yagombaga gutangira kwifashisha Mubazi igihe cyose yishyurwa amafaranga y’urugendo n’abagenzi atwaye, nyamara benshi bakagenda Biguruntege, bavuga ko zibahombya aho kugira ngo zibungure.

Benshi mu ba Motari bagaragarije ikinyamakuru igisabo impungenge z’uko batazabasha kwinjiza amafaranga nkuko bayinjizaga kandi baba bagomba ngo gutanga imisanzu ya za Kopertive, ubwishingizi no gutunga ingo zabo.

Kuri izi mpungenge zabo ba Motari Bwana Ngarambe, avuga ko batagombye kuzigira kuko Mubazi izabafasha kugera ku Iterambere kubera ko hakurikijwe uburyo yagiye akoresha Mubazi akinjiza menshi bizamufasha kujya muri Banki,  hakarebwarebwa Historique  akaba yahabwa inguzanyo yo kubaka inzu, kugura Moto nshyashya, imodoka n’ibindi mu gihe mbere ntawamugiriraga ikizere kuko yakoraga ashyira mu mufuka,  akayarya uko abyumva yizeye kuzakorera andi ejo bukeye agahora muri ayo nta Kindi.

Ku birebana n’ibivugwa n’aba Motari ko imisanzu yabo batamenya icyo ikoreshwa kubera ko n’urwaye atabasha kuvuzwa, Bwana Ngarambe avuga ko aba Motari bibumbiye mu ma Koperative atandukanye, bakaba aribo bishyiriraho abayobozi n’amategeko abagenga.

 Kuba rero batamenya uko amafaranga yabo akoreshwa, avuga ko ataribyo  kubera ko buri gihe,  uretse ikibazo cya Corona cyateye kikaba cyaragiye gituma nta nama zabo ziba,   ubusanzwe ngo bagezwagaho kenshi uko imitungo yabo icunzwe cyane ko ariho havamo ubukode bw’inzu Koperative ikoreramo, ibikoresho, kwishyura abakozi, no kugura imodoka iyo bibaye ngombwa  yo kwifashisha mu kazi ka buri munsi.

 Ikindi avuga ni uko aba Motari bose basigaye bishyurirwa umusanzu wo kwizigama wa EJO HEZA” izabafasha mu gihe baba batagikora bageze muzabukuru.

Cyakora Bwana Ngarambe yemera ko hari ama Koperative yagiye agaragaraho kudakora neza,  agamije inyungu z’abanyamuryango, aho ubuyobozi bwa FERWACOTAMU bufatanyije na RCA bagiye ngo bakebura abo bayobozi babo,  ndese bamwe bagahagarikwa hatabuze n’ibihano kubagaragaje gucunga nabi imari y’abanyamuryango.

Iby’uko Mubazi ije guteza imbere aba Motari mu kazi abo ka buri munsi, bishimangirwa kandi na Bwana Nkurunziza Charles Umuyobozi wa Koperative COTRAMO IKIZERE,  ikorera mu murenge wa Kimisagara Akarere ka Nyarugenge, uvuga ko mbere y’uko aba Umuyobozi nawe yari Umu Motari badakora ngo bunguke uko bikwiriye.

Ahamya adashidikanya ko ibyo Ubuyobozi bw’igihugu bwabakoreye bukabashyiriraho kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Mubazi  nta kabuza bazakora neza kandi bakabona ubwizigame butubutse.

Bwana Nkurunziza Charles uyobora Koperative COTRAMO IKIZERE

Kubirebana na Sosiyeti y’ubwishingizi Aba Motari bifuje gushinga kubera ko bagaragaje ko amasosiyeti y’ubwishingizi abahenda Bwana Ngarambe, avuga ko ari igitekerezo kiza bagize,  ariko kubera Icyorezo cya Covid 19 cyaje, kikaba kitaratumye babasha guhuza aba motari ngo bahurize hamwe ibitekerezo  by’uko yaba iteye n’umugabane shingiro byasaba.

Gusa akizera ko ibihe nibigenda neza bazahura ari benshi bagatanga ibitekerezo by’uko yashingwa.

Cyakora   akavuga ko niyo yashingwa yaza ari nk’ikigo cy’ubucuruzi itaba ije gufasha aba Motari ngo bayikoreshe umunsi umwe nibucya ifunge imiryango.

Asaba aba Motari gukoresha neza ubwishingizi bakoresha kino gihe, birinda impanuka, badatwara nk’ibyihebe, birinda gukora Kinyeshyamba kuko haguma amagara, amafaranga ngo arashakwa akaboneka.

Mu gusoza Bwana Ngarambe Daniel,  ashimira cyane  bagenzi be bakora umurimo wo gutwara abantu kuri za  Moto,  uburyo bakora amanywa n’ijoro bagamije kwiteza imbere n’igihugu muri rusange,  ku buryo hari bamwe bari baracikishirije amashuri babashije kuyasubukura bakiga neza ndetse ngo hari n’abarangiza bakabona akazi mu buyobozi bwa za Koperative, abandi nabo bubatse amazu meza, hari abashinga ibinamba, hari ababona uburyo bwo kwishyurira abana  babo amashuri ari nako  banashinga ingo mu buryo buboneye.

FERWACOTAMU ni Impuzamahuriro y’abakora umwuga wo gutwara abantu kuri  za Moto bazwi nk’aba Motari, kugeza uyu munsi abanyamuryango bayigize bagera ku bihumbi 196( 196,000), bibumbiye mu ma Kopetative agera ku 182 mu gihugu hose.

 Intego Abayobozi bayo bimirije imbere muri kino gihe,  ni uguteza imbere  aba Motari babafasha gukoresha ikoranabuhanga nka Mubazi igikoresho bizera ko kizabafasha kwinjira mu Iterambere rirambye.

Previous Post

Kicukiro : Gitifu Idrissa wa Kanombe arasaba abaturage gukomera ku ngamba zo gukumira Covid 19

Next Post

Umuyobozi wa FIFA yasuzuguriwe muri Cameroun mu gikombe cya Afurika

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Umuyobozi wa FIFA yasuzuguriwe muri Cameroun mu gikombe cya Afurika

Umuyobozi wa FIFA yasuzuguriwe muri Cameroun mu gikombe cya Afurika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA