• Latest
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

admin by admin
July 11, 2026
in Amakuru, Uburezi
0
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo
0
SHARES
259
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Rimwe mu mashuri rigendera ku Ndangagaciro za Gikirisitu “ECOLE MERE DU VERBE” rikorera mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera, Akagari ka Rukiri ya 1, abaharererwa n’abaharerera, bavuga ko bahisemo neza uko bikwiriye kuko ari ikigo cyujuje ibisabwa byose kugira ngo uhanyuze wese ahakure impamba y’ubwenge buzamufasha mu buzima bwe bwose.

Ibi ni bimwe mu byavugiwe mu birori byo kwishimira isozwa ry’umwaka w’amashuri 2025-2026 muri ECOLE MERE DU VERBE rikorera mu murenge wa Remera nk’uko byavuzwe haruguru, hanasezerwaho abana 48 barangije umwaka wa 6 w’amashuri abanza banamaze gukora ibizamini bya Leta, bakaba bitegura kujya mu mashuri yisumbuye, ndetse n’ibibondo 21 birangije umwaka wa 3 w’Ikiburamwaka(Nursery), nabo bakaba bagiye kwinjira mu mwaka wa 1 w’amashuri abanza.

Ni ibirori byari binogeye ijisho byabaye kuri uyu wa 11 Nyakanga 2026 byaranzwe n’imyiyereko y’abana beza barererwa kuri iryo shuri, bagaragaje udushya turi mu myigire yabo, cyane ko uretse kwerekana Akarasisi ka Gisirikare kayobowe n’umwana w’imyaka icyenda, abana banerekanye uburyo bashobora kuvura uwagezweho n’uburwayi agatabarwa.

 Bagaragaje kandi impano zigendanye no kubyina imbyino Gakondo n’ iza Kizungu, Imivugo, Imbwirwaruhame n’ibindi bigaragaza uburere n’ubumenyi bahererwa ku kigo bahisemo.

Umuyobozi mukuru wa Ecole Mere du Verbe Delphine Kamaliza avuga ko ikigo cyabo kimaze kuba ubukombe cyane ko cyatangiye muri 1997 ,kikaba kimaze gusohokamo abana benshi ubu bafite imirimo itandukanye mu gihugu no hanze yacyo, cyane ko ari ikigo kirangwa no kugira abana b’abahanga, abaharangiza bose bakaba batsinda amasomo yose 100%.

Avuga ko abasoje umwaka wa 6 uyu mwaka nabo, ngo bamaze gukora ibizamini bya Leta, bakaba baratangarije abarezi babo ko babitsinze byose, bakaba biteguye neza kujya mu mashuri yisumbuye.

Agira ati “Twishimiye cyane ko turangije umwaka neza w’amashuri 2025-2026 aho abana bagera kuri 300 aribo twifuriza kuwusoza neza, muri bo barimo 48 bo mu mwaka wa 6 banamaze gukora Ibizamini bya Leta. Tukaba tubifuriza Intsinzi ikomeye nk’uko bakuru babo babanjirije bagiye batsinda bose. Abana bacu twabashimiye  tubaha  indangamanota n’impamyabumenyi zabo, tutibagiwe na barumuna babo bato basoje umwaka wa 3 w’Ikiburamwaka, abo nabo bakaba biteguye kujya mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza, muri rusange abanyeshuri bakaba baratsinze 100% ari nayo mpamvu twaje kubashimira.”

Umuyobozi mukuru wa Ecole Mère du Verbe Delphine Kamaliza yishimira umusanzu bakomeje gutanga mu burezi mu Rwanda

Avuga ko mu by’ukuri ishuri ryabo rizakomeza guharanira gutanga Ireme ry’uburezi nyabwo nkuko babyiyemeje ko abana, bagomba kwiga neza bakarangwa n’ikinyabupfura, ku buryo ndetse n’iyo bagiye ku bindi bigo  bakomeza kuba abahanga.

 Bityo asaba abasoje umwaka wa 6 kuzababera Ba Ambasaderi beza aho baziga hose, kugira ngo abazajya bababona bababonemo intangarugero, zizi ubwenge kandi bakomeze barangwe n’imico myiza bakuye kuri Ecole Mère de Verbe.

Ku urundi ruhande avuga ko asaba ababyeyi bifuza kurerera ku ishuri ryabo, kubikora hakiri kare muri ibi biruhuko, imyanya ikaba ngo ihari kandi biteguye kwakira abana bose bazabagana, cyane ko bafite abarimu b’abahanga bafite uburambe mu kwigisha no gufata neza abana uko bikwiriye.

Ashimira Leta y’u Rwanda nk’Umufatanyabikorwa mwiza biciye muri Minisiteri y’Uburezi, uburyo baba hafi babagira inama, babagenera Imfashanyigisho n’amahugurwa asaba uko bufatanye bwakomeza kwiyongera nk’amashuri yigenga bakajya bagerwaho n’ibigenerwa andi mashuri kuko icyo baguriyeho ari ujrera Igihugu abana b’abahanga bazubaka igihugu mu bihe biri imbere.

Kimwe n’umuyobozi mukuru w’ishuri, Umuyobozi w’ishuri Head Master” Vedaste Dusabimana avuga ko biba bitoroshye gufata umwana uza ari uruhinja ari kurira iyo yinjira mu kiburamwaka, nyamara akahava ari inkumi n’umusore witegura guhita yinjira mu mashuri yisumbuye.

 Ashimira abarimu bagenzi be umuhate n’umurava bagaragaza mu kurera abana babo ku uburyo ikigo cyabo cyabaye  Pepiniyeri y’abahanga bamwe basoza bafite amanota ya mbere,  banakomeza mu yandi mashuri bagakomeza nabwo kuza mu myanya ya mbere.

Ashimangira ko kuba ikigo cyabo kirangwa n’abanyeshuri bafite ubwenge ku urwego rwo hejuru,  ari uko abarimu babakurikirana mu myitozo yose bahabwa, ndetse bakanafashwa n’ababyeyi babakurikiranira hafi, bityo na nyuma y’amasomo ntibirare ku uburyo no mu biruhuko babaha ibyo batahana bagomba gukora.

Vedaste Dusabimana avuga ko biba bitoroshye kwakira umwana w’uruhinja ukamurera kugeza akuze arangije amashuri abanza

Ikindi uyu muyobozi avuga, ni uko abana biga bisanzuye kuburyo nta shuri rirenza abana 25, bityo mwarimu nawe yigisha neza nta nkomyi, abana nabo bakiga nta mubyigano buri wese akagerwaho na mwarimu uko abyifuza.

Ku birebana n’akarusho ka Ecole Mère du Verbe, avuga ko harimo ni uko abana bahabwa umwanya wo kugaragaza impano zibarimo, haba mu myidagaduro n’imikino itandukanye, cyane ko ishuri rifite ibibuga byujuje ibisabwa, haba ku umupira w’amaguru n’iy’amaboko. Akarusho ishuri ngo rikaba rifite Ikipe y’abantu  bahitoreza ikomeye ku buryo mu minsi mike iraba ibarizwa mu cyiciro cya 3 cya Shampiyona yo mu Rwanda.

Ababyeyi n’abana barashimira Ecole Mère du Vebe

Umwe mu babyeyi barera kuri Ecole Mère du Verbe Emmanuel Sibobugingo avuga ko yishimira cyane kuba arerera ku kigo gifite abana b’abahanga kandi barangwa n’ikinyabupfura ku uburyo bugaragarira buri wese.

Agira ati “Aha mpafite abana babiri umwe arasoje undi ari mu Kiburamwaka. Rwose navuga ko abarerera ahangaha twahisemo neza uko bikwiriye ndetse n’abana ubwabo barabyishimira, uwanjye aba ansobanurira buri gihe uburyo bigishwa neza n’abarimu babo, ku uburyo ngo babaha imyitozo myinshi ari nayo ibafasha gucengerwa n’amasomo baba bize.”

Emmanuel Sibobugingo avuga ko yishimira cyane kuba arerera ku kigo gifite abana b’abahanga

Uyu mubyeyi avuga ko n’abandi babyeyi baba bifuza kurerera ku kigo kita ku bana babo, nta handi bakagombye kujya hatari muri Ecole Mère du Verbe nabo ubwabo bahisemo, cyane ko kuharera ari amahirwe umubyeyi n’umwana baba bahuye nayo.

Gakiza Aime Egidia ni umwana w’umukobwa urangije umwaka wa gatandatu. Avuga ko amasomo ayasoje neza kandi yagize hejuru ya 92%,bityo akaba yiteguye kwinjira mu mashuri yisumbuye kandi yiteguye gukomeza gutsinda nk’uko yabigize intego.

Agira ti “Nsoje amasomo neza. Umwaka wa gatandatu nkwusoje niteguye kujya mu mashuri yisumbuye rwose, cyane nyuma y’uko dukoze ibizamini bya Leta, ku bwanjye nabonye  narabitsinze nta gushidikanya. Ndasaba bagenzi banjye dusozanyije, kutirara bagakomeza gusubira mu masomo uko bikwiriye, kugira ngo tuzagere mu mashuri yisumbuye twitwara neza, nkuko twabigenzaga hano kandi nk’uko twabitojwe.”

Avuga ko mu masomo akunda kandi azakomeza gukunda, harimo by’umwihariko  imibare, cyane ko inamufasha gutekereza no gufungura umutwe akiga atiyigishije,  gusa ngo n’icyongereza  aragikunda nk’ururimi rukoreshwa ku isi yose.

Gakiza Aime Egidia urangije umwaka wa gatandatu.

Yizera adashidikanya ko urwego cyangwa intera azamutsemo ari uwa mbere, bizamufasha nta shiti kugera muri Kaminuza ndetse akazarangiza akiri mu myanya ya mbere.

Ecole Mere du Verbe, ni ishuri ryigenga ntangarugero riherereye mu murenge wa Remera, Akagari ka Rukiri ya1 mu karere ka gasabo.

Ni ishuri rimaze imyaka hafi 29 ritanga Uburezi nyabwo nkuko ubuyobozi bwaryo n’ababyeyi baharerera babitangamo ubuhamya.

Ni shuri kandi rirangwa no kugira abana b’abahanga batsinda ibizamini bya Leta 100% ari nayo mpamvu Ubuyobozi bw’ishuri buhamagarira buri mubyeyi ubishoboye kuzana umwana we kuhiga, kugira ngo uwo mwana nawe abashe kuvoma kuri iryo riba ry’ubwenge ridakama.

Amafoto

Previous Post

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Next Post

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

admin

admin

Next Post
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA