• Latest
Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU

Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU

January 11, 2022
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

July 11, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

July 13, 2026
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
January 11, 2022
in izindi nkuru
0
Mubazi izafasha Abamotari aho kubahombya – Ngarambe uyobora FERWACOTAMU
0
SHARES
321
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Aya ni amagambo atangazwa na Bwana Ngarambe Daniel,  uyoboye Impuzamahuriro y’abakora akazi ko gutwara abantu kuri  Moto mu Rwanda ”FERWACOTAMU”, avuga  ko Mubazi n’ubwo hari abatari kuyishimira,  kuri we abona ije gukemura ibibazo byinshi byavukaga muri uwo mwuga , bitewe ahanini na bamwe mu bawiyitiraga batujuje ibisabwa, ari nabo baca intege bagenzi babo bakayibangisha.  Abamotari ngo bakazabyungukiramo, kubera ko bazaba bafite n’ububasha bwo kubona inguzanyo muri Banki iyo ariyo yose bitewe n’uko Mubazi izaba yerekanye uburyo amafaranga yagiye ayicishwaho angana “Historique.”

Bwana Ngarambe Daniel,  avuga ko kuba Inzego z’igihugu zibishinzwe zaricaye kugira ngo zifashe abakora umwuga wo gutwara za Moto gukoresha ikoranabuhanga,  ari ikintu cyakagombye kwishimirwa na buri wese kubera ko abatwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange bo bamaze kubigeraho neza,  mu gihe nabo ubwo batangiraga hari bamwe batabyumva neza nk’uko no mu ba Motari ndetse n’abamwe mu bagenzi,  hariho benshi batari babyakira mu buryo bweruye.

Agira ati “buri gihe iyo ibintu bigitangira birumvikana ko hari abadahita babyumva, ariko mu minsi mike ndakubwiye aba Motari bacu bazishimira cyane iyi Mubazi kuko izabungura aho kubahombya nk’uko hari bamwe bagishidikanya.

Iki ni gikoresho kije guca akajagari katerwaga na bamwe biyitiriraga umwuga wacu nyamara kandi nta byangombwa byo kuwukora bagira, bazwi ku izina ry’Inyeshyamba.

Twese tuzi neza ko hari abajura bibaga za Moto bakazihindurira Moteri na Pulaki ndetse n’abandi ba Nyamanyanga benshi umuntu utarondora.

 Abo rero ntibazabasha kubona Mubazi nibaramuka bagaragaye bazafatwa, nyuma y’ibyo tukizera ko hazakora abazaba bujuje ibisabwa kandi bakora neza akazi kabo uko bikwiriye.

 Byaba bibabaje hari abantu biyibagije akajagari karangwaga mu modoka zitwara abantu mu bice bitandukanye by’umujyi,  ariko  kino gihe Tap &GO yabo,  ikaba yarabikemuye ku buryo n’uwabasaba ngo bihagarare abaturage ntibabimwemerera. Natwe rero, ndakubwiza ukuri ko mu minsi mike,  Mubazi izakundwa kandi na benshi maze aba Motari bakoroherezwa mu kazi kabo ka buri munsi.”

Bwana Ngarambe Daniel uyobora FERWACOTAMU

Ibi Bwana Ngarambe Daniel,  abitangaje nyuma y’uko ikigo gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro RURA,  yari iherutse gutangaza ko kuwa 07 Mutarama 2022, buri mu Motari wo m’umujyi wa Kigali yagombaga gutangira kwifashisha Mubazi igihe cyose yishyurwa amafaranga y’urugendo n’abagenzi atwaye, nyamara benshi bakagenda Biguruntege, bavuga ko zibahombya aho kugira ngo zibungure.

Benshi mu ba Motari bagaragarije ikinyamakuru igisabo impungenge z’uko batazabasha kwinjiza amafaranga nkuko bayinjizaga kandi baba bagomba ngo gutanga imisanzu ya za Kopertive, ubwishingizi no gutunga ingo zabo.

Kuri izi mpungenge zabo ba Motari Bwana Ngarambe, avuga ko batagombye kuzigira kuko Mubazi izabafasha kugera ku Iterambere kubera ko hakurikijwe uburyo yagiye akoresha Mubazi akinjiza menshi bizamufasha kujya muri Banki,  hakarebwarebwa Historique  akaba yahabwa inguzanyo yo kubaka inzu, kugura Moto nshyashya, imodoka n’ibindi mu gihe mbere ntawamugiriraga ikizere kuko yakoraga ashyira mu mufuka,  akayarya uko abyumva yizeye kuzakorera andi ejo bukeye agahora muri ayo nta Kindi.

Ku birebana n’ibivugwa n’aba Motari ko imisanzu yabo batamenya icyo ikoreshwa kubera ko n’urwaye atabasha kuvuzwa, Bwana Ngarambe avuga ko aba Motari bibumbiye mu ma Koperative atandukanye, bakaba aribo bishyiriraho abayobozi n’amategeko abagenga.

 Kuba rero batamenya uko amafaranga yabo akoreshwa, avuga ko ataribyo  kubera ko buri gihe,  uretse ikibazo cya Corona cyateye kikaba cyaragiye gituma nta nama zabo ziba,   ubusanzwe ngo bagezwagaho kenshi uko imitungo yabo icunzwe cyane ko ariho havamo ubukode bw’inzu Koperative ikoreramo, ibikoresho, kwishyura abakozi, no kugura imodoka iyo bibaye ngombwa  yo kwifashisha mu kazi ka buri munsi.

 Ikindi avuga ni uko aba Motari bose basigaye bishyurirwa umusanzu wo kwizigama wa EJO HEZA” izabafasha mu gihe baba batagikora bageze muzabukuru.

Cyakora Bwana Ngarambe yemera ko hari ama Koperative yagiye agaragaraho kudakora neza,  agamije inyungu z’abanyamuryango, aho ubuyobozi bwa FERWACOTAMU bufatanyije na RCA bagiye ngo bakebura abo bayobozi babo,  ndese bamwe bagahagarikwa hatabuze n’ibihano kubagaragaje gucunga nabi imari y’abanyamuryango.

Iby’uko Mubazi ije guteza imbere aba Motari mu kazi abo ka buri munsi, bishimangirwa kandi na Bwana Nkurunziza Charles Umuyobozi wa Koperative COTRAMO IKIZERE,  ikorera mu murenge wa Kimisagara Akarere ka Nyarugenge, uvuga ko mbere y’uko aba Umuyobozi nawe yari Umu Motari badakora ngo bunguke uko bikwiriye.

Ahamya adashidikanya ko ibyo Ubuyobozi bw’igihugu bwabakoreye bukabashyiriraho kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Mubazi  nta kabuza bazakora neza kandi bakabona ubwizigame butubutse.

Bwana Nkurunziza Charles uyobora Koperative COTRAMO IKIZERE

Kubirebana na Sosiyeti y’ubwishingizi Aba Motari bifuje gushinga kubera ko bagaragaje ko amasosiyeti y’ubwishingizi abahenda Bwana Ngarambe, avuga ko ari igitekerezo kiza bagize,  ariko kubera Icyorezo cya Covid 19 cyaje, kikaba kitaratumye babasha guhuza aba motari ngo bahurize hamwe ibitekerezo  by’uko yaba iteye n’umugabane shingiro byasaba.

Gusa akizera ko ibihe nibigenda neza bazahura ari benshi bagatanga ibitekerezo by’uko yashingwa.

Cyakora   akavuga ko niyo yashingwa yaza ari nk’ikigo cy’ubucuruzi itaba ije gufasha aba Motari ngo bayikoreshe umunsi umwe nibucya ifunge imiryango.

Asaba aba Motari gukoresha neza ubwishingizi bakoresha kino gihe, birinda impanuka, badatwara nk’ibyihebe, birinda gukora Kinyeshyamba kuko haguma amagara, amafaranga ngo arashakwa akaboneka.

Mu gusoza Bwana Ngarambe Daniel,  ashimira cyane  bagenzi be bakora umurimo wo gutwara abantu kuri za  Moto,  uburyo bakora amanywa n’ijoro bagamije kwiteza imbere n’igihugu muri rusange,  ku buryo hari bamwe bari baracikishirije amashuri babashije kuyasubukura bakiga neza ndetse ngo hari n’abarangiza bakabona akazi mu buyobozi bwa za Koperative, abandi nabo bubatse amazu meza, hari abashinga ibinamba, hari ababona uburyo bwo kwishyurira abana  babo amashuri ari nako  banashinga ingo mu buryo buboneye.

FERWACOTAMU ni Impuzamahuriro y’abakora umwuga wo gutwara abantu kuri  za Moto bazwi nk’aba Motari, kugeza uyu munsi abanyamuryango bayigize bagera ku bihumbi 196( 196,000), bibumbiye mu ma Kopetative agera ku 182 mu gihugu hose.

 Intego Abayobozi bayo bimirije imbere muri kino gihe,  ni uguteza imbere  aba Motari babafasha gukoresha ikoranabuhanga nka Mubazi igikoresho bizera ko kizabafasha kwinjira mu Iterambere rirambye.

Previous Post

Kicukiro : Gitifu Idrissa wa Kanombe arasaba abaturage gukomera ku ngamba zo gukumira Covid 19

Next Post

Umuyobozi wa FIFA yasuzuguriwe muri Cameroun mu gikombe cya Afurika

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Umuyobozi wa FIFA yasuzuguriwe muri Cameroun mu gikombe cya Afurika

Umuyobozi wa FIFA yasuzuguriwe muri Cameroun mu gikombe cya Afurika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA