• Latest
Bugesera-Nyarugenge : Ya miryango yubakiwe ikanafashwa n’impanga hari ibyo yishimira

Bugesera-Nyarugenge : Ya miryango yubakiwe ikanafashwa n’impanga hari ibyo yishimira

August 27, 2021
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

July 27, 2026
Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

Abanyamakuru: Bafashe ingamba zo guhinduka no gukora kinyamwuga

July 24, 2026
Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu  ku Mbuto

Kigali: Hatangiye inama Nkuru ya 3 y’igihugu ku Mbuto

July 20, 2026
CECAFA: Amatike yageze hanze

CECAFA: Amatike yageze hanze

July 20, 2026
ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku  bakoresha umuhanda

ACP Rutikanga yifashishije imyitwarire ya Espagne yatanze ubutumwa ku bakoresha umuhanda

July 20, 2026
Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

July 20, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Bugesera-Nyarugenge : Ya miryango yubakiwe ikanafashwa n’impanga hari ibyo yishimira

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
August 27, 2021
in izindi nkuru
0
Bugesera-Nyarugenge : Ya miryango yubakiwe ikanafashwa n’impanga hari ibyo yishimira
0
SHARES
408
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni imiryango 51 yo mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyarugenge iterwa inkunga n’umuryango utegamiye kuri Leta Shelter Them Batarure Rwanda washinzwe n’impanga, Jocelyne Alexandres (Butoya) na Josephine Murphy (Bukuru) ku bigendanye n’imibereho myiza, Uburezi, Amakoperave n’ibndi. Bene gufashwa bakishimira ko mu gihe gito bamaze kugezwa kuri byinshi byo kwishimirwa.

Jocelyne Alexandres na Josephine Murphy  bashinze Shelter Them Batarure Rwanda ni abanyarwanda baba mu gihugu cya Cananda bagamije ahanini gufasha abana n’ababyeyi bafite ibibazo by’imibereho mibi, kubura ibyo barya, ibyambarwa, kubura uko biga no kutitabwaho mu buryo buboneye n’ibindi.

Ni umuryango washingiwe muri Canada ariko ibikorwa byawo bikaba bimaze kuganza mu Rwanda nyuma y’aho bene kuwushinga basabiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubutaka bwo gukoreramo ibikorwa byabo by’ubugiraneza bitandukanye muri Rwanda Day yaberaga muri Canada 2016, bakaza kubuhabwa mu Karere ka Bugesera babifashijwemo n’ikigo cy’igihugu gishinzwe itermbere RDB.

Jocelyne Alexander’s na Josephine Murphy impanga zashinze Umuryango Shelter Them Rubatarure Rwanda

Bwana Jules Higiro uhagarariye Organization Shelter mu Rwanda, avuga ko umuryango utangira wafashaga abagore n’abana bafite imibereho mibi mu mujyi wa Kigali mu gace ka Kimironko, babafasha kubona amacumbi, ibyo kurya, kurihira abana babo amashuri ubwisungane mu kwivuza n’ibindi, kugeza ubwo babimuriye mu Karere ka Bugesera bamaze kuzurizwa amazu agezweho yo gutuzwamo bagasezerera ubukode.

Agira ati “Aho duherewe Ubutaka na Leta y’u Rwanda mu Bugesera, twahise dushyiraho ibikorwa remezo birimo amazu yo guturamo n’irerero ry’abana bava mu miryango twari dusanzwe dufashiriza i Kigali yagombaga kwimuka hamwe n’indi itishoboye yo mu Bugesra igizwe n’ababyeyi bari mu buzima bubakomereye dufashiriza mu ngo zabo.”

Bwana Jules Higiro, avuga ko abo bafashaga i Kigali bari imiryango 15, muribo imiryango 4 yasigaye  yo  ikaba ariho ifashirizwa bitewe ahanini  n’ibigo ngo by’amashuri abana babo bigaho biba byarifujwe n’abaterankunga babo.

Indi miryango 5  nk’uko Jules higiro  akomeza abivuga, niyo yubakiwe amazu yo guturamo agezweho imwe igizwe n’ibyumba 3 na salon n’ibigendana nayo,  naho indi 6 yo kugeza ubu ikaba ikodesherezwa aho iba hafi y’ikicaro mu Bugesera,  ariko banitabwaho kubirebana n’amafunguro, kwivuza, kurihira abana n’ibindi bigendanye n’imibereho myiza ya muntu.

Bwana Higiro Jules Umuyobozi wa Shelter Them Tubatarure Rwanda asobanurira abashyitsi ibyo bakora

Akomeza avuga ko uretse iyo miryango 11 bimukanye iva i Kigali indi 4 igasigarayo, hari indi 36 bafashiriza mu ngo zabo, ubu bakaba bari gutozwa gukorera mu ma Koperative aho bahawe umurima ku kicaro cy’umuryango bagomba guhinga ndetse bakanabakodeshereza no hanze yawo  kugira ngo babashe kwihaza mu biribwa ari nako bizigamira bakoresheje ibimina.

Bwana Higiro Jules asoza ashimira Leta y’u Rwanda yabahaye ubutaka bwo gukoreramo ibikorwa byo gufasha abatishoboye, agasaba ko bibaye ngombwa bakongerwa ubundi kubera ko ibikorwa biri kugenda byaguka mu buryo bugaragara. Asaba abanyarwanda muri rusange bafite umutima wo gufasha, kugana Shelter Them Rubatarure Rwanda kugira ngo babunganire mu gufasha abana n’abandi bafite ibibazo bibangamira imibereho yabo na cyane ko kugeza uyu munsi nta muterankunga wo mu Rwanda urabageraho mu gihe abanyamahanga baba bifuza kubashyigikira ari benshi bityo akibaza ikizitira abanyarwanda muri icyo gikorwa cy’urukundo.

Muri iki kigo cya Shelter,  gikorera mu Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Kabuye, Umudugudu w’Agateko mu Karere ka Bugesera, ububyobozi bw’Umuryango buvuga ko uretse ibirebana n’ibiribwa no gushishikariza abo bafasha kwiteza imbere mu ma Koperative, hashyizwe imbere cyane uburezi bw’abana bibumbiye muri iyo miryango yavuzwe itishoboye mu byiciro byose,  bahereye ku bana ahanini  mu irerero, incuke, abanza, ay’isumbuye na Kaminuza.

Bavuga ko abo mu irerero no mu kiciro cy’incuke bigira ku kicaro cy’umuryango ari abana 87,  bakaba babifashishwamo n’abarimu 9 babimenyereye kandi baba baratoranyije neza nyuma y’uko batsinze ibizamini, naho abo mu mashuri abanza bakaba ari 59  nabo bakaba biga ku bigo by’amashuli bisanzwe byegereye aho  Organization, naho abo muy’isumbuye uko ari 28  bakiga ku bigo bitandukanye biri mu gihugu ndetse n’abo muri kaminuza uko ari 6 bikaba uko.

Abana bose bakaba ngo bafashwa kubigendanye n’imyigire yabo ya buri munsi bakaba ari 188, bakomoka mu miryango 51 itishoboya ifashwa na Sheltar Them Batarure Rwanda ibifashijwemo n’abageiraneza bagera kuri 215 biyemeje  kwita kuri abo bana.

Bwana Julius Twahirwa Umuhuzabikorwa w’uburezi muri Sheltar Them Batarure Rwanda,  avuga ko abana bo mu kiciro cy’irerero n’incuke bahabwa amafunguro incuro ebyiri ku munsi kandi bagakurikiranwa n’abarezi babo uko bigomba.

Agira ati “Muri kino kigo dufitemo ibyiciro bibiri by’abana, abo mu irerero bari mu kigero cy’imyaka itatu, hakabamo n’abo mu kiciro cy’incuke bo mu mwaka wa 1 kugeza kuwa 3, aho basoza binjira mu mashuli abanza.

 Aba bana bigishwa mu buryo bwiza bakanahabwa ifunguro incuro ebyiri. Higamo abana bo mu miryango yubakiwe, ikodesherezwa n’indi ifashirizwa mu ngo iwabo kandi bariga neza uko bikwiriye.”

Bwana Julius Twahirwa, avuga ko igihe abana baba bari gukurikirana amasomo mu byiciro bitandukanye, ababyeyi babo nabo baba bari guhugurwa mu buryo bwo kwihangira imirimo, ubuhinzi n’ubworozi imibanire myiza hagati mu miryango yabo n’ibindi.

Twahirwa Julius Umuhuzanikorwa w’uburezi muri Shelter Them Tubatarure Rwanda

Umwe mubabyeyi witwa Mutamuriza Gerardine yubakiwe inzu akuwe mu buzima butari bwiza yari arimo mu mujyi wa Kigali  ufite imyaka 36, akaba afite abana 7 barimo n’uwiga Kaminuza avuga ko yishimiye cyane kuba yarakuwe mu buzima bubi na Sheltar Them Batarure Rwanda, aho yakodesherezwaga inzu agahabwa ibiribwa akeneye none akaba afite inzu ye yisanzuramo n’abana be uko ari barindwi.

Agira ati “Ni ibintu bishimisjhije. Nari mbayeho nabi cyane n’abana barindwi ndera. Umuryango Sheltar waradufashije cyane sinabona uko mbivuga. Ndishimira ko banyubakiye inzu  bakaba baranaduhaye isambu tugomba guhinga kugira ngo twihaze mu biribwa ari nako badufasha gukorera muri Koperative.”

Uyu mubyeyi avuga ko bari kugerageza ubworozi bw’ingurube n’inkwavu kugira ngo bazajye babona ifumbire ariko kandi banikenura, ubwo bazaba bagurisha ibibwana bizajya bivuka.

Gusa basaba umuryango Sheltar Them Tubatarure Rwanda kujya unabafasha kubona imyenda yo kwambara muri kino gihe bakiyubaka kandi bagafashwa kubona ibyangombwa by’ubutaka by’amazu bubakiwe, kugira ngo bizere neza ko amazu ari ayabo byuzuye.

Mutamuriza Gerardine yishimira inzu nziza yubakiwe arereramo abana 7 afite

Uyu Gerardine yunganirwa na Mukasindambiwe Donatha nawe ufashwa n’umuryango Sheltar Them Tubatarure Rwanda, cyakora we agafashirizwa mu rugo aho arerera  abana bane ku myaka ye 33 n’undi atwite uri hafi kuvuka, avuga ko ari uwo yashakiye  hanze kubera ko atabana n’umugabo.

Agira ati “nanjye ndashima Sheltar Them Tubatahure Rwanda yatwitaye kuburyo bwose. Ndayishimira ko Idutangira ubwishingizi mukwivuza arijye n’abana,  ndetse bagahabwa ibikoresho by’ishuli n’imyenda.

Gusa byaba byiza natwe tugenewe ifunguro kuko n’ubwo byitwa ko tuba mu midugudu hanze mu miryango iwacu,  kubona amafunguro biratugoye. Bari kudukodeshereza aho duhinga ariko nawe urabona izuba riri mu Bugesera ntacyo twejeje natwe bajye batwibuka baduhe icyo kurya nkabariya bubakiwe n’abakodesherezwa.”

Mukasindambiwe Donatha w’imyaka 33 yubakiwe inzu iyo yabagamo yari yarahirimye

Diane Gakemba, ni Umunyarwandakazi uba mu gihugu cy’u Bwongereza, ikinyamakuru igisabo cyasanze ku kicaro cya Sheltar Them Batarure mu Bugesera, avuga ko amaze kumva ibikorwa byiza by’iyo Fondation byamunyuze ku mutima maze yiyemeza kubasura kugira ngo nawe arebe icyo yafasha abagenerwabikorwa kugira ngo barusheho gutera imbere no kugira ubuzima bwiza.

Agira ati “nkimara kumva ibikorwa byiza by’uyu muryango nk’umunyarwandakazi ukunda u Rwanda ndashaka kureba umuganda nanjye natanga. Ndumva icyo nafatanya nabo ari ibigendanye n’uburezi   nko kubabonera ibitabo, ibigendanye n’amasomo ya mudasobwa, ibyo kwambara n’ubundi bushobozi nabasha kubona.”

Uyu munyarwandakazi Diane Gakemba, uba mu gihugu cy’u Bwongereza, avuga ko ari ingaragu ariko ufite umwana umwe, akaba yaravukiye i Burundi ariko akaba akunda igihugu cy’amavuko y’ababyeyi be u Rwanda, ari nayo mpamvu ari gushaka icyo yatwerera bariya banyarwanda bagenzi be bashinze umuryango wa Sheltar Them Tubatarure Rwanda, ugamije gufasha no gutera inkunga abatishoboye.

Diane Gakemba washimishijwe n’ibikorwa by’urukundo bya Shelter Them Rubatarure Rwanda

Jocelyne Alexandres na Josephine Murphy bashinze Sheltar Them Tubatarure Rwanda, bavutse mu 1977.

Sheltar Them Tubatarure Rwanda ifite intego yo kwita ku batishoboye barimo  nk’abana b’imfubyi batagira kivugira, ku bijyanye no ku bagezaho iby’ibanze bakenera mu buzima. Kubarinda ihohoterwa, kwita ku burezi bwabo n’ibindi.

Ikindi Umuryango Sheltar Them Tubatarure Rwanda wibandaho hakaba harimo kumenya no kwita ku miryango abo bana bakomokamo mu rwego rwo kubafasha kwifasha biciye mu ma Koperative, amahugurwa atandukanye abahindurira imyumvire iganisha ku iterambere ryabo rirambye.

Abana bakurikirana amasomo neza uko bikwiriye
Batangiye igikorwa cy’ubworozi bw’inkwavu

Previous Post

Hamenyekanye igihe umurambo wa Ambasaderi Joseph Habineza uzagerezwa i Kigali

Next Post

Nyarugenge : Umuyobozi w’Akagari muri Mageragere akomeje gutoteza umuturage amubuza epfo na ruguru

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Nyarugenge : Umuyobozi w’Akagari   muri Mageragere akomeje gutoteza umuturage amubuza epfo na ruguru

Nyarugenge : Umuyobozi w'Akagari muri Mageragere akomeje gutoteza umuturage amubuza epfo na ruguru

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

0
Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

Mu kurwanya inzoga zitujuje Ubuziranenge mu bafashwe harimo n’abayobozi muri Leta

August 10, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA