• Latest
Israel yarashe muri Gaza nyuma y’uko havuye ibipurizo bitera inkongi

Israel yarashe muri Gaza nyuma y’uko havuye ibipurizo bitera inkongi

June 16, 2021
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026
Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

September 9, 2026
Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

September 9, 2026
Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

September 9, 2026
Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

Miliyari 30 Frw niyo ngurane yatanzwe ku muhanda Prince House – Masaka

September 9, 2026
5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

5 biyitaga abakozi ba REG bakiba insinga bafashwe

September 9, 2026
Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

September 9, 2026
Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

Abanyeshuri b’u Rwanda bagowe n’imibare n’indimi mu marushanwa ya PISA

September 9, 2026
ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma  no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

ULK yatsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo mu mwaka wa 2026

September 6, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

    Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Icyo abanyarwanda bashobora kuzungukira mu Ruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Oman

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Les Aigles du Congo  mu mujyo wa APR FC

    Les Aigles du Congo mu mujyo wa APR FC

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Amagambo asize umunyu ya Niyo Bosco ku mugore we

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Abanyamakuru Hit na Ida bakoze ubukwe

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Volleyball: Min Nduhungirehe yashimiye ikipe y’igihugu y’abagore imaze gutsinda DR Congo n’U Burundi

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Mu mitoma myinshi Lynda Priya yifurije umugabo we Isabukuru nziza

    Impamvu yatumye  Kate Bashabe ava mu gitaramo  cya Gen z comedy kitarangiye

    Impamvu yatumye Kate Bashabe ava mu gitaramo cya Gen z comedy kitarangiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Dr. Ivan Butera yasabye abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Sahel igomba gushora imari mu buhinzi n’ubworozi burambye aho guhora ihangana n’amapfa

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Ibitaro bya Masaka byatashywe

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki  ugiye kubakwa i Musanze

    Umudugudu uzatuzwamo imiryango ituriye za Pariki ugiye kubakwa i Musanze

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Israel yarashe muri Gaza nyuma y’uko havuye ibipurizo bitera inkongi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 16, 2021
in izindi nkuru
0
Israel yarashe muri Gaza nyuma y’uko havuye ibipurizo bitera inkongi
0
SHARES
121
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Israel ivuga ko yarashe ibirindiro bya Hamas muri Gaza ikoresheje indege, mu kwihimura ku bipurizo bitera inkongi z’umuriro byavuye muri ako gace.

Ibintu biturika byumvikanye mu mujyi wa Gaza mu masaha ya kare mu gitondo kuwa gatatu.

Ibipurizo byinshi byavuye muri Gaza byoherezwa muri Israel kuwa kabiri mu gitondo bitera inkongi z’imiriro, nk’uko bivugwa n’urwego rwo kuzimya imiriro muri Israel.

Nyuma y’imirwano yamaze iminsi 11 mu kwezi gushize, iki nicyo gikorwa cya mbere cyo gukozanyaho kibayeho hagati ya Israel na Hamas kuva bumvikanye agahenge tariki 21 z’ukwezi gushize.

Gikurikiye imyiyerekano y’Abayahudi mu gace k’uburasirazuba bwa Yeruzalemu yabaye ejo kuwa kabiri, yari yamaganywe na Hamas, umutwe wa gisirikare ugenzura Gaza.

Ni iki tuzi ku bitero byabaye?

Mu itangazo, ingabo za Israel (IDF) zavuze ko indege zabo z’intambara zarashe ku bigo bigenzurwa na Hamas i Khan Yunis mu mujyi wa Gaza.

Rivuga ko “ibikorwa by’iterabwoba” byabereye muri ibyo bigo, kandi IDF yari “yiteguye inzira zose zishoboka, harimo no gusubukura imirwano, mu guhangana n’iterabwoba rivuye muri Gaza”.

Ntabwo ako kanya hahise hamenyekana niba ibi bitero bya IDF hari abo byahitanye.

Mu itangazo bashyize kuri Twitter, umuvugizi wa Hamas yavuze ko Abanyepalestina bazakomeza “ubutwari mu guhangana no kurengera uburenganzira bwabo ku hantu hatagatifu” muri Yerusalemu.

Urwego rushinzwe kuzimya imiriro muri Israel ruvuga ko ibipurizo byoherejwe bivuye muri Gaza byateye inkongi zigera kuri 20 mu mirima ya rubanda mu majyepfo ya Israel.

Iki nicyo gikorwa cy’imirwano cya mbere kibaye kuva muri Israel hajyaho guverinoma nshya iyobowe na Naftali Bennett yarangije ubutegetsi bw’imyaka 12 bwa Benjamin Netanyahu.

Habaye iki mu myiyerekanoi Yeruzalemu?

Abanyepalestina barenga 30 bigaragambyaga barakomeretse naho abagera kuri 17 barafungwa kuwa kabiri ubwo polisi ya Israel yariho ishakira inzira iyo myiyerekano y’Abayahudi ikoresheje grenades zitica n’amasasu y’imipira.

Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana Abayahudi bamwe bari kwiyerekana baririmba ngo “urupfu ku Barabu” babwira Abanyepalestina batuye aho.

Uyu ni ‘Umunsi wa Yerusalemu’ wizihizwa buri mwaka Abayahudi bakora urugendo bitwaje amabendera yabo bizihiza itariki uburasirazuba bwa Yerusalemu bwafatiwe na Israel – aha niho haba inyubako ntagatifu nyinshi.

Uwo munsi muri uyu mwaka wari kuba kuwa kane w’icyumweru gishize, ariko abawuteguye bawigizayo kuko polisi yanze imihanda bashakaga gucamo kubera impamvu z’umutekano.

Nyuma wemejwe kuba ejo kuwa kabiri, gusa Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel Yair Lapid yanenze Abisiraheli bagiye muri iyo myiyerekano baririmbye indirimbo z’urwango n’urugomo.

Yagize ati: “Kuba hari abahezanguni kuri bo ibendera rya Israel risobanuye urwango n’ivangura biteye igisebo no kutihanganirwa. Ntibyumvikana uko umuntu afata ibendera rya Israel mu kuboko kumwe maze agasakuza ngo “urupfu ku Barabu”.”

Ni iki cyateye imirwano ya vuba aha?

Imirwano hagati y’ingabo za IDF na Hamas muri Gaza yatangiye tariki 10 z’ukwezi gushize kwa gatanu yaje nyuma y’ubushyamirane muri Jeruzalemu y’Iburasirazuba.

Ubu bushyamirane bwageze hejuru ubwo abaturage barwanaga i al-Aqsa agace gatagatifu Abasilamu n’Abayahudi bavuga ko ari akabo.

Hamas yasabye Israel kuhavana abapolisi no kubavana mu gace k’Abarabu ka Sheikh Harrah, aho Abanyapalestina bugarijwe no kwigizwayo n’Abayahudi bari kuhatura bafata ubutaka.

Hamas yatangiye kurasa ibisasu bya rokete nyuma yo kuburira Israel ngo ive aho hantu, Israel nayo itangira gusubiza.

Israel ivuga ko ibisasu birenga 4,300 byarashwe na Hamas bigana ku butaka bwayo, ko nayo yarashe ahantu 1,000 ha Hamas muri Gaza.

Agahenge kagezweho gashakishijwe na Misiri n’ibindi bihugu, kubahirizwa kuva tariki 21 z’ukwezi gushize.

Muri iyo mirwano abantu bagera kuri 243, barimo abagore n’abana barenga 100, barapfuye muri Gaza, nk’uko bivugwa na minisiteri y’ubuzima yaho. Israel yo ivuga ko yishe abarwanyi bagera kuri 225 b’Abanyepalestina.

Muri Israel, abantu 12, barimo abana babiri, barapfuye, nk’uko urego rw’ubuvuzi rwaho rwabivuze.

Previous Post

Miss Jolly Mutesi umaze icyumweru muri Tanzania agiye kwakirwa mu Nteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu

Next Post

Kicukiro: Yatewe inda ku myaka 15 ashukishijwe isambusa ebyiri

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Kicukiro: Yatewe inda ku myaka 15 ashukishijwe isambusa ebyiri

Kicukiro: Yatewe inda ku myaka 15 ashukishijwe isambusa ebyiri

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

Abo muri APAER School Rusororo batangiranye ibakwe n’ishyaka byo gutsinda amasomo yose uko babisanganywe

September 12, 2026
Baratangaza ko  batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

Baratangaza ko batangiranye Intego yo kuzahabwa Ibihembo na Minisitiri w’Uburezi

September 10, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

Abasoje amasomo muri HIGHSEC biteguye gushyira mu bikorwa ibyo kurinda abantu n’ibyabo bya kinyamwuga

September 16, 2026
Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

Royal Sec Consult ihaye akazi abasore n’inkumi 55 basoje amahugurwa

September 16, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA