• Latest
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 10, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi
0
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa
0
SHARES
60
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Murenge wa Nyakabanda, bavuga ko Umurenge wabo wabereyemo ubwicanyi bukabije, kugeza ubwo abari babashije kwihisha, uwari Konseye Nyirimanzi Gregoire ababeshye ko hatanzwe ihumure, maze bava mu bwihisho bigatuma bicwa n’Interahamwe bose.

Ibi ni ibyagarutsweho mu gikorwa cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu Murenge wa Nyakabanda, cyabaye kuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, maze mu butumwa butandukanye bwatanzwe hagarukwa ku bwicanyi ndengakamere bwabereye muri uwo Murenge, aho Abatutsi batangiye kwicwa na mbere ya Jenoside.

Havuzwe kandi ibyobo byacukuwe byatawemo Abatutsi benshi b’inzirakarengane, abahunze nabo bakicirwa mu mayira kuri za bariyeri zari nyinshi, ababashije kwihisha, Ubuyobozi bukababeshya ko hatanzwe ihumure ryo kutongera kwica Abatutsi,  bava mu bwihisho baricwa bose ku itariki ya 9 Mata 1994 ntihagira n’umwe urokoka.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabanda Madame Florence Ntakontagize, avuga ko Umurenge wabo wahuye n’ibyago bikomeye cyane, kuko Abatusi bahigwaga babuze ubwinyagamburiro, bitewe ahanini n’uburyo bari bakikijwe n’imirenge yuzuye Interahamwe yari ibagoteyemo hagati ya Kimisagara, Rwezamenyo, Biryogo ndetse na Nyamirambo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabanda Madame Florence Ntakontagize

Agira ati “Ubwicanyi bwakorewe Abatutsi muri Nyakabanda bwatangiye mbere ya Jenoside yo muri Mata 1994. Batotejwe bikomeye mu gihe cy’amashyaka, ku buryo abenshi banasenyerwaga izuba riva. Mu gihe cya Jenoside barahizwe baricwa karahava, bitewe ahanini no kutagira ubwinyagamburiro bwaho bahungira, ibyatumye bicirwa mu mazu yabo, abandi bicirwa kuri bariyeri bagerageza guhunga, abari bagerageje kwihisha babeshywa n’Ubuyobozi ko habayeho ihumure, basabwa kuva mu bwihisho nyamara yari amayeri y’Interahamwe kuko zabishe ntizasigaza n’umwe.

Agaya cyane abicanyi bahisemo kumara ubwoko bw’Abatutsi ngo babone uko bigarurira ibyabo nyamara bikaza kubapfubana kuko ingabo zari iza RPF zarokoye abicwaga hakimakazwa ubumwe n’amahoro, u Rwanda rukaba rurangwa n’iterambere rikomeje kugerwaho kubera imiyoborere myiza y’Abayobozi b’igihugu barangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame.

Avuga ko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 banze guheranwa n’agahinda maze bashyira mu bikorwa gahunda za Leta zibasaba kwishakamo ibisubizo, benshi bakaba bamaze kugera ku bikorwa byinshi by’indashyikirwa, abadafite amikoro bakaba bafashwa na Leta hakurikijwe uko amikoro agenda aboneka, nko kububakira cyangwa gusana amazu ashaje ndetse no kubafasha gukora imishinga ibyara inyungu.

Mu kiganiro kerekeranye n’amateka yaranze u Rwanda kigendanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Bwana Jean Leon Nyirimanzi, agaruka cyane ku macakubiri n’ivangura byaranze ubutegetsi bubi bwayoboye u Rwanda kuva muri Repubulika ya mbere n’iyakabiri, aho umututsi yatotejwe akimwa uburenganzira bwo kuba mu gihugu cye atekanye nk’abandi.

Nyirimanzi Jean Leo watanze ibianiro ku mateka

Avuga ko icyatumye Jenoside ishoboka mu Rwanda habanje ngo gucika umuco, ubumwe bw’abanyarwanda burabura haza amacakubiri, ari nabyo byorohereje abakoze Jenoside, cyane ko babanje gutesha abo bicaga agaciro bakabambura Ubumuntu.

Agira ati “Ubwicanyi bwabaye mu Murenge wa Nyakabanda ni kimwe n’ubwabaye n’ahandi hose mu Rwanda, cyane ko icyari kigamijwe kwari ukwica umututsi wese aho ava akagera mu gihugu hose. Mu by’ukuri uretse ubutegetsi bubi bwayoboye u Rwanda, cyera nta macakubiri yabagaho. Abanyarwanda bari bunze ubumwe, bahingirana bakagurizanya, bagasangira inzoga. Cyakora ubwo bumwe abatifuzaga ko buramba barabusenye, babiba amacakubiri muri bene kanyarwanda, kugeza ubwo hateguwe Jenoside yahitanye Abatutsi barenga Miliyoni b’inzirakarengane.

Avuga ko nta bintu by’amoko byabaga mu Rwanda, uretse nk’abantu barwanaga bapfa ingoma cyangwa se ingabo zambariraga urugamba, zigamije kwagura igihugu barwana n’andi mahanga, ibigendanye n’amoko abantu bapfa ngo ntabyabagaho.

Bwana Modeste Ntaganira, warokokeye Jenoside mu Murenge wa Nyakabanda, avuga ko abavuga ko Jenoside yatewe n’urupfu rwa Habyarimana ko ari ibinyoma, kuko abicanyi batangiye gukora ibarura ry’Abatutsi na mbere y’urupfu rwe, bagamije ahanini kugira ngo umugambi wo kubica uzaborohere igihe nikigera.

Ntaganira Modeste watanze ubuhamya

Agira ati “Muri Nyakabanda habaye ubwicanyi bukabije, cyane ko twahizwe tukicwa ugerageje guhunga agatangirwa n’Interahamwe zo muyindi mirenge ikikije Nyakabanda agahita yicwa.”

Avuga ko abishe Abatutsi bikojeje ubusa, kuko n’ubwo bwose bari bazi ko babamazeho, bake barokotse bashibutse amashami, abana babo barakuze, kubwe akishimira uburyo mu minsi ya Noheli bamutaramiye bakamukikiza akuzura umunezero.

Madame Usanase Uwera Yvonne, uhagarariye Ibuka mu Murenge wa Nyakabanda, avuga ko bagize ibyago bikomeye mu Murenge wabo, cyane ko abishe bagiye baturuka impande nyinshi bakica Abatutsi bakabamaraho.

Madame Usanase Uwera Yvonne uhagarariye Ibuka mu Murenge wa Nyakabanda

Avuga ko bari bafite umukonseye utari ushyigikiye ubwicanyi akurwaho na Leta y’Abatabazi ihita yimika uwitwa Nyirimanzi Gregoire wari ufite imyitozo ihagije y’Interahamwe, ayobora ubwicanyi kandi abushishikariza n’abandi bicanyi, bica Abatutsi bose babamaraho.

Agira ati “Bishe abantu bacu harokoka mbarwa. Gusa tubabazwa n’uburyo hari benshi banangiye, ntibatange amakuru yaho bazi bajugunye imibiri y’abacu. Cyakora ntituzongera kubinginga ngo batange amakuru. Tuzayishakira kandi turabishoboye bitewe n’ikoranabuhanga, n’ikimenyimenyi mwumvise uwafatiwe muri Amerika wo muri uyu Murenge, wari warakatiwe na Gacaca akaba agomba kubazwa ibyo yakoze.”

Avuga ko mu Murenge wa Nyakabanda, bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki ya 09 Gicurasi, bitewe n’uko kuri iyo tariki, aribwo abari barahungiye kuri Croix rouge, babasohoyemo bose barabica ari nabwo n’abari barihishe bose bishwe.

Asaba abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bagenzi be, gukomera bagashikama bagakora, cyane kuko bafite Leta nziza ibakunda, ibashakira ibyiza burigihe, kugira ngo bahore barangwa n’ubuzima bwiza.

Bityo abizeza ko nta Jenoside izongera kubaho ukundi mu Rwanda cyane ko ruyobowe mu buryo bwiza, abayobozi b’igihugu bakaba bashakira ineza abanyarwanda bose.

Senateri Madame Murangwa Hadja wari umushyitsi mukuru, avuga ko Kwibuka Jenoside  yakorewe Abatutsi 1994, ari uburyo bwiza bwo guha icyubahiro abishwe bazira uko bavutse, bikaba n’umwanya wo kwamagana abakirangwa n’ingengabitekerezo ya Jenoside kubireka kuko nta nyungu bateze kuzabibonamo na gatoya.

Senateri Murangwa Hadja umushyitsi mukuru

Avuga ko yishimira kuba yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Nyakabanda, mu gikorwa cyo Kwibuka Jenoside yakorwe Abatutsi 1994. nk’abasenateri bakaba ngo bashyigikira amategeko ahana ibyaha bya Jenoside, batanga umusanzu wabo kugira ngo abantu basobanukirwe n’amategeko birinde amacakubiri, babane neza mu mahoro birinda ibyo abakoloni babashyizemo bakabisiga inyuma kuko bose ari abanyarwanda bagomba kuba umwe.

Kimwe n’uhagarariye Ibuka mu Murenge wa Nyakabanda, avuga ko batazakomeza kwinginga abadashaka gutanga amakuru, kandi ngo uzajya agaragaza kudatanga amakuru kandi ayazi neza, ngo nta kabuza uwo nguwo azajya akurikiranwa n’ubutabera abiryozwe.

Umurenge wa Nyakabanda wibutse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kuri uyu wa 09 Gicurasi 1994, ni umwe mu Murenge ugize Akarere ka Nyarugenge, ukaba warapfushije umubare utabarika w’abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

Abarokotse Jenoside bavuga ko bashyize hamwe kandi ko aharanira iteka kwiteza imbere no guharanira iterambere ry’igihugu bamagana abashobora kuzongera kubakurura mu nzangano n’amacakubiri, bagaharanira Kwibuka biyubaka.

Igikorwa cyo Kwibuka kitabiriwe n’abantu bo mu ngeri zitandukanye

ANDI MAFOTO:

Previous Post

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

Next Post

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA